- 58
- 76 062
RWANDA NATIONAL INVESTMENT TRUST Ltd - RNIT
เข้าร่วมเมื่อ 6 พ.ย. 2014
RNIT Ltd ni Ikigo gishinzwe gucunga ibigega by’ishoramari ry‘abishyize hamwe. Cyashyizweho na Leta y‘u Rwanda muri 2016 hagamijwe guteza imbere umuco wo kwizigamira, mu rwego rwo kubaka ubukungu burambye kandi abaturage bakabigiramo uruhare.
Ni mururwo rwego RNIT Ltd yashizeho ikigega RNIT-Iterambere Fund, Ikigega gihoraho kandi gitanga amahirwe aboneye y’ishoramari ku bantu bose. Ubyifuza wese ashobora kwizigamira icyarimwe umubare runaka w’amafaranga afite, cyangwa se, akajya azigama amafaranga make make, uhereye ku
FRW 2,000Frw
Ni mururwo rwego RNIT Ltd yashizeho ikigega RNIT-Iterambere Fund, Ikigega gihoraho kandi gitanga amahirwe aboneye y’ishoramari ku bantu bose. Ubyifuza wese ashobora kwizigamira icyarimwe umubare runaka w’amafaranga afite, cyangwa se, akajya azigama amafaranga make make, uhereye ku
FRW 2,000Frw
URUHARE ABAGORE BAFITE MU GUTEZA IMBERE UMUCO WO KWIZIGAMIRA NO KUWUTOZA ABAKIRI BATO. RNIT-CNF
Iki ni ikiganiro Jean Paul NDISANZE umuyobozi ushinzwe ishoramari n'iterambere ry'ubucuruzi muri RNIT ya gejeje ku bari bitabiriye inama rusange y'abagore mu Rwanda ya 23, Aho yibukije ba mutima w’urugo ko bafite uruhare rukomeye cyane mu guteza imbere umuco wo kuzigama harimo no kuwutoza abakiri bato.
WIFUZA AMAKURU ARAMBUYE KURI RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etaje ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff)
WIFUZA AMAKURU ARAMBUYE KURI RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etaje ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff)
มุมมอง: 28
วีดีโอ
DORE INZIRA WANYURAMO WIZIGAMIRA MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND UNYUZE KU *589#.
มุมมอง 18021 วันที่ผ่านมา
WIFUZA AMAKURU ARAMBUYE KURI RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etaje ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff)
RBA: DORE UKO IMIBARE YEREKANA UKO IKIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND CYASOJE UMWAKA GIHAGAZE.
มุมมอง 35828 วันที่ผ่านมา
Iyi ni inkuru RTV yakoze mu gihe habaga Inama rusange garuka mwaka y'abanyamuryango bi kigega RNIT-Iterambere Fund, aho bagaragarizwaga n'ubuyobozi bwa RNIT Ltd uko ikigega bashoyemo imari gihagaze. WIFUZA AMAKURU ARAMBUYE KURI RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etaje ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing St...
NIBA UKORERA UMUSHARA WA BURI KWEZI, DORE ICYO UKWIRIYE GUKORA - RUZIGA Emmanuel MASANTURA.
มุมมอง 17Kหลายเดือนก่อน
RUZIGA Emmanuel MASANTURA ni umuyobozi wa Department ya Marketing & Sales mu kigo RNIT Ltd akaba n'impuguke mu by'ubukungu. Muri iki kiganiro ikibazo atubaza buri wese muritwe akwiriye kukibaza ndetse akagishakira n'igisubizo, kuko muri ubu buzima rwose birashoboka ko aho ukura umushara wa buri kwezi hahagara igihe icyaricyo cyose, twarabibonye mu gihe cya Covid 19 ko abantu batakaje akazi ntar...
RTV-IMBONI: Hamwe ni Kigega RNIT-Iterambere Fund, Akabando k'iminsi gacibwa kare.
มุมมอง 497หลายเดือนก่อน
IMBONI ni kiganiro cya Rtv Gikora ubusesenguzi ku bintu bigiye bitandukanye nka politiki,imibereho myiza,... Giteguterwa n'umunyamakuru Jean Pierre KAGABO, aho kuri iyi nshuro yari yatumiye ubuyobozi bw'ikigo RNIT Ltd numwe mu banyamuryango b'Iterambere Fund ngo baganire ku mikorere y'ikigega RNIT-iterambere Fund n'uburyo abanyarwanda bacyifashisha mu iterambere ryabo rya buri munsi. WIFUZA AMA...
NGO BABONYE INYUNGU ISAGA MILIYONI 100 FRW BABIKESHA KWIZIGAMIRA MU KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND.
มุมมอง 1.2Kหลายเดือนก่อน
Mr. Moïse NKUNDABARASHI ni Umuyobozi mukuru w'urugaga rw'Abavoka mu RWANDA (Rwandan Bar Association). Avuga ko kuva we kugiti cye n'ikigo ayoboye Rwandan Bar Association batangira gukorana n'ikigega RNIT-Iterambere Fund, babonye inyungu zitandukanye harimo nko kubaka ubukungu bw'ikigo butajegajega,inyungu y'amafaranga ndetse no kuba bangira uruhare mu iterambere ry'igihugu cyabo. WIFUZA AMAKURU...
RTV-IGIHANGO: Ikigero cyo kwizigamira mu banyarwanda gitanga icyizere. #IterambereFund
มุมมอง 2.1Kหลายเดือนก่อน
IGIHANGO n'ikiganiro cya RBA cyigaruka ku mibereho myiza y'abanyarwanda n'uko ubuyobozi bufasha abaturage kugera ku iterambere rirambye. kuri iyi curo muri iki kiganiro bakaba baragarutse ku kigero cyo kwizigamira mu banyarwanda ni cyakorwa ngo Kuzigama birambye mu banyarwanda bibashe kugera ku ntego ziri muri NST1. Umunyamakuru Divin UWAYO n'abatumirwa be barimo umuyobozi mukuru wa RNIT Ltd Jo...
WARUZIKO AMAFARANGA UBITSE KURI BANK GUSA, AKOMEZA GUTA AGACIRO UMUNSI KU MUNSI. RNIT-Iterambere Fnd
มุมมอง 3.4Kหลายเดือนก่อน
Mr Jean Paul NDISANZE, umwe mu nzobere mu byerekeranye n'Ubukungu n'icunga mari mu kigo RNIT Ltd avugako amafaranga ufite uyu munsi arusha agaciro amafaranga uzaba ufite ejo ariko ngo ibi biba mugihe ufite aho wayashoye abyara inyungu. Ukeneye ibisobanuro birambuye kuri RNIT-Iterambere Fund wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali mu nyubako ya Cogebank munzu ya 6 cg uka duhamagara kuri 07879002...
UKO WAKWIYANDIKISHA MU KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND UKORESHEJE IKORANA BUHANGA (ONLINE).
มุมมอง 2152 หลายเดือนก่อน
UKO WAKWIYANDIKISHA MU KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND UKORESHEJE IKORANA BUHANGA (ONLINE). FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etage ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff).
Mu buzima bwa buri munsi buri wese akenera kuzigamira ahazaza he. Kuki nkwiye kubikora uyu munsi?
มุมมอง 3292 หลายเดือนก่อน
Iki n'ikiganiro cyanyuze kuri Rtv muri WARAMUTSE RWANDA aho cyitabiriwe na bamwe mu banyamuryango b'ikigega Iterambere Fund aho bagaragaje uko Kwizigamira bikomeje kubafasha mu iterambere ryabo rya buri munsi. FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etage ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Market...
Bimwe mubyo ugomba kwitaho niba ushaka KWIZIGAMIRA Amafaranga bitakugoye - RNIT ITERAMBERE FUND
มุมมอง 11K2 หลายเดือนก่อน
FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etage ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff).
NI KALIBU MURI RNIT Ltd Christian BANGUMUKUNZI / RNIT Customer Relations YITEGUYE KUBAKIRA NA YOMBI.
มุมมอง 4793 หลายเดือนก่อน
Christian BANGUMUKUNZI n'Umukozi wa RNIT Ltd ushinzwe kwakira no kwita ku batugana, avuga ko kimwe mubyo yishimira mu kazi ke kabumunsi arukubona bamwe mubo yakira RNIT-Iterambere Fund ibafasha guhindura ubuzima nabo bakiteza imbere. FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etage ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Recep...
IBYINGENZI WAMENYA KU MIKORERE YA RNIT Ltd NI KIGEGA RNIT-ITERAMBERE Fund
มุมมอง 1.6K3 หลายเดือนก่อน
1.IBYEREKEYE RNIT: RNIT ni Ikigo gishinzwe gucunga ibigega by’ishoramari ry‘abishyize hamwe. Cyashyizweho na Leta y‘u Rwanda muri 2016 hagamijwe guteza imbere umuco wo kwizigamira, mu rwego rwo kubaka ubukungu burambye kandi abaturage bakabigiramo uruhare. 2.RNIT ITERAMBERE FUND: Ikigega gihoraho kandi gitanga amahirwe aboneye y’ishoramari ku bantu bose. Ubyifuza wese ashobora kwizigamira icya...
DORE INZIRA WANYURAMO NAWE UKAGIRA ICYIZERE CY'EJO HAZAZA HEZA. #RNIT-ITERAMBERE FUND
มุมมอง 2.1K3 หลายเดือนก่อน
KWIZIGAMIRA bigufasha: *Kwigirira icyizere *Kwiteza imbere wowe n'umuryango wawe *Kugira uruhare mu iterambere ry'igihugu... Ushaka ibisobanuro birambuye by'uko wakorana n'ikigega cya Leta RNIT-Iterambere Fund wa duhamagara kuri 0787900207 cg uka dusura aho dukorera mu mugi wa kigali munyubako ya Cogebank mu nzu ya 6. FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi w...
RNIT Ltd MU UBUKANGURAMBAGA MU TURERE TWA MUSANZE NA RUBAVU KU MIKORERE YA RNIT-ITERAMBERE FUND.
มุมมอง 1033 หลายเดือนก่อน
Mu rwego rwo kugeza ku banyarwanda amahirwe n'inyungu ziri mu gukorana n'ikigega rnit-iterambere fund, ubuyobozi n'abakozi ba RNIT Ltd bakomeje ubukangurambaga hirya no hino mu gihugu. Niba namwe mwifuza gusobanukirwa n'imikorere ya RNIT Ltd ndetse n'inyungu mwakura mu gukorana n'ikigega Iterambere Fund mwadusura aho dukorera mu nyubako ya cogebank munzu ya 6, cg muka duhamagara kuri 0787900207...
IBIHE BYINGENZI BYARANZE INAMA RUSANGE Y'ABANYAMIGABANE MU KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND YA 2024.
มุมมอง 1154 หลายเดือนก่อน
IBIHE BYINGENZI BYARANZE INAMA RUSANGE Y'ABANYAMIGABANE MU KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND YA 2024.
UBUHAMYA BWA BAMWE MU BAKORANA NI KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND
มุมมอง 1.4K4 หลายเดือนก่อน
UBUHAMYA BWA BAMWE MU BAKORANA NI KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND
ABAVUGA RIKUNVIKANA BO MU ITORERO RY'ANGLICAN-KIVU BASOBANURIWE IMIKORERE YA RNIT-ITERAMBERE FUND.
มุมมอง 1004 หลายเดือนก่อน
ABAVUGA RIKUNVIKANA BO MU ITORERO RY'ANGLICAN-KIVU BASOBANURIWE IMIKORERE YA RNIT-ITERAMBERE FUND.
ABANTU BUBAHE IMANA ARIKO KANDI BIGE NO GUTEGANYIRIZA EJO HAZAZA. Musenyeri Augustin AHIMANA
มุมมอง 4174 หลายเดือนก่อน
ABANTU BUBAHE IMANA ARIKO KANDI BIGE NO GUTEGANYIRIZA EJO HAZAZA. Musenyeri Augustin AHIMANA
IMIBARE YEREKANA KO MU MWAKA WA 2023 IMARI Y'IKIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND YAKOMEJE KUZAMUKA.
มุมมอง 2525 หลายเดือนก่อน
IMIBARE YEREKANA KO MU MWAKA WA 2023 IMARI Y'IKIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND YAKOMEJE KUZAMUKA.
NI GUTE WAKWIZIGAMIRA MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND
มุมมอง 5715 หลายเดือนก่อน
NI GUTE WAKWIZIGAMIRA MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND
"NASANZE NTA HANDI WABONA INYUNGU NK'IYO RNIT-ITERAMBERE FUND ITANGA". Mr. Moise Nkundabarashi
มุมมอง 3.8K5 หลายเดือนก่อน
"NASANZE NTA HANDI WABONA INYUNGU NK'IYO RNIT-ITERAMBERE FUND ITANGA". Mr. Moise Nkundabarashi
"TWISHIMIYE KUBA UBWIZIGAME BWACU BWARIYONGEREHO HAFI MILIYARI 13 " Dr. Joseph NZABONIKUZA Chairman
มุมมอง 3065 หลายเดือนก่อน
"TWISHIMIYE KUBA UBWIZIGAME BWACU BWARIYONGEREHO HAFI MILIYARI 13 " Dr. Joseph NZABONIKUZA Chairman
2023, TWABONYE ABASHORAMARI BASHYA IBIHUMBI 7, UMUTUNGO UVA KURI MILIYARI 29 UGERA KURI 41. RNIT/CEO
มุมมอง 3245 หลายเดือนก่อน
2023, TWABONYE ABASHORAMARI BASHYA IBIHUMBI 7, UMUTUNGO UVA KURI MILIYARI 29 UGERA KURI 41. RNIT/CEO
Uko leta y'u Rwanda igenzura imikorere y'ibigo bicunga ibigega by'abishyize hamwe nka RNIT.
มุมมอง 2715 หลายเดือนก่อน
Uko leta y'u Rwanda igenzura imikorere y'ibigo bicunga ibigega by'abishyize hamwe nka RNIT.
Kwizigamira make make ahereye ku noti ya 2000 Frw byatumye abasha kwigurira ikibanza i Kigali.
มุมมอง 3.3K5 หลายเดือนก่อน
Kwizigamira make make ahereye ku noti ya 2000 Frw byatumye abasha kwigurira ikibanza i Kigali.
MU MYAKA 7 GUSA UBWIZIGAME BW'IKIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND BWAVUYE KURI MILIYARI 1 BUGEZE KURI41
มุมมอง 8786 หลายเดือนก่อน
MU MYAKA 7 GUSA UBWIZIGAME BW'IKIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND BWAVUYE KURI MILIYARI 1 BUGEZE KURI41
MENYA UBURYO NAWE WAKWIYANDIKISHA MU KIGEGA CYA RNIT ITERAMBERE FUND UKORESHEJE TELEFONE YAWE GUSA
มุมมอง 1.1K7 หลายเดือนก่อน
MENYA UBURYO NAWE WAKWIYANDIKISHA MU KIGEGA CYA RNIT ITERAMBERE FUND UKORESHEJE TELEFONE YAWE GUSA
Mwiriwe mwamfasha iki uwaba yibagiwe umubare banga we
Mwaramutse? wanyurura kuri www.shora.rnit.rw ugashiramo username ugakanda ahasi handitse forget my password cg ugahamagara kuri 0787900207 tukagufasha. Murakoze
Urakoze cyane kandi ntago izi nyigisho zizasiga ubusa n'ubwo umwe yabyumva akazigamira ejo he ntago uzaba warakoreye ubusa. Habwirwa benshi hakumva bene yo.
Murakoze
Ese iyo Ari ikimina cg itsinda ryabantu bigenda bite, bikorwa bite😮 Mumfashe mumpe igisubizo ❤
Mwiriwe? Habaho kugirana amasezerano hagati y'ikigo nicyo kibina cg itsinda, bakaduha abantu 3 bashaka ko bahagarira abandi. ubundi tukabafungurira account ariko igaragaraho abanyamuryango bose.
Waduhamagara kuri 0787900207 cg 0788608652. Tukagufasha kubona ibisobanuro birambuye, Murakoze
ese umuntu ayakeneye yayakuraho? bisaba iki?
Iyi nama niyo kd turabashimira mugukomeza kudutekerereza ahubwo utibuka umubare Banga wawe wabigenza Ute ngo umenye uko ubwizigame bwawe buhagaze mugihe utari aho wagera ku service center
Uwibagiwe umubare Banga yabigenza ate?
muzafashe kuko nafunguje account kuri RNIariko kuyinjiramo byaranze mwafasha kugirango nkomeze kwizigamira
Ntakibazo rwose twagufasha, waduhamagara kuri 0787900207(Reception) cg 0788608652(Marketing). Murakoze
Ndashaka kufungura account❤
Mwiriweho? biroroshye nawe wabyikorera unyuze kuri *589# cg ukanyura kuri www.shora.rnit.rw ugakurikiza amabwiriza. murakoze
Brown Kenneth Young Steven Jackson Nancy
Ngibyo byananiye benshi
Walker Donald Walker Betty Lee Nancy
Anderson Helen Wilson Anthony Walker Linda
Martinez Eric White Margaret Thompson William
Nugera ku kijumba usonje se Ukayazigama mwagera inbere mugakora accident ugacaho Azaribwa nande?
Wasanga wowe utubwira byarananiranye nshuti yanjye
Oya njye ndagerageza nkizigamira make ariko ntabikora.
Clark Larry Clark Daniel Young Kevin
White Nancy Brown Sarah Davis Karen
iterambere kuri bose
None ko utatubwiye interest rate% mutanga y ubwizigame
Mwaramutseho? Umwaka ushize warangiye tugeze ku nyungu ya 11,55%. Murakoze
Ko kwizigama jye byanze. Kwiyandikisha byo byakunze
Mwaramutse? th-cam.com/video/F_rOK5oqJik/w-d-xo.html iyo niyo nzira wanyuramo wizigamira ukoresheje momo. bikomeje kwanga waduhamagara kuri 0787900207 cg 0788608652 Tukagufasha. Murakoze
Jones Sarah Lee Elizabeth Martinez Linda
Ariko iyo uvuga ibyo uba wabanje gukora byibuze ubushakashatsi by'imishahara nib'ibiciro biri hanze aha? Ko hari ubwo usanga umushahara utanabasha ku kwishyurira iby'ibanze
Taylor Nancy Lopez Jeffrey Wilson Sandra
Gonzalez Ruth Martinez Mary Thomas Scott
Uri hanze yigihugu mumufasha iki kugirango ajye abitsaho
Muraho? Systeme dukoresha umuntu uri hanze nawe imwemerera kuba ya Kwizigamira abyikoreye. wakwandikira umwe mubakozi bacu ba Marketing kuri whatsApp 0788608652 akagufasha. Murakoze
Ushobora kwifungurira Account mu kigega Iterambere Fund unyuze kuri www.shora.rnit.rw
Mwiriwe neza nabazaga ese uri muntara birashoboka ko yafunguza account then agatangira kwizigamira kuburyo biri safety,ikindi mutanga inyungu mumwaka ?
Muraho? yego rwose ubu buryo buri Safe 100% kuko ari ikigega cya leta, wa kwiyandikisha ubundi ugatagira KWIZIGAMIRA unyuze kuri *589# cg ugakoresha bank Transfer, nimero za accounts z'Iterambere Fund wazisanga kuri web yacu www.rnit.rw . Murakoze
Mushaka ibisobanuro birambuye mwaduhamagara kuri 0787900207(RNIT-Iterambere Fund Reception cg 0788608652 Marketing Staff)
@@RNIT-IterambereFund ok thank you
Wazigama se utanahaze,
Mwaramutse? yego rwose ushobora KWIZIGAMIRA no kuri duke uba wabonye. Murakoze
Kuzigama ni ukwigomwa, kdi uzigama mbere ntuzigama ibisagutse, ureba tumwe muri miscellaneous expenses, ukatureka ukizigama da! Ntunyumve nabi urwo rugendo nanjye nararutangiye gsa sindenza 5k, ubwo Mutzing 3, narazigomwe buri kwezi.
Ibyo nukuri
Kubera iki kwizigamira ukoresheje airtel bidakunda *589#
Mwiriweho? nta masezerano turasinyana na Airtel ariko turi kubikoraho nibitangira tuzabibamenyesha.
Rodriguez Thomas Walker Jason Thompson Jeffrey
Williams Ronald Davis Elizabeth Thomas Helen
Brown Matthew Jones Helen Lopez Steven
Nahita nahita ....
????
@@RNIT-IterambereFund ntacyo bamwe turamura ibiyatwara ni byinshi.ndabona hara abatangirira kuri zero.ibintu bikomeje kugorana gra fre
@@banzaplana4729 Hamwe nikigega RNIT rero ushobona no kujya wizigamira make make uhereye kuri 2000Frw gusa kndi uko igihe cyigenda make make ageraho akaba menshi.
Ndakwemeye
None se iki kigega n'icya leta cq n'icyabikorera? Muri macye gicungwa nande?
Muraho? yego ni ikigenga cya Leta 100% gicungwa na Ministeri y'Imari ni gena migambi ndetse na CMA-Rwanda na BNR. Murakoze
Merci beaucoup
Urakoze cyane kunyibutsa ko NGOMBA KUBANZA KWITWERERA kurusha uko ntwerera abandi. Ntangiye ubu.
Nibyiza
You're right nibwo bitunanira ariko birakwiye
True, ariko birakwiye kwishakamo imbaraga mukabikora kuko Kwizigamira ni ngenzi. Mwakoze
Nigute umuntu areba amafr afite kur compt akoresheje fone ?
@@uwingeneyejenat3413 Mwaramutse? niba wibuka username na Password byawe ushobora kunyura kuri www.shora.rnit.rw cg *589# ukareba uko konti yawe ihagaze. Murakoze
Merci
Apuuuuuuuuuuu
Muraho neze ese umuntu akeneye inguzanyo knd akaba ari umunyamuryango murayimuha? Cg bigenda bit? ❤❤ Murakoze ikindi kubikuza bikorwa bite?
Muraho? Oya nta guzanyo dutanga ariko amafaranga umuntu yizigamiye mu kigega RNIT-Iterambere Fund Bank zose ziyemera nk'ingwate mu gihe usaba inguzanyo hakenewe ingwate. Murakoze
Nonese ko nohereje 1000frw kuri iyi code 000800 nkabantayo ndikubona kuri conti yanjye biriguterwa niki?
Mwaramutse? iyo ukoresheje iyi code ntabwo amafafanga ahita ajyaho direct bisaba ko tuyashyiraho, ubutaha wazajya ukoresha *589# bwo uhita uyabona kuri account yawe. Murakoze
Yego murakoze
Ese iyo bibaye ngombwa ko umunyu ayakenera aje mwahita muyamuha hariho ninyungu?
@@aarontwagirayezu7587 Yego rwose, Mu nama ihuza abanyamuryango b'ikigega bemeje ko umuntu yajya ayahabwa nyuma y'iminsi 3 ayasabye.
Iyo ushaka KUBIKUZA unyura kuri www.rnit.rw ukuzuza fomu iriho yitwa GUSABA KUBIKUZA, ukayohereza ubwo natwe bitarenze iminsi 3 y'akazi amafaranga aba yakugezeho.
Hello.muzadushyirireho system yuko umuntu yazajya yirebera ayo agejejemo.
Hello, System twayishyizeho imaze hafi umwaka ikora, unyura kuri *589# cg www.shora.rnit.rw ukabasha Kwizigamira,kuzigamira undi no kureba uko konti yawe ihagaze. Murakoze
Yego ariko nibura tukajya tureba Total ya yose
@@callixteNIYONDAGIJE-j5y Total nayo iba igaragaramo rwose, ayo kwizigamira ndetse n'inyungu amaze kugira. Murakoze
Anderson Brenda Davis Linda Taylor Jessica
Mukorerahex ?
Dukorera mu mugi hagati mu nyubako ya cogebank mu nzu ya 6. th-cam.com/video/CUdackEIwX8/w-d-xo.html
Urakoze cyane nitwa Hagenimana Protogene ko nizigamiye mutarahindura code ya Momo 00020 mugihe mwari mutarahindura ngo Mugire,*589# ayo mafaranga nizigamiye kumitarayashyira kuri RIF yange icyo kibao nacyo bazagikosore.Murakoze
Miller Anna Johnson Michael Miller Michelle
Muraho mukorera hehe
Dukorera mu mugi munyubako ya Cogebank munzu ya 6 th-cam.com/video/CUdackEIwX8/w-d-xo.html
Mikorerahe
Dukorera mu mugi hagati mu nyubako ya cogebank mu nzu ya 6. th-cam.com/video/CUdackEIwX8/w-d-xo.html