"TWISHIMIYE KUBA UBWIZIGAME BWACU BWARIYONGEREHO HAFI MILIYARI 13 " Dr. Joseph NZABONIKUZA Chairman
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- Mu Ijambo umuyobozi mukuru w'Inama y'abanyamigabane mu Kigega Rnit Iterambere Fund Dr. Joseph NZABONIKUZA, yagaragaje ko nk'abanyamigabane bishimiye iterambere ikigega cyabo cyigezeho, aho muri 2023 imari yiyogereyeho asaga miliyari 13Fr, ndetse ashishikariza abanyamigabane kogera amafaranga y'ubwizigame bwabo no gukomeza gushishikariza urubyiruko kugira umuco wo kwizigamira.
Njyewe nahamagaye umokozi nsaba ubufasha ambwira ko agiye ku mfasha hashize icyumweru nategereje niba azamfasha simbizi
Muraho? mutwihanganire, birashoboka ko yabyibagiwe, ariko niba mukeneye ubufasha byihutirwa mwaduha nimero mubonekaho tukabihamagarira cg mukogera mugahamagara. Murakoze
Nishyuye 2000 kuri ya momo ntegereza ko mumpamagara ndaheba, kandi na helpline yanyu nticamo
Mwiriweho? niba warizigamiye wabanje kwiyandikisha, ubwo ubwizigame bwawe twara bwakiriye ariko niba utarabanje kwiyandikisha turayafite ariko, wabanza ukiyandikisha unyuze kuri *589# cg www.shora.rnit.rw .
Mugize ikibazo mwahamagara kuri 0787900207(RNIT Phone number)
Murahoneza?Mwafasha shaka kwinjira ariko ntamakuru ahajyije mfite . Uko umuntu yakwiyandikisha nuko yashora, ndetse niba harinuburyo kumunyamuryango ashobora kureba uko ubwizigame bwe buhagaze
@@PPGJeanPaulUNIQUE Muraho? Ushobora kwiyandikisha unyuze ku *589# cg www.shora.rnit.rw ubu buryo bwombi bwana gufasha kwizigamira no gukurikirana uko amakuru ya konti yawe ihagaze
Mwiriwe ho? helpline yacu yari ifite ibibazo ariko ubu waduhamagara tukagufasha. Murakoze
None se KO tubandikira kuri email tubasobanuza ntimududubize
Mwiriwe @esperancenyirandagijimana4521? utubuze kuri email, waduhamagara kuri 0787900207. Murakoze