Kwizigamira make make ahereye ku noti ya 2000 Frw byatumye abasha kwigurira ikibanza i Kigali.
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- IRANEZEZA ni umwe mu banyamigabane bashoye imari yabo mu kigega RNIT Iterambere Fund. Avuga ko yatagiye kwizigamira akiragiza amashuri yisumbuye, byamufashije gushyira imishinga ye mu bikorwa. Arakangurira by'umwihariko urubyiruko kugira umuco wo KWIZIGAMIRA kuko aribyo byabageza ku iterambere rirabye.
FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etage ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff).
Nange njemo vuba gusa byarangoye kuko nimero ziri website biragoye kuzifatisha pe mushyireho nimero yo gufasha abatabizi cg abadakoresha website
Mwiriho @DushimeUrbain? urakoze ku bw'igitekerezo uduhaye, tuzareba uko twakogera imirongo ya telephone, kandi urakaza neza muri rnit Iterambere Fund.
Murakoze kandi turabasezeranya ko icya numero turi kugikoraho vuba aha turabamenyesha imirongo irenze umwe mwakwifashisha.
Ahubwo se batanga inguzanyo ntagwate?
Oya, Iterambere fund nta guzanyo itanga ahubwo amafaranga ufitemo banki zose ziyemera nk'ingwate, zi kayaheraho ziguha inguzanyo.
Oya ntabwo dutanga inguzanyo, ariko amafaranga wizigamoiiye mu iterambere fund banki zose ziyemera nk'ingwate. Murakoze
Rnt mutubwire ukuntu yajyamo