2023, TWABONYE ABASHORAMARI BASHYA IBIHUMBI 7, UMUTUNGO UVA KURI MILIYARI 29 UGERA KURI 41. RNIT/CEO
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- Mu Ijambo ry'ikaze umuyobozi mukuru wa RNIT Ltd Jonathan GATERA, yagejeje ku bitabiriye Inama rusange ngarukamwaka y'Abanyamigabane ba Rnit Iterambere Fund, yabagaragarije ko umwaka wa 2023 washije Rnit Iterambere Fund ihagaze neza, aho uyu mwaka wasize yungutse abanyamigabane bashya ibihumbi 7 naho imari ikava kuri miliyari 29 ikagera kuri miliyari 41 z'amafaranga y'u Rwanda.
Nifuza gushora ariko ntaho gukura amakuru cg ubufasha,nanimero ntizicamo
Mwiriweho? ushobora kuba uhamagara uhamagara turi gufasha abandi, wakomeza ukagerageza, nibynga uduhe iyawe turakwihamagarira. urakoze