2023, TWABONYE ABASHORAMARI BASHYA IBIHUMBI 7, UMUTUNGO UVA KURI MILIYARI 29 UGERA KURI 41. RNIT/CEO

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
  • Mu Ijambo ry'ikaze umuyobozi mukuru wa RNIT Ltd Jonathan GATERA, yagejeje ku bitabiriye Inama rusange ngarukamwaka y'Abanyamigabane ba Rnit Iterambere Fund, yabagaragarije ko umwaka wa 2023 washije Rnit Iterambere Fund ihagaze neza, aho uyu mwaka wasize yungutse abanyamigabane bashya ibihumbi 7 naho imari ikava kuri miliyari 29 ikagera kuri miliyari 41 z'amafaranga y'u Rwanda.

ความคิดเห็น • 2

  • @PPGJeanPaulUNIQUE
    @PPGJeanPaulUNIQUE 5 หลายเดือนก่อน +1

    Nifuza gushora ariko ntaho gukura amakuru cg ubufasha,nanimero ntizicamo

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  5 หลายเดือนก่อน

      Mwiriweho? ushobora kuba uhamagara uhamagara turi gufasha abandi, wakomeza ukagerageza, nibynga uduhe iyawe turakwihamagarira. urakoze