Mu buzima bwa buri munsi buri wese akenera kuzigamira ahazaza he. Kuki nkwiye kubikora uyu munsi?
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 19 ต.ค. 2024
- Iki n'ikiganiro cyanyuze kuri Rtv muri WARAMUTSE RWANDA aho cyitabiriwe na bamwe mu banyamuryango b'ikigega Iterambere Fund aho bagaragaje uko Kwizigamira bikomeje kubafasha mu iterambere ryabo rya buri munsi.
FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etage ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff).
Ese uburyo bwo kuzigama bwa 1 ntibucyemewe(momo pay)?
Mwaramutse? Buracyakora ariko bifata iminsi kugirango amafaranga abe ageze kuri account yawe mu gihe iyo unyuze ku *589# ahita ajyaho ako kanya. Murakoze
Hi natwe turi mubihugu byo hanze mudutekerezeho ,mutwemerere tujye tuzigama muri dollars, ni nyungu igatangwa muri dollars.
Hi? yego rwose ubuyobozi bwacu buri kubiganiraho n'ababishinzwe ku rwego rw'igihugu. ni bifatwaho umwanzuro tuzabibamenyesha. Murakoze
Hi ese nabanyamahanga bazana Cash zabo nkama dollars mukayakira mukazaza mumubarira inyungu kuma dollars?
Hi, kugeza ubu ntabwo biratangira gukorwa ariko ubuyobozi bwacu buri kubiganiraho n'ababishinzwe ku rwego rw'igihugu. ni bifatwaho umwanzuro tuzabibamenyesha. Murakoze