IBYINGENZI WAMENYA KU MIKORERE YA RNIT Ltd NI KIGEGA RNIT-ITERAMBERE Fund
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- 1.IBYEREKEYE RNIT: RNIT ni Ikigo gishinzwe gucunga ibigega by’ishoramari ry‘abishyize hamwe. Cyashyizweho na Leta y‘u Rwanda muri 2016 hagamijwe guteza imbere umuco wo kwizigamira, mu rwego rwo kubaka ubukungu burambye kandi abaturage bakabigiramo uruhare.
2.RNIT ITERAMBERE FUND: Ikigega gihoraho kandi gitanga amahirwe aboneye y’ishoramari ku bantu bose. Ubyifuza wese ashobora kwizigamira icyarimwe umubare runaka w’amafaranga afite, cyangwa se, akajya azigama amafaranga make make, uhereye ku
FRW 2,000.
Agaciro k’umugabane umwe mu Kigega gatangazwa buri munsi.
FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etage ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff).
Williams Ronald Davis Elizabeth Thomas Helen
Mfitikibazo ndifuza kuzigama uko mbonye ubwizigame arko mundangire aho mukorera nzaze munsobanurire kuko ndabikora kuri tel ntibyemere nitwa bugirimfura innocent mundagire aho mukorera cg mumpe numero nzababarizaho murakoze
Mwaramutse Innocent, ni kalibu Dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank muri etaje ya 6, wana duhamagara kuri 0787900207,cg 0788608652. Murakoze
Umuntu arihanze yakwizigama gute akoresheje momo?