NJE GUSHAKISHA UMUGABO TWABYARANYE😔|UBUZIMA BW’UMWANA BURI MUKAGA SINGISINZIRA|Yvonne
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 31 มี.ค. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- บันเทิง
+250 783 673 924 Ushaka kuvugana na yvonne
Komera cyane Maman Neilla, gusa Inama nziza nakugira mu gihe Neilla atarabona papa we ndagusabye fata umwana wawe ubane nawe umuhe affection yose uko ushoboye umukure mubamubwira amagambo mabi kuko biramwangiza hanyuma umusobanurire 13 ans azakumva nurukundo umuha muri kumwe ruzamufasha mubuzima bwe bwose mugihe azaba agitegereje papa we ikindi kandi biza creatinga bond hagati yawe n’umwana wawe kdi bizamufasha mu buzima bwe bwa buri munsi ndagusabye wireresha umwana wawe ukiriho ntakiza nko kubana na maman wawe akaguha urukundo ikindi niyo wakongera ugashaka uzirinde umugabo utakwemerera ko ubana nabana bawe iyo umuntu agukunze byukuri agukundana nibyawe byose ntugatandukane n’abana bawe niyo mwarya umunyu mukarenzaho amazi uzagujye ugumana nabana bawe abana baba babona kdi Humura Imana izamukoresha agaruke Neilla azamubona, ikindi kdi niba akoresha social media Saba Rose aguhuze na Sabin (isimbi tv) irebwa nabantu benshi bo mu Rwanda no hanze naho utangeyo ikiganiro bizagufasha , Nyagasani abigufashemo.
Fata umwana wawe umwirere
Abantu mwese mwatutse Yvonne murabagome Imana izabahane ,kuki mutumvu ububabare uyu mumama numwanawe bafite
Nukuri peeee nibamwumve kuko niwe uzi ububabare afite 😢😢😢
@@hiticesfashion9203 egoko Mana ubwose ibyo byatuma urakarira Rose 🌹 kweli , ubwo iwanyu haje umuntu wowe udakunze urakarira umuryango wawe wose ngonuko haje umushyitsi utaganira uko ubishaka?
@@hiticesfashion9203 biterwa nimyumvire nibyokoko haraho uriya mutumirwa yarangaye kubera umubabaro yayobowe namaranga mutima ntiyibaza ejo hazaza humwana ariko aricuza tumubabarire
Njye rwose sina museka! nabyaye 2003 arik'umwana wanjye yabonye se hashize 17ans kdi twese dutuye mu Rwanda! har'igihe umugabo akubabaza uka muzinukwa toute ta vie 😒 n'ubu njye muheruka anter'inda😏 sha ntabeshye naremeye kumubwira se kko ari son droit mais ataribyo ntawe yari kubona rwose.
Bihorere nuko batazi imiruho abakobwa tugendana sha!nuko uyu ariwe utoboye akavuga
Mpore Mama, ibikomere byose ufite, ndagusabira Nyir'ihumure ryose ngo akomore.
Umwana yarakomeretse cyane, icyo wakoze ni kiza, Imana igufashe muzamubone
Ntukirenganye, ibyabaye byose ni uko wari muto, kandi wari ubabaye, ubu ukeneye nawe gukira no kwibabarira, kuko biragaragara ko ibikomere bikiri bibisi,
Yesu yakomora, sinzi niba waramwakiriye ariko uko bimeze kose yagufasha.
Umwana ukomeze umube hafi cyane, kuko nk'uko ubivuga ni wowe afite, Papa yaboneka ataboneka, Umwana yakira.
Umwana akeneye umutherapist nawe nibigukundira, uzamumushakire, nawe uramukeneye, ariko uw'ingenzi cyane ni Yesu, ngusabiye ihumure no gukomera no gukira atanga.
Ariko yabaye careless rwose koko ugatakaza amafoto ngo muri kwimuka ya se w'umwana ??ariyo preuve yonyine ufite uzereka umwana??kumwima ifoto wakabije uburakari amaraso si ikintu wa mubyeyi we nubwo so yaba igisambo ni so
Ubwo se abamuhaga ubukode ntawababaza amazina yakoreshaga kuri contrat de bail?
Si n’ibyo umuntu wali ufite phone# ye, ni gute MTN itamuhaye amazina ya se w’umwana?
Inzira zari nyinshi zo kumumenya aliko ...... reka mpine ntongera kuvuga ubuj...
@@hiticesfashion9203Erega ngo ubwenge buza ubujiji buhise!!! Biroroha kugorora ibyo washutswe n'abandi, ariko iyo aro wowe wishutse ibikomere biratazuka. Kandi ntiyaguye mu rukundo ahubwo yaguye mu nzira y'ubuhunzi kuko urumva ko yari yaribumbyemo umukunzi ideal yifuzaga hanyuma yibeshya kuri casting malheureusement .
Mbega abantu ko mwabaye abagome😭😭 nigute mushobora kwubahuka mugatuka uno mugore ndababaye
Pore yvonne Yesu arahari tu
Yoooo ndababaye disi,koko ubwiza bw,umukobwa ntibwamubujije kuruha shenge,ihangane mubyeyi ndakumva,Yesu akugirire neza papa w,umwana azaboneke
Komera cyane Yvonne, Imana izabigufashamo. Ngumana ikizere. Ibyakubayeho wari umwana ukizere abantu.
Imana izaguha andi mahirwe. ❤
Azajye kuri facebook ashyiremo iryo zina azi harigihe yabonaho ifoto ye kuri profile noneho akabona details za information z’uwo mugabo gusa komera
Disi Imana imufashe abone Claude. gusa namugira Inama yo kujya kw'isimbi tv kuko niyo irebwa nabantu benshi wenda uwo Claude niba areba za social media zo mu rwanda buriya anareba Isimbi tv.
Yarabyaye ntiyakunda umwana yabyaye,wikwirenganya ntiwateramo umuntu urukundo nta bushobozi ubifitiye,ahubwo ikintu cyo kujya abantu babwiza abana ukuri ni ukuzacyigaho pe!bakabimenya ko ba se babanze!
Ariko muburyo bumwe cg ubundi harisomo twakuramo cyane cyane muri relationship ✍️
Shn ihangane nkr kandi ujye wumva numwana wawe cyane.abenshi muba maman baba bafite ibikomere byinshi bikagera no kubana be cyne
Rose nukuri urakoze cyane nukuri gs ibyange birenze ibyuwo mumama
Mama Neille wafashe decision nziza kureka abaana bakagumana na papa wawo kugira bige mugihe utarabona ubushobozi
Kubera nawe numubyeyi wabo
Imana igufashe
Imana igufashe ntazabe yarapfuye cg yarafunzwe kuko ndumva hashize igihe kinini 🥹 ntawamenya impamvu atagarutse 🥺
Humura mama .Imana irahari usenge Imana izabikora.uzajye no ku isimbi Tv kwa Sabin irebwa n abantu benshi
Nababyaranye na banya Rwnda turatuje komera knd abana barakuze 😂😂
Bajya babimenya se, hataka nyirubukozwemo . Ubishatse wareka kwibara inkuru
Nakomeze yivuge
Yewe mbega izina ryakoze amabara iryozina sindikunda cyaze biratangaje uziko najye yitwa cloude ariko jye hashize imyaka 14ans
Mama wikumvako urindaya rwose, kuba utarahiriwe n'urugendo rw'urukundo cg urushako suko warikirara, ahubwo harukujijwa wagiye ugira ariko nabyo kubwanjye mumva byaratewe no gutenguhwa ahanini; so ni papa wumwana atwumva nagerageze yegere umwana kdi nawe ntiwicire urubanza ngowumveko haricyo utakoze awari gukora.
Burya bwose Yvonne, yabyariye murugo disi !!??? Ariko Umuntu a byara 3 ntamugabo abana gute!!? Wabona abana be badahuje nabase. Yesu we!!!!.
Komera mama urerere umwana wawe . Uramutse Uzi Aho yakoraga wazamenya amazina ya se wumwana wawe.
Muzabaze banyiri Inzu yakodeshaga kuko bo yaba yaravahaye amazina ye yombi kuko baba barakoze amasezerano y'ubukode
Sha reka kwitera agahinda ukore ukorere umwana wawe ibindi ubyihorere
Umva humura Maman utakumva niwe ufite ikibazo ariko wowe gerageza uruhuke ubundi ushakishe uko wazajya uhura nabana bawe kandi nabo bazakumva
Ihangane mama Neilla. Wizere Imana usenge izabigufashamo
Komera mubyeyi
Pole Sha umukongoman yagutekeye umutwe
Yewe mbega inkuru isa niyajye Sha nukuri ndakumva cyaneee
Komera sha,amateka weeee
Ashobora kuba yarakubeshye atitwa na claude Pole sana ganira numwana neza mwihangane
Mutumye umutima wanjye wongera kubabara
Ariko reka nkwibwirire muvandimwe.abakobwa c aba maman mujya mwibeshyaho gute ubwira umuntu ngo mwarabyaranye ariko ukanga kumwereka umwana we?erega niwe ubahuza.
Yvonne komera sha
Gusa nawe ufite amakosa yuburangare ngo ntuzi uwaguteye inda koko ikindi Ayo mazina ko atari mabi wangiye iki kuyamwita
Komera cyane Yvonne hagarara aha 2 Neila muhe care ihagije mwiyegereze. Ndakumva cyane mama😢
Ibaze sha aho wahabaye umwana rwose wagombaga kumenya ko umwana azakenera kumenyana na se
Ubuse niba yarashatse akaba atarabwiye uwo mugore we ko yabyaye urunva we yakwiyereka ngo bimusenyere .yewe ntibyoroshye 😢
Humura humura bizagenda neza!
Sim card ziba zibaruye ku mazina number mwavuganagaho zari zibaruye kuri nde?uwo yagufasha kumenya izina rye.
Pole sana
😢😢😢
Komera mubyeyi ariko harisomo nkuyemo ✍️
Ariko MTN ibishatse yaguha histirique iyo msg yaboneka
Ndumva iyi nkuru imbabaje cyne peee kuko uwo mwana ndumva dufite amateka ajya gusa peee rero ndamwumva cyne
Komera,igikomere cyo umwana yakakigize agitewe wenda nimyigire kubushonozi buke bwababyeyi bawe ,none abo babyeyi bawe nibisimba ,ntabumuntu bagira bwabuzukuru
Ariko muzi gucira abantu imanza basi,ubwo se kumwita Rebeca ntarishaka naratwise ntagire icyo amarira kuki ntamwita izina nshaka rigezweho???afite uburenganzira nka nyina rwose,gusa kuba ataramweretse Se nicyo kibazo mbona gusa
😢😢 ooooh Impore disi
Ihangane mubye njye ndakumva peee!gusa komera siwowe wenyine imiruho abakobwa duhura nayo irarenze peee
Uwo mugabo ko atagushaka wamuretse koko!Utekereza ko umubonye wagira amahoro?cg wababara kurushaho!
Uyu Yvonne si wa Mukobwa wa Mama Nick, muri Film ra?? City media, ndacyeka.
Ariko ba Claude , bose kucyi ari bwa!!???? Niba Calawude koko. Izina niryo Muntu.
Ntagafoto ke se ngo agashyireho ubundi abantu babe bamubwira
Mubyeyi warababaye. Imana yonyine izagufashe Neila azabone se. Nawe bizakuruhura.
Yoooo Pole sana 😢
Rose ko wigenje uwo uramufasha ute koko
Nukuri nubwo wababaye ariko ufitemo uburangare,ntuzi izina ryumugabo wawe,komeza witere umukorogo ibindi ubyihorere
Ko ayigurira se birakurya hehe?mwagiye mureka kuvuga ubusa
Yooo komera disi 😢
Ariko abantukoko uyumudamu murumva afite ubuhebujiji ntimukonjyere ibikomere mubindi
Sukose Sha buriya umuntu niwe umenyana nibazobyiwe
Destin sha nimuvuge
Wihangane mubyeyi ndakunva cyaneeee
Ubujiji buragwira nonese kuki utajyanye unwana ubwo koko ibyo niki
Ikibi nukubyarira iwanyu wanashaka ugashaka nabi niyo mpamvu gushaka birikure nkukwezi nzarera uwo wanabyaye.
Byihorere sha!noneho ntuzi gushaka ngusanze uwo mwabyaranye yarangiza akanga umwana Kandi ngo waruziko ugikemuye
Buriya disi yari yifitiye undi mugore n’abana yahise yitahira
Yoooo komera disiii😢❤
None iyinkuru nunvise itume mpindura gahunda nisubireho kucyemezo cyanjye🤔
Amazina se ntari kuri momo ufite numero ye wayayoberwa gute
Mwimutera amabuye ibintu nkibi bibaho nuko abenshi babiceceka ...nanjye byambayeho kd nubu ni igikomere ngendana
Ukaryamana numuntu utazi amazina yose,mwikosore pe.ariko abajije aho yajyiye akodesha bamuha amazina yose.bakobwa rwose mwiyubahe
Nukuri nibamwumve kuko niwe uzi ububabare bwiwe
Kuba bibaho ntibivuga ko bitagayitse ariko nta n'impamvu yo kumutuka.
Pole sana
Iyikibazo cyamaze kuba cyagaragaye umuntu ari mukababaro nkaka ubundi nta mpamvu yokumucyaha ahubwo nukumuha pole kuko kumucyaha no kumunegura nyacyo biba bikimaze. Niyihangane yiyaranje areke kureresha umwana we cg abana be kwanza niho byapfiriye. Abagore bahura kenshi nibi bibazo ariko barihambira mu bukene mubushobozi bwa ntabwo bakirerera abana pe! Kfi abana bavamo abantu bazima. Uyu Naila byishwe nuko utemeye ibyakubayeho ngo wihambire kuwo wabyaye nabyo biri mubyamuteye igikomere kuko nibyo yabuze se noneho abura na presence reguliere yawe nyina ubyumve. Akandi kantu gato nkwibarize bucece Yvonne we ni gute ukundana numuntu imyaka nkiyo maze ntumenye amazinaye yombi nukuri??? Ni gute?
Ro urakoze chane iyinkuru irababaje chane ariko uwomu sister yihangane Imana imufashe abone se wumwanawe
Amakosa nayawe wamubyeyi we kuko ntiwagombaga kwanga kwereka umwana Se .
Ese uba wanditse comment wumvise cg n,ubugome ubuvuze bukurimo.
Sorry, Roz ndifuza nomero ya Yvonne pls😢
Umwana wagombaga kumwita amazina se yaguhaye yaba meza yaba mabi wagombaga kuyemera kuko ni ikomenyetso yaraguhaye cyo gukomeza gukurikirana umwana we ubuse ko ubivuze azamumenya?ayo mazina wamuhaye arayazi?wishinze amazina agezweho ariko ntiwareba kure ko amazina aguhaye afite ubusobanuro bw'umwana kuri se nawe ubifitemo amakosa gusa pole sana warababaye pole ku mwana yabaye victime
Uwo mugore afite ubugoryi bwinshi niwe wababaje umwana we kuba papa wumwana yakubabaza ntago bituma umwana atamenya se uzahora ubyicuza kandi wateye igikomere umwana shaka papa wumwana amenye se twese byatubayeho ark abana bacu basura base bakishima .please nshaka uwo mugabo umuhuze numwana we amakosa yose yakoze ntibikuraho ko ari papa wumwana wawe.
Sha byihorere buriya ububabare niwe ubuzi , wowe ububayemo nibwo wabyumva
Wimutuka bibaho,iyafata responsibility nkase w,umwana akajya amuha buri kimwe yari kumumwereka ,so mureke wiciraho iteka ,niba utamukomeje fungumunwa wawe puuu.
Niko ateye nabo babiri avuga yabyaye kurubu ntabana nabo, afata ibibazo bye numugabo akabitura abana nge ndumva ntazi ibyarimo
Cg yaranapfuye ntakiriho
Please Yvonne stop kureresha umwana (Neila) dore ko ntazi Se nibura akumenye, mubane , umwereke urukundo, uzajye umubwira amagambo meza... amukomeza...kandi Imana ibafashe papa we aboneke...
Ihangane disi abagabo sinzi uko bameze 😮baza aho yakodeshaga
Na numero yatelefone yakoreshaga buriya ntiyakwerekana amazina ye buriya
Gushaka wanashaka ntawamenya.
Uri umubyeyi gito, ese abo bana bandi bo uyumunsi uzi uko bariho? Uwakubona inyuma😢😢
Rose ❤❤❤ nmbr 1
Yvonne pls ndifuza nomero ya Yvonne
Ubwo hari icyo wamumarira mu mitekerereze cyangwa mu bushobozi. Wabuze affection mu rugo ariko wazayibona mu rundi.
Ark nmbr nturayibona ya Yvonne??
Azabaze amazina yaho yarakodesheje
Mama neyira pore sana lmana niyo nkuru ni papa davina mu nkoto
Salam papa davina
Ni papa neilla
Ese uyu mugabo ni umunyarwanda cyangwa n'umunyamahanga?
Wakintaziweubaurimubiki
Ariko nturimuzima,komera Yvone uzamubona nutanamibona ubuzima buzakomeza,egera umwana wawe.
Uyu ni umugabo we😮😮
Agahinda kabana na ba mama turabizi.utabizi ntayakumva ibyuvuga gusa komera kdi umwana nawe Imana izamuhe papa we rwose.dusobanura byinshi.ariko ntibumva
Biragoye kumwnya icyo umu congoman akora usanga baba bafite inote ariko utamenya ibyo akora nyirizina