UMUKOZI WO MU RUGO yabyaraga ABANA akabita amazina y'Abana Banjye😭 URUGO NARUSOHOTSEMO ARWINJIRAMO💔
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 28 มิ.ย. 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - บันเทิง
Wa Mubyeyi we, iyi nkuru irakomeye kdi irababaje cyane!
ufite umutima wihangana pe!
iyi nkuru irakora ku mutima kdi ibi bintu bibaho cyane ndakumva maama.
Nyagasani ajye aha imbaraga n'umugisha ababyeyi.
Komera😭
Hoya plaisir. Wimubwira ibyimisatsi. Ufite look ukunda nawe akagira ibyo akunda. We are different remember
Kubimubwira ntacyo bitwaye nawe agomba kwihitiramo kumwumvira cg gukomeza gahunda ze za teinture .....
Umuntu akora ibyo akunda ntanikibazo
@@christineumuziranenge3118none se utekereza ko yabihisemo atabitekereje ho! That’s a bullshit
@@uwajaja123 According to my opinion ntho navuze ko atabitekerejeho unyumve neza.
Ariko abantu ni abantu si inyamanswa icyo abonye yemerewe gushyiraho comment yaba negatif cg positif hanyuma ubwirwa niwe ufata décision yicyo gukora nawe(Plaisir)ntiyamuforça gukora ibyo adashaka.
Mureke kumutera amabuye mungo habamo byinshi mureke avuge agahinda gashire pee! Buriya kuba abizanye Hano ku mihanda siwe nigikomere afite
Buriya nuko turikumva uruhande rumwe, wasanga umugabo nawe yavuga ibye ukumva nibyo
Rata mungo harimo byinshiiiiiiiii buri wese avuga ibye ukikanga
Uyu Mubyeyi disi nukuri tumube hafi pe afite umubabaro mwinshi muze basi tumuhe ni 1k Agurire abana Ibirayi ibaze ariko abagabo bikigihe babaye bate
Ninyamanswa
Plaisir vana ibyimisatsi aho,uri gutandukira
Yego rata ,kuba atabyemera ntibivuze ngo nabo aha ikiganiro babyumve nkawe
@@cyizablandine4039Arabangamira umutumirwa. Aho kumushwaza kuri iki kigero byarutwa no kutamwakira.
Babyeyi tujye tumenyubwenge.yagukuye mukazi kawe ,agurishibyawe none usigaye wandagaye sinkusetse ark waribeshye cyane pe kdi wariwarabonye ko adashobotse.nobonandimahirwe uzajye ugiramakenga
Ese abakobwa bashaka bene aba bagabo bo baba bumva bazarumaramo kangahe💔😭ese iyo usenye mugenzi wawe wowe uba wumva utari munsi y'ijuru❓umugore akabaho ababarana n'abana be gutya ejobundi bakura batangira kwitura umubyeyi ,nyamugabo agatangira ngo abana baramwanze✍sha mwa bagabo mwe ibyo mukora bizabagaruka,kuba witwa umuyobozi ukaba ari wowe ukora ibi nabyo ni agahinda,reka nicecekere ariko mujye mwibuka ko muba mwarabashatse abo bose bahari✍
Yooo😭😭ihangane mama kdi imana yonyine niyo yomora imitima ikomeretse gusa wowe komera kdi usenge kuko iteka ntamuntu uhemukira utaramuhemukiye ngo bimugwe neza noneho iyo harimo abana nibindi agahinda kabana ntikatuma agira amahoro be strong 💪
❤
Ihangane wahuye n'igipfunyika cy'amabyi, azapfe nabi yinnyaho😊😊😢😢😢😢😢
Uko byasa kose gutukana si sawa ashobora kuzahinduka kdi natihana azarimbuka.
😂😂😂😂uramuhamije
Kuba afite umusatsi udasa nuwumugore wawe ntibivugako uwawe ariwe mukristu.
Suko
Eseye amuratiye umugorewe bene WA banyarwanda mugira inzokambi UBWO PRESIR arumupeni murabikwedura ariko nderuye abakosor, IMANA Bose bazarimbuka ntakabuza mutukane RERO nababwiricyi
komera ndafashijwe cyane kutabwirwa neza bikomeretsa umutima ndabizi kuvuga biruhura umutima
Wihangane mama ntabwo ariwowe wenyine wirere Abana hamwenogusenga Imana izagira icyo ikora
Mubyeyi ihangane ibyakubayeho neza birasa nibyona nyuzemo gusa imana itabare ababyeyi bafite bikomere mumitima
Rata mubyeyi buriya haricyo utari bwamumunyeho ariko ubu waramu menye ntazongera kukubeshya
Ikindi ntazongere kukugira mu buzima yazaguca ijosi pe uzamwirinde
Buriya rero, mureke nibyo yunva bimuhesheje amahoro kuko niba harukunda canta uyumukara we niyo yakunze isa ukoo! Mureke
Yoooooo be strong mubyeyi byose imana iba yabyemeye komera
Harya ngo abagore bahawe ijambo njyewe ntabyo mbona .gusa nurwabose imana niyo yokuturengera
Abagabo benshi bigize ingetura😢😢😢😢 ark karma izakora akazi badamu mukomere mushakishe ubuzima, Imana izabafasha.
Narinziko intore izirusha intabwe yahaye ijambo!!
Ibyumusatsise ntibimureba Ari kuri chaneer yawe byosebiramureba.cyane mujye mukaragu rurimi niicyo cyiza
@@KithChikokaiyo se areka kumutumira utekereza ko atarikubona undi umutumira?
Imisatsiye imurebaho iki?
Plaisir rwose hari abantu jya ukora ikiganiro ureke gucumurira kubatumirwa kuko ntago twese dutegetswe kwemera nkawe ,kuba umuntu adahinduye imisatsi ntibisobanuye ko ari intungane ,rwose ntukarengere bitazatuma abareba tubura interest ,merciii
Umva mama waramworoheye urakabya ,kuba akorera leta jya kubimbwira Gitif w,umurenge akorera bazabikemura bahereye kumushahara ahembwa.Wiba umutesi ndakwanze ntivamo ndagukunze
Plaisir mpise mwanga pe.ese ye ubu kuba ubonye kunegura umusatsi wuyu mugore.warangiza ugashimagiza uwumugore washatse numeana wabyaye bishatse kuvuga iki?wateshagujwe usuzugura uyu mugore ntuzabusubire.birambabaje we.
Ntarumva ikiganiro, plaisir ibyumusatsi ntibikureba
Ariko se umugore wagiye kwiga aba injiji bigezaha? Ariko bagore beza koko mwakwize kwihagararaho tukareba kure…ibintu byokuba mubujiji nkubu wapi rwose muri 2024
Wamunyamakuruwe ubaza ibitakureba kuwuhindura no kutawuhindira nuburenganzirabwe kuko buri wese agira ibyo akunda
kuganira bibaho
Mpor muvyeyi, IMANA izokwishur,izoguhoz amarira urik urarira, wihangan cn
Ibyimisatsi birakureba Koko plaisi? Ndakugaye
Ubwo koko umuntu wize koko utuma umugabo agurisha inzu yawe ujya gukodesha koko cg uwo mugabo yarskutoze
Yaramuroze sigusa kuko amakimbirane bagiranye kuva kera ntiyamus8giye isomo ko ntamugabo afite.
Niyihangane
Vivre avec une personne toxique (pervers narcissique).+conséquence de la dépendance affective.
Wa munyamakuruwe urashyanuka p ko wamwinjiriye cyaneeeee? Suburenganzira bwe gukoribyashaka kumusatsiwe?ntabwo aribyiza ndumva mbyegereje umutima
Mbega guhura n'urushako rubi weeeeh!! Umugabo nkuyu akakugirira nabi yarangiza akaba ari nawe urusenya! Hari abagore bazi kwihangana pe! Ariko nyabuneka mujye mukomera ku kazi kanyu igihe mugafite bagore beza.!!
Mubyeyi mwiza egera yesu niwe mukunzi mwiza udahinduka kd he loves u kd byose arabishoboye nukuri pe
Inshuro nyinshi aba karande zibitera
Presire wakabije kwinjirira umutumirwap ufte imyemerere yawe nawe afte iye that's it. Ikindi ufte ibyukunda bitandukanye nibyabandi bakunda pls ntuzabyongere
Plaisir wimutera complexe ibyimisatsi mu gikari
Yoooo.
Ariko Yesu azaza ayamakuba ayamareho😢😢 mpore Mama
ariko se kuki wivanga mu bitakureba. kora ikiganiro reka guca imanza. ariko amarende ahira ari amarende uko asa sibikibazo. amahitamo y'abantu ntacyo akubwiye?
Plaisire bimubwire pe byiyo misatsi ugukunda akubwir’ukuri
Imisatsi ye wowe igutwaye iki koko tutabeshyanye???
Hari ikuriho? Niba abikunda abizire ko wowe ubyanga?
Mana yanje ndababaye cne arko ntihagire uwuzosubira guhendwa ngo bagurishe Aho baba karya ni kazoza k 'abana kk nkuwo yarameze uko kuva kera ntiwari kumwemerera ng mugurishe arko sindakwagirije vyarabaye ntakundi kimwe gusa ntihagire abagabo basubira kuguhenda rera abana bawe kndi witure ubutungane agufashe kurera abana
Ese ubu ibyimisatsi birakureba??? Ubuse abantu Bose twagira imyumvire imwe???
Ubumuga bwa Plaisir yatewe na Adepr bumutanze imbere; abona imisatsi atangira kuyigishaho na mbere ko yumva ubuhamya bw'umutumirwa, yirengagije ibihishwe mu mitima birimo n'ibye. Ibi Yesu yabicyashye abafarisayo, ariko dore ab'ubu bwoko banze gutandukana nabyo. Paulo yandikira ab'Itorero ry'i Korinto arababwira ati "kandi ubwo dukorana nayo, *mwirinde mudaherwa ubuntu bw'Imana gupfa ubusa* " (2 Abakorinto 6:1).
😊
Aha baba bumva aribo bakijijwe
Ariko yabazaga pe
Ihangane natwe bitubaho nukwezi kurashira twarumiwe niba iyo umugabo akujyejeje murugo ahita akubona nkudahari cg igikoresho cyimirimo yo murugo gusa narumiwe
Yooo ihangane nukuri ariko Koko ubu abagore agahinda tuzagakizwa Niki??
Nihatari
Imana ijirengera ababaye babyeyi murikumwe nibikomere musenge
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤❤
Arakiyamwa niminsi arakarindagira pu ndamuvumye ndi nyababiri, ihangane mugore mwiza
Uramututse waa 😂😂😂
😂😂😂
Mbega ubujiji akubyaza kdi ubona nta à venir yeweee Mana we ufashe abagore b ibicucu
Ibaze kubwira umuntu ngo ndagukunda ariko mbivugira mu mutima🤣🤣😭😭cyakoze hari abantu bazi kubabaza abandi bitonze
😂🙈🙈🙈
Ubwose umuntu yabyerekwa ko ubivugira mumutima
Umugabo akubanaza atagukozeho wa muntu we
@@uwimanikundajoyeuse8322 sha ndabonariyo gahunda bihaye
Ariko umuntu ungana gutyo aravuga ngwivyoyambwiye vyose narikiriza warikigoryi?emerako wamukunze agutereta agahinduka kuko umuntu numuntu.
Ariko abagore murasetsa ntimureba kure pe!!! Ngaho aguhaye cadeau y'itoroshi k'umunsi w'ubukwe, ngaho agusuzuhuje umukozi!! Ngaho akumenyereje kubaho wimenya unarera wenyine, ngaho yirirwa atereta murikumwe subwo Niki utabonaga?? Noneho ukomeza kubyara.
Some time turizira mujye mumenya ubwenge, kdi murebe kure.
Utasamanywe icyaha Bikira Mariya n'Umwani wacu Yezu Christu Bakuzwe iteka, mureke Plaisir guhindura ikintu cyose Imana Yaguhaye kubuntu bwe ni icyaha, rero yamuhiraga inama nziza, nta kosa yakoze, mujye mureka abakosora abandi babikore
Eleeeeeeeh ubyimenyere wowe numutima wawe kd murimbishe umutima wanyu munawurinde kurusha ibindi byose birindwa gabanya rero wite kubyawe
Purezire araguhozamarira nabandi barangije kukwumva akabariroko tuzazana umuganda mwabonye aho kuganyira murutwa nabo mumigina ntawe bavuzaho induru
Komera mubyeyi mwiza imana niyo yomora ibikomere 🙏
Tujye dukoma urutso ningasire uburyo wubaha umugore cg umugabo wawe nibyo bituma numukozi cg abandi bamwubaha kko kko uko byaba bimeze kose iyo ukunda umugabo wawe kd ukamwubaha ntabwo umukozi amumenyera bagore twisuzume
have byihorere ibyo uvuga ntabyo uzi, nta mugore wakwishimira ko umukozi amenyera umugabo ahubwo abagabo nibo babimenyereza ahubwo naba bakozi baba batacyubaha nyirabuja kuko sebuja aba yarabamuteje
Bibaho cyane rwose nzi uwo byambayeho Aho bitandukaniye nuko umugabo we yamwerekaga urukundo rwinshi cyaneee ntamwereke ko yitaye kumukozi ariko yatahaga ninjoro akibeta numukozi umugore akabicyeka gusa ikibabaje yabifayiye Amaso ku maso muri weekend umugore aryamye abyuka iruhande rwumugore ajya gutereta umukozi mugikoni umugore asohotse arabafata😢 ikibabaje umugore yari yamusabye ko bakora imibonano umugabo amwereka ko arushye 😅Sha abagabo nti mubazi nabana babandi gusa ugusuzugura akabikwereka we nimubi cyaneee 😞
Sha uzamubabarire nawe siwe afite abadayimoni😢
Ariko abagore namwe mugabanye ubupfayongo, umukozi agusuzugura rimwe kabiri mu rugo rwawe gute? Simba mbyumva na gato!
Ihangane mamaaa
Wabuze ubwenge kare!!!Kubera iki umugabo agukoresha amakosa ukayemera?
Mwabagoremwe muba mwigize abakire ntimwite kubagabo banyu kandi abagabo banyu bakunda umuntu ubitaho ubwo rero umukozi niwe umwitaho buri musi mwigize abasirimu ngo mufite abakozi mutegeka ubwo koko agutwaye umugabo yaba akosheje nanjye arinjye namukunda kuko niwe yama abona amwitaho akantu kukandi kandi burimusi muge muceceka musenge cyane.
Ariko umugore yicaye mu rugo yananirwa kwita ku mugabo? akanahembwa nk'uko umukozi ahembwa?
Ihangane Mubyeyi mwiza.
Wahuye na satani ngo ni zabagabo
Mubyeyi ihangane nange byambayeho ubusinatunga umukozi womurugo
Ayiweeee ariko nkuwo wapfa kumugirira santima Koko cg kumvako agukunda
Ihangane mubyeyi ,Imana iri kumwe nawe.
Nawe waracucamye kureba ibyo yagukoreraga ukemera no kugurisha.
Mfite ubwoba Mana yanjye rero nterwa nuko dutangiye kunanirwa, ko turi kwiyambura ukuri ngo turengere ubu buzima mbese mubikomeye tuzatsinda?
Ariko mwagiye mwumva kare..igihe yahereye agukubita nibwo wagombaga kumureka ataraguhekesha inzana 3 zose..ngo niko zubakwa?? Murakubitwa se muri inka?? Yarangiza agafata nabayaya ntasoni..ngo akabaye icwenfe ntikiga niyo bakogeje ntigashira umunuko..ntimukihambure kumisega..nfabivuze..
Yoo umugore mwiza disi yarakuruhije pee
Wamusanze aho aba .va muri iyo kgli uge kumurega. Ngo ni gitifu😅 udahanwa?
Va muri ubwo butesi.
Ariko.abagore rwose muransetsa ubwo c abanyarwanda muba mubona bafite gahunda muzajya mwirirwa muvuga ubusa
Mumureke kuko iyo avuze araruhuka kandi ingo nyinshi niko zimeze
Ko wivanga mu buzima bwite bw"abo ukoresha ikiganiro. Ibyo ukunda ntukumve ko n"abandi ariko babikunda. Niba ukunda ayo marende abo ukoresha ikiganiro si impanga zawe ngo mukunde bimwze. Urumva ukuntu umwindispoje???? Erega nawe imigirire yawe ntishimwa na bose ku burya watubera role model
Are we impuhwe baba baramaze kuyahuza bwari uburaya
Antoinette we uvuze neeza rata ariko IMANA ikumuricyire ntiyuzuzwa na bicyira mariya Mariya niwe nyina wumwami Wacu bicyiramariya arukwe nicyigirwamana kazi ibyo nabibayemo Uwiteka Aramuricyira cyiriziya nizingiro ryibizira byose Danyeri Yahanuye Na Yohana Mubyahishuwe ntuntuke USABE ROHO MUTAGATIFU AGUSOBANURIRE HUNGA UDAPFA
Nawe siwowe pe ndumva unsekeje
Ariko kwiga biba bibamaroye iki ko umugabo akumanipira gutyo wemera ibyo akubwiye ahubwo nimwebwe bica kdi baba babibabwiye
Yaganiraga kumisatsi mwibigira intambara murabura kureba uko uyu Mubyeyi mwamukura mu maboko ya shitani w umugabo yashatse mukita kubiganiro by umusatsi bitagize icyo byica
Cha nukuri ntihagowe umwe ahubwo nuko bataza ngo babivuge
Arkorero niwowe wizize nigute woe utigeze utekerezako mutu ikana warangiza ukemerako munagurisha koko?ubundi urugo rwubakwa numugore numugabo ubundi niwoe warakwifatira umwanzuro.arangije agukura nikukazi urabyemera koko warikugenda hakirikare arkowe yarakubaze kugirango nimunatandukana zabe yarariye umutungo mwashakanye abagore ntitujya tureba kure
Ariko se abagabo muba mubashakaho iki? Iyo mutanze ubuhamya hano jyewe niyumviramo akantu k'ubujiji mu byo mwapfuye n'abagabo banyu. 1. Uburyo muba mwabafashe nk'aho batariho mwaba murigushije. Mbiswa ra🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️. Nyumvira nawe ngo CDO mu kabari, ngo wanze kunsura? Uti nzagusura, kandi uti ntabyo yari yaragusabye ubundi uti nta niganiro mwagiranaga(iyo utaba injiji wari guhita ubona ko nta mugabo umurimo). Sorry mama ndagukomeje ariko warizize
Sinarinziko umuntu wize akubitwa gusa ihangane najyebyambayeho riko narinziko nakubitwaga kubere ntize
Pole mama , pole sana
Pole ma!
Wabadhyiriye se wabo se..uragirango abanyarwd abe aribo batanga indezo..jya kurega iyo mayibobo..
Isi ntisakaye tuza
Akontu kansekeje nukukuntu yakudishye akakujya inuma nomucyumba kwamuganga ngo pi😂😂😂 bati ese wabaye iki uti umugabo yankubise 😅😅😅 uyu wicaye aha😅😅😅. Jye ntamugabo naha amahirwe yo kuntesha umutwe
Nawe wari ikigoryi kki wakunze umuntu wabona ari umugome mukagumana?
Ark mana ihangane ark umukurikirane yekwitwaza ngo numuyibozi
Ibaze umugabo akikinisha wowe wamushaka akakwiyima?😢
Wahuye nuruva gusenya we!!!! Ark abagabo mwabaye mute? Kuki Muri inyamanswa koko?
Ninyamaswa mbi abagabo apuuuuuuu,warababaye sha
Aba bari kumutera amabuye wasanga ari bashiki bumugabp
Ihangane ndakumvusepe abagiraneza muraha mufashuyumubyeyi
Numuyobozi uzamurege ntari hejuru yamategeko
Sha ihangane.
Ko tmenya kwifatira umwanzuro nibyo bizatuma umugabo akwica
Ubivugiye rimwe yeee isi yose irabimenye
Yego Bagabo ariko buriya abagabo baremwe mwi ishusho yi Imana???
Imana ikurengere pe
Esewiteta icyumweru. Jyeyabanje amaramezi 6 akurikizahumwaka 1 amarimuakibiri. Ark abagoremurabatesi nuko icyumweru
Kobikaze
Ahobigeze nuguseka gusa abagabo ngonibwo buryo bwabo😂
Nyagasani Mana😢
Amufashe kurerabana Kandi barikumwe nase
Sha ndumva washatse nkuko nashatse narumiwe ngewe ho aravuga ngo reka nkwereke umukobwa duhararanye akanyereka amafoto
Egoko agatinyuka!! Ako ni agasuzuguro yarakwifatiye pe!! Iga kuba umugore w'agaciro ku buryo umugabo atinya kugutakaza!!
Kbsa peee ababagabo ibyabo bizajyenda gute koko!!!
Pore sana ariko mubirererako sinavyemera .
@@iyubakukiretv8580Ako kantu uvuze ndagakunze cyaneee 👏 ubu nanjye nibyo ndimo kwiyubaka kwumva ko ubuzima ntabuteze kumugabo kwiteza imbere muri byose💪 kugira ngo atinye kuzantakaza😅😅
Ngo mbivugira mumutima 🙄akoManaa😂😂😂😂😩
Igihugu cyacu dukeneye aba pschologue naho iyimihanda urikwiyandarika maman
Jyesimbona arukwiyandarika yabuze umutega amatwi nubundi ntawe ahisha bene ibibibazo bibabyinshi bikakugira ikimara utaricyo nature aruhukepe❤
Ikibazo murwanda ntabwo bumva ko bakenewe pee
Nibagufashe numara ķubona uburyo azagaruka agusabe imbabazi waķire kuko urumvaķo umufitiye impuwe uwo mugabo wawe pe
Nibwobugoryi bwabagore umugabo mumwihambiraho ukamugira ikigirwamana.
Ihangane mama
Ubundi se gusambana nundu utitwa umukozi wo murugo ntibyitwa gusambana
Umukozise usivye izina nyinabuja amusuzuguza sumugore mwiza canke umukobwa mwiza.