Ijoro Ryambere ry'Ubukwe Naraye Ndira Bunkeraho!! Twabyaranye Abana BANE Arabihakana! Nanze Abagabo
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 12 ม.ค. 2022
- #Muhamagare#0786206696# Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- บันเทิง
Ba Maman bubahwe 100/💯 abakibafite nukubafata neza abatabafite Imana ibakomeze cyakora bubahwe peee
Njye menya nta rukundo ngira myarwo 🤭 iyo ngukunda ukambabaza 1,2,3.. mpita nkuzinukwa ,Nta muntu njya mpa chance yo kumbabaza,,! Kereka umwana na byaye kuko nijye wamuzanye kwisi 🤔
Ushobora kuba urumuvandimwe wanjye rwose narinziko aringe uteye gutya gusa
Sha woe turikimwe pe nta mpamvu yo kubabazwa nabisi.
nange nuko ,nshobora kukwihorera ugakomeza ukikina ariko waramvuye kunzoka long time ego
Woe turemeranya kbs
Uwoninjye ,ntitaye kuwuriwe singuha amahirwe yo kongera kumbabaza kd simpishako mbabaye ,
Rose wabyibushye wee,,,,urasa neza cyane. Numutumirwa wawe ameze neza ntiwamenyako yanyuze mwibyo byose. Mbega umugabo wikigeragezo wee,, Birababaje noneho kumuntu wiyitagako yasengaga, ahubwo afite ubwenge bucye ibaze 5M zikamupfira ubusa ahemutse ntanayakoreshe ikintu nibura kigaragara. Nibutse abantu ko amafaranga yubuhemu ntacyo amara pe. Nta mugisha uyabamo.
Barokore bagenzi banjye tuve mubujiji imana yaduhaye ubwenge bwo gushiramo . Ubundi umurokore agendana amakenga.
Nanjye uwanjye inkoni za mbere yazinkubise tumaranye iminsi 4 yonyine dushyingiranywe. Nkomeza gubitwa imyaka 15 irarangira ngo ndimo kwihangana ngo azahinduka abe muzima.ari nako mbyara buri myaka 2.
Byarangiye iryinyo arivanishijemo ingumu 3 ,mbaye MAPENGU mbona gutandukana nawe.
Imyaka 12 irarangiye ntandukanye nawe. abana 4 nabyaranye nawe narabareze ubu nabagabo ,nibo bampa icyo nshatse cyose.
Pole Christine Yesu azabahoze amarira
Don’t know why am laughing but this is so sad!
So sad 😭
Yego Yesu Imana izabazigame nabana bawe
Nizere ko ikibazo cy'uyu mu mama kitagarucyiye aha. Kandi akorerwe n' uburinzi bukomeye kuko uno mugabo ni ibandi yanamwica. Komera Mubyeyi
Uravuga ngo wagize urugo koko ubu urwo n'urugo wari wubatse koko.Sha wabaye injiji cyane.
Ibi bintu bireze kandi birarambiranye, nzi story imeze gutya neza nezaaaa...si mu barokore gusa...bakobwa beza rwose nta gihe ntarengwa cyo gushaka kibaho...mujye mwitonda mushishoze...nta musore numwe uri bucura bw' Imana rwose...ukibona akantu kadasobanutse jya uhita ubivamo...kwiha umuntu akakwicira ubuzima harimo kuba naïve rwose, mureke ibintu ngo byo gutinya amaso y' abantu, ngo baravuga iki blablablaaa ...OMG....mbega umusore urwaye mu mutwe!!Bazamuvuze
Yooo!
Uvuze ukuri rwose nta mpamvu yo guhubuka kndi sinitegeko ko abantu bashaka
Abakobwa twaragowe ukivuka umuruho ngo turikumwe
Mbega agahinda weee😭😭😭😭 komera mubyeyi
Ijoro ryambere uba waragiye ,urumva wari washatse koko
Mpore Ma'am komera humura byibuze Maman wawe arakumva akanagufasha
Imana ihe umugisha mama wawe
Impore Sha,ubuzima wakuriyemo
Imana yari ikwiriye kuguhoza amarira,none ndumva byarabaye bibi kurushaho 😢ariko komera
Imana izagutabara
Yewe wakoze ikosa ryo gukomeza kubyarana numuntu wumutubuzi utagize nicyo akumariye
Ntuzivutse ubuzima bwawe Kubera umugabo.Ubuzima bw,umuntu ntibushingiye kumugore cg kumugabo bushingiye ku Mana.
Impore mama gsa ukuremo isomo ryo gufata umwanzuro rugikubita!!
oolalalaal ariko isi koko n'abantu ko birishijeho kuba bibi ,yemwe muze twegere yesu !ariko se mbaze abakunzi ba Rose tv ubu ntaku twamushakira igishoro nikibanza mu isoko akirwana nabo bajyambere? dore kandi nawe wamubyeyi we utazibeshya akongera akagusguka akaba yanagutera nindi nda,gusa uhumure ndabona usa neza pe kandi nibindi Imana izahindura ubuzima
Uravuga ukuri arabikwiriye pe!
abagabo bameze gutyo babaho ariko bahimwa no guhita urekana nabo mutaragerakure kuki abanyarwanda bibwirako kuba murugo niyo rwaba rubi ariko kuba umugore lwiza ntaho bihuriye urabbonako entourage ye nayo ntacyo yamufashije ngo yigobotore uwo musaraba kdi umukecuru we yarahavunikiye mbese dufite 6 victimes abana nyina btirakuru ubwo se koko Imana ko yagowe irihehe aho ko wunva ari itekinika ryabahanuzi bibinyoma yagambanye nabo? Imana itubworako nitubura ubwenge izat ihorera abagore mukwiye kwibohoza ntawabatumye guphira mungo murugo numunezero wababili bitaribyo uri sauvant ibyo nvuga ndabizi.les escros hommes bakomeje kuba benshi
Wagombaga huhagarika ubukwe mukiva murukiko
iyumureka uwoyarumutekamutwe 😭😭😭😭😭😭
Numiwe pe ahubwo mureke du forming group wenda kuri watsp tuzasure uyu muryango pe uko dushobojwe 🙏🙏
Abataragize amahirwe yo gushaka bararira, n'abashatse bakarira. Isi iragoye.
Nyine gushaka nibyiza ariko kudashaka nibyiza kurushaho niko muri bibiliya handitse
@@niyonizeyechantal1366 😂🤣🤣😂😂🤣🤣🤣😂😂true
Uwabishobora Imana imufashije yazibyarira Utwana peeepeeepeeee!
Muziko neza ko hari nababura Aho bahera Batanga Ubuhamya bwabo. Gusa Abagore tuge dushima Imana kuko mbona yaranaduhaye Umutima wo kwihangana cyane pe!🙏
@@mattynotvshowrw2576 Kandi gusamba aricyaha
Arko mana narinzi arijyewe wahuye niyosatani arko imana yarantabaye kumunota wanyuma
Ihangane birababaje mubyeyi 😭tooooo much
Ark uyu mubyeyi aratuje bambe ,Imana igukomeze n‘abana bawe
Maman wawe akwiriye igikombe, ni umubyeyi nya mubyeyi!
Turi injiji abarokore .
Tugira ngo ubwo wabonye umuntu ubwiriza cyangwa usenga ngo nibyo arakijijwe.
Umuntu yagukorera ubu cuyi imyaka nimyaka utamureka? Uhishira umurozi akakumaraho abana.
Ntago abarokore ari injiji...ahubwo ni mwene ba bantu bibliya ivuga ngo baseseye rwihishwa...baraza bagahemuka mu nzu y' Imana
Ntugatecyereze kwiyahura nyuma yibibazo byose ubuzima burakomeza ihangane utabura isi ukabura ni juru mwijuru hari imana
Pole sana maman wagurishijwe na maibobo y'umuhanuzi
Mpore mama warababaye nukuri kdi imana irikumwenawe humura
Mana koko burya nukuri surwumwe pe narinziko arijyewe warushye gusa none nfite abagenzi😢 sha nanjye ndamufite tumaranye 16ans ariko bavandi namuburiye for mile kuko kamereye ninkuruvu,rwihinduranya burimunsi gusa njyewe navugako Imana yampaye kuba maso kuko mwiyomyaka yose namubyariye 2gusa pe gusa abagabo ninyamanswa ntarukundo bagira imitima yaba damu benshi yaraboze nukubona tujyenda twarashize 😭😭😭😭
Ahaa.iyi ni movie ndabarahiye
Mugore, umugabo yawe yari umurwayi wo mu mutwe!
Urugo rwiza ni ijiru rito pe! Ariko urugo rubi ni gihenomu iyobowe na satani.
Nukuri pe
Komera Maman kdi humura IMANA ntirenganya izakuburanira gusa kugirango ukire ibikomere umubabarire kugirango uruhuke mu mutima
Pole sana mama
Abarokore mushaka mwakwitonda ubu abantu bose babaye abanyamayeri.Ubu nta muntu nakzwizera kuko ibinyoma biri mu itorero biruta ibyo hanze
Birarenze pe
Sha rose nukuri ibyo numpampo nzi uwobirikubaho ahubwo nukuri mbasabye ubufasha bwma sengesho bana baba kobwa mujye mushishoza neza
Yooooo imana ikwiteho ikwomore ico gikomere yumve amaborogo yawe
This world no balance kabisa, the singles are crying, the marrieds are crying, the single parents are crying so where should find happiness kabisa.
Wamudamu we warahubutse pe! Ubwo se k’umunsi wo gusaba icyo Atari yakweretse niki kko!!!harimo n’ubujiji arko 🤔😳
Usaneza disi
Disi urumva ko, umugabo wawe yashakaga gushaka ariko nta bushobozi disi 😭 kandi hari benshi babeshya kubera ubukene,😔
Umenye ko iyo umunyu yiyahuye, ajya ikuzimu, ntajya mw, ijuru. Kuko uba wish umuntu utarembye, Kandi utazabona nuko was ama Imana imbabazi, kuko nyine uba wapfuye. Ko narinziko umuntu usenga atatecyereza kwiyahura.
Yoooo birababaje peee! Ihangane mama.
Humura Imana irakuzi Kandi niyo muhoza wabababaye.
MBEAGA ABESIKORO BIYITA ABAROKORE WE ABAKOBWA BENSHI BAHURA NUWO MWAKU WABASORE BABESIKORO BABESHYA NGO BARASENGA
Uzafate umwanya ushimire maman wawe kuko ntako atagize ngo akwiteho, njye iyonza kugira maman unyitaho gutyo mba njyze kure mwiterambere.
Oooh pole disi
Niko babaye imana ibabarire bagabo nukuri ataruko baragowe mpore muvyeyi abafise ubuhamya nkawe nibenshi batabivuga
Pole Mama
Yesu nanjye nashatse umugabo antekera umutwe tukiva mu murenge NGO nta nkwano afite!!!!! Inshako zubu ni akarindi, akwihishamo neza ugashiduka byararangiye utanasubira inyuma!!!!!! Imana yonyine niyo izahoza abayo kuko imitima hanze aha irababaye
Egoko
ihangane mubyeyi abafite ibikomere nibenshi nange mfite ibyenda kunsaza
Mbega isi.hhhh niyo mpamvu ibyo gushaka bitagishamaje .
Sha niyo mpamvu nzigumira ndi 😮ingaragu.
Uyu mugore ndamuzi neza kuko ubukwe ninjye wabatije umukeka twashyize muri salo kumunsi wubukwe
🙄🙄🙄
Warakoze nukuri
Mana ko numva story Ari nkiyanjye, Mana!!!!! haciye 3 ans dukoze ubukwe, nta bwari nigeze!!!!! agahinda ntikica nubu aranzonga weeeeee
Sha Imana uduhe kwi hangana
Fatirana rekana nawe
@@knowidont2442 .
😀😀😀reka nitwengere ndabona ubwo boduha micro twoyavuga mana wee oya uyumuntu ngira nuwunzi yamenye story yanje 😀😀😀😀😭😭😭😭
Mbabajwe nabana, nkabo Bana wakomezaga ubyara wumvaga EJO hazaza wabateganyiriza ni hehe???!!?
Ndumiweee
Wagira ngo ni film
Mbega weee
Najyaga mbyunva muma théâtre
Mukomere cyane
Mbega agahinda😭😭😭🤭
Umugore mwiza cyane, ihangane mama
Iyo story niyabenshiiii
Ahubwo iyo wisubirira iwanyu utarahamara nicyumweru kimwe🥲 munzu y’Imana Burya habamo nabajura ndumiwe😳
ati ntiwaruziko munzu y,lmana habamo abajura byihorere nibo gusa
Niyompamvu Imana izavangura ihene mu ntama
Wagize Imana ugira Mama wawe pe akabura ntikaboneke ni nyina wu muntu koko
Komera mubyeyi
Komera mama!
ubux konunva abagore. beshi dufite ibikomere. gux ibi nibiki bagenzi?
Reka Nabali !kandi inzira ijya muijuru irafunganye
mbaye uwa mbere mumpe likes weeeeeeeeeeeeee,
Azagaruka arire wongere umubabarire da
Oya mama humura siwe wenyenee
Ndahigiye byinshi caane nkanje ntarashaka,mvuge kimwe gusa uyumugore arateye nishavu ahubgo,
1 urumurokore ugiye kubana numugabo imana itaguhaye
2 imana kubera imbabazi zayo ikweretse ikimenyetso yuko uyomuntu atariwe utarashika kure,urukiko se niki yariguhita abivamwo ahonye,benshi barabikora ugahita usezerera abantu uti ubukwe burapfuye
3 birabandanya no murugo agishika,ariko arakomeza kugezaho abyara abana 4,hama ngo yipfuzaga kwiyahura,kandi yari yariyahuye kera,buriya n’Imana yamutekerezaga nkuwiyahiye kera karabaye
Murye mubireba hari nabantu imana idafasha kubera ubucucu bgabo
Ntagahinda binteye ahubgo binteye ishavu rirenze,cakora yarize nakomeze yigishe abandi,azabgire nabana be ,gusa ntazamere
Mana weeeeeeee iyi nkuru isa neza niyinshuti yange pe ndakumva cyane madam umuntu agufata amaraso akaguhuma amaso ntubone ibyo akora gusa Imana ishimwe ko wamumenye ntazongere kugushuka humura uzabaho
Yoooo impore pe Imana izaguhoze disi
Ariko se Mana twashaka abagabo duhereye kucyi Koko ???bakobwa beza dushishoze pe kuko ndabona bitoroshye cg tuzabivemo twibere amasera syiiiiiiiii 😥🏃
Mpore maman, uwo mugabo nu mumyabitabi nibyo bibimutera.
Muzaduhe part2 ,gusa mama wihangane shenge lmana izagushumbusha
Ubu numiwe pe😭😭😭😭😭😭
Ariko muribyo bibazo, muba mubyara Abana bicyi?? Ubwo bu Kristu murabubeshyera.
😅😅😅😅😅😅
Komera mubyeyi
Nukuri inyungu wakuyemo n abana gusa Imana izakongerere imbaraga zo ku irerera abana.
Wahuye na mayibibo ihangane Sister
Inzererezi pe
Nyiringabo Mana uzandinde urugo rubi pe 🙊
Ubwuzibuhamya fite niburebure gusa komera mubyeyi
Ariko ndumiwe koko mbega umusore mubi ,yatangije rwaserera bakiva muri civil ,Ntiyari kuvamo umugabo uhamye pe ,gusa we nuwo mukozi w'Imana bagukinnye agakino ko kubeshya ngo barasenga
Mama prince ndamuzi, gusa ndumiwe! Ntabwo narinziko yuko françois akora ibyo bintu, nshaka number ya mama prince, thanks
Pole 💔
Mmmh huyu dada aliolewa na chizi la mwanaume kweli 🤔Mungu atunusuru yani alikumbanaga najambazi ,maskini mdada mzuri mpole akaolewa napunguwani
Weeeeeeeeee Yesu weeeeeeeeeeee warakubititse peeeeee
Mama prince ndamuzi, gusa ndumiwe! Ntabwo narinziko yuko françois yakora ibyo bintu, nshaka number ya mama prince, thanks,
😭😭😭😭😭😭ndarize gusa
Njye nari kubivamo kare kuko yari yakweretseko ntamugabo umurimo pe.pole kabisa
Nzi najew uwovyabayeho kandi yarumwana womubakire hashize imisibiri bazagutora ibintu vyose uherey kugitanda barasohoye hasigay hasi abahungu babatekamutwe baruzuye
Mu izina rya Yezu uwo ni sekibi urebye wasanga aturuka mu nyenga yumuriro sekibi nuko sikera!
Kera habayeho taxi...,
Ko ataduhaye number ye ya phone ngo dukomeze tumuhumurize?
komera
mama wawe ni intwali
Rose ikiganiro wagikoze cyera konziki uherutse gukoresha usatsi arimuke
Urumva ukuntu warushyaga Nyoko. Niyo Mana muvuga ntikunda ibigoryi.
Vuga gacye wa
Na marine ntiyakora nkibyo uwomugabo akora nimbwambi cyane
Akabura ntikaboneke ni nyina w'umuntu kuko ntawundi wakwihanganira gutyo atari mama wakubyaye ahubwo nufatisha ubuzima uzamushimire cyane kuko ndumva yihariye mu kugira ubumuntu no kwihangana
Ubwo c abana bane bose nta numwe umwanditseho? Kubona umurokore uyobowe n'Imana by'ukuri muri iki gihe biragoye kdi abakobwa baba barifashe ngo baheshe ishema umuryango arko benshi babayeho bababaye nk'uyu mubyeyi
Komera mubyeyi unambe kubana bawe Uwiteka azabakuza
Mbega ubugome umugabo yarafite
Nigisebe cyumugabo
Mbega agahinda weeee iyinkuru ni fotocopy Neza nkamukuru wanjye unyibukije amarira yumuvandimwe😥😥😥😥😥😥😥😥
Barere neza . Ntukazabate .
Uti ndongera ndabyara rwose
Hi
Mama wawe ni intwari
Ariko mana rose ngukunda kubi
Mumenye ko akabura ntikaboneke ni nyina w'umuntu bantu n'Imana mutandukanye agakiza nubujiji nizere ko ibyo mutabyita ubushake bw'Imana wa mudamu we waberestwe ukigerayo ufunga amaso namatwi Imana Ishimwe ko wavanyemo cadeaux y'abana 🙏🙏🙏☝️☝️
Izo Million 5, uvuga wibuke ko atarize niz, Umusaza, wese ko atakubabariye, azagaruka agutema noneho. Uhishira umurozi akakumaraho urubyaro.
Yoo pôle muvyeyi kand komera Abo bana nawe lmana ize ushitse ivyiyumviro vyabo