Mwasubiranye koko murera neza Junior Nario ndabakunda pe yooo rwose nario ndagufana pe muranaberanye rwose pe kd Imana ibyumve musubirane pe much love from Gaju
Ooooh Nario akoze igikorwa cyiza. Iyi couple babanye bombi numwana wabo yaba ishimishije cyane. Mubikore kubwinyungu z'umwana mwabyaranye anezerwe kubana na papa na maman bombi bari kumwe. Imana ibibafashemo.🙏🙏🙏🙏
Abana bo mumfura niko bamera bamubwiye ngo agindukire bamurebe aranga nahise mbishira V kuko umuco wimfura ni uko narinzi ko aribunkoze isoni.. she's so beautiful aratuje yararezwe kbs.
Ariko nario, wirirwa usingiza, aba miss? Mama wumwana wawe ali ihogoza gutya? Nibamugutwara uzaba uhombye, uzaba urangaye. she's pretty, she's beautiful, and sounds smart by the way!!! Do your best and win her heart bro... she's a full package, I liked her.😍 Nagapfura cyane, Kandi muraberanye.
Sha Yago iyi interview inkoze k'umutima💖narize😭 haribyo nanjye inyibujije gsa icyo nakwisabira Tatiane nuko yakemerera Nario bakibanira ubuzira herezo kuko niba hari amakosa yaba yaramukoreye nundi yakunda nawe yayakora kuko ntawe udakosa.Plz Tatiane ndagusabye mara Nario intimba ukomeze umubere umugore mwiza,mama we,mushiki we cyane ko uri byose kuri we
Mana weee ikintu akashimisha umwana n ukubona muri kumurera nk umugabo n umugore kdi natwe twakwishima pee n Imana yabyishimira Cyane #YAGO part 2 fyaaaahh
yago urumuhuza ukomeye kbs ndakwemera pe aba bantu baraberanye pe njyewe nifuza ko basubirana kbs nairobi turabakurikirana kubiganiro mukora byose . so yago big up bro ukora akazi gakomeye pe
Simbazi Ariko nk Umubyeyi mbifurije kubana rwose mu Karera kandi mugasubira yo Uri umuhungu wimfura imbere ninyuma kandi uburyo umureba biragaragara ko umukunda peee.Imana izabaha umugisha ukomeye Urukundo ni rwogere
Yago uri padri, pasteur,sha we ndagutinye pe,nukuri ndarize pe koko Mana wambabariye aba bantu bakabana bakarera umwana wabo akazakurira mumaboko yababyeyi babo bombi,sha ndumugabo wo kubihamya nabyaranye numukobwa umwana w'umuhungu ubu afite 4 years Ariko iyo ahamagara papa mama numva ntabindi byishimo nifuza birenze ibyo nukuri tuge tureka kwiyemera ntiwaryamana numuntu udakunda noneho iyo mubyaranye aba ari byiza pe
th-cam.com/video/IiHjWHFh21c/w-d-xo.htmlsi=cgbbTiuH_gRqH-0r
❤❤❤Ndabakunda cyane
Ikiganiro ntakiriho
Wa muhungu we urandijije😭nabandi bahungu bigire kuri wowe. Utekereza neza uzi ubwenge Nario. All the best
Mwasubiranye koko murera neza Junior Nario ndabakunda pe yooo rwose nario ndagufana pe muranaberanye rwose pe kd Imana ibyumve musubirane pe much love from Gaju
Asa na noless baraberany sana
Wawwww niba harikintu kinshimisha mubuzima nukubona umutipe wumu star aba proud yumwana na Maman we bisa nkokubona umugabo cg umusore usenga Imana akanayiramya biranyubatse kd cyane ese nabasaba undi mustar mwakoresha ikiganiro mwaba mukoze cyane wenda nawe adusangize ubuzima bwe
😀😀😀😀😀😀😀😀😀😀😀
Nario subirana numugore kandi imana ibaje imbere uwubyemera fyonda like here 👍
ntabwo nario bosubirana ubu nario yaragutse rwose
😍💝😭😭😭😭😭😭 ndi usa ariko ntimunzi ariko ndabakunze cyane mwasubiranye koko
Ooooh Nario akoze igikorwa cyiza. Iyi couple babanye bombi numwana wabo yaba ishimishije cyane. Mubikore kubwinyungu z'umwana mwabyaranye anezerwe kubana na papa na maman bombi bari kumwe. Imana ibibafashemo.🙏🙏🙏🙏
Ka Nario kari romantic disi, nakwishima musubiranye mukazabana. Intwererano ndayemeye
nanjye pe👌
Nanjye nyinshi cyn
AMEN.
Nanjye intwererano nzazutanga.
Nario nikeza troooop.
Yago urumuhanga mumagambo wakubaka ikintu cyarivcyigiye gusenyuka much respect knd courage
Abana bo mumfura niko bamera bamubwiye ngo agindukire bamurebe aranga nahise mbishira V kuko umuco wimfura ni uko narinzi ko aribunkoze isoni.. she's so beautiful aratuje yararezwe kbs.
Wow wow. Nothing to envy Dr Phil shows.
Umunyamakuru w'umu counsellor w'umuhanga. Urarusha benshi b'aba professionals, ushatse wagerageza kujyana career yawe muri icyo cyerekezo kuko ufite impano yo kumva
Incwiii muraberanye 🥰and how humble they’re 😭Imana ikomeze ibayobore 🙏
honestly,i wish to see this couple live together as well not short time but forever,this is my prayer to them as Burundian's man.
Uri umugabo wuzuye ubugabo bwose...ibyo ukose bishobora bake gusaba imbabazii. Be blessed
Nario ntasanzwe ibibikora bake lmana ibagirire neza.
Nario ntasanzwe ibibikora bake lmana ibagirire neza.
Uyu mwana wumuhungu nimfura cyane ndamunezererewe cyane pe !
Sinsenga cyane ark nibyo ngiye gusengera ngiye kwinjira mugusengera ururugo kandi ndabyizeye cyane ko ururugo ruhari
Disi ukuntu Nario amurebaaaa,Muzasubirane mw'Izina rya Yesu.
Amen rwose abantu bafite urukundo vraiment atarurubesho
Nakwishima
Bazorere uwomwana nimwiza vyonezera kandi yesu azobikora
Mbega couple nziza
Mana byaba byiza aba bombi nipfura yabo ubakomereje urukundo nibyombifurije mwizina rya Yesu AMEN.
AMEN nukuriii 🙏
Waaaawwww!Nario👏👏👏👏 ndagushimiye cyane kwijambo ryiza uvuze ryogukomezanya na maman w'umwana
Yooooo imana izabubakire urugo rwiza cyaneeee tatiane ndagusuhuje cyane muri APARUDE yooooo muzabane kandi muzabyare nabandi bana💫✨
My brother Mc Nario I am really excited for you kd sha nukuri muraberanye cyane mumbabariye mwazasubirana pe really Love you
Mbifurije urugo ruhire kdi muzahirwa🙏Muteye Intambwe ikomeye, Yezu Kristu abayobore natwe tubafatiye iry'iburyo🙌
Muri Beza Jyasti ♥️ Ibindi IMANA niyo Ibigena All the Best Young Parents....
kbsa Nario : mwige kubana n'abantu! love it and thanks for message. I wish you all the best and you make a perfect match couple by the way!
Uwemera ko iyi couple baramutse bubanye urugo byemewe namategeko bagira urugo rwumunezero naho baba badafite ibyamirenge ariko urukundo ruri hagati yabo rwatsinda
Urumugabo rwose
Ndishimye cyane
Kd imana izabashyigikire mugire kure
Nkunze iyi couple, yisubiranire rwose.
@@fifiingrid293
P
Icyampa bakabana forever ❤️❤️
Woooooooooow.... 👏👏👏👏👏Ukoze byiza cyaneee Nario urumugabo. 👌👌👌👌Wakoze nawe Yagooo
Ariko nario, wirirwa usingiza, aba miss? Mama wumwana wawe ali ihogoza gutya? Nibamugutwara uzaba uhombye, uzaba urangaye. she's pretty, she's beautiful, and sounds smart by the way!!! Do your best and win her heart bro... she's a full package, I liked her.😍 Nagapfura cyane, Kandi muraberanye.
Uyu musore Imana imuhe umugisha kubwo guca bugufi iyaba abantu bose bagiraga umutima nkuwawe isi yaba nziza ni nubwambere mbonye umusore wemera guca bugufi akemera ko yahemutse
Wow I really love this interview , Gusaba imbabazi makes me feel so emotional ❤️❤️❤️
Nukuri muraberanye kd uwo mukobwa ni umunyabwenge. I would love to see you as a family forever and for your kids.
Wooow yago ndanyuzwe sinakundaga Nario none ndumva mukunze pe knd cyane sha yago ndasaba imana ko wazakora ikiganiro utubwirako basubiranye
Sha Yago iyi interview inkoze k'umutima💖narize😭 haribyo nanjye inyibujije gsa icyo nakwisabira Tatiane nuko yakemerera Nario bakibanira ubuzira herezo kuko niba hari amakosa yaba yaramukoreye nundi yakunda nawe yayakora kuko ntawe udakosa.Plz Tatiane ndagusabye mara Nario intimba ukomeze umubere umugore mwiza,mama we,mushiki we cyane ko uri byose kuri we
Wauuu!! Very real man in the world!! Nukuri urumugabo peee
Nario umubonye kuri tv muri iriya show ntiwamenyako ari umwana witonda arya kandi ucisha make!!! kuva akakanya ndagunze cyaneee
Mana weee ikintu akashimisha umwana n ukubona muri kumurera nk umugabo n umugore kdi natwe twakwishima pee n Imana yabyishimira Cyane #YAGO part 2 fyaaaahh
Nibyagaciro kubona umugabo ucabugufi agasabimbabazi!!! Icyampa nanjye uwo twabyaranye akazagaruka namubabarira
Uyu tipe ari cool ndamwemeye!!!!!!! Big up
sha nukuri nakwifuzako basubirana p byabaribyiza kuri byumwihariko kumwana babyaranye bibabyiza cyane
Umutesi Alice nanjye ndabakunda muraberanye
Muzabane disi muraberanye, mwagira umuryango mwiza pe! Nk' umubyeyi mbasabiye umugisha uva ku Mana
Yago nimba nkumva neza uri gusezeranya kd natwe twabutashye kd ururugo ruzaramba nimba uri gitifu nimba uri pasteur gusa urarenze Man courage yao
Cane vrmt
Ndabinginze mwicare muganire kumakosa mwagiranye then mwiyunge , muzabane murere umwana wanyu, mbasabiye umugisha murugo rwanyu
Nibyo cyane
Ohhhh byiza cyane mama , nukuri muri beza kandi Tatiane very wise girl much respect
Tatiane &nario baraberanye sana bazabane kbx 😍😍
Mubanye nazanabasura 😭😭🥺😘
Ikigaragara nuko umukobwa cyangwa umuryango w'umukobwa aribo banze uyu muhungu!mushishoze neza muhereye hariya amabwiye ahindukire,kandi nikindi nabonye yago yari yatumwe na Nario,kandi ijambo biragoye rihishe byinshi nkuko yago abivuze,rigaragaza ko umukobwa nubu bitamurimo cyane nkumuhungu.mwongere mushishoze muri kino kiganiro noneho turusheho kugira inama uyu mukobwa,yirinde abamwereka ibintu cg amafaranga nkuko yago yabigizemo.
Imana ibajimbere muri vyose musubirany vyoba vyiza gusumba mukarererahamwe Junior knd ndahamya ko muzohezagirwa murukundo, igikuru gitsinda vyose muri couple ni guhariranira knd mugakundana mudashira amaronko imbere,Yago urumuhanga Imana yagukoreshej kuriyo couple blessed!,Nario uzogera kure courage muri vyose usaba imbabazi isiyose ibireba eka na Tatiana ndabakunz, ariko ubisengere musubirane ntuzoshukw ni vyisi birahera raba futur ya Junior mercii beaucoup
Nyagasani mana uyumwana wumuhungu namukundaga ntaranamenyako arinimfura gutya imana ikomeze ikwishimire nabawe bose.
Muribeza kbsa muzabyarane nabandiii💞
Nimwebwe ubwanyu muzi buri wese uko ameze gusa nubundi ntamuntu uba mwiza ijana kwijana kubwibyo niba byashoboka mwakongera mugakomezanya kuko nabandi muzashakana ushobora gusanga ataribeza ndetse aribabi cyane kd wenda mwebwe mwari mumaze kumenyana muzi nuburyo buriwese acontrola mugenzi we.Pleace musubiranye mwagira urugo rwiza Imana izabafashe!!!
Good job brother 👏👏👏...usabye imbabazi arazihabwa love you guys🙏🙏
Ndanezerewe nikiganiro cyiza kiruta ibindi nario imana iguhe imigisha nibyishimo na tatiane na junior imana ibarindire mubiganza byayo Kandi ubushake bwayo bube mumubano wabo Amen nagize ishavu kuriyi interview
Yago wazatuzaniye umukobwa witwa uwimana clarisse wogeza imipira kuri B&B fm , abanshigikiye mumpe like.
Ako kantu kbs yago abikoreho
Sha unvugiye ibintu uwomwana wumukobwa ndamwemera cyane
@@doublegamani8434 .
_
@@doublegamani8434
Muzasubirane
Muraberanye cyane,
mwembi muli udupfura, your son must be handsome,😍😍from🇨🇦🇨🇦
RIB irabizi?
Nario weee ndakwemeye umusaza uzikureba shn uzikureba icyana najye uzanshakira ababigutyo bampe like......
Mc Nario vraiment urumuntu wumugabo cyanee nukuri ngize emotional namarira arisutse gusaba imbabazi kuwo wakosherejye nubutwari cyanee.
I swear I love this couple 🤒🤒😷🇨🇦🇨🇦
Yagoo wagira ngo yabaye paster😍😍 good work bro,, Imana izababikor musubirane
Birangiye yago abasezerabije .
Yago Bishop
A K A pastor!!!!!!!!!!Amen
Yoooo 😭am speechless kbs.. Nario nimfura cyane
Nario sha igaragaze ikoti ryanjye ninkunga yanjye birahari peeee ndabakunze nukuri cyuru mwana sha imfura iraryoha papa💁♀️💁♀️💁♀️💁♀️💁♀️💁♀️💁♀️💁♀️💁♀️
Nario Imana imuhe umugisha ni umugabo ufite umutima mwiza.
Gusa Tatiane ni umuhanga cyane njyewe byandenze. Icyo mbasabira Imana nuko bazongera bakabana
For Real Nario u're humble keep your golden heart an' don't give up on your family I wish u to be with her ever
YOOOO UZIKO YAGO AMAGAMBO ABWIYE TATIANE ANDIJIJE MBEGA GUSA MUBANYE BYANEZEZA KURUSHAHO SIMBAZI IN DEEP ARIKO MURANEJEJE CYANE NARIO COURAGE
yago urumuhuza ukomeye kbs ndakwemera pe aba bantu baraberanye pe njyewe nifuza ko basubirana kbs nairobi turabakurikirana kubiganiro mukora byose . so yago big up bro ukora akazi gakomeye pe
Ariko Yago uziko watuma abantu basubirana batabitekerezaga😂😂😂😂
😂😂😂
Ndagushimiye wa muhungu we IMANA iguhezagire cane hama ni wasubirana ntuzosubire ku mubabaza kubabaza uwukunda nawe uba wibabaje ndabifurije gusubira murukundo muze mwubake rugume murere abana neza IMANA ibahezagire
Yago, muri iyi minsi ufite umuhamagaro wo guhuza couple. Aba bana babanye byaba ari byiza cyane.
Muri abana beza mwempi kweri!Imana ibikunze izabahe gusubirana ,bitabaye naho muzagumane urwo rukundo gwokurerera hamwe umwana wanyu.Ariko nabifuriza caane gusubirana.
Mbifurije kubabarirana , kuko muraberanye😍😍
Nario ari mubantu nsigaye nkunda kbs ari kind cyane knd aranasetsa! YAGO fyaaaa💥💥💥
Wamu type we urimfura, nukuri ngo uyumukobwa aritonda,mungu akubariki,umva disi ngo namubabariye kera! murabana beza muzasubirane mwagira urugo rwiza.
Uziko ndize weeee😢😢😢😢😢 nyagasani abasubize hamwe muzabane akaramata 😢😢😢😢 Nario urumugabo mwiza Imana izobashoboze mubane❤❤❤❤❤❤
Part2irakenewe cyaneeee!!(love story)nutayituzanira uzaba uhemutse pe!!kdi ndashaka kuzabona babanye nkumugore numugabo.ibitinze birapfa rero jye ntegerezje part 2+marriage.Tx!!
Disii Nario numwana mwiza peuh Imana ijye ikujya imbere peuh
Nukuri Imana yo mwijuru ibafashe bazasubirane nukuri🙏🙏🙏
Murashimishije cyane Imana yomwijuru izabafashe muzakomezanye murungendo nabakunze bikomeye ❤❤❤❤
Yoooo icyi nikitangaza, imana Izabahuze forever 🙏
Urumugabo mwiza kweli iyaba abagabo bose baribameze nkawe ingo zakubakwa gusa njyewe ndasabako mwakubakana mukagira urugo rwiza kuberako muribeza mwembi muraberanye Imana ibane namwe 🙏
wallah nkunda Mc Nario foooooooooooooooooooooooooooooo. peace and love bro, u too wise
Ndabifuriza kuzabana akaramata kuko muraberanye cyane nario urumugabo mwiza
Yooo mbega ukuntu banejeje!!God bless you 🙏Rwose Imana ibagirire neza .
Ariko mana mbega Nario Imana ikwagure disi ukomeze utungu umuryango wawe kuko urawukunda pe Tati azi ubwenge pe yavamo umugore mwiza
Yago iyi couple yaba Ari nziza ikomezanyije Kandi dukeneye love storie byafasha abantu benshi
Kuberiki mutaznye nario wa kabiri nawe tukamubona gusa musubirane byaba aribyiza kbc❤❤❤❤
Abagabo bose bateye nka mc Nario amahoro yahinda cyane abandi barakubyaza bakakubonamo umwanda cg bakagusuzugura ariko imana ibafashe muzirerere umwana mumukuze mumuco wagipfura peeee ndabakunze kd ndanabubashye❤️
Simbazi Ariko nk Umubyeyi mbifurije kubana rwose mu Karera kandi mugasubira yo
Uri umuhungu wimfura imbere ninyuma kandi uburyo umureba biragaragara ko umukunda peee.Imana izabaha umugisha ukomeye
Urukundo ni rwogere
Murasa muzibanire muraberanye🌹🌹#Yago uri umuntu wumugabo
washobura kunga imiryango ndagushimiye🙏😍
Icyo nkunze nuko ushyira mugaciro kd disi utandukanye nuwo tubona mu film❤❤❤❤,so courage bambe
Imana izabahe kwibanira💕
Yoooo disi weee ndasavy tata na nario muzosubiran from Burundi lov u😍
Birandijije pe Mario urumuntu mwiza cane Ndabasabira muze musubirane uri mubahungu bake biyunvira uko
Yago wababajije peeee kdi ibintu byingenzi cyane, urumuntu wumugabo cyane rwose 🤝 umbaye kure mbanguhaye Inka😀😀😀😀 Nario abobakobwa bandi bahuhe amahoro kuko uwawe arabaruta bose cyane She's so beautiful bro
Wauuuu Umwana wa Rushosho Nario shyirumwana Mmago sha doreko arinumwana Wabantu ,
Hhhh ngo umwana wabantu???hama c abandi nabana bibikoko
@@aliceufitinema8460 Ubundix wariwumva Umwana wabantu Avuga ijombo ngo hama? Hhhhhh yewe nuko nyine nyakibi ntarara bushyitsi, uzabanze ukosore iyomvugo yawe ngo ni hama: nibwo uzanamenya Nabana babantu icyaricyo,
Justin 🤝👌👌
Ndishimye cyane Nario urumuntu wumugabo kbs nzanezerwa kurushaho nimugaruka mutubwira ko mugiye kwibanira intwererano zirateganijwe kbs
Yooo muranejeje gusa❤reka umugambi w'Imana uzasohoze kubugingo bwanyu.
Nario, urumugabo pe, kandi ngushimiye nuwo mwabyaranye umuhungu mwiza, ubwo mushatse mwasenga IMANA ikabubakira urugo kuko murakundana
Murandijije peeee gusa njya nsenga Imana knd ikanyumva nukuri Imana idakiranirwa ngo yibagirwe imirimo yongere ibigaragarize mwongere mubane knd ndabyizeye bizakunda kuko kwizera kurarema
Yago uri padri, pasteur,sha we ndagutinye pe,nukuri ndarize pe koko Mana wambabariye aba bantu bakabana bakarera umwana wabo akazakurira mumaboko yababyeyi babo bombi,sha ndumugabo wo kubihamya nabyaranye numukobwa umwana w'umuhungu ubu afite 4 years Ariko iyo ahamagara papa mama numva ntabindi byishimo nifuza birenze ibyo nukuri tuge tureka kwiyemera ntiwaryamana numuntu udakunda noneho iyo mubyaranye aba ari byiza pe
Nukuri Imana ibyumve
Ice inzira musubirane😍
Ndarize yago 😧😧😧😧😧😧😧😧 nario ndagukunda cyan Kuva cyera Kuri flash tv
MC Nario nkwifurije gusubirana na nyina w'umwana. uziko Miss watatse ntaho ahuriye na maman wu mwana wawe. umugore wawe afite ijosi ryiza rihagaze, nti yimurika ngo yigurishe, azi ubwenjye, iyaba abandi ubwo wamubwiraga ngo ahaguruke, yerekane inyuma, aba yikaraze, ariko rwose yabaye imfura asubiza nkumubyeyi. umugore wawe afite imisaya myiza, ntadutama afite nku twa miss. Ahubwo iyo aba miss twari kumutora pe, arusha ubwiza uriya mu miss rwose, ntanaho bahuriye pe! . Mbifurije kubaka, umwana wanyu azabone urukundo rwanyu mwembi.
Yooo muraberanye nukuri
Good kbx ni bake bazirikana icyo mwakoze.ndabibashimiye cyane muzahore muzirikana Kandi muzakomeze gufatanya muburere bwuwo mwana ubahuza kuko muragitsinzeeeeeee
Umugabo nuwemera amafutiye rata ariko ntuzamuhemukire bwa kabiri muzabane nkuko ubifuze Imana izabigemo bizenguruke mwongere muhuze❤❤👍
Mbonye bambikany impeta mumvugire Amen