Umugore Mwiza washavuriye Murushako// Mabukwe yansohoye mu Nzu Mugicuku//Nahuzwe Abagabo //Rose
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 11 ก.พ. 2025
- #Kabebe #0785132752 #WhatsApp #0728132752
Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
th-cam.com/users/results?search_query=nyigisha+tv Ushobora Gukurikira ibiganiro bya NYIGISHA TV
Thx Rose
Rose merci ma cherie ❤
@@chany9950 Reka kwicira urubanza ngo wari umwana niyo mpamvu urushako rutashobotse. Oya.
Ihagane mama ubuzima saho buragiriye haracharibyiza imbere
@@pamellaumuhoza968 k m
Mana yanjye weee, Warakoze kubana na Kabebe. Ese ko numva umvugira ubuhamya bwanjye weee! Imana iguhe umugisha
ubu tuzabigenze gute?.
Icyo nkundira Imana izaguha undi umuntu ukwibagiza ibyobyose ugukunda kandi akagushimisha ndabikwifurije nanagusaba kutazajyana Ibyo bikomere murundi rushako uzagira kuko haraho byaffecta kandi urimwiza cyane
Sha rosa wazakoze groupe yababa babyeyi bakomeretse gutya bakanjya bahumurizanya kobizanjya bibafasha kweri mbega wee
Ntakintu kibabaza nkubupfubyi pe😭😭 Aho hose bagusuzuguye nkuko kubera uri imfubyi ariko wihangane pee imfubyi nyishi tubayeho zisuzugwa cyaan dutukwa, dufashwe nabi😭😭
Byihorere
Wapi jye nabatwika...agasuzuguro kari aha ye.
Pole maman ntugahogore Imana izagufasha kdi amarira yipfubyi IMANA irayumva kandi izayaguhanagura humura komera.
Sha ubugome bagukoreye humura Imana ihora ihoze humura isi ntizarangira Imana itakwishyuriye wangu njya wisengera njye imana yaranyishuriye humura nawe izakwishyurira uwo nyokobukwe sumubyeyi numugome numutindi humura nawe yabyaye kobwa
Umugabo akubita umugore ntaco abamaze,mwabadanu mwe. Umudamu nuwo guha urukundo umugore nawe akaba uwukubaha umugabo
Ibyo uvuze nukuri Kabebe ! Nta cyiza kiri mu rushako uretse kuvanamo abana rata !
cyane turabyumva kimwe
Rose mama ihangane abana nibakura bazagushaka bamaze kumenya ubwenge n'ukuri. "AKABURA NTIKABONEKE NI NYINA W'UMUNTU"uko bimeze kose uzakomeza ube mama wabo❤❤❤❤❤Uwo wundi aribeshya cyaneeeeeeee!! Kugera kure siko gupfa. Imana niyo nkuru🙏🙏🙏
Abantu banga abakazana babo bakabatesha umutwe Manaweeeeeee uzaduhorere nukuri😢😢😢😢😢😢❤❤❤❤❤
Mama ihangane urimwiza cyane imana nibyose kubayiringiye izagufasha kd izaguhe ibyishimo Imbere yabakwifuriza ibibi uwiteka numubyeyi uruta abatubyaye
😢yoooo ihangane disi ariko ijambo ry imana ritubwira kubabarira nabaduhemukiye nubwo batagusaba imbabazi
Humura Mama ibyawe visa nibyambayeho ariko nyuma y'imyaka myinshi ubu Imana yankoreye ubukwe kandi bwiza Imana izakwibuka pe
Yoooo Manawe
Manshallah
Amen
Sha twazihuje koko ko twajya dufatanya
Sha twazihuje koko ko twajya dufatanya
Abaturwanya nabantu ark uturwanirira numuremyi Imana yamahoro izakurengere natwe twarakuze kd byaruko yewe nuwo muryango ntiwatwemey ngo uturere gusa mama w'umuntu nibyose kuriwe kuko niwe nabonye udatsindwa kumwana we iteka ahora ahangayikishijwe nubuzima bwae iteka murabigikundiro kd nawe abana bawe barakunda kd uzagenda ubibona chr wanjye🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Yooo,ndakwibuka I Btre disi witonda!sha ibyawe turabizi,ibyo ubuga ni ukuri.Gusa courage ndabona usigaye useka disi👐
Yewe erga shenge isi iranyerera humura Imana izagushumbusha nuyinambaho
Nange muzi i butare mu cyarabu nko muri 2012 nibwo muheruka najyaga mbona adaseka nkagirango harimo nagasuzuguro disi nibibazo yari yifitiye
Iri ni isomo pe .ladies it is very important to be financially independent ntihazagire ugukiniraho ukirerera abana mu mutuzo.komera mukobwa mwiza
Exactly!!! Kutingeka financially bigira uruhare runini mwihohoterwa abagore bakorerwa
Nibyo koko.
Ntawanga Ibyiza arabibura
Yeah you are right
Kuko no gusuzugurwa biba bike Kandi usanga umuntu anatuza ubundi.
Humura mukobwa mwiza Yesu aguhoze ,uri umukobwa mwiza nubwo wababaye Yesu ni Muzima
Murakoze cyane kuduha ubuhamya bwanyu kuko bukomeza benshi kuvyurushako hama Ndagusabira kumana koyokuvura icogikomere wagize aho waririye ukaharirimbira
Wpwe ndumva waranyuze Inzira ya Mahwa nkanjye pe Kuba ipfubyi kare nikibazo abagifite ababyeyi bajye bashima Imana
Sha kabebe buriya nasanze hari ibintu bidukurikirana iyo tutabimenye ngo dusenge Imana ibikureho nawe ibaze mama wawe yanzwe iyo yashatse nawe ngo urashatse bimera kwa kundi nyine mpore mama abo bana barere neza nibo bazaguhoza amarira
Mpore Rose! Imana iragukunda kandi uri courageous. Wambaye ubwiza bw Imana shenge. Humura Imana izaguhoza ayo marira!
Uyo inabukwe wiwe Imana imubabarire kuko ntazi ivyo yakozeeee, birababaj kumva uwari kukubera umubyeyi akwangaza n'abuzukuru be barimwo
Uyumudamu nimwiza Imana izamuhe umugabo umumara agahinda.Rose Merc kukiganiro kiza
Ndababaye mana.... imana izahe kabebe umugisha yarihanganye muriyisi ...gusa musabiye umugisha iwe nabana biwe bazakure neza bamwubahishe disi
Impore maman, Yesu ajyahanagura amarira kandi agahindura amateka warabyaye nicyo gikomeye, iryo nishuri ry'ubuzima uzagaruka utanga ubundi buhamya uburyo Imana yahinduye ayamateka unezerewe nabana bawe. Kandi Imana ihe umugisha buriwese ugira uruhare mubuzima bwawe ukaba ubasha guseka. Wowe haranira kwigira ukore cyane kandi Nyagasani yomore ibikomere byawe
Sha Rose ndamuzi na family ye gusa namugira Inama yo gusenga cyane kuko akwiye guca karande itazakurikira abana bawe .
Akwiye gusenga byo agaca karande kuko urumvako na nyina byamubayeho nasenge nabana bitazabakurikirana ace iyo karande
Yooooo humura mama Imana izaguhorera kd kuko bababaje imfubyi yayo abobose bakubabaje Imana izabahana
Nanjye byambayeho uwitwaga umugabo wanjye yajyaga inama nanyina kugeza ubwo yabwiraga famille kwazanyica yirirwa abyara hanze Agata abana akantuka ngoyanshatse ndwaye mumutwe biratangaje cyaneee
Pore nawe
Sorry maman
Ohhhh impore mama mu Ijuru hari Imana. Ikomeze ikwambike ubwiza, iguhe ibyishimo n'amahoro kandi ikurindire abana mu gihe gikwiye izabahuza.
Kabebe humura Ibitubaho byose Imana izii impanvu Iragukunda uri uwagaciro
Sha nibyo pe injyeso yumuntu uyimenya aribonye. Kd komera komera humura dufite Imana.
uri mwiza pee Imana izaguh.ibyiza n.abo bakwanze uwo mugabo na nyina n.abashiki be cyane cyane uwo mushiki we mukuru wakwanze Bafit.umunsi wabo
Ingeso y umuntu uyimenya iyo agize amafranga, very true pe
Duhuje ubuzima kweri bwose humura chr najyenukobyagenze kubura umuryango ukabura nurushako
Ndababaye cyane kubera ibyo waciyemo ukiri muto gusa ikiza nuko ufite isura itijimye. Courage courage!
impore MAMA IMANA irakuzi kdi ifite imigambi myiza kubuzima bwawe kdi uzababarire buriwese Imana izaguha kuba umugisha kubantu no kujya ukomeza abandi bafite ibibazo nkibyo wahuye nabyo keep moving forward
Kabebe my classmate and neighbor disi longtime. Komera kdi wihangane. One advice: Pray God, father of fatherless.
Ukagira uti umugabo cg umugore nakwanga ujye umenyako yakwanze!! Sha jye baranyanze sinabimenya mbimenya numa bigora kurenza iyo mbimenya kera,,
Barakubabaje warinamuto baragatsindwa nanyagasani
Komera cyane kimama kiza Imana izaguhe urugo rwiza rwumugisha ❤️❤️❤️
Nubwo wihagararaho ugaseka disi, umutima wawe uracyababaye cyane.
Hari ukuntu umuntu agutera umwanya mubuzima wakongeraho nukuntu atagarukiriza aho mutandukaniye anagusuzugura ukumirwa
Yooh komera cheri wanjye mwaza duhaye numb
Sha ihangane nange ndumva twari mugatebo kamwe,gusa Imana iratabara nshuti.izagukorera ibitangaza
Woooow mbega umwana wachiye muri byinshi!! Imana ikomeze imuhe amahoro yomumutima kandi imukize igikomere umugabo we na famille bamusigiye!! I pray that God will send her a loving king who will cherish her (Queen Rose) in Jesus name🙏🙏🙏🙏
Sha Ndakwibuka Nyokobukwe Numugome ndamuzi
Yoooooooooo disi ndakwibutse ibutare mucyarabu sha ndabizi ibibazo wahuye nabyo
Nukuri Imana ishimwe ko yakurinze komeza usenge burya Imana niyo yadutwariye abavandimwe nababyeyi humura abo bana bazakwikundira ubyibagirwe byose, kandi Yesu arabakunda
Oooh!😥😥😥 so sorry mama Imana irasubiza.
Ihangane gushaka ahantu bakubujije akenshi ntabwo bipfa guhira umuntu pe. Ngewe maze imyaka 7. Nishimira ko ndi nabana banjye ariko sinaberurira ko natanye na dad wabo. Nigikomere cy'ubuzima bwose ariko Imana izatwomora. Komera shenge.
yoooo komera maman kelsie, Imana izogushumbusha, arik disi urini ki bajou; jolie joie
💪💪
Uri mwiza cyane uri iki bajou ❤
Yooooo pole chr humura Imana irakuzi knd uzabona umugabo ugukwiye uracyari muto
Urimwiza chch Kandi cyaneeee ntamurumunawawex ngundangire
Mwese mwitiranwa na Mama nubwo atakiri mu buzima bwo muri iyi si🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏Ndabakunda cyane kuko kugira izina ROSE ni iby'AGACIRO cyane❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Imana izagusimbuza n uwubaha Imana nawe akazakubaha akagukunda...hari aho ntasobanukiwe neza wabyaye 2015 maze ngo kumuhima bakwirukana munzu umwana mukuri afite nka 10ans! undi afite 2.5 byanshanze gatoya kubisonanukirwa kuko azaba 10ans mur 2025...komera cyane kuvuga biraruhura ..Humura
Bamwirukanye umwana mukuru yujuje 10ans umutoya 2.5
@@nadjibthegamer3944 yavuzeko yamubyaye 2015? niho nabay confused!
@@t.8905 oya yavuze ko yabyaye 2005 afite 16ans. Wongere ubyumve
Thanks again,
Ihangane shenge warashaririwe ariko ikiruta ikindi Imana iragukunda naho ibyimiryango yubu barakwanga kakahava
Mbega urukweto weeeeeee no comment sweetie mwiza Kandi ubu wasanga yarashatse umugore mubi mureke Azicuza nawe Imana izakwihera urugo rw'ijuru rito Kandi uzagira umugisha
Courage ncuti ubuzima burakomeza. Nanje nuko vyambayeho ariko je reste debout
Urintwarikazi mm kandi warakomeye cyane. Nishimiye kumva story yawe Imana izakuremera amashimwe. Uzabana nabana bawe♥️♥️♥️
Mana we pole mama ukuntu urigitesi disi gusa siwowe wenyine komera Imana ijye iguha amahoro yomumutima
Komera Sha ba intwari. Nyima y'ibibazo ubuzima burakomeza. Kandi hakurya y'ubutayu hari i Kanani
Sha ndumiwe koko!! Narinziko arinjye wahuye nibibazo gusa. Kuva uyumunsi mpise nkomera.
Komera buri intambara ni wowe uyirwanira.
Umutima wanjye urababaye kbs 😭😭 wahuye nibibazo pe. Imana yabanye nawe sister
Ihangane imana irabizi dababaye
Pole mama Imana izakomore ibikomere gusa bibaho harigihe abantu bahaga umuntu bibeshya ko ubuzima bwawe bushingiye kuribo kandi umuntu a aho kubwimana ntawubaho kubwabantu
Wa mugore we unyibukije ubuzima naciyemo gusa nyuma yibibazo ubuzima burakomeza ubu meze neza abanyangaga ubu baranyifusa
Imana yarakoze kugusubiza, usengere abandi bakiri mu butayu.
Imana ishimwe ko yaguhojeje amarira.
Amina amina 🙏🙏
Imana ishimwe ko yakurengeye nanjye ngize icyizere ko izansubiza ijambo
Pole mama. Umva uze kujya kuri TH-cam ushake Grace room Ministries uze tujye twisengera Imana izakunezeza humura mugore mwiza
pole cyane imana izabana nawe mubihe byose uzacamo
Ubu rero ndi wowe ntabwo bantwara abana gutyo gusa muri 2021 . Narinziko byibuze ari ibyabaye kera.
Humura imana byose imana irabizi kandi ichobora byose izaguhanagura amarira
Imana izabacisha bugufi reka tegereza urebe icyo igiye gukora
Roza uri mwiza pe none se ni roza mukayiranga ❤
Mbega umu mama mwiza maaana komera mama love you so much 💗
Komera mama , dufite ibikomere tugendana ..... ariko Imana izaduhe iherezo ryiza
Mbese kwank, umuntu bimaziki ? BAKOME Imana ninziza
Kabebe pole sweetheart;Imana yomora ibikomere
Ndumva nifuje kuganiranuyu my Maman mbabarira umpe num ye Rose
Mana we igitsiagore murirusange tugendana imitima yakomeretse😢😢
twarasanzaye mumitima.
Wagira ngo ni itegeko lya vuye ku Mana ko abagore batotezwa na abagabo babo kd siko bimeze mu bitabo bitagatifu byi Imana
Nukuri pe Imana itabare abagore muri rusange kuko abenshi imitima yarakomeretse rwose
Si ugukomereka ahubwo yaraboze irashenya
Nukuri numugore umwe ku ijana uba utarashengutse umutima
Pol Sana nshuti yajye nasanze nduhuje ibibazo ariko humura Imana izagusimbuza undi mukunzi aguhoze amarira warize
Humura mama imana irkumwe nawe kandi zaguhorera i zakuremera amashimwe abakugiriye nabi ayubahe
Yoo rose komera gusa ufite uburenganzira bwokuba abana bawe bagusura uko ubyifuza ugashira urukumbuzi buriya ugiye mumategeko babimwemeza birababaza kubaho urumumama warabyaye bakakwima abana bawe courage.💪
Mpore mama har'imana ifise urukundo rurenze ugwabantu chéri wanje ndagukunda mu mama muvyeyi mwizaaaa imana izaguha ivyo wipfuza mama wihangane izacinzi ahatari inzira
Nukuri abantu mu taziranye ni bonshuti nziza
Imana niyo itanga umufasha,nuyusenga izamuguha,ndumwe mu bagiriwe neza n'Imana ndabihamya!!
Reka nkomeze nsenge ne gucika intege izabinkorera nkawe
Burya ngo urota nabi bukarinda bucya. Hari n, aho uwazabona nyuma azamubabaza kurusha.
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭, Mana nsengeye uyu mubyeyi.🙏
Yooo Disi warakize Kabbe wiwacu mu Matyazo.Madamu Dad yoooo
Akira yesu nkumwami nagakiza niho uzagira amahoro ukishima yesu atanga amahoro asesuye
Komera komera komera utwaze gitwari mu Ijuru hari Imana ijya yomora ibikomere🙏
Impore impore impor'impor' impor' impore impore bambee, n'ukuri ubwo ubasha kubivuga humura uri murugendo rwo kubohoka (gukira) kandi Imana izagukiza ibyo bikomere mu izina rya Yesu.
Ramba ramba uruwagaciro mu maso y'Imana.
😭😭😭😭😭yesu aguhoze kandi humura abana bawe uzababoneraho umugisha
You touch the Roots of my Soul Beautiful Soul🦋 Komeza ube Strong and Positive✊🏿🥰 We have to be love even to those who are not love anymore 🙏🏿🦋
Maman Kelsi disi ukuntu uri cyiza, komerara disi. Ukiriho haracyari ibyiringiro. Bgira Yesu.
Sha ndumva duhuje ubuzima pe.
mana we byihorere wowe wampaye ubushuti kuko nange uwa gatatu yarengeye abakuru
Rose TV wambabariye ugakora aka grp kokuba ukuvandimwe wuyumuntu koko plz plz ndababaye cyane kubwe
Ohhh Aimee , pardon pe Nibwo Mbonye Message yanyu😏Ariko Mwanyandikira kuri numero yanjye nkabikora rwose
Twese twahuye nabyoo ariko Imana iratwomoraaaa. Chéri???ibyo babyita abandiii ndetse nabakozi bomurugo
Uwakwanze aba yakwanze rwose ubivuze neza! Guta urugo ni bibi cyane! Abagabo bisubireho!
Kumva impande zombi nibyo byiza. Hari abagore mungo badashobotse umugabo bikamurenga ..agatangira ingeso. Niba ufite umugore ushobora kuba nawe hari ibyo wihanganira cg niba unezerewe shima Imana muvandi.
@@JeanMarieRPayne Oya impande zombi ntituri mu rukiko. Umuvandimwe aravuga ibyamubabaje nta bindi.
yooo pole sana mama humura abana nibakura bazizana bareke
Mpore Mama humura warabyaye ntamuntu wabaye uribwa nimbwa nakurerere IMANA izaguhanagura Amarira humura
Muza dushirireho za rooms za Zooom twe tutari mu Rwanda natwe tuzajye tuvugiraho imibabaro yachu ya dushegeshe imitima murakomeye ntegereje igisubizo cyayu Cyiza ndi Georgia 🇬🇪
Muraho neza Hajati, kuvuga biraruhura kandi bikigisha abandi, aba byifuza mwazanyandikira kuri iyi numero 0782742950
Mana weee!!!
@@ROSETVSHOW muraho neza murakomeye kumpa contactes zanyu nukuri narinziko ko mutazabibona ngo mu nsubize vuba gutya nda ba shimiye cyn
Ikigitekerezo ni kizima kbs
Rwose peee dukeneye kuruhuka😭😭👏
Ihangane mama imana niyo iruhura izagufasha wongere uhure nabana bawe
Kabebe, nkurikiye iki kiganiro numva warababaye, kandi nkwifurije ko Imana ikomeza kuguha ibyishimo, amahoro y'umutima, ubuzima buzira umuze n'ubutunzi butunganye. Gusa kugirango Imana uyorohereze akazi hari umwitozo nshaka ko ukora: Usome igitabo cyitwa "The Magic" cyanditswe na Rhonda Byrne, cyagufasha mu buryo bwo kugarura ibyishimo byo kubaho Imana yatugeneye.
Humura maman uyo mugabo mureke bamuhaye imiti.dayimoni zaramutwaye .zimuhuma amaso ubuse yaguhoye iki?