NARIKINISHAGA BYANZE nshaka abagabo 2😳NIBA UDAFITE IMYAKA 18 NTUYIREB⛔UKO NAKIZE IBIKOMERE NKAKIZW
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 ก.พ. 2025
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp....
#Irene_0788208757 #Bohoka
Disi uri inzu yibitabo yigendera ,,,wanda ni ubuhamya bwigendera ,,,wagize ubuzima bwibitangaza let's jehovah show u love
Imana yo mu ijuru izaguhe umuntu ukumara ibikomere kugira ngo uzagaruke uduha ubundi buhamya,Imana nibyumve Amen
Pole birashika cane cane abakobwa beza nabagore beza bakunda guhura nabagabo babateka kwimitwe arukubabesha wihangane bibaho usenge Imana izokugirire neza nabana bawe
Nimu maman mwiza gutanga ubuhamya bifasha abandi. Ndamukunze uwo mukenyezi kwifata agatanga ubuhamya yemye n'intwari kandi Imana y'urukundo ize imuhe ivyiza yumva yipfuza kugeraho.
Yoooooh disi unomumama ndamwikundiye ari open cyane pe yamaze kwakira ubuzima yaciyemo
Wand komera nkunda abantu nkamwe cyane nidivine cyuzuzo ok abavuga kowabuze ubwenge nibo njiji gusa habwirwa benci hakumva beneyo komera
Avugisha ukuri disi😊. Ari honest pe. Courage cyane Maama
Imana ni nziza .Wanda iryo ni ishuri . Ndagusaba gufata ugakomeza Imana yawe. Ntuzayiveho .
Komera cyane mubyeyi mwiza hashimwe yesu wabaye muruhande rwawe ndumva duhuje
Manomero
Mubyeyi ubuhamya bwawe ni bwiza,ariko kuba warakijijwe ntibivuze kwishyira hanze ufite umuryango kd ukeneye kuwurinda ingaruka zibyo wabayemo.
Ariko mujyemumenyako murababyeyi wibukeko ejo cg ejobundi abana bawe bazakura nkicyo kiganiro umunsi abana bazacyumva urumva ntagikomere bazagira?
murahubuka cyane pe
Ibisibyo rwose
Ibyo si ikibazo ni inyigisho , nabo nibyiza kubimenya kuko bireze kandi ni ugukiza umubiri nubigingo b'wabantu, ahubwo imana imuhe umugisha
Ibindi ntakibazo
Gushyiramo amabanga yo muburiri ntago Ari byo
Nibyuvuganivyo
Pole mama ndashimiye imana yuko yaguhinduye igukura mungeso mbi caane ikakwiyereka gusha none numpe inomero yiwe
Uzabona nundi mugabo w'umugisha
Wanda mana we ihanga Maman mbega ubuzima gusa ihangane nguheruka muri APAER
Pole nukuri wahuye n'ubuzima butoroshye !! First , kutamenya ababyeyi kandi ukanamenyako bishwe byarakwangije icyo wakora cyose Imana ikorohereze .
Nigikomere gikoneye Cyane pe
Urikumubaza nabi ntago biryoshye.
Urukundo Imana idukundo ntirushingiye mu gukiranuka kwacu kuko twese dukora ibyaha ark ntibura kutugirira ibambe knd hashimwe Yesu Kristo ubohora imitima yacu.
Uyu mubyeyi Imana imuhe umugisha, ubu buhamya busaba imbaraga z' Umwuka Wera kuko burimo ukuri kand ukuri ni kwiza kurabatura🙏❤❤❤❤❤
Kumenya Imana; bitanga ubwenge
Umuntu atunzwe nukugira ibanga;
Manaweeee!!!!!!!
Ntaci Imana ikorera ubusa harabaribufashwe kandi bakire
@@vincianeigiraneza9020ni iki cyemeza ko ari Imana yabikoze?
Warakoze kudusangiza ubuhamya budukomeza. Turikumwe nawe dutegereje amasezerano y'Imana, kd azasohora , Imana ntibeshya.
Babe ndishimye cyane ubuhamya bwawe nubwanjye Borasa
Ndakwibuka disi muri ESAPAG IGITWE, uri mwiza cyane. Courage maman Imana ikwiteho
Yooo! Mwami Yesu komeza kubana n' umwana wawe igihe yazengurukiye umusozi kirahagije muhe gucyamika icyo ukunda nuko abantu bahamya ibyo wabakoreye nubwo benshi bavuga ko ari ukubura ubwenge ariko urugero rwiza ni Paul , Zakayo.... Muhe umugisha kd umumare agahinda uhindure amateka azagaruke avuga ko nanone wahinduye Ibihe mu izina rya Yesu Kristo amen 🙏🙌
Habwa umugisha n’Imana rata🤝
Imana ho mwijuru igukomezw ndumva waranyuze mubuzima nkubwange
❤ Imana iravugango genda ubeho kdi uriho urikudufasha usaneza usekaneza disi ntawamenya kowababaye bambe komera ukomeze ufashe benshi
Uyumubyeyi asa na Rebeka Umwari(Alice)
Yoooh, ubu se abayeho ate uyu mu Mama koko? Abana se abareresha iki? Mana we, nakenera ubufasha muzatubwire pe!
Nimwiza❤❤❤❤❤❤
Shalom Shalom plaisir muraho turabakunda.cabe ukuntu mwitwara mugiye gusura abavandimwe muhezagirwe
Yesu ashimwe cyane muraho neza
❤ you're beautiful and honest, God bless you
Komera wanda nshuti yanjye Imana iragukunda umwana twiganye hobeeee❤
Imana yaragukoresheje ngo twebwe dukire
Imana iguhe umugisha uri intwari. Kandi uracyafite ubugwaneza wakuranye biragaragara wakabaye uvugana ubusharire kubera amateka nibyo wahuye nabyo. Abasebanya bo bihane kuko natwe yaratuzuye ubwo twari dupfuye kandi nzi neza ko iyo umuntu ashyize hasi icyubahiro cye Imana ikiza abantu benshi. Komera
Imana ibandanye igukomereza mu vyayo.
Rwoseee maman Dira Imana irakuzi kandi izakugirira neza unkoze kumutima rwose
Nongere nsabe numéro Zuyu mubyeyi kugingo mufashe nukuri peeee
Yoo ndakwibutse I Brazzaville
Umugabo wawe yaragukundaga cyane ndetse
Niwowe wamwanze uvugako arukumubona ubunini nubwiza ko atazi gutera akabariro
Ubivuga nanjye narimpari nibawibuka twari kumumama witwa Beatrice
Vana ibinyoma aho wandaya we
Koko x nibyo ibyumuvugaho kweri??
😂😂😂😂😂😂😂 baza bigira beza baciye mugakiza naho ukuri nibo baba bakuzi
Ngahooooo😊
Ngo?
Urahemutse kumutuka,kuko Wenda uramuzi ariko yesu arakiza
She is so innocent.....,
Humurape 🙏🙏
Ihangane warababaye lmana niguhoze amarira warize mwizina rya Yesu
Iryo jambo ndarikundaaaaa yesu we mbanumva nokwama nisomera ngaho igihe cose narangiza nkishimira IMANA vyonyene
Ariko abantu mwandika Comments mujye mubanza mucunge amagambo mukoresha!!! Baca umugani ngo ushaka gukira Indwara arayirata, YESU yaravuze ngo utarabikora namutere ibuye ubu wasanga mwebwe mukora ibirenze ibi yavuze😂😂😂😂😂😂
Ubuzima yanyuzemo burabimwemerera mwihangane . Nawe uvuga gutyo SI uko utunganye ahubwo ni uko wihishira . Kandi ushoboye wabivuga kuko kubihisha byica nabi ( bigira mubi , kumaso , kumutima , no mungingo nyinshi !!! Niyivugire . Mumwihanganire pe nanjye ntaramwumva nari natangiye kumunenga . Ubuzima ntitububamo kimwe Kandi ibidukomeretsa ntibitugiraho ingaruka kimwe .
ntimugashukane mu buzima nkubu ntago umuntu abushyira hanze
@@nyiragasanialice2998muvuge make niba hari ibintu byica umutima nibyaha wahozemo buriya nubwo yokwihana akabireka yumva abishyize ahabona aruhutse cyane ndabizi
Ngo muri egiputa😂😂
Nigute ushobora kuba utarabonanaho numugabo, hanyuma ugafatwa mumwuka wo gushaka kubonana nawe? Nonese ko warutarabonanaho numugabo, wabwiwe Niki ko aribyo ushaka? Am confused 🤔
Uriho umwuka w'ubusambanyi nubu! Ufite umugabo uri spirtual ! Washyingiwe umuzimu m'umudayimoni utatuma ubana n'umugabo numwe utarakorerwa delivrance yuzuye ! Usabe Imana izaguhuze n'umukozi wayo muzima!
Ark ryose izo delivrance harya zikorwa na bande, kwizera Yesu bikiza ibyananiranye mwe kwizerera mubantu
@@mukabarangajacky7702 yego ni ukwitonda kuko ni 1 % bafite impano n amasengesho byagufasha! Abenshi bagukuramo bimwe bagushyiramo ibindi.Nka ba bandi boza abagore n abakobwa mu gitsina n abandi,...
Amaraso ya Yesu kristo yamubohora naho bano bapasiteri bo bazamumaraho ibye
Yesu niwe vyose humura mugore mwiza
Umuntu we nyene niwe yugurura umutima wiwe akawuha Yesu christo akaweza.nta muntu akorera delivrance uwundi.ivyo n'ububeshi.umuntu aragusengera gusa Delivrance ikorwa na Yesu iyo umuntu yitahuye ukwari akemerera Yesu Christo.kandi Yesu aca akubwira ngo genda ntuze usubire gukora icaha
Uzabaze first lady niba ntacyo mupfana🥳
Toka kule ntimugateshe agaciro first lady
❤oya nubwo yarumwana ariko yaramukunze nicyo cyatumye agenda nurukundo niko rutangira
Oooh pole Sana 🙏 kutamenya inkomoko birababaza😢😢😢😢
Uri umunyakuri mubyeyi Imana yakurindiye muri ibyo byose nukuri izakugirira neza izabana nawe uzajyera kure kuko wa yimenye
Imana ntiyakweretse ababyeyi ariko ikugira umubyeyi ❤❤❤❤
Ooooo disi nkunzuburyo yitwaye mubuzimabwe bwose aba kobwa Bose iyabatwitwaraga gutywa byabarisawa kbx 1:16:18
Mbonye umuntu dufite testimony zisa pe😢😢😢
Imana niyo yo komora imitima yacu 🙏🏿
Umugabo niwe waguteraga kwikinisha kuko ntiyagukoreraga ibyo washakaga cg yabikora akanikora nabi nturangize komera cyane bambe
utarakoze icyaha nakimwe namutere ibuye kandi ibyaha byose imbere y'Imana birangana,
Ababantu uko nababonye ubahitishijemo kubeshya no kwikinisha bahitamo kubeshya 😂😢😂😢😂 ntago bazi ntacyaha gito cg kinini imbere yImana byose birangana igihembo numiroro utazima 🔥🔥
Ibya ha ntibingana,ikindi ibyo yavuze yakoraga nta cyaha nakimwe kirimo
Disi ndagukomeje bitumye ngukunda cyane,icyo igitsina gore dukwiye kumenya n'uko abagabo badufatira kubyo tubabwiye byadukomerekeje.Imana ikomeze ikwambike imbaraga,nanjye unsengere kuko abagabo barambeshya nkumva Ari Imana imumpaye bikarangira nkomeretse ngatukagura Imana nti kuki nitonze ukaba waranyimye urugo?Ariko urankomeje nkwigiyeho nanjye Imana indinde izo ndyarya.❤❤❤
ihangane nshuti, uri ishusho y'imana murasa ntukababare, imana ikurinde
Humura Uwiteka arikumwe nawe azaguha ugukwiye kdi azakomora ibikomere byose wahuyenabyo
Qaa
Umwami IMANA ibahehe umugisha kuko niyo mugenga .
Yo yarizi uko uzabaho
Siwowe wabishoboye niyo yagushoboje
Abashaka kubaka kdi ntaburyarya turahari ikibazo nuko igitsinagore mukunda ababashuka
Yesu niwe mubyeyi wacurata
Ooh lmana izakurengera azokuvura ibikomere vyose
Nshimiye Data yagukujije,ibindi navyo ninyongera ivyo yakoze nivyo vyari bikomeye cane muvyeyi❤Data yaguhaye Yesu atekeyemwo vyose azoguha nibindi mwizere.nanje mbaye mwene wanyu ncuti.
Wowe ugaye ntagahinda uzi? Tuza navuge aruhuke ntiyabonye ukomora nshuti komera.uwakureze akakubera umubyeyi imukubire 7 umugisha uturuka ku Mana❤
Imana iguhe umugisha uranyubatse
Iyi story inkoze ku mutima pe. Imana irahambaye! Wowe kora gusa witeze imbere, Ibindi Imana izabikora.
Wonderfull
Imana nkorera, nabonye mu bitandukanye atariyo nabwiwe, yo yonyine icyaha ibihe, kubwo kwemera ukayiyegurira, ukayihamya mu ruhame…nayo iguhimurize mu ruhame, itegeke ibihe winjire mw’isaha yawe, uzagaruke hano uririmba Zaburi yawe🌺 ndagukunze ❣️uri mwiza ❣️kdi urakunditse shenge ❣️
Humura my Sister Imana ni papa wipfubyi kandi ukomere Imana igufiteho umugambi.
yisekera neza peeee!!😊😊😊
Wazize izo pass bagutangangamo mubyeyi mwiza iyo ureka bakiteretera uba ufite urugo rwiza gsa nimipango yimana ifite uko izakubeshaho be strong arko wavuze byinshi abana bawe nibareba iyi vedeo bazifata kumunwa
Mpise nipfuka mumaso.
Hari ibiganiro biteye isoni bitakagombye kuza in public.Hari igihe abiyita abarokore bimena inda vraiment!!!!!!!Umubyeyi uvuga uko yikinisha imbere yabana🤔🤔🤔🤔🤔
Ntitukabure ubwenge babyeyi.
Hoshi nawe !
Gukira indwara kwiza nukuyirata
Ibyo mwihaye byo kujya muvuga byose nkabasaze ntizatinda kubona ko mwibeshye
Uwimana Wanda urakoze cyaneee Iman izimpamvu
Uzakore Dna urebe ko wabona nibura wabona bamwe
Imana iguhumugisha pee
Ariko rero Irene;Plaisir uzamubwire uzakosore Interview zawe ; yamugoye ; hari ibibazo yagombaga kuba superficiel ;😢😢kabisa; ariko yatumye ujya in deep mubintu bitari ngombwa;any way Imana ibahe imugisha kubwiki kiganiro ; wanda ; ndamukunze cyane.
Uyu mudam ni mwiza peeeew
ese mubyeyi!! ubu buhamya bwawe ujya kubutanga watekereje ku bana bawe ??? ese ko ngo wabutanze ngo ukire ibikomere!!! igisebo cyo wateye abana bawe waba waragitekerejeho ???!!!
koko ubu abana bawe urebana nabo gute ?? Ibi ntibikwiye rwose!!! Ababyeyi musigeho rwose!!!
ibyo uba warakoreye mu mwiherero ari ntawundi ukureba usibye Imana yawe ni kuki uza kuri camera kubibwira isi yose ?!!! Iri ni ishyano ryabuze gihanura rwose!!!! Ko Imana iba itagushyize hanze kandi ko ibishoboye!!! kuki wowe ujya kwishyira hanze ???!!!
Abanyamakuru namwe!!!! Mbuze icyo mvuga!!!
Yesu numukiza kd ntugatinye kuvuga ubuhamya bwawe
Imana izakugirira neza
Ni byiza ubwo wamenye Imana nubwo watinze kumvira imvugo n,imbuzi zayo.komera urugamba ruzarangira yinambeho.
Mana yanje wee urumu mama ukubahuka ukavuga ibintu nkivyo ufise abana ??😢😢burya mubuhamya hariho ibintu bitavugwa
ibibazo biragwira kabsa nkubu abana buyu mu mama baba bunva bameze gute koko , ese nkibi arabivuga ngo bimare iki
Nyamara kubivuga nibyiza kuko muriwe arakize.ababuze abo babwira nibo bigorewe
Kuvuga nta kibazo kirimo.Ubuhamya bufasha abandi benshi.Nta mpamvu yo kumugaya rwose.Abana bazamenya ukuri kndi amateka y,umuntu nibwo buzima bwe.
@@Rm-zo7roeeeh iyo ushaka gukira ubigenza nkuko?
Uwo Mubyeyi wakureze turamushimiye❤
Pole disi.
Ntabwo byoroshye icyakora ukomeze usenge cyane
Wanda ndakwemera arko ibi ntabwo bikwiye
Imana ninziza ni papa wimfubyi.
❤
Ntimukange ko bavuga ibwa mumabara yazo. Uyu mugore aravuga ukuli mubyamubayeho.iki bazo kilihe?
Mushaka gukuza uburyarya gusa ngo ni banga.
Mana yanjye udutabare uduhe ubwenge bwo kumenya ibyo dukora nibyo dukwiriye kuvuga ubitubashishe uduhe izo mbaraga mu izina ryaYESU
Nukuri pe Imana idihe ubwenge
Nonese wamugize inkoramutima ite uzi.nibyobyakubwiye mbere ngo muryamane. Umva Imana ikwiteho ariko iguhe n'ubwenge
Imana yarahabaye disi
Kubona warakuze❤
Izina ryiza cyane Kwanda bivuga kwaguka. Wanda bivuga waguka. Niho rwanda rituruka...
Uyumubyeyi avuze ibye..abamugaya mugumane ibyanyu muzajyana nabyo...! Ahubwo urubyiruko mwumvireho,kandi n'ababyeyi turusheho kumenya neza abana bacu..ubwobo badufite..!😮
Aliko nkubu koko kuki utinyuka kwivamo gutya. Jyewe mbona wakwiherera ukaturira Umwami Yesu icyo icyaha kndi wababarirwa pe. Ntimukimene inda disi. Mujye mwibamo.
Hanyuma abandi bagakira bate?
Nonese ubundi baturira kuri social media Koko
Be blesed wanda ; Imana izaguhoze amarira.
Komera cyane Imana ikurinde humura humura
Komera cyane mubyeyi. Wanyuze mubihe bitoroshye. Ariko muzajye muzirikana umuco nindagagaciro kuko abintu byo social ni murage kuri future generation including abana banyu ndetse bacu. Imana ibarinde
46:47 🎉😂 46:47
46:47 🎉😂 46:47 ❤ 46:47
Imana izi byose butubaho, kdi ikomeze ku komora
❤❤❤❤❤ ndagukuze cyane uzambere umugore
Kubaka urugo, si Ukujya muri paradizo , urugo rugirwa paradizo n'abantu 2, umugore n'umugabo.
Urugo rwubakwa no gucabugufi, kwihangana. Guhura n'ikigeregezo ntibivuga gusenya.
Uti nanga abagabo!!!!!!! Imana ni urukundo, kdi udakunda ntazi Imana , uyu mudamu nimwiza w'uburanga, arko nasuzume umwuka umurimo.
Imana Ishobora byose. Ikomeze Ikwagurire umuryango
Presi, urasetsa nawe, nukuri uwo mubyeyi Yara abate, Umwami Mana amwomore forever 🙏🙏
Yooooo!!!! Wanda Ihangane mama. Kugera kure siko gupfa
Komera pe! Uri mwiza kdi Imana iracyagukunda
Ubuhamya kubuvuga ni byiza ariko ncuti wakagiye wibuka ko urumubyeyi nijambo ry'lmana riravuga ngo mugire ubwenge haribyo utagakwiye kuvugira kuri camera pe
Pole sana maisha ndiyo ilivio
Pole sana.. gs turikwisi mama
Ubuse ujya gutanga ubu buhamya watekereje uburozi uhaye abana baweeee....... Ndagaya abanyamakuru nabo batabyitondera........ Maman aha ntabwo warebye kure hashoboka (abana bawe urabahemukiye bazabaho bagendana ikinegu kd bizabagiraho ingaruka muburyo bumwe cy ubundi)
😂😂😂😂😂 winsetsa lili ; urimva uri muri kumubwira utyo ??
Ariko ubu bugoryi ni nde uzabuhagarika bwo kwikoza isoni no kuzikoza abanyarwan😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Imana iguhezagire cane nukuri pôle sana
Benedata na bashiki bacu kubw'inyungu z'ahazaza h'umuryango mugari by'umwihariko kubw' amateka y'abadukomokaho n'ahazaza habo , banyamakuru gukurikirana amateka yandagaza abantu nta burere muba mufite ,namwe mutanga ubuhamya mujye mwibuka ko tubazi nk'abantu b'Imana kdi ntimukongere kwiha satani mwamamaza ibyo yabakoresheje muge muvuga Yesu n'urukundo rwe muzaba mugize ubwenge ! Abanyamakuru ni abacuruzi ! Iyi nkuru wagirango kwikinisha nibyo byagushoye mu bagabo kdi nabo bataguhiriye ! Uyu munyamakuru ni umugome kdi ntimugakinire ku bikomere by'abandi !! Mushiki wacu Uwiteka Aguhire kdi Aguhindurire amateka !
Uyumunyamakuru ni umugome ashakira amafaranga kumibabaro yabantu ntabwo akora neza
My goodness long life dear please always thank God ever
Ibyuvuze nibyo❤arikwahubivugiue siho shuti ?Imana ,niduhubwenge ku misozi turiho🎉