NARIKINISHAGA BYANZE nshaka abagabo 2ðģNIBA UDAFITE IMYAKA 18 NTUYIREBâUKO NAKIZE IBIKOMERE NKAKIZW
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 18 āļ.āļĒ. 2023
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Ndakwibuka disi muri ESAPAG IGITWE, uri mwiza cyane. Courage maman Imana ikwiteho
Disi uri inzu yibitabo yigendera ,,,wanda ni ubuhamya bwigendera ,,,wagize ubuzima bwibitangaza let's jehovah show u love
Urukundo Imana idukundo ntirushingiye mu gukiranuka kwacu kuko twese dukora ibyaha ark ntibura kutugirira ibambe knd hashimwe Yesu Kristo ubohora imitima yacu.
Uyu mubyeyi Imana imuhe umugisha, ubu buhamya busaba imbaraga z' Umwuka Wera kuko burimo ukuri kand ukuri ni kwiza kurabaturaðâĪâĪâĪâĪâĪ
Imana ni nziza .Wanda iryo ni ishuri . Ndagusaba gufata ugakomeza Imana yawe. Ntuzayiveho .
utarakoze icyaha nakimwe namutere ibuye kandi ibyaha byose imbere y'Imana birangana,
Ababantu uko nababonye ubahitishijemo kubeshya no kwikinisha bahitamo kubeshya ððĒððĒð ntago bazi ntacyaha gito cg kinini imbere yImana byose birangana igihembo numiroro utazima ðĨðĨ
Ibya ha ntibingana,ikindi ibyo yavuze yakoraga nta cyaha nakimwe kirimo
Nimu maman mwiza gutanga ubuhamya bifasha abandi. Ndamukunze uwo mukenyezi kwifata agatanga ubuhamya yemye n'intwari kandi Imana y'urukundo ize imuhe ivyiza yumva yipfuza kugeraho.
Avugisha ukuri disið. Ari honest pe. Courage cyane Maama
Pole birashika cane cane abakobwa beza nabagore beza bakunda guhura nabagabo babateka kwimitwe arukubabesha wihangane bibaho usenge Imana izokugirire neza nabana bawe
Kumenya Imana; bitanga ubwenge
Umuntu atunzwe nukugira ibanga;
Manaweeee!!!!!!!
Ntaci Imana ikorera ubusa harabaribufashwe kandi bakire
â@@vincianeigiraneza9020ni iki cyemeza ko ari Imana yabikoze?
Imana ishimwe ko wabiretse bibaho singusetse pe usibye nokwikinisha no gusambana twarasambanye gusa Imana ishimwe yatubohoye
Komera wanda nshuti yanjye Imana iragukunda umwana twiganye hobeeeeâĪ
Nshimiye Data yagukujije,ibindi navyo ninyongera ivyo yakoze nivyo vyari bikomeye cane muvyeyiâĪData yaguhaye Yesu atekeyemwo vyose azoguha nibindi mwizere.nanje mbaye mwene wanyu ncuti.
Iryo jambo ndarikundaaaaa yesu we mbanumva nokwama nisomera ngaho igihe cose narangiza nkishimira IMANA vyonyene
Ariko abantu mwandika Comments mujye mubanza mucunge amagambo mukoresha!!! Baca umugani ngo ushaka gukira Indwara arayirata, YESU yaravuze ngo utarabikora namutere ibuye ubu wasanga mwebwe mukora ibirenze ibi yavuzeðððððð
Ubuzima yanyuzemo burabimwemerera mwihangane . Nawe uvuga gutyo SI uko utunganye ahubwo ni uko wihishira . Kandi ushoboye wabivuga kuko kubihisha byica nabi ( bigira mubi , kumaso , kumutima , no mungingo nyinshi !!! Niyivugire . Mumwihanganire pe nanjye ntaramwumva nari natangiye kumunenga . Ubuzima ntitububamo kimwe Kandi ibidukomeretsa ntibitugiraho ingaruka kimwe .
ntimugashukane mu buzima nkubu ntago umuntu abushyira hanze
@@nyiragasanialice2998muvuge make niba hari ibintu byica umutima nibyaha wahozemo buriya nubwo yokwihana akabireka yumva abishyize ahabona aruhutse cyane ndabizi
Ngo muri egiputaðð
Nigute ushobora kuba utarabonanaho numugabo, hanyuma ugafatwa mumwuka wo gushaka kubonana nawe? Nonese ko warutarabonanaho numugabo, wabwiwe Niki ko aribyo ushaka? Am confused ðĪ
Ihangane Sha Imana nise wi mfubyi kd irijambo wabanje gusoma riramfashije pe Imana ikomeze igufashe ikongerere Imbaraga no kwihangana
Yoooooh disi unomumama ndamwikundiye ari open cyane pe yamaze kwakira ubuzima yaciyemo
âĪ you're beautiful and honest, God bless you
Pole nukuri wahuye n'ubuzima butoroshye !! First , kutamenya ababyeyi kandi ukanamenyako bishwe byarakwangije icyo wakora cyose Imana ikorohereze .
Nigikomere gikoneye Cyane pe
Urikumubaza nabi ntago biryoshye.
Imana iguhe umugisha uri intwari. Kandi uracyafite ubugwaneza wakuranye biragaragara wakabaye uvugana ubusharire kubera amateka nibyo wahuye nabyo. Abasebanya bo bihane kuko natwe yaratuzuye ubwo twari dupfuye kandi nzi neza ko iyo umuntu ashyize hasi icyubahiro cye Imana ikiza abantu benshi. Komera
Ariko uwomwuka mubi wabateye wo kwiyanika kukarubanda mwarekeyeho koko!!!!
Plaisir rwose ibibiganiro nibyo kwica abantu cyane urubyiruko.
Ibibintu sibyo rwose
Disi ndagukomeje bitumye ngukunda cyane,icyo igitsina gore dukwiye kumenya n'uko abagabo badufatira kubyo tubabwiye byadukomerekeje.Imana ikomeze ikwambike imbaraga,nanjye unsengere kuko abagabo barambeshya nkumva Ari Imana imumpaye bikarangira nkomeretse ngatukagura Imana nti kuki nitonze ukaba waranyimye urugo?Ariko urankomeje nkwigiyeho nanjye Imana indinde izo ndyarya.âĪâĪâĪ
ihangane nshuti, uri ishusho y'imana murasa ntukababare, imana ikurinde
Humura Uwiteka arikumwe nawe azaguha ugukwiye kdi azakomora ibikomere byose wahuyenabyo
Qaa
Umwami IMANA ibahehe umugisha kuko niyo mugenga .
Yo yarizi uko uzabaho
Siwowe wabishoboye niyo yagushoboje
Abashaka kubaka kdi ntaburyarya turahari ikibazo nuko igitsinagore mukunda ababashuka
Ariko mujyemumenyako murababyeyi wibukeko ejo cg ejobundi abana bawe bazakura nkicyo kiganiro umunsi abana bazacyumva urumva ntagikomere bazagira?
murahubuka cyane pe
Ibisibyo rwose
Shalom Shalom plaisir muraho turabakunda.cabe ukuntu mwitwara mugiye gusura abavandimwe muhezagirwe
Yoooo, nshuti barapfunyika, dis
Gusa komatana n'Imana
Bitanga amahoro
Kd ijya ihitiramo umuntu ibi
Mukwiriye
Urakoze cyane wubatse benshi
Mana yanjye udutabare uduhe ubwenge bwo kumenya ibyo dukora nibyo dukwiriye kuvuga ubitubashishe uduhe izo mbaraga mu izina ryaYESU
Nukuri pe Imana idihe ubwenge
Nonese wamugize inkoramutima ite uzi.nibyobyakubwiye mbere ngo muryamane. Umva Imana ikwiteho ariko iguhe n'ubwenge
Ihangane warababaye lmana niguhoze amarira warize mwizina rya Yesu
Uriho umwuka w'ubusambanyi nubu! Ufite umugabo uri spirtual ! Washyingiwe umuzimu m'umudayimoni utatuma ubana n'umugabo numwe utarakorerwa delivrance yuzuye ! Usabe Imana izaguhuze n'umukozi wayo muzima!
Ark ryose izo delivrance harya zikorwa na bande, kwizera Yesu bikiza ibyananiranye mwe kwizerera mubantu
@@mukabarangajacky7702 yego ni ukwitonda kuko ni 1 % bafite impano n amasengesho byagufasha! Abenshi bagukuramo bimwe bagushyiramo ibindi.Nka ba bandi boza abagore n abakobwa mu gitsina n abandi,...
Amaraso ya Yesu kristo yamubohora naho bano bapasiteri bo bazamumaraho ibye
Yesu niwe vyose humura mugore mwiza
Aliko nkubu koko kuki utinyuka kwivamo gutya. Jyewe mbona wakwiherera ukaturira Umwami Yesu icyo icyaha kndi wababarirwa pe. Ntimukimene inda disi. Mujye mwibamo.
Hanyuma abandi bagakira bate?
Nonese ubundi baturira kuri social media Koko
Yoooh, ubu se abayeho ate uyu mu Mama koko? Abana se abareresha iki? Mana we, nakenera ubufasha muzatubwire pe!
Pole sana imana izakugirira neza ukomeze uko kwizera ufite imana ntizita abayo
âĪ Imana iravugango genda ubeho kdi uriho urikudufasha usaneza usekaneza disi ntawamenya kowababaye bambe komera ukomeze ufashe benshi
Ariko mwahiye
Mureka gucirabantuhwiteka
Ubuse haribyo yavuze bidasanzwe ibisibyo
Duhoratwumva kuriyimihanda
Ububuhamyabwe
Burakiza benshi
Cg ikibazo nuko yabivugiye
Kuribohoka
Ntibugakabye
Ntankayaciyamabere
Rata
Imana ikwaguririmbago
Ibindi namatiku
Utarakozicyaha
Namuteribuye
Ark ntamuntu wamututse pe niba wasomye comment nuwamutuka ntiyabarimuzima
Plair,ndagukunda ariko hano hari ibyo mwari kugira ibanga,hari ibintu biba atari ngombwa kuvuga ku karubanda.Gusa uyu mubyeyi yarababaye ariko Yesu niwe nshuti yonyine
Iyo wabohotse ntakintu kiba wagira ibanga utavuga,Imana igukomeze
Uri umunyakuri mubyeyi Imana yakurindiye muri ibyo byose nukuri izakugirira neza izabana nawe uzajyera kure kuko wa yimenye
Imana igukomeze kuko wanyuze mubikomeye.nafashijwe nuko wavugishije ukuri kuko harabakora ibiruta ibi ntibabivuge ntagikuba waciye .ndakwifuriza kuzabona umugabo uzakomora ibikomere kuko ntaho itakura umuntu.ntacyo bivuze ibyo wanyuzemo byose kuko wamaze kuba icyaremwe gishya
Uwo Mubyeyi wakureze turamushimiyeâĪ
Imana yaragukoresheje ngo twebwe dukire
Ntabwo byoroshye icyakora ukomeze usenge cyane
Komera cyane mubyeyi mwiza hashimwe yesu wabaye muruhande rwawe ndumva duhuje
Humura my Sister Imana ni papa wipfubyi kandi ukomere Imana igufiteho umugambi.
Yesu niwe mubyeyi wacurata
Mana urumuntu w'Imana ihangane ukomere ð
Wand komera nkunda abantu nkamwe cyane nidivine cyuzuzo ok abavuga kowabuze ubwenge nibo njiji gusa habwirwa benci hakumva beneyo komera
Pole sana maisha ndiyo ilivio
Pole sana.. gs turikwisi mama
She is so innocent.....,
Mpise nipfuka mumaso.
Hari ibiganiro biteye isoni bitakagombye kuza in public.Hari igihe abiyita abarokore bimena inda vraiment!!!!!!!Umubyeyi uvuga uko yikinisha imbere yabanaðĪðĪðĪðĪðĪ
Ntitukabure ubwenge babyeyi.
Hoshi nawe !
Gukira indwara kwiza nukuyirata
Ibyo mwihaye byo kujya muvuga byose nkabasaze ntizatinda kubona ko mwibeshye
Ntimukange ko bavuga ibwa mumabara yazo. Uyu mugore aravuga ukuli mubyamubayeho.iki bazo kilihe?
Mushaka gukuza uburyarya gusa ngo ni banga.
Wazize izo pass bagutangangamo mubyeyi mwiza iyo ureka bakiteretera uba ufite urugo rwiza gsa nimipango yimana ifite uko izakubeshaho be strong arko wavuze byinshi abana bawe nibareba iyi vedeo bazifata kumunwa
Be blesed wanda ; Imana izaguhoze amarira.
Iyi story inkoze ku mutima pe. Imana irahambaye! Wowe kora gusa witeze imbere, Ibindi Imana izabikora.
Imana ho mwijuru igukomezw ndumva waranyuze mubuzima nkubwange
Ubuhamya bwawe burababaje ariko bukubiyemo amasomo menshi ! Ni ukwihangana muvandimwe. Ntukihebe, hari n'igihe uzabona undi ugukunda nta buryarya. âĪð
Mana yanje wee urumu mama ukubahuka ukavuga ibintu nkivyo ufise abana ??ðĒðĒburya mubuhamya hariho ibintu bitavugwa
ibibazo biragwira kabsa nkubu abana buyu mu mama baba bunva bameze gute koko , ese nkibi arabivuga ngo bimare iki
Nyamara kubivuga nibyiza kuko muriwe arakize.ababuze abo babwira nibo bigorewe
Kuvuga nta kibazo kirimo.Ubuhamya bufasha abandi benshi.Nta mpamvu yo kumugaya rwose.Abana bazamenya ukuri kndi amateka y,umuntu nibwo buzima bwe.
â@@Rm-zo7roeeeh iyo ushaka gukira ubigenza nkuko?
Imana yarahabaye disi
Kubona warakuzeâĪ
Wanda mana we ihanga Maman mbega ubuzima gusa ihangane nguheruka muri APAER
Ubuhamya kubuvuga ni byiza ariko ncuti wakagiye wibuka ko urumubyeyi nijambo ry'lmana riravuga ngo mugire ubwenge haribyo utagakwiye kuvugira kuri camera pe
Yooo usa na first lady
Ariko uziko aribyo! Ukuyemo iminwa?
Uyu mugore ibi avuga ashobora Kuba abimaranye igihe kirekire ubu nibwo indwara irikugaragara iyi ni dÃĐpression si agakiza biteye isoni za burunduðĒðĒðĒ
Nukuri peee mbona hari ibintu bitaringobwa imbere ya camera ngaho Nukuri Reba umwana wawe azabona ibibintu pee ?? Sha murakabyapee
Uyu mubyeyi ukuntu yasebeje Satani, Yesu azamuhembe nukuri ð
Pole disi.
âĪoya nubwo yarumwana ariko yaramukunze nicyo cyatumye agenda nurukundo niko rutangira
Uyumubyeyi asa na Rebeka Umwari(Alice)
Nshuti zanjye mujye mugira indanga gaciro nyarwanda mudatukana! Iyo mutinyuka gutuka umunyamakuru;cg umwana utazi nu mufamile numwe,wowe warangiza ukajya kumutuka; sha abantu benshi bafite ibikomere !komera ;kuko ufite ibikomere rwose
Presi, urasetsa nawe, nukuri uwo mubyeyi Yara abate, Umwami Mana amwomore forever ðð
Ibyuvuze nibyoâĪarikwahubivugiue siho shuti ?Imana ,niduhubwenge ku misozi turihoð
Mujye mutanga comments nziza mudatukana kuko burya burimuntu wese agira igikomere cye pe !! Kndi niba wowe bitarakugeraho shimira imana ariko umenyeko hari. Abantu bafite igikomere cyurukundo naho jonalist we aba ari muri business! Pole sana 'isi niko iteye!
Kubaka urugo, si Ukujya muri paradizo , urugo rugirwa paradizo n'abantu 2, umugore n'umugabo.
Urugo rwubakwa no gucabugufi, kwihangana. Guhura n'ikigeregezo ntibivuga gusenya.
Uti nanga abagabo!!!!!!! Imana ni urukundo, kdi udakunda ntazi Imana , uyu mudamu nimwiza w'uburanga, arko nasuzume umwuka umurimo.
Ooh lmana izakurengera azokuvura ibikomere vyose
Imana izi byose butubaho, kdi ikomeze ku komora
Wonderfull
Imana ninziza ni papa wimfubyi.
âĪ
Imana ibandanye igukomereza mu vyayo.
Komera pe! Uri mwiza kdi Imana iracyagukunda
Uyumugore sumusazi sinumwana,azi ibyo arimo azi nibyo agambiriye kwatura amataka bifasha kubohoka ,nogukiribikomere.
Ayawe warayatuye nawe?
ðð
oooooh sebu rya ntiwarangije duherukana twiganaS5 yarafite ukuntu acecetse yaritondaga disi kuburyo no kwishuri bimwe abahungu baba bakunda nabakobwa kwishuri we wapi yabaga yibereyeaho.
Wonder, hari umupapa witwa Doc Rusa, uzamubaze niba ntacyo mupfana
asa nk madam Jeanette Kagame
Uzabona nundi mugabo w'umugisha
Uyu mugore Ari gutanga ubuhamya bufasha benshi,kd yagerageje gukoresha imvugo nziza abamunnyega nayobewe icyo mumunenga kabisa!!
Inama watanze zubahwee peðð
Yewe deja kubona atabasha kukurihira indege byari kugutera impungenge. Ariko wari akajiji disi.
Wihangane Yesu akubere imugabo
Agufashe urere abobana bazagutunga.
My goodness long life dear please always thank God ever
Nrago wakurikiye uwo yita maman nuwamureze wamukuye mu kigo cy'imfubyi
Ariko rero Irene;Plaisir uzamubwire uzakosore Interview zawe ; yamugoye ; hari ibibazo yagombaga kuba superficiel ;ðĒðĒkabisa; ariko yatumye ujya in deep mubintu bitari ngombwa;any way Imana ibahe imugisha kubwiki kiganiro ; wanda ; ndamukunze cyane.
Uyu mudam ni mwiza peeeew
Akakagbo kameze nka gahehesi urumva ukuntu kibarishwa
Iyaba Mwari muziko uwo mwuka wokinisha wonyine numudayimoni udashobora kukwemerera kubaka
Wabibwiwe niki ibyo?
Kdi yarabisize congo Brazzaville.
ððððððððððððâ@@Ob1021A
You are so beautiful and you have very nice smile âĪ
Ibyo bibaho cyane umuhungu akwizeza ibitangaza , wagerayo ukumirwa? Ugasigara utabaza Imana?!
Nice testimony âĪ
Ubuse ujya gutanga ubu buhamya watekereje uburozi uhaye abana baweeee....... Ndagaya abanyamakuru nabo batabyitondera........ Maman aha ntabwo warebye kure hashoboka (abana bawe urabahemukiye bazabaho bagendana ikinegu kd bizabagiraho ingaruka muburyo bumwe cy ubundi)
ððððð winsetsa lili ; urimva uri muri kumubwira utyo ??
Ariko ibyo nibiki muba muvuga, niki yavuze kidasanzwe, ubuhamya yatanze abo bireba ubwo birabafasha.
Isi ntabwo isakaye, mubishake mubyange nâabo bana muvuga nabo bahura nabyo.
Amaso yavuzemo yakuye muri urwo rugendo rwe, birashoboka ko hari abo byafasha.
Sukose bigira nkaho ntacyo bazi kandi nibo babi ðĪĢðĪĢðĪĢabo bana barusha nabanyina muba muvuga
Ni byiza ko wamenye Imana ukababarirwa.Imana ishimwe.
Izina ryiza cyane Kwanda bivuga kwaguka. Wanda bivuga waguka. Niho rwanda rituruka...
Urimwiza Kandi humura yesu arashoboye azakomorað
Urukundo ruragoye kurufatisha ariko nawe wizeye abantu cyane
Nawe byakubaho
Ishyano ryacitse umurizo nta banga rikibaho
Yooooo nawe sister iguhaze muribyose
Umunyamakuru rwose wakabije kuba deep
NimwizaâĪâĪâĪâĪâĪâĪ
Uri mwizaâĪïļ