Umugabo Umara amezi 3 tudakoze sex nkatangira kureba film za (p..)IBIBAZO/NTUYIREB udafite Imyaka 18
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 4 ก.พ. 2025
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp....
#Irene_0788208757 #Bohoka
Pasteur Désire cyane ndagukunda wishura inyishu zirimwo ubwenge bwinshi.
Mwakoze kuriki kiganiro cyiza cyumuryango muduhaye kandi kiri kudufasha lmana ibahe umugisha.
Imana ibahe umugisha iki kiganiro nikiza cyanee cyirimo inyigisho
Imana ibahezagire cngs
Pasor Bishop ndi kubakurikira from Belgium. Ndabakunze cyane ibyo mubwiye abakristo ko bagomba gukunda no gukora ibyo bagamba gukorera abagore babo 'vuba vuba'. Ni conseil nziza ku ma couples. Urakoze cyaneee.
Murakoze cyane muduhaye ikiganiro cyiza cyane
Muganiriye neza rwose👍
Murakoze mwebwe mwabajeje ibibazo lmana ibahe umugisha murakoze Babyeyi beza mwasubije ibibazo natwe twateze amatwi twize neza lmana iduhane umugisha ndabakunze
Twanyuzwe cyane gusa musubitse vuba muduhe part2
Iyo uwo mwashakanye akwimye umwanya wo kuganira byose biba byarangiye😭😭Mana Ongera utange ubwenge n’urukundo nyarwo mubashakanye!Satani aratumaze adusenyera ingo 🥹🥹
Birirwa mukazi bataha bakigira kuri social media ni agahinda 😢😢😢😢
Pastor Dezire afite ubwenge cyane
Ego vraiment aratekereza cane yarahezagiwe
Murakoze cyane
Ngewe uko mbyunva nuko mbibona umugore ashobora gutuma umugabo agira urukundo Kuko abagore ukunda gusanga hari imyitwarire itari myiza kubagababo kuko mumibanire habomo byinci kuko uko umuntu egenda atindana nundi hari byinci bigenda bivuka rimwe narimwe bikagorana bitewe naho muri gusa kwihangana kwatanga gutekereza neza bigatanga lgisubizo cyirambye kumpande zombi murakoze cyane
Ni urugi rwo ku muryango rwose Bishop😂😂😂😂Nta mugabo ukijijwe usaba umukozi wo murugo ko amukingurira urugi rwo mugitanda
Ahubwo njye mfite ikibazo ! Imana ivugako gusambana aricyaha ! ! Kandi umubiri ujya ubikenera wabishaka cg utabishaka !!Nkumuntu udafite umugabo !! Nkubwo abyitwaramo gute, kandi uri umu christo !! Utagomba gukora icyaha 😢!! Ubwo si ikijyerajyezo gikomeye koko
Kwr
Muduhe igice cya 2
So ikiganiro nicyiza p
Muzaduhe na Part 2
Iki kiganiro ni cyiza cyane
❤❤❤
Mana yanjye burya no mumibonano muzabitsina habamo imyuka mibiYesu wanjye turengere😢😢😢😢
Yego bibaho
Murakozekutugezaho ikikiganiro
Mbega ikiganiro kiryoshye
Ibaze, njye umugabo amaze 3 nakwidunda 😂😂,
Hhhhhhhhhhhhhhhhhhh
😂😂😂😂
Birababaje
Ababonako baduha part 2
Ibibazo babajije nanjye nabyibazaga reka nicare numvireho
Wavuze ko umugabo ninki ipasi umugore imbabura yamakara ahubwo ifuru niyo itinda
Inyigisho nxiza cane
Imukabeshye umugabo udashoboka uko wamwitwararikaho kose ntaskivamo . .ahubwo yazageraho akanabeshyera umugore ngo amusant inyuma .gusa akabi kamenyerwa nka cyeza ! Gusa abagore bajye bashaka akazi babe autonome mu rugo ntaguhora usaba
Ko hari numugore ukora akabizira se ubwo byo wabyitwaramo gute?
Gusa iyo hagati yabashakanye batagira ibiganiro hagati yabo
Ukosheje muri bose akihutira gusaba mugenzi we imbabazi.
Ubundi ibibazo mungo hose birahaba ahubwo bitandukanira uburyo babikemuramo
Wavuze neza isiha ni nyishi mungo
Nukuri iki kiganiro kiryoshye kurwego utabyumva
❤❤❤
Ariko numva munaniza abagore da
Abagabo ntibashaka kuganira nabagorr ubwose udashatse ikigufasha kugirango ukenere imibonano wabaho ute
Turaba kunda cyane
Bagabo mukunde ariko bagore muganduke abagore nabo nikibazo wakunda utaganduka
Nimubikorere vuba vuba 😅😅😅😅😅😅
Iyo ntawe ugushitura urishitura ntakundi byagenda
Kuki mudasubiza lbisubizo ngobirangire mugacamo kabiri
Ni hariya byarangiriye muvandimwe
Murakozecan
Iki nicyo mbakundira muzana ibiganiro Nifuzaga kumva kuko icyo kibazo nanjye nakigiraga mubitekerezo kuko na bitewe nincuti yasangije ubuhamya bwabo uburyo abayeho igihe akeneye umugabo aramubura umugabo yampara amezi 4 Ese ubwo naba aguca inyuma nonese ko tuziko abagabo bagira inda 2 iyo tubona niyo munsi yayo niba atagushaka ntiyaba akora bimwe nabonye umugore umwe yavuze hano yakoraga byo kwikinisha Ese umugani umugore cg umugabo urebye izo film akabatwa no kwikinisha wa mugira nama ki?
Kiriya subizo Pastor Desire yatanze nicyo 100/100 ,umugabo wariye, akaba aziko nejo bizaboneka akaruhuka, adafite sitrese ,atarwaye ntakindi gikurikiraho,indwara ikomeye ivurwa no kwa muganga ibuza umugabo kubawe n'inzoka, aha muhashinge agati,buri mezi atatu fata umuti niba uziko ugura nazo.
Ariko nkumuntu amara amazi 3 atabajije sex mugenziwe abaziko mugenziwe ameze gute????basha ibigeragezo kweli birihose no muburiri bigerayo????ubwicanyi burikwinshi kwel none amezi 3 nta sex kandi warasezeranye ubwo subwicanyi mukora mungo mutabizi????ariko arijewe ntiwonsinzirana kbx tworara nokora uburyobwose udasinzira
♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️🇧🇮