NASAMBANYE N’ABAGABO 10|| UMWE AVAHO UNDI AJYAHO🤭🥲|| SHITANI IRENZE IZINDI| Mariam Ni Isomo!
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 28 ก.ย. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Rose, ndagushimiye ikiganiro cyiza utugejejeho. Nifuje kukubwira ko nkunda ukuntu ubaza ibibazo ugusha ku ngingo, ukubaha abatumirwa bawe ukabaha kwisanzura. Ikindi nkunda ko utababaza ibibazo by'amatsiko ku buzima bwabo bwite cg ngo ubahatire kuvuga ibyo bo bifuza kugira ibanga.
Imana si umuntu ngo ibeshye, ibyo isezeranya byose irabisohoza. Ikora ibirenze ibyo dutekereza. Irakora, irahumuriza, ndi umuhamya wabyo. Imbaraga zayo zidukoreramo umutware bwayo buduhoraho. Warakoze kurohora uyu muvandimwe. Shimwa Mwami amamara 🙏🙏🙏
Ubu se ukora iki??? Ufite umugabo???lmana yarakoze kuguha agakiza Yesu numubyeyi 👏🏻👏🏻👏🏻👏🏻👏🏻❤
Kubimpfuvyi ukanyara nokuburiri biravuna nanje byambayeho ariko yesu yarantabaye
Ndakwibuka nakakazina twakwitaga chr😄😄💕💕 M k. G ----------sibyo chr nyagasani agumye akujyirireneza mama🙏🙏 ndagukumda💕💕💕
Imana ishimwe yoyagukuye ahakomeye nkawamugore wazaniwe
Yesu murusengero yasambanye
Tugusabiye gukomeza kubana n'a
Kristo Yesu.
Munjye mureka kuvuga izo nkuru kubera abana banyu mwa bagore mwe kubera konyuma yi myaka ni myaka kuko bitera anana ipfumwe ahoooo isi ya meze amenyo
Harya umuntu ashimiye Imana mumutima Imana ntiyabyakira?? Aho gutanga ubuhamya bwuko waryamanye nabagabo 10 ingunga imwe, ubuse umugabo ugutunze bimeze bite??????
Ariko Niba numvise neza , wamwana wa mbere byarangiye gute
NDAFASHIJWE PE. URAKOZE MUNYA RWANDAKAZI MARIYA. NDAKWIKUNDIYE. UWITEKA AZOKUGEZE KUREE,AZOGUSHITSEKO AMASEZERANO YOSEEEEE HALLELUAAAAA
Uwiteka ni karuhura. Kandi Imana iguhe imigisha kubwo guhamya ibyo yagukoreye.
Uyu mubyeyi nigishije umukobwa we mukuru kuri College. Imana ishimwe cyane pe.
Mana yanjye abasilamu ndabakunda Ariko izo nkoni 100 mana yanjye 😂😂😂😂😂😂😂😂twarwana Ntabwo zanshiriraho zose pee
Impore.Imana Ihabwe Icyubahiro nukuri.
Murakoz can
Une histoire qui ferait un très bon film éducatif. Un vrai film, pas un théâtre!
😊😊😊😊😊😊À
Imana ishimwe ko yagukuye kuri iyo ngoyi y'icyaha.
Murakoze cane. Imana Ihindura amateka pe.
Nanjye uzampe ,ndabona waryoshya ibintu
Be Serious
Amen 🙏 urakoze cyane ❤ amen 🙏
Imana ikugume hafi niyo nkuru amen
Rose tv choo
Naw wabaye nka Gasaro TV akina film??
Burya se murwanda tuzabona you tube idakina film ryari?
wow twahora tukwemera uduha ukuntu uteka imfungurwa!!
Rose uzobireke ivya film sibyiza
Nkunze ukuntu watanze I story yawe kabisa
Abantu baragunze ariko Imana yagukunze kurushaho
Sha imana yakugiriye neza njyewe sishyidikanya ndakuzi pe
Imana yakunyujije ahakomeye
Imana irahambaye ndabuze nicomvuga
Imana ninziza ibihe vyose
😮ntawuvuma iritararenga, uwimana yahaye ahambira abambuzi bamurebera, kandi ntawiheba agihumeka❤❤❤
Amena
Imana ishimwe
Amen ❤
Ubuhamya bwanyu buranyubatse pe imana ihab'icyubahiro.
Nyabuna uwagira numero yuyumubyeyiii yayimpa mugikariii murakozee
Ariko byo ninamwiza rwose
Nukuri Uwiteka arahambaye pe komera kd uhumure
Hahahaaaa.....!!! Nsetse gukubitwa inkoni ijana ukaba ukize ibyaha!!!!
Part 2 plse
Irakwiye rwose
Eeeeh ndiahimye, nongeye gutekereza ku Mana! Nongerewe ibyiringiro
Nukuri imana yarakurinze
Rose we ndagushimiye kubwikikiganiro cya Mariam ugaraje gukomera Kwinana yacu. Mana ubyumve ndagushimiye urimujuru.
Yoooo pole sana mukundwa, courage, Imana ikomeze ikwishimire kandi ikubere maso🙏🍓❤️
Imanayagukuyekure
Imanayagukuyekure
Ariko kwiyambura ubusa kuri yubi bimaze iki
🙏 Amen
Amena 🙏
Kubeshya
imananacyiyinanira
Ama ni amasomo. Uwashaka tel ye yayibona gute?
Usibye ko wari nagacucu disi warashukikagaaaa wari akana kagahwinini disi.....
Ariko Nyagasani REKA NUMVE inkuru yose gusa warakubititse mugore mwiza.
Hashimwe Yesu ugira neza wakurinze.
Gubwa neza Imana ikunezeze.
Murivugakoko
Komera mama ndakuzi ibyuvuga nukuri
Yesu numwami uganza imbaraga zabadayimoni
Ariko nk’ibi biganiro bifasha iki?
Ubwose wunguts iki?
Eeeeh wahuye nibibazo ihangane
Ndishimyep
😊
Amen pas de commentaire
😢por kabisa ntibyariboroshy ndagukomej imana ikwiteh
Mbega ihangane isi nimbi pe
Iyi reta yi ineoka ntakindi izageza ku banyarwanda uretse ubusambanyi
Uwiteka akomeze akunezeze
Abasirikare ba 5 bakuru burwana amateka
Sha ni hatari kabisa
Uko ntinya inkoni, iryo dini ko nciye nditinya! 🙈
Byari cyera ubu ntibikibaho!
Uyu mu maman yakoze Urugendo rukakaye ariko Imana ishimwe kuko yamukuye ahaga .Icyubahiro ni icyayo.
Nongeye kukwibuka kamuhoza mumasengesho
Turashaka igice cakabiri
Yewe iryodini narivamope inkoni ijana zose
YARABAYE PE AKIRI MUTO NABANTU BATUNGA ABANA BATO BAZI KO ARI NTAKIVURIRA BAJY BABITAHO,ARIKO NUKURI MWARI MUKWIYE KUGANIRIRA INYUMA YA CAMERA KUKO NAREBE EJO HAZAZA HABANA BE, IBAZE IYI NKURU KUBANA ABAKWE NABAKAZANA NABUZUKURU
Amateka yawe yarimabi
Nibarize umutumirwa, ngo abakobwa banyaye ku buriri bagiraamavangingo bya hatari! Nibyo?
Turasavye igice ca kabiri twumve Uno musi ingene abayeho
🔥1
Mmmmm my dear uko smart , number yako please
Arko satani weee uzashya pee
Lose nkundibiganiro byawe rwose ariko ibibiganiro bishyira ubuzima bwumuntu hanze bireke ,
Ariko ntimukqvuge ubusa uziko muteye iseseme ubuse uyu mubyeyi wibwirako ataba atanze ubuhamya mwarangizo mukavuga ubusa ngo ashimi lmana mumutima kubera nashimire nisi yose ibyumve rata urakoze ubugize neza kubivuga kujyirang ejo nejobund nabana bawe cg abana burwanda muri rusange bumveko biba bidakwiye byibuze bazamenye uko bazitwara
Peuh ugomba gushima lmana nisi yose ikabimenya nicyo narinshatse kuvuga
Ubonye ibyo urata disi
❤
Yeweeeee
Ahhhhhaaaaaa
Kwihangana bitera kunesha
Erega uwimana yahaye ahambira abambuzi Barbera,kandi ntawuvuma iritararenga.
Aaaaaamen
lmlld
HALLELUYAH🙏🏼🙌🏼
Ko.op
Oo😅😊
Oo😅😊
Pm
P
Pm
What 🙉That's gangbang damnnnn
Courage! Ubonye agashya usangiza isi
Ariko ibi bintu ubanza bigezweho,ababyeyi bimena inda,bafite n'abana koko?
Niho isi igeze nukumirwa
@@uwimanacathy5458 umutima unaniwe uraruhuka,utabikora,.....
Gusa wemeye ntah lmana iyokugeza
imana irakomeye
Imana ninziza, Yarakoze kweli. Ntagisa nagakiza weeeeeeeeeeee. Yesu weeeeeeeeeeee uraryoshye cyaneeeee. Imana izarushaho kugukomeza
Amen 🙏
Mwaduha numéro y’a maliam
mwiwe,jyewe simpakana ko ibi bitabayeho gusa muzakore ikindi kiganiro
ikindi jyewe binkoze kumutima ,ariko nibishoboka muzatubwire uko yaboneka tuzamufashe gacye uko dushobojwe
Uwiteka abohore abantu be
Indushyi ni nyinshi
Aratabara Yesu Kristo aragahezagirwa ubunaho wopfa wopfa wishimye Kandi uzobawaramaze kumaramariza satani ahigaragaje gusa Yesu yadukuyu kurepe🤭🤦🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Mbega idini weeeeee Islam ☪️... inkoni 100 koko ??? Birarenze
Ntuzacogore Imana yagucishije ahakomeye ariko ubwiza bwayo buri kuri wowe nkuko yabikubwiye icyubahiro cyayo kikuriho ntuzayirekure ubuzira herezo.
Imanishimwe ko wakijijwe
Imana iguhezagire mukobwa wa Yesu imbere niheza caaane Kandi harivyinshi Imana yakubikiye.
Mama nibyo Imana yacu ninyembaraga ineza yayo ikomeze kukomaho ufashije abantu benshi
Ninkuko mutamaramara none nkivyo nivyokuvuga mubantu
Witonda Kandi urara nabagabo 10kumunsi
Kutamenya yesu nukunyagwa buriwese namwifuriza kumumenya
Nubwambere numvise nyirasenge wumuntu mwiza ❤
Kabisa
Bibaho bose sibabi mama yishyuriye umwisengeneza we kaminuza kdi tutari abakire .
Ngo abagabo 10 umunsumw? ndumiwe!!
Imana yakugiriye neza komerezaho iyagukuye muburaua izaguha n'ubugingo. 1:58:47
Ntakure habaho lmanitagukura p.
Nibwo buhamya ndangije pe kuko sinkunda kureba video ndende