MU MARIRA😭UMUBYEYI ATUBWIYE UKO YAFASHWE KUNGUFU KU MYAKA 14😭UMUGABO AKAJYA AMUCA INYUMA AREBA MURUG
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 21 พ.ย. 2022
- Uyu Mubyeyi yafashwe ku Ngufu ari muto.. Aho yashatse afite imyaka 14 ubuzima bwe ni agahinda ariko atanze ubuhamya cyangwa Inkuru yubuzima bwe ( Inkuru yanjye) niko yayise ngo bifashe benshiiii nawe WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/Dv6tUgVsF8O...
#Irene_0788208757 #Bohoka
HARI COMMENTS ZABAMWE BAVUZE BAFITE UBUHAMYA NABO BIFUZA KUDUSANGIZA BWAFASHA ABANTU WATWANDIKIRA CG UGAHAMGARA KURI IYI NIMERO +250788208757 Irénée Ruhogo Dukorera I Nyanza ya Kicukiro
Mwompa numero yuyu muvyeyi
@@Clara26718 Nyandikira kuri WhatsApp mbone iyawe nyiguhe +250788208757
Yoooooo ihangane nukuri warababaye gusa ntekerezako ibyiza birimbere mama humura turagukunda kdi n'Imana iragukunda
Pole sana mama
Iyo uri muri Yesu uba ubaye icyaremwe Gishya, byose biba bibaye bishya. Igihe ni iki. Ntiwitotombere inzira wanyuzemo kuko iyo utazicamo abo bana batatu ntibari kubaho kandi Imana irabakunda niyo yaguhaye kubakomeraho. Ujye Uyishima ko yabaguhaye kandi Ikabarindana mwese. Witinda kubyakubayeho, ahubwo wite cyane kubizakubaho kugirango bizagusigire andi mashimwe. Ndagukunze cyanee kandi no mwijuru baragukunda
Ndababaye cyane ku bwawe Mubyeyi😭😭😭 Ihangane ni ukuri warakubititse! Nyagasani akomeze agutere imbaraga mu izina rya Yesu, Amen🙏🏾
Umugabo wawe yabonaga ntakizere yifiteho cyokunva kuzamubera umugore burundu kubera urimwiza cyane yabonaga utamukwiye.
Hanyuma ikindi ntagoyazifashisha wamugore wamugurishije kuriwa mugabo babyaranye uwomwana wanyuma akamumugezaho akamwereka uwomwana nawe akamenya se murakoze Amen
Uri mwiza mubyeyi. Komera kandi bibaho mu buzima. Imana Ikomore Kandi Izaguhe Iherezo Ryiza Mw'Izina Rya Yesu Kristo , Amen.
Kuguterura ufite 14 ans???!!!😭😭😭😭😭😭 Urangije urapfakara kuri iyo myaka! Mana weeee 😭😭😭 Yesu akomore mama!
Luka 1:80 nuko uwo mwana arakura akomeza kugwiza imbaraga zumutima.gwiza imbaraga zumutima bizakwambutsa ikiraro cyibikomeye.yesu aguhe umugisha kudusangiza ubuhamya.God bless you
Maman Ihangane uri mwiza cyanee kandi utangire wige guseka kuko byakubera kandi Uwiteka aragukunda natwe turagukunda
Imana uzayikomereho mubyeyi gusa ndababaye cyane humura uzabaho neza mwizina rya yesu.
Uri mwiza mama mbega ibyiso byiza,njye ndumva nakomeza nkakwirebera ,Imana ikomeze ikube hafi igusubirize amasezerano
Mana yajye nubwambere ndizwa nubuhamya!! Uyu mubyeyi yarababaye ariko Imana yacu ishimwe ko izi komora ibikore nibyitaragukorera izabikora ntizaguhana.
Yooo!!! Warababajwe Ariko Izinary'Imana Data watwese Imana ikube hafi cyane kandi uzanezerwa Niwizera Imana irakuzi kandi iragukunda cyaneee...
Imana izaguhoze amarira igukize agahinda uzave kuri iyi si byibura Imana iguhaye andi mateka nicyo ngusabiye
Ndasaba abanyamakuru baganiriza abantu cyane iyo batanga ubuhamya bage bategura amazi yo kunywa na p H. Kuko amarangamutima aba yicunda.
U're right
Ihangane sha, komera rwose, icyo wakoreshwe utagishaka ntikikakugire imbata y'icyaha, imana yarabigutsindishirije disi weeee
Iyi nkuru igaragaza neza ko Umugambi w'Imana kumuntu ukomeye kurusha ibibazo byose dushobora guhura babyo.
Pole sana Mama! Ukomere kuri Yesu! Imana ikwite ho pe. Inkuru yawe inteye agahunda. Abakonyine iyo badataha mu Rwanda ntibari gukira ubujiji.... Ukuntu uri mwiza disi. Ndababaye
Komera ushikame rwose mubyeyi warababajwe cyanee .Mana njyurenjyera aba Mama kuko barababazwa cyanee🤲🙏
Icyo Imana yavuze kubuzima bwawe izagisohoze rwose.
Ayiii Imana izaguhoze amarira yose warize icyo nagusaba ni ugukomera ku mana Imana nibonako kongra gushaka aringombwa izaguha urugo rwumugisha atarurubyutsa ibikomere wagize nakongera nkakubwira binabaye ngombwa wakwirera abana ibindi ukabivaho
Amateraniro y'abashakanye!!!! Imana irembere uyu mubyeyi n'abana yamuhaye.
Sha imana yibare kukurinda kandi komeza kwikomeza kuri yesu imana ikwishimire aguhe ikigukwiriye pe
Mama ihangane peeee imana igufashe kandi ikugirire neza igukomeza mubyeyi mwiza guterurwa sikintu peeee
Ndakumva ufite ishavu
Mpore mukobwa mwiza. Uri mwiza nka cyakwera, Uganda niho iwacu, uwo muco nubu uracyahari ariko uragenda ucika. Gusa wowe wazize gutomera uwo muhabo waguhunguye ntabwo yari mwiza. Gusa humura uri mwiza pee imana izaguha iherezo ryiza
Incwi mbega ibyiso byiza,she’s is sooo beautiful ❤
Mbabajwe n'uko ibyo byiso bigaragaramo agahinda gakomeye cyane😒😒😒😒
Ihangane uwiteka arahari gusa nange umugore yaransize dusa naho tujya gusangirw ubuzima .Ngewe anyemereye namushaks rwose
Mfite umwana umwe
Ndabaza ese uwo mwana wabyaranye numugande nubu nturamenya papa we ?
Aida Kyosomire, Imana igusane umutima kandi ikwubake mwizina rya Yesu Kristo. Iyi ni challenge ku babyeyi kugira ngo twubake abana bacu bose, abahungu n'abakobwa. Cyane cyane abakobwa kugira ngo bashobore kwigira no kwitunga kuruta uko babikyesha abandi.
Amen 🙌🙌🙌 Imana oguhe umigisha
Wamugabo 🤭🤭🤭🤭🤭we wumunyamakuru wagiye ushaka amazi koko ugaha abatumirwa? Urabona Uyu mubyeyi ukuntu afite agahinda yitsa, ntunamubwire ngwo yihangane Cyangwa komera Ubwo Wowe urimunyamakuru iki koko?
Ihangane mama mukobwa imana iracyakora kandi igufitiye ibyiza byishi mukuboko kwayo
Ibi byose ni ingaruka za Perode na Parmehutu bamenesheje abanyarwanda bakajya mu mahanga atandukanye bagahura nimico nkiyi bikaviramo agahunda gakabije.
Igihugu cyacu cyarabohowe nizamarere (RPA) ubu Aida azabaho neza ndetse nabana be. Komera turagukomeje.
Yesu ahuhe icyo umutima wawe ushake.
Ngoooo ,!!!!
Sha ndabizi cyane kuko niyongeso yarihari nange baribanteruye ndabacika Aho bantegeye Imana imbuza kuhaca impa indi nzira barategereza baraheba gusa nangaga abantu baterura cyane pee birababaza
🤣❤️❤️
Kandi ntiwiyizere nubwo urimwiza wizere yesu kuko niwe ukuraho umuvumo wose no karandezose uguhinduka uwumudendezo
Uwo mumama ibyo avuga nukuri turamukunda kandi ahumure ntari wenyine tumuri hafi kandi Imana ihinduye ubuzima bwe kuba bwiza ahumure
Humura muvandimwe! Nyuma y'ubuzima hari ubundi buzima,guterurwa biragatsindwa,gupfusha!
Humura mwijuru hari Imana nshuti yange gusa uwo Mugabo nawe siwe sinibwira umuntu ufite umutima wakimuntu cg muzima yakora bene ibyo gusa yari satani ariko humura haracyari ibyoringiro
Nukuri iyakoze biriya izakora nibindi!! Kristu umushumba mwiza akomeze abe muruhande rwawe bambe! Imana iragukunda cyaneee 💖💖 imvura yimigisha kuri wowe peuh!!!🙏🙏
Yoo lmana ibasha gukora ibiruta cyane ibyo twibwira nibyodutekereza nukuri kuba akiriho lmana izamushoboza nibyo adatekereza
Yewe mbuze icyo kuvuga . Imana igukomeze. Nkunze cyane ukuntu uwakubajije yaguhaye urubuga ukavuga ibyawe ataguca mw’ijambo kandi akifatanya n’amarangamutima yawe. Song mbere Bohoka tv
Aline Uwiteka aguhe umugisha rwose Ikindi turabashimira abumva nabareba BOHOKA
Pole sana Madame Imana ifite integuro yayo
Pore Mama! waragerageje kumyaka mike warufite! Ahubwo Imana iguhe Icyo uba ukora
Ooooh uri mwiza ntukababare mama Imana izakomore
Mpore mugore Mwiza.
Uwiteka n inkoni twishimikijeho
Komera
Sha waruwubaka nukuri wabuze umugabo
Yoooo,mama ihangane Imana irakuzi twese twabiciyemo
Chérie wanjye. Humura Imana irahari kandi izagutabare. Humura byose tubicamo kubwimpuhwe zimana
Ndakindi narenza kubyuvuze ahubwo kumushimira kuba yaremeye gutanga ubuzima bwe kubera abana be nukuri Uwiteka azakwibuke aguhoze amarira kd ikindi Imana izakurindire abana ntibazabeho cg ntibazanyure mubuzima wanyuzemo cg abana bagatuma bakubera ikbz gishobora kukwibutsa amateka mabi wanyuzemo Uwiteka agukomeze ibyo wavuze byose ntakinyoma kirimo kuko Ug narahabaye ndabizi benshi banyura muri ubwo buryo bwogushaka.
Ihangane pe ninshako zo muminsi yanyuma niko bimeze gusa ikinejeje nuko wakomeye kubana bawe.
ikindi nuko wamenye kristu ibyo birahagije
Nahubundi komerera muri kristu ubupfakazi ugapfusha umuntu yagukundaga nyuma ugasanga intare ntibyoroshye ndabyumva ariko kumenya Imana niko kunesha byose.
Iryo torero usengeramo ryakoze inshingano zaryo.Imana irihe umugisha mwinshi.
Waciye mu bikomeye ariko uhumure ko wamenye Imana ufite igishoro gikomeye.Hariho amatorero atita ku bibazo byabayoboke baryo.
Ugerageze gutuza mu Mana.
Wihe amahoro umuhange amaso kandi azagufasha.
Wite kuriryo jambo Imana yakubwiye ukomeze kuryizera.
You’re very beautiful my dear. Be strong and wait for the Lord. He will bless you in his time.
Komera mubyeyi mwiza Imana ikomeze kukwitaho Ikumare umubabaro wose iguhe guseka bivuye ku mutima.
Ariko mana nkabantu bababaza aba Maman kuki utabaduhanira Koko 😢😢😢😢😢 ni Benshi babayeho Gutya , Umugore mwiza gutya wababajwe kuva arumwana akababazwa nabagabo Batatu bose kandi yitonda Mbega Ishavu ufite Kumutima weeeee Twese twarababaye ariko Kubura Maman umuntu ari muto nibwo abatangiye uburushyi , Imana izakomore Agahinda Gusa warababaye Peeeeeee Ibaze Kuba witonda utavuga utiyandarika ariko ukabyarana nabagabo Batatu bose bakubabaje ,
Mujy mujya kubeshya inka nyabugogo nta muntu numwe wafatwa kungufu angana gutya nawe yarabishakaga
Umugore mwiza gutya... ese ubwo uwo wakwishimira ko ahura niki kibazo ntibigukore ku mutima ni usa ate?
@@alexisbyishimo9714 what’s wrong with you ? Iyo ubishaka nta gahinda bigutera iyajya kuba yarabishatse ntaba agifise agahinda kugeza ubu umwana w imyaka 14 Ntaba aramenya ico ashaka nico adashaka And may God protect little girls around you cause you sound like a pedophile. Respectfully
Mubyeyi Imana yomwinjuru ikomez ibane nawe ibintu wanyuzemo biteye agahinda gakomey gusa muri byose shima ko wakomej kunamba ku Mana Imana izaguhe Umugabo ugukunz kand utazongera kukubabaza muzasazane mumahoro
Ihangane Mman ntajoro ridacha. Iyabivuze izabisohoza. Mubyo wavuze haribisa nibyo nanyuzemo.
Mana ibibera mungo 😭😭 pole sst wacu abana bawe bazakubera umugisha.
impore impore pe birababaje cyane gusa imana iriho kdi irakora ikakurindira mubibazo kugirango uzirerere abana bakure kdi ukundishe imana umutima wawe wose
Touching emotional story 😭😭😭
Mbega 🤔. Nakumiro: Uwo mugabo waguhunguye yari Umugome.!Yari igisimba numushinyaguzi. Iyo nshoreke ye nawe yari umugore wumugome! Yari umugore w’inkunguzi.
Aida kindly be strong...komera kd wihangane wikomeze mu mwami Yesu Kristo nk'umwana w'Imana...waciye mu muriro ntabwo wahiye..
N'ukuri ubu buhamya burakomeye peee! . Imana ikomeze ikurinde, irinde n'abana bawe bose.
Hari igihe umuntu ahura n'ibyago bikurikirana ukibaza impamvu pe! Agahinda gusa.
Abantu iyo bibashobeye batangira gushakiriza mu byo twita inyatsi, za karande...Ariko se ni byo? Ibi kuki Imana ireka biba ku bantu bamwe?
She is so beautiful
Warahuritse, uwomugabo yarafite ubujiji bwinshi nubugome. Imana igukomereze kwihangana kandi iguhindurire amateka
Ababyeyi bawe n abo muva inda imwe.Ndabagaye cyaneeeee.
Uwashaka yasenga pe Reba ukuntu Ari miss kbsa ndumiwe
Be strong Mama, Imana irakuzi 🙏🙏🙏
Warakozekutiterabana mama imanizagumba🙏🙏👏
Be strong Mama kd humura harubuzima kd Imana igukomereze kwizera🙏🙌
Pole sana mamawe.ihangane rwose.kuba mugihugu cabandi niko bimera.akarengane kaba kenshi cyane rimwe narimwe ukagirango none Imana yakuyeho abantu amaboko.ariko humura Imana iracagufiteho umugambi mwiza.abobana Imana irabazi simpanuka
Niyompamvu ntamugabo wankinaho ukwashaka. Impore mama nuko harikera yibaye arubu ngumuvunire muheto. Nkuwo namwokesha mazi shyushye nkerekeza mageregere
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Vuga uti " ukishorera 😂😂😂😂😂
Umuhunze se uwo mutima wokotsa uzururuke
Manawe komera mubyeyi ubuhamya nkubu buzabunanira kuranguza kubera bunyimutsa byishyi🙏🙏🙏 komera
Jouera courage Yesu niwe mutabazi ifeza n'izahabu biri mu maboko y'Uwiteka
Ihangane mama bizashira Imana irakuzi
Uwampa kuzabona ubukwe bw'uyu mubyeyi❤ni mwiza disi kdi aratuje😊
Pole shaaa , uyu mugore yahuye n'akaga tuuuu, uyu mudamu usa gutya yababarijwe iki kweri? uko ni ukuri kuzima ibi yarabikorewe koko? pole kbsa, uwo mugabo aracyabaho se cg yarapfuye?
Gusa uri Mwiza pe, humura Uwawe arahari.
yoo pole kbs nukuri pe imana ikorohereze knd ukomeze wihangane
Yewe utangira ikiganiro nabanje kukugirira impuhwe ko wari waragowe,ariko urangije,bigaragarako ushobora kuba watubeshye ahubwo ko icyari kikuzanye ari ukwishakira umugabo!!!Abo kuri ino mihanda bo barahari rwose.
Gutese
Ubanza uri mushiki wicyo gikoko cyikigabo kuko nawe uvuganye ubwenge buke.
Be strong maman hari Imana yomora ibikomere humura kd nibyiza kwemerwa n'Imana kurusha kwemerwa n'abantu
Humura mama. Imana irakuzi kdi iragukunda nange nagukunze.
African Beauty, ihangane uri Mwiza pe from Burundi
Umuco wo guterura ni mubi cyane niwo waguteye uburushyi
Your covered with the blood of Jesus.
Humura kuva ufite ijambo ryavuye kuri nyirijambo byose bizamera neza uzahozwa amarira kandi uzahazwa kunezerwa birenze uko ubyumva
Gutegereza Imana nizombaraga zacyu.
Komera mama. Wanyuze mubikomeye cyane ariko Imana irikumwwe nawe. Izakomeza kukurengera . Komeza uharanire kuyigira ubuhungiro bwawe. Itorero ryawe bakoze icyo Imana ibasaba. Haranira kubaho nabana bawe
Nukuri warakubititse😭😭 ariko komera lmana iracyagufiteho umugambi wayo 🙏🙏🙏🙏nukuri ihangane komera
Ihangane imana yaraguhishe rwose
Ndababaye nukuri Imana ishoboye vyose ntakiyinanira irokugirira neza warababaye peee Imana ikomore ivyo bikomere
Very sorry mukobwa mwiza! Umuntu avuka nkabandi satani akamwibasira, ariko iyo umuntu agihumeka Imana ijya ihindura amateka
Amen
Ivyo ubikurahe? Ngo umugore atabarwa n’umugabo? Umugore arashoboye sha ntakeneye umugabo kugira atabarwe
Ni Bibiliya ibivuga
Urimwizacane imana izaguha umugabo ugukwiye
Imana igufashe kabisa gusa warababaye disi be strong God knows you
Umugabo ukubita umugore aba afite dayimoni yo kurwana gusa yaraguhemukiye cyane kuburyo yagukozaga nisoni akuzaniraho abandi bagore. Imana izamubaza Kandi nogufata kungufu azabihanirwa
Mana niwowe wakomora ibikomere by aba Mama, nge biba bindenze
Yesu azaguhanagura Amarira mubyeyi mwiza
Imana yagize neza humura ibyifuzo byawe igihe kizagera igusubize kuko isubiriza igihe.
Ikiganiro ni sawa ariko umunyamakuru ntuzi kubaza nagato, reka kwikitiza gusaaa!
Hope Shyiraho umuyoboro wawe uzamutumire umubaze umurushe umunyamakuru.. Abantu turi indashima
nonese ikiganiro cyaba cyiza ubaza atabigizemo uruhare Hahahah uraskeje 😂😂
Njyewe ko ntabyo numva se ahubwo aduhaye umwanya tumva umutumigwa
Yewee mbega ubuhamya wagize kwihangana cyane warahuritse komera birababaje😭 gusa kuba ukiriho nicyogishoro imana igukomeze izaguhoza amarira n'a we wishime🙏
Yoooooo mbega agahinda disi wahuye nako !!gusa imana izi byose
Harigitekerezo naripfite kubawazanjya uba urigukoresha umuntu cyangwa se kuba urikumwe numuntu urikuvuga ubuhamya cg ikibwiriza unjyewigora umushakire icyokunywa kd ndabinabyo Imana izabiguhera umugisha kd urakoze cyn kbs
Warakoze kumwabgira ntabumuntu yakugiriye yakwiciye ubuzima imana irakuzi
Komera imibereho yawe irababaje waciye mubuzima bubi kandi uri umwana komera ubwo ugihumeka uriho Imana izakunezeza umunsi washyingiye wabonye abazukuru uzabaho neza uri namwiza komera cyane
Komera mubyeyi.nukwihangana lmana niyo igena ejo humuntu hazaza. Ariko ndagira nkwibarize: Ese ko yaje kumenya gusenga ubuse Hoba haritorero abarizwamo?