Icyo mbona Doctor ararengana cyane Ntabwo wabona umwana wawe ari kunigwa nu mugozi ngo ujye gushaka phone yo guhamagara ubanza kumuvana mu mugozi Kandi nku muganga aba azi icyo yakoresha kindi atari kumushyira mu mugozi. Hari ababiri inyuma bashaka guhemukira Doctor gusa Imana izagaragaza ukuri
Suko se nanjye rwose nziko umuntu nka Dr aba afite uburyo bwinshi yakwicamo umwana ntihagire nurabukwa so ntiyari kwiyandurisha kuniga umwana w'imyaka 8! Ibibintu bizasobanuke pe birakabije najye ndakeka ko se w'umwana ashobora kuba abyihishe inyuma!
Maman Urwagasabo turagukunda Cyane none rero uzongere utwibukirize HE ya migabane shingiro yacu yo Muri Banki Populaire Nkuko Yari yabikwemereye mu gîhe cyo Kwiyamamaza.Tugusabiye Umugisha Endereya
Ibyo byo ni normal kuko nawe yari umudivorce nta gitangaje kuba barihuje hubwo Imana imurenganure kuko wamugani nka Dr ntiyakoresha buriya buryo yica umuntu abaye ari uwabikora
@@didiamusoni9549 uzakore ubushakashatsi Kuba yarataye umugore we nuko hari ibittaragendaga neza Abantu se ntibatana! Dr ashatse kwica koko umwana abyaye yamuniga?
Hari amabara abera imbwa ntabwo Dr.yakora ikosa ryo kuniga umwana yareze n'abandi umuhuri numva yemeye gutunga .Ahabwe ubutabera arekurwe keretse basanze hari ikibazo yagiranye na nyina na se w'umwana mu minsi nki 2 ibanziriza urupfu rwe.Hari abavoma hafi da!byose byitabweho
Icyo mbona Doctor ararengana cyane
Ntabwo wabona umwana wawe ari kunigwa nu mugozi ngo ujye gushaka phone yo guhamagara ubanza kumuvana mu mugozi
Kandi nku muganga aba azi icyo yakoresha kindi atari kumushyira mu mugozi. Hari ababiri inyuma bashaka guhemukira Doctor gusa Imana izagaragaza ukuri
Dr yarahemutse cyane kubona ata umugorewe nabanabe ba 3 ngontibaberanye yaramufashije nokwiga akamutango ntibaberanye 😢😢😢😢 sha amarira yabana numugorewe azamukurikirana paka!!! Kdi buriya Imana ijyihana guhemuka sibyiza !!! Bagabo muhemukira abagore banyu mugatera abana banyu agahinda mukajyakurera ababandi ngongaho mukeneye abagore bagezweho muzajyamubona ingaruka bidatinze kuko Imana yacu ntizaceceka!!! Ikindi kdi rwose numuriro wuwiteka urabategereje. Bagabo mwigireho guhemuka sibyiza rwose kdi murabikunda 😮😮
Ooooh mbese yataye abana be?😢😢😢😢😢😢
Ntawamenya impamvu kuko mungo habera byinshi icyikindi ntiyabataye kuko abishyurira ishuri nibindi byose bigomba umubyeyi😊
Oyaaaaa kuba yaramukozeho atabanje gutekereza ibyo ni uko yari umwana we!!!
Ntabwo Ari uko yabaye Umuswa!
Ni urukundo n'igishyika cya kibyeye
Uyu Nyirakuru niwe wateye umwana umujinya ajya kwimanika!Umusaza Pascal ashobora kuba arengana
Nange disi niko ndi kubyibaza
Sha wowe umwana wawe nawe wabanza kumutabara mbere yogutekereza RIB
Sha Docteur ntiyakora ikosa ryo kwica uyu mwana pe
Ukuri kuzamenyekana ,ariko Doctor ndatekereza yari afite uburyo bwinshi yakoresha umwana agapfa bitabaye ngombwa ko amuniga.
Papawe mwenyewe ahubwo ndikumucyeka
Urikigoryi kbs uziko utekereza nkinjiji ubwoc urumva yakwiyicira umwana ngo bimufashe iki??@@johnneretsabagabo570
@@johnneretsabagabo570 nanjye pe!
Yaba yarababajwe ninshuti ye yashatse umugore waruwe, babayeho neza! Bazarebe neza ibya se
Nanjye kabisa@@johnneretsabagabo570
Suko se nanjye rwose nziko umuntu nka Dr aba afite uburyo bwinshi yakwicamo umwana ntihagire nurabukwa so ntiyari kwiyandurisha kuniga umwana w'imyaka 8! Ibibintu bizasobanuke pe birakabije najye ndakeka ko se w'umwana ashobora kuba abyihishe inyuma!
Nanjye sinahamagara RIB ntaratabara umwana niyo yaba atari uwanjye.
Ukurikije uko baburanye Dr ararengana ntakuntu umuntu yakwica umwana ungana gutya mubanu buzuye urugo ntanikindi kerekana ko yaba yararkoze icyaha ahubwo bagendeye kumarangamutima kuko bumva ko atari we se wumwana,icyo sicyo bagenderaho cyane ko nta bindi bibazo baribafitanye kandi abantu twese ntitwarezwe n'ababyeyi batubyaye.
Ubundi se umuntu wumu doctor yashatse kwica umwana yarenda kumushyira kumugozi koko
DR ararengana rwose najye nakiruka jya kureba niba akiri muzima ibyo byoguhamagara sinabitekereza
Yegora
Esubwo doctor iyo ashaka kumwica ABA yarakoresheje uburyo butagaragarira amaso nukuri mushishoze pe
I'm sorry for this msg
Apologize 🙏
Ubu nabwo iyo adatabara/atareba niba hakirimo akuka bari kuba bamubaza impamvu atatabaye,kandi iyo adatabara ni bwo byari bube bimuhama cyane kuko ntiyari kubasha gusobananura impamvu yaba yarahise yiyumvisha ko umwana yapfuye ataramugeraho.
Yewe ! Imana koko yagaragaje ukuri koko! Uyu muryango urababaje pe!
Maman Urwagasabo turagukunda Cyane none rero uzongere utwibukirize HE ya migabane shingiro yacu yo Muri Banki Populaire Nkuko Yari yabikwemereye mu gîhe cyo Kwiyamamaza.Tugusabiye Umugisha Endereya
Sha muri njye ndumva uyu mugabo ari umwemere pe! Imana itabare ntihagire uharenganira
Kimwe nanjye
Rwose yaba yarazize gushakq uwabyaye abagabo nkaba nibakeya
Huuumm guta abana bawe, ugashaka ufite abana byitwa nguki harya?@@jo-mx5fj
Uyu mugabo ni umwere pe
Ibyo byo ni normal kuko nawe yari umudivorce nta gitangaje kuba barihuje hubwo Imana imurenganure kuko wamugani nka Dr ntiyakoresha buriya buryo yica umuntu abaye ari uwabikora
Dr araremgana cyane rwose.gusa iperereza rigomba gukurikirana umunu bamufunze.😢bazabikemura neza ndabizi
Ese ubwo nka Doctor ntiyari kumutera agashinge aryamye, doctor ararengana
Kubawarataye umugore wawe nabana hama hamwe ibyurikunyuramo nibihano byimana
Aywiwee nukuri Dr ararengana rwose imana imutabare
Mureke lmana ikore
Ese ko byabereye hanze atari mu nzu kuki hatarebwa amashusho ya satellite
yego ra!! Abantu bari murugo ni benshi nabo babazwe
Ubundi murukiko hari uburyo bagukubita ukemera icyaha ntacyo wakoze kuburyo wanarengana ubwo rero mutazatungurwa no kumva yemeye icyaha ntacyo abiziho😂😂
Ahubwo bazacunge neza uwo mukozi wasabaga akazi ko gukora muri jardin
ariko ubwo uretse ko agahwa kari ku wundi gahandurika,umubyeyi ni umubyeyi ibya muganga biza nyuma!!!!!!!!!!!!!iby' ibimenyetso nabyo wabyibuka nyuma, buri wese nk' umubyeyi kwihutira kumukoraho nibyo byaza mbere😢😢😢😢😢😢simbabeshye nicyo nanjye nakora ibindi ubwo byankoraho nyine.
kandi nabwo buriya udatabaye/utabanje kureba niba hakirimo akuka,ugahita uhamagara RIB ntiwabicika kuko umushinjacyaha yakubaza impamvu wahise wiyumvisha ko umwana yapfuye utaramugeraho.Washinjwa ko wari uzi ko yapfuye,bigasobanura ko ufite uruhare mw'iyicwa rye.
he is very innocent /he can't do anything like that / GOD will make away where it seems no way
Uyu mugabo arerengana pe ahubwo ubukubaganyi bwabana benshi bubaviramo ibibazo cyane kuvunika rero niba umwana ashobora gukubagana kugera kurwego rwokuvunika nogupfa birashoboka rwose rero uyu mugabo numwere
Satani iyo yinjiiye aba yinjiye Dr yakwica ayatakwica ntabwo ari mwiza namba. Guta abana numugore birahagije kumutera umwaku nibamufunge nubundi nuwo gutesha umutwe ntacyo yamarira igihugu ata abana yari ashinzwe bazabanze bihane basabe imbabazi abo bari barashakanye
Arikose kuki doctor ariwe wabajijwe wenyine kuki abobandi batabikora ,cyangwa nuko atari papawe
Na njye ndumva uyu mugabo wanyina wambere abifitemo uruhare
Magiye mureka guhubuka
Pascal ararengana pe
Bazapime DNR niba ari papa we byabaha indi logic yibyabaye
Ariko wowe urumva DNA ikenewe koko? Ni step father birazwi
Nyamara nabyo byarebwaho kuko se wuwo mwana ngo yajyaga akeka ko uriya mwana ari uwa Dr
Nkurikije iyinkuru mbona Dr afite abamugendaho ishyari
Nsabye Imana ngo itange ubutabera bukwiye,Dr.niba atarabikoze afungurwe kuko umuntu w'umuganga kandi umubyeyi umumaranye imyaka 4 yose ,ntabwo yamwica ,ahubwo niba umwana atarinize ngo arigana film nkuko vabivuze(nyirakuru),yishwe nuwo muzamu bahuriye ku marembo,amubonye amwisabisha akazi kugirango atamukeka,ashobora kuba yaragiye iwabo muruko kumusohora ,umuzamu bavuzeko bari baturanye,agakubagana undi akamutera icyo kintu inyuma y'ugutwi,noneho akamuzana akamuzirika ngo bagirengo yiyahuye?
Ibyo uvuze birashoboka pe
Birashoboka p
Cyaneeeee
Uwo muzamu ndi kumucyeka peee nawe afatwe
Ariko murasetsa koko umwana wumuntu nikintu gikomeye umukoraho c sumukoraho 😮😢
Imana izashyire ukuri ahabona
Munyaneza umuzamu wo mubaturanyi nawe azakorweho iperereza. Ko yahuye na Nyirurugo asohoka, harundi muntu wamubonye akiri mu rugo?
Ndabona umwana ahubwo yarishwe numuntu wari uzi ko uwo muryango ufitanye amakimbirane numugabo yatwaye umugore we. Bakore investigation neza rwose uyu mwana abone ubutabera rwose. Ahubwo uwo muntu waje kumusaba akazi nawe bamufate afitemo ukuboko mu iyicwa ryumwana rwose
Nthiyagira umutima wokutamukoraho kuko yaraziko arimuzima rwose simuzi ariko ndumva arengana pe ariwe ntiyari kumukoraho.imana imufashe niba arengana.
DR ARARENGANA
Sha Umubyeyi we ibyabaye kuri Dr byamubaho nawe
Umuntu wese utekereza neza ntiyamuzizako yatabaye
Ese kuki ariwe bashinja Kandi harabandi bantu wenda Nundi wabikoze
Byonyine kubona umwana wapfuye byatuma agira traumatisme,uwo mugabo ni umwere.
Hari abana bakubagana cyane
Aha baramubeshyera
Kuko iyo ajya ushaka kumwica yari kumuhanda umutima cg akamutera urus hinge rwingusho
Sha ibyo mwavuga byose namaranga mutima ya muntu ariko ese muganga wataye urugorwe agasenya urwamugenzi we warinshuti yamwizeraga agata impinja yabyaye ntazigirire impuhwe kucyi mwakumva ko yakunda abana bu mugabo yasenyeye abe yibyariye atazi uko babayeho mwitonde Imana niyo izu kuri kwa byose
Ibyo ntibigira umuntu umwicanyi ariko
Dr ntibyakunda abana ba mucyeba atakunze urugo rwe nabana numugore bashakanye mbere. Cyane ko ali numugambanyi nurugo winshuti ye yasenyeye ntampuhwe abafitiye nabe ntiyabakundaga kuba yaramwiciye umwana murugo rwe akarusenya ntagitangaza ubugome azabusazana ntanamahoro azagira nalimwe
Ariko mutekereza ko muganga yakwica umwana kuriya.kuki se atashyira na kanini mubyo kurya cg kunywa byuwo mwana.ntago Ari Dr
Yabishyiramo ariko nabwo kwa muganga byagaràgara icyaamwishe
Ikindi niba umuntu yarasize abe bwite ,ntimutekerezeko abuyu mugore Aribo yarebera izuba, wenda nsimuhamije icyaha ariko nawe nununyamabara, nta Docteur wokubaho ubuzima nkubwo bwo guta urugo, akagerekaho nigusenya urwabandi@@uwishemalosine4252
@@didiamusoni9549 uzakore ubushakashatsi
Kuba yarataye umugore we nuko hari ibittaragendaga neza
Abantu se ntibatana! Dr ashatse kwica koko umwana abyaye yamuniga?
Ibyobyo abana bacu ibyo babona muri film zabo biteye ubwoba. Birirwa babyigana. Umuhungu wajye abashaka kuguruka nkuko abona muri film bigenda. Muhozaho ijisho kuko asigaye agira udushya twishi
😂😂😂😂😂😂😂kuguruka
Ibyuvuzenukuri,harabonderaa,ibyobabona murifilm,usanga,nabonabyikora. Ndacungacyane,cyanepe
😂😂😂😂😂
Nushake ube ushaka abunganizi mumategeko
@uwamariyagrac😂😂😂😂e794
Mama wuyu mwana yabanyanye na docter afite abana babiri Ganza na mushiki we,bafite papa wabo Utari docter.gusa Imana izagaragaze ukuri Kuko izi byose.
Yesu amutabare kuko ari mumubabaro
❤❤❤❤ scovia turagukunda cyane
Bibaye aruko bimeze gutabara byaba bigiye kuba ikibazo, gsa ntiyarikubura gutabara umwana kabone niyo yaba atari uwe nk'umubyeyi ntiyabura kugira igishyika. Gsa Imana izagaragaze ukuri kdi abamucira imanza ngo yataye umugore nta we ibyo bitabaho gsa ubushinjacyaha buzasesengure neza ahari uwo mugabo kaba ari akagambane bamugiriye
Abana bose barakubagana ariko ntibiyahura
❤ uri intwari pee
Ubundi uru rugo ndumva runarimo udushya twinshi, nawe se umugore arashenye ashakanye nundi mugabo, ajyanye abana buwambere, ageretsrho na nyina, nyin nawe azana ngo akandi kana ahaaaaaa harahagazwe da
😂😂😂😂
Dr numwere pe😢azize amaherere p😢gusa iyi dossier ntago igomba kuburamo Roon umugabo wa ambere
Nge nakeka umugore wuyu mugabo wambere nahandi ariko uyu mugabo ararengana cy babaze abakozi be bomurugo wenda barabatumye 😢😢 biragoye kuba umugabo yakwica umwanawe
Barebe ko ntakintu yamanukiyeho akikubitaho igitambaro kimujunguje
Nyamara ururugo rwaragambaniwe pe ngo rusenyuke
Narabivuze ko uyu mugabo arenganga!hari icyo bari kwirengagiza abo mu rugo se bo bari bicaranye na Ganza muri salon??
Aywiwee nukuri Dr ararengana rwose imana imutabare 13:23
Ibyimiryango mujye mubireka ni amayobera niba ari step father it is a big issue, yabikora cg akagambanirwa kubera imitungo
Icyokintu cyamukubise umugozi umaze kumuniga arimo gusamba garidefo yamukubita kubera arimo gusambagurika arwana numutima
Ariko kweri koko habuze nuwakumva umwana ataka murabo bantu bari buzuye urugo
Uwo muzamu seeee???????
Kubanga mubagore uva kurumwe ujya kuwundi biguteye umwaku nyine
Nukur turi inshuti zanyu ibiganiro bya mama urwagasabo tubatubitegereje cyane
Ubuse koko wasanga umwana urera asambagurika cyangwa apfa koko ugahita ujya guhamagara abanyarwanda rwose tugire ubwenge kandi buri hafi.
Icyogikomere cyaturitse mugusamba kugirago arokorubuzimabwe nawamwishe yariyishe
Bazabaze abakozi neza niba yaramurebaga neza mubuzima busanzwe
Yoooooo nzi umwana wiyahuye disi Ari kwihana ibyo abona muri filme arapfa kdi nawe yarafite imyaka 8
Ndunva tv ari ukuzigurisha murugo rurimo abana bato
Akaga kabaho mwabagabo mwe.Gusa uyu muzamu azakorweho iperereza
Samu urakoze peeee komerezaho urumunyamakuru mwiza
Ese haba harabayeho kugambanira uyumugabo imitungo ikaba yasigarana iyo miryango?ese nigute nyokobukwe yaba iwawe ndetse nabana babiri wahatanye nuko nyuma umwana ndabona yaba igitambo nyiribana bagasigara bayiryogamo
Have have imiryango nyarwanda usanga ababyeyi baba mu go z abana babo kandi bikaba n umugisha iyo mufite n abana bato.
Uwomuntu waje gukora muri Jardin nawe akurikiranwe
Harimo akagambane gakomeye Imana niyo izi ukuri?
oo
Umuganga akeney kwica umuntu ntiyoja murivyo
Imana izagatagaze ukuri
Uyu mwana yasokonye umujinya wuko nyirakuru amubujuje gukubagana
Bashobora kuba baramwishe nyuma bakamumanika ariko ndumva atari uwo mugabo rwose wamwishe
Nukuri ararengana pe yari gusha nubundi buryo akoresha atarubwo kumuntu babana
🎉
Uwiteka yakabyara wenyine
Arengere uyu muganga kuko mumuhamagaro wabo ndavuga abaganga ikiza mbere n'ubutabazi bw'ibanze nokureba ko yafasha uwarupfuye kugaruka akabona ubuzima, abafite munshingano ubutabera babikorane ubushishozi Dr. Atazirako yaragerageje kurebako haricyo yafasha umwana nubwo yagize ibyago agasanga byarangiye, kandi akomere Imana izabana nawe ishoboze n'abafite munshingano ubutabera kubona ukuri.
Hari amabara abera imbwa ntabwo Dr.yakora ikosa ryo kuniga umwana yareze n'abandi umuhuri numva yemeye gutunga .Ahabwe ubutabera arekurwe keretse basanze hari ikibazo yagiranye na nyina na se w'umwana mu minsi nki 2 ibanziriza urupfu rwe.Hari abavoma hafi da!byose byitabweho
Muganga ntiyamwica kuko azi neza ko bamupima
Nyirakuru yateye umwana umujinya arimanika
Mwaramutse tugomba kujya dutabara nubwo tubizira ikikintu cyo kudatabara kimaze kuba icyibazo bituma harabahaburira ubuzima ngo bitankoraho? Nubwo umwana yakubagana gute ntiwakwiyicira umwana, gusa dicunge abana cyane firime ziradukoraho D r ,bekumusonga
Twirengagi
Ukuri kubaye abana barakubagana urukiko ruzabirebeho
Shananjyesinabishoborap nugihitankata igishumikabisa ibindibikazanyuma
Docteur ararenganape! Ntabwo yabamaranye imyaka 4 ngo amwice ubu
Ikintu kibabaje nuko murukiko hakora ibimenyetso hadakora ukuri😢
Ibyo kuvuga ngo muganga yakoze amakosa se harubwo yarazi ko yapfuye neza neza?
Sukose
Bazamuhate igiti anafungwe burundu kuko uriya mwana ntiyakwiyahura
Pascal numwere ibyo bintu ntawabyibuka umuntu aba yataye umutwe mumwumve nukuri mwibuke ko ari Dr yagombaga gutanga unutabazi bwibanze
Ashobora kuba yaragize igihunga cyinshi agashaka kumuha ubufasha bw'ibanze
Ariko usibye ibiganza why mutareba umuntu warebanye bwantuma nuwo mwana koko.ntamboni se yasanganywe ?
Yegora nabyo bazabirebe rwose hatagira uharenganira
Nkumubyeyi wasanga umuntu wawe anagana ngo ugiye gutabaza mbere yuko nawe umwitabarira?
Suko se
Yewe nange binyobere peee ,,, amategeko uko ntibyakunda
Ariko igitangaje nukuntu basigaranye Dr gusa 😢,hapfuye umwana ngirango abaraho bose barikurara babazwa pe
Ndetse nuwo muzamu yarikuba ari muri prison akurikiranwa.ndetse na se w umwana wahoraga ataka ngo bamuhe abana be kuko yarafitiye umpungenge . Se ubyara uyu mwana nawe bamurebe pe bamubaze ataba ariwe wohereje uzica uwo mwana 😢.
@@solangeingabire4522 tubibona kimwe...se wumwana ashobora kugira uburakari. Banutwaye umugore
Nabana!
Amaraso aravuga uwamwishe azagaragara.wabeshya abacamanza ariko ntiwabeshyimana.izabigaragaza yarabibonye
Nkumubyeyi ubonye umwana we uri mukaga , ntabwo yareka kumukoraho rwose pe!
Ariko tuvugishe ukuri, wabona umwana wawe mu mugozi ukamureka ngo utegereje abantu ngo batagukekaho icyaha? En plus uri muganga?
Ariko se koko ubonye umuntu wawe/umwana anagana wamureka ukarindira igihe izo nzego zizazira kandi wenda ahari umuntu agihumeka??? Cg wagerageza kumutabara/kumuramira??? Igihe bazazira ntibasanga yanogotse???
Ndumva Docteur arengana
Cyane pe
Ariko se wa mugani umwana wumva areze imyaka ine,en plus umwana wa 8ans bapfaga iki kweli!!?
Ubutabera niburenganure uyu mugano rwose!!
Inama nziza yadufasha kutazagira ibibazo nk' ibya Dr buri wese agire camera iwe.
Ni amayobera matindi samu we😂😂😂ariko gababya ifunguro 😢😅
Dr ararengana njye yambereye umuyobozi nta bugome tumuziho
kuba umwana hari ikintu yakubiswe hafi y' amatwi nicyo gituma bakeka ko umwana yishwe bakamumanika nyuma. barebe niba yarirumye inzara mw' ijosi.
Bajye kuri MTN barebye ajwi yose yabantu bavuze Ku bakekwaho icyaha