Asalam aleikum ww, Ramla pole kabisa gusa hamwe no gusenga Allah azaguhemba ibyishimo birenze uko ubitekereza kuko ndumva ibyakugwiririye ntaruhare wabigizemo gusa ninkimpanuka , Ihangane Allah azibyose kd ashobora byose. Wowe tumika swaala Kisha utapata baraka za Allah
Saben please uzamugarure. Let her tell us more about her marriage. Birababaje sana kubona umuntu ashakana numuntu utashobora kuhamubera ibintu bikomeye.
Gereza is the second home for everyone anytime uwariwe wese yakwisangaye so umuntu ufunzwe cg ufunguwe ni umuntu kandi akwiye kubahwa,gukundwa no kubaho neza kabandi bose
NUMERO YA RAMLA: +250 788 210 310
ĺ
Assalam alaikum wa rahmatu llahi wa barakaatuh
Asalamu alaikum ww ma chérie
Amakuru yiminsi Ramla we
Sha pole sana kabisa gusa icyangombwa nkwifurije Inallah maswabirina 👏
ÇM mxjj iixixxick m mm m mm💐😅😭😅
Ababona ko ajya gusa nka Tonzi, mumpe like nanjye numve uko ziryoha😂
ndaziguhaye zose chr
@@siffahhassan6977 yego chr mwizaaa, merci
Uzikureba kbc
My sister,igifite agaciro si uko abantu bagufata ahubwo ni uko wowe wifata kd icyizere kingenzi ni wowe ubwawe ubanza kukiha abandi bakaza nyuma.wowe shikama uri kurugamba kd iyo uhaye umwanzi wawe icyuho arakurangiza ubuzima bukarangira,rero shikama urwane kd uzatsinda nanjye igihe wari I Mageragere narindiyo ndakuzi kd nabonye uri sociable ntacyakunanira hamwe n'Imana.
Sabe uraho neza cyane rwose uwomumama ntakihebe kuko byose ni lmana❤
Uyu mudamu urets no kuba ari mwiza inyuma biragaragara ko ari na mwiza imbere kuko agaragaza ikigero cy'ubwenge bwinshi. Gusa ubuzima arimo burambabaje cyane ndumva anteye agahinda ndasaba Imana ko yamugirira impuhwe ikamusubiza umunezero agashaka agahirwa akibagirwa ibibi yanyuzemo.
Yooo humura imana izagushumbusha
Imana ikunda abihanganye, humura ubuzima bugoye tubunyuramo ,ariko uwiteka niwe mutabazi , humura uzasubira
mubuzima bwiza.
She is so wise 👌I can see ❤️ uri mwiza kd uri umuhanga ibyo wanyuzemo ntibiguce intege komera
Courage Ramla wacu ibyiza biri imbere kubera Imana🙏 we love ❤
Asalam aleikum ww,
Ramla pole kabisa gusa hamwe no gusenga Allah azaguhemba ibyishimo birenze uko ubitekereza kuko ndumva ibyakugwiririye ntaruhare wabigizemo gusa ninkimpanuka ,
Ihangane Allah azibyose kd ashobora byose. Wowe tumika swaala Kisha utapata baraka za Allah
Nyagasani nagushumbushe umugabo ! Uri mwiza , uri umunyabwenge! Jugement z,abantu nibazireke gufungwa buri wese byamubaho turi mu isi! ❤
Sha komera RAMURA ubushake bw'Imana bube kuri wowe!! Niyo izi intambwe dutera, nanjye narababajwe ntagira uwo ndirira nubwo ntafunzwe, ariko Gereza yabaye iwanjye munzu mfunzwe n'umugabo nishakiye!! Ariko ubuzima burakomeza, kuko mu ijuru hari Imana itabara!! Baho wongere ubeho shenge! Gira umutima ukomeye, kandi Imana ikwishimire mubyeyi mwiza 🙏🙏🙏
Imana igutabare ikigisibo kibe igisubizo kuri wowe kdi rwose abafite ubumuntu turagufasha gusaba Allah aguhindurire ubuzima bube bwiza🤲🤲
Ariturije disi, courage Allah yumve gusaba kwawe
Ndamwikundiye disii ❤ umwe wese afite ukwo vyamukendekey mubuzima😭
❤
🇲🇫
Love you
😂😂😂😂😂😂 ati noneho ngewe hakubiseho nagereza, ihangane mama
❤❤
Subwo koko abakurebera muriyondererwamo, bo amafuti bakora bihishe angana iki 😳Konabo bagongana nitegeko 🤷🏼♀️ courage Mama iyubake abo bacantege Imana yonyine niyo izabitaho !!!😊
Ndakumva cyane ramula ariko ndumva nyuma yiki kiganiro ubuzima bugiye kuba bwiza humura ugiye kwishima .nzishima umunsi nzabona ugarutse ushima lmana
Impore !!❤ Impore ❤ impore ❤ komera. Ndagukunda cyaneeee Nukuri pe!!!
Uri mwiza humura uzabona umugabo mwiza kdi ugukunda❤
Ancwiii she's so beautiful giseka neza peee
You’re right, she’s so pretty
Aslam alaykum wallahmatullah wabarakatuh Allah abanine nawe worohereze umutima wawe kandi wumve ko ntaco Allah atakore umuntu re
Uri namwiza Imanizoguhozamarira kko yoyo ntirengana,uranashusha na Maman Nabily
Humura mama icyangombwa nubuzim iyo ugihumeka byose birashoboka iya kuremye irakureb iyubakem icyizere ubiture Imana iratwumva kandi radukunda
Assalam aleykum warahmatullah wabarakatuh dada.Humura Uwiteka Azobikora bizogenda neza inshaallah.
What a beautiful woman!!!!! Uzamubona p kandi mubigaragara uratuje, ufite ubumuntu, uri mwiza, kandi ufite n'amasomo menshi y' ubuzima
Wow,nuwiwacu disi kiramuruzi ahaganahe?komera mama ntarirarenga your tomorrow is better than today 🥰
Imana ibahe umugisha 💕
Oooh nkunze ijambo yagarutse ho kenshi "Amahitamo!" y' ubawe!
Asalam alaykum warahmatullahi wabarakatuh
Inallaha maswabilina Allah arakubona imbere niheza
Ramadhan karim
Nitwa Farida nimvuga irindizina aramenya nitwa mujedi chou yooooo pole sana
Humura uzabona umugabo mwiza cane , agukunda aguha agaciro kawe. Stay blessed 🙏
Ubwo buzima ndabuzi narabuciyemo ndakumva cane ma sœur ndakumva gusa jewe nafunzwe umwana yarakuze yarafise 20 ans
Ntukihebe bucya bwitwa ejo, ubuzima bwawe Imana ibuzi kuva utaravuka.
Uyu mu mama ni Mwiza Disi nzokwisurira kandi uzishima disi!
Usshaka kujya kwirira agatunda mwana
@@aberthbob Uragirango tutazagonganirayo se?
Abakuvuyeho bo sabawe ntubatindeho ahubwo uhite wumvako bagukundaga kko haricyo bagushakagaho noneho rero mwana wamama iyejyereze Imana yawe abantu ubareke niwojyera kuzamuk abazigarura nawe umenye uko nawe uzabafata Allah arikumwe nabihanganye humura
Doudou mwana wiwacu komera cyaneee kdi courage nyagasani murikumwe!
Sabin nukuri uy'umudamu uretse yahuye nibyago ariko ninamwiza
Imana imuhe 1 umugabo
Witonda umukunda kko
Nawe ashobora kubaka
Urugo rugakomere
N.B: Sabin plz wamuhuje
Na Tucara kabendera
Bakaganira kko sinzi
Impamvu byiyumvamo
Murakoze
Sha naje namukunda nimwiza pe nuko amafaranga nfite ndabona atoncikaa🥰🥰🇧🇮
Ukuntu uri mwiza mama.humura uwawe uzaza Kandi akwemere
Ikintu dufise n icizere n igihe Ivyo iyo ubitakaje biragoy Kugira ubigarure ariko naho warababaye , warakomeye wigakubana n ibibazo humura Muvyeyi Imana iraharii Kandi ndizeye Kuva uyumusi kugiye kubona impinduka y ubuzima bwawe humura haracari ivyizigiro.
Urimwiza 💯💯💯
Saben please uzamugarure. Let her tell us more about her marriage. Birababaje sana kubona umuntu ashakana numuntu utashobora kuhamubera ibintu bikomeye.
This woman is so intelligent kbs! Kndi uyu ndumv nubutunzi bwa society ahubw nuko abeshi batabizi.
Iturize urimwiza uzabona undi rwose ❤❤❤
Uyu mu mama yarakubititse umutima we warababaye cyane! Aho kumushyiraho amagambo akomeretsa mureke twifatanye tugire icyo tumumarira! Tumuremere rwose buri wese icyo afite asubire mu buzima busanzwe!
Uzikwaribwo ndangije ikiganiro nari nahagaritse gusa arisekera pe amahirwe aracyahari pe ntukice intege pe vuba cyane uramubona
Mama wihangane kandi humura. Umuntu arakwanga ariko Imana ifite icyo igupangira cyiza. Soyez forte. Soyez courageuse. Mungu yupo.
Humura muvyeyi Imana irakuzi ukiri urusoro munda ya maman wawe kandi nubu uko ubayeho irakuzi none iraje ibihindure.Kwa Sabin uraje uhabonere umuryango nzi neza ko uzogaruka ushima Imana.
Nubwambere sab atumiye umuntu w'ubwenge kwi simbi lmana ikube hafi chr urimwizaa mfurakaziii❤️❤️
Urakabije p😂 hari nabandi bari intelligent baza hano ...but Yes she is intelligent too😂
Gufungwa c'est normal ntawutafungwa burya pe mushiki wacu bamuhe amahoro rwose
Humura wizere Imana izagutabara kandi irakuzi uyizere igisubizo kirahari 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Olaaaaaaaaraaaaa ndababaye cyane nukuri ariko ndakwihanganishije humura Mwana wanjye nkunda cyaneeee yooo ndababayeeeee!!!
C'est une belle femme très intelligente
Yego shahu, humura dufite Imana Ishobora byose....
Orara umu mama mwiza wahuritse pe
Ihangane imbere niheza
Icyambere nuko nyagasani yakurinze pe
Allah amukomeze kandi umugabo azamubona tu uyumwaka utararangira
Komera Imana igufashe kd inkomeze kukubera inshuti pe.
She’s a sweetheart honestly may allah bless you with a man
Buriya se n’abayisilamu ko nzi ko bafashanya ubwo wabura umusilamu ukumara agahinda?Umudame mwiza cyane gutyo koko,uzababona Ahubwo uba warababonye iyo wenda uba utatoranya bishingiye ku myemerere.Kuko uko nzi,nta musilamukazi ushaka utari umusilamu,kandi wowe ndabona urimo ndani cyane.
Ntarumva byinshi wa mu mama we!1.uri mwiza
2.gereza tuvuyemo ni university
Icyufuzo:icyampa ukamenha YESU KRISTO 🎉
RAMLA komera ukomeze Allah azi byose byawe
Ihangane Mama, ndumva haribyo duhuje nubwo njye ndi umugabo, gusa imbere niheza noneho kuva wageze ku isimbi, biraza gucamo. Nta bihe bidahinduka
Komera wa ntwari we : hayo yote yatapita na kila kitu kitakuwa sawa. Everything will be alright believe me !
Yooo!!!😔Humura Mama Allah akorohereze.
Komera nshuti y’Imana!humura kd abantu niyo bagutera ibuye ariko Imana yo ntikureka.gutandukana muri société yiwacu ni ikibazo kd kitirirwa umudamu ariko ndaguhumuriza ko byose Imana ibasha kubihindura.sinafunzwe ariko naratandukanye nyuma ndongera ndashaka so ububabare ufite ndabwumva.kd ndagusabira ngo igukomeze kd iguhindurire ayo mateka.Gusa ntugakangwe namagambo yabo,komeza ubuzima kd Imana nimara kuguha agaciro bazizana.
Courage lmana ikube hafi.
Insha'Allah ubwo buzima urimwo buzoshira🤲🤲🤲🇧🇮
Oooooh ndamwibutse disiiii igihe Sabin asura gereza ya Mageragere niwe watozaga aba miss bo muri gereza
Turabakurikira cyane mubiganiro mukorana n,abantu batandukanye.
Uwo mubyeyi Ramla ubuhamya atanga burubaka.
Niba mwaduha number ze byadufasha tukazaganira nawe.
Murakoze cyane twizeyeko muzaziduha.
Nkunze ukuntu avuga atuje, courage.
MAN SHA ALLAH TABA RAKA LAAH
Turazinye kuva cyera nimfura
Btfl, intelligent, humble so so so nice woman. Trust me my sister ibyawe Imana ibirimo cyane kdi biraje bikemuke.Gumana n‘ Imana.
Isimbi tv ❤️🥰♥️
Imana izomuguha kuko vyose biri mubiganza vyayo...👏 Yizeere urushe gukora ibiyihimbara nayo izoguha ivyo wumva bidashoboka
Mushiki wacu Ramla humura kndi komera, sinkumbwira nk'umunyamadini,ndakubwira nk'intumwa y'UWITEKA: hindurira ubuzima bwawe muri Kristu YESU, uyoborwe n'UMWUKAWERA(Yh14,16) wahawe ababatijwe mw'IZINA rya YESU ngo abahoze,abarengere kandi abasubize,maze nawe uzarengerwe.
Sha yabaye umugabo gito kubera nawene yojayo yarikukwakira hama nyamusi akakwereka urukundo kubura uwukwakira uryamusi birababaje
Wamumama ntuzabyicuze kuba wara divorce jyereza yakubereye ikiraro rwose biveho uwo ntiyaruwawe buriya uwawe arahari kbs😪😪mwihorere rekana nawe
😊
Ariko ni uko abantu bigize abacamanza ba bagenzi babo,uyu mubyeyi biragaragara ko atari icyihebe .ndabona ari umudamu mwiza rwose .Gusa aravugana agahinda kenshi.
Imana ikugirire neza rwose ikumare agahinda.
Pole sana mama utarahabaye ntiyabimenya.gusa komera
Kuba waratandukanye numugabo ibyo siwowe wambere sinawe wanyuma bibayeho murimacye si inenge
Kuba warafunzwe umuntu we se yakwisangamo ntakidasanzwe kirimo .
Ikindi kubyo kuba wabona undi mugabo Rwose ntacyoroshye nkibyo nta nkweto itagiriyayo ntanigiti kitagira inyoni ikigwamo.
Njye burya narinziko umukobwa yifuza kurongorwa igihe hari umugabo umukunda cyane cyangwa abagabo benshi barikumwirukaho bumva bamukeneye cyane badashobora kubaho batarikumwe agafata icyemezo co gutoranya murabo bagabo uwabona nawe akunze muri abo bamupfiriye bakajya kwibanira akaramata yaba atabonetse akituriza akibera ingaragu
Waje gusanga bimeze gute se
Ariko mana we😮 ndamukunze uno mudam birabonekako afite indangagaciro z,umugore 100% uzabona umugabo pe ntuwihebe Allah niwe mukuru
Humura Uwiteka aza gukorera Byishi cyane bisumba uko ubyifuza.
Allah be with you 🙏 ♥️ fo all time
Allah abane nawe
Poleni bls ibyiza birimbere imana niyo nkuru
WOOOOOOOOOOOOOOOOF. MAN SHA ALLAH
Arababaje disi❤️courage
Icyo namubwira cyambere Impore komeranukuri ibyiza birimbere
Mukomere👏
Uyu mudam ni mwiza kbsa
Ihangane RAMLA nyuma yibigeragezo, harubuzima.
Gereza iraryana mana
Dudu pole sana kbs bibaho bikarangira ugatangira ubuzima bushya
Shima Imana harimpamvu yatumye ujyagereza isamzwe yagirango igukure murigereza yurugo 😂 kdi rwose Imana ikurinyuma humura .mukomeze musengere abihambiriyemungo,kubwubushobozibuke bwokujya munkiko : munadusabira leta kororoshya ibijyanye nagatana. Bitabayibyo benshi barazigwamo
So sorry my sister❤
Pole Ramla
Ariko nimwiza pe🥰🥰👌
Nyagasani akurengere pe
Gereza is the second home for everyone anytime uwariwe wese yakwisangaye so umuntu ufunzwe cg ufunguwe ni umuntu kandi akwiye kubahwa,gukundwa no kubaho neza kabandi bose
RAMLA nukuri nojyeye kukubona imana ishimwe gusa nzakuvugisha