NAKOREYE DIVORCE MURI GEREZAðĨēU MUGABO TWARI TUMARANYE IMYAKA 9ðĨē|Ramla YANYUZE MU BIKOMEYE
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 30 āļ.āļĒ. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Ushaka kuvugana na Ramla 0788210310
Dude disi yambi chouchou
â@@urujenimireille8637ðŪðŪðŪ65?ðŪ6ðŪ
54:43
Arasa nka Tonzi uyu mu mama
Imfura z'abakobwa tumenyane ððð
âĨïļâĨïļ
Nange ndi imfura
Imana ikunda abagabo pe! Abagore bafite inda yo kubabyarira, agatuza ko kubonkereza, umutima wo kubihanganiraâĶ Imana izashyiremo inyoroshyo ku munsi wâurubanza ððŧ
Rose dufashe uzambare iribaya nigitenge turebe peð ð ð ð ð ð ð
Ryamubera
Azaberwa cyaneee
Mwakoze ikiganiro cyiza Cyane.Jye ndacyubstse aliko mwavuze ibintu by,ubwenge Cyane nabigiyeho byinshi Cyane.Mwakozeð
rose ndagukunda cyane uriyubaha cyane ntuzazane ba kayusi wowe na scovia na pendo muriyubaha cyane
Dudu uvuze ukuri 101% ntegereje divorce maze 5 narasize umugabo gusaaa nfite umwan 1 narazinutswee narabishyeeee
Muri Africa abagore batinya divorce bakizirika mungo atarukuhakunda Ari za society zacu zikwita ayandi mazina nagasuzuguro,ubukene kuba beshi ntamirimo ngobatuge abana kuko ibihugu vyateyimbere muravana kandi umugabo agategekwa ivyakwiye guha abana ntakumwingiga aritegeko.
nibyope turatinyangobataduseka kandi tubatugeramiwe sha
Imfura tumenyane shineâĪ
Urugo uko narutekerezaga si ko narusanze kbx ukuntu utangira mukundanye mana tabara ingo peeeee uhe nicyo gukora abagore
Ntago Imana yaguha icyo gukora. Yavuze ko izaha umugisha imirimo y'intoki zanyu. Bivuzeko wowe ubwawe ukwiye kwishakamo imbaraga ugahitamo icyo gukora ugakorana umwete ubundi umugisha ukagukurikira mubyo watangiye.
@@kayfellyyego rwose ibyo gukora niwowe ubundi Imana ikaguha umugisha ariko watangiye
Dudu ihangane disi,wigirira umutima mwiza Uzi no kubana Imana igushumbushe,Mere wawe ndamwibuka yagiraga umutima mwiza nawe
Mubyeyi ihangane. Najye narwanye intabara yokurugumamo ngeraho ndanirwa jyewe natinyaga nurakumva induru.murugo akantubita nkabisha nkuriwe inda.yendakuvuga yewe icyumuntu atinya nicyo abona wihangane rwose ubu najye bampaye akato ark umuntu niwe umenyibye gusa ugatuza ntisobanure
Abagore benshi turi ubuhamya bugenda munzira komera muvandimwe.
Ngo uri mwiza ð abanyarwanda baciye umugani uti ubwiza bwumu kobwa nti bimubuza kuruha
Ndakumva cyane mugore mwiza..Divorce nyita "urupfu rw''abazima"
Gusa nge nenga abantu baza hano nkubu Koko icyatumye usenya ngo ni nzoga wap aha simbyunva pe gusa muba mwishyira hanze ubu nkubu uwo mwana wanyu nakura agasoba nukirwa ntaza kugaya
Mugabo umenye ko kwirukana umugore ari icyaha. Aba yaraje iwawe ari umukobwa ukamusohora yarahinduye status. Bibiliya ivuga ko uba umuhaye satani... bivugako azagira ibishuko bitanduknye kandi byose bizajya ku mutwe wawe. Icyaha cyose azakora niwowe biba ku mutwe
Ariko koko tube duca bugufi kuko ivyiza tubayemwo ni igihe,urabona ukuntu atuje ,mwiza ariko urugo rukamusharira?Kandi ibisare vyabagore ugasanga biroroshe iwabo,MANA wokworora uwu muvyeyi ukamuha umusore wawe wateguye neza âĪ
Biterwa nu muntu hano iburayi uraruhuka ibyo byose ntibihaba iyo utanye uraruhuka iyo miruho
Rose ndagukunda crÃĒne.urazi umwuga wawe peee
Ä°mana yo Itanga umunezero Izakunezezeð
Disi nange byananiye kwihangana
uzi kugirango ubeho ukubitwa utukwa ucyurirwa ntiwigere ugira amahoro mu rugo rwawe . Ikosa ntiribeko wakubiswe ahubwo rikaba reaction wagize nyuma y'uko ukubiswe !! Uzi kugirango umugabo asambane ikosa ntiribeko yasambanye ahubwo ribe iry uko wamwinjiriye mubuzima bwe bwite!! Hashimwe Imana itanga urubyaro bamwe iyo tutagira abana ngo dutekerezeko nituba tudahari ntawundi uzabitaho tuba twariyambuye ubuzima
Pore sana
Ibi twarabyakiriye kdi Uwiteka ashimwe
Wimvugira ibintuðĒðĒðĒ
Ihangane mamanðĒImana izagushumbushe disi!kandi humura ejo ni heza turagukundaâĪâĪâĪ
Rose we uyu mu maman ni mwiza kweri kandi agaragara nkuwitonda
Allah akworohereze muvyeyi
Sha isi yarahinduts abantu barahinduka divorce nukuyakira nyen ntabundi buhinga ðĪĶââïļpÃīle Sana maman baho ubuzima bwawe umuntu yiberaho shaðð
ariko agahinda k'abagabo batawe, ba divorcing cg amaranga mutima umenya ntawe uyamenya!
Kubera abagabo badakunda nkabagore ntibakomereka cyane iyo bahemukiwe. Nuko turemwe
Oooh nimwiza koko,ijwi ryiza ryoroshye kuryumva
Rose dufashe uzambare iribaya nigitenge turebe peð ð ð ð ð ð ð
Uganira neza gusa ibyuvuze nukuri Ariko Jye Izoga ze rwose narabyemeye ntakundi Kuko mwese mubwira abakizirimo kwihangana kubuzima mubamo nyuma yo gutandukana bugoye kurusha ubwo murugo
Ndagukunda cyane Ramla mwizaaa usa neza cyane kd humura Allah azagushumbusha insha'Allah.
Yoooo,dudu nyumayurushako ubuzima burakomeza
Aliko Rose Sha uti ukuntu nzaba meze.Uzaba uberewe, igitenge ni umwenda mwiza w,abamama Kibera Buri wese.
Eeeeeeeh Ramla we ni uko nyine akarya isi n'abayirimo ðĪðĪðĪABAGABO WE HUUUUUM!!!!Ramla we wabivuze ukuri byose pe!!! Hari ibyo umuntu yihaganira n'ibitihanganirwa pe!!! Ikintu cya mbere ni ukwitekerezaho!!!
Rose ndagukundaâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪ
Love and family always need God first and now days ladies think having divorce is the source of life through having good life in the ghetto but Aman will still be man in the women's life so pliz ladies / sisters try to obedient and royal to the family
Asalamwaleykumu Warahmatullah Wabarakatu naam Alhamdulillah, kwakweli ALLAH akutuwezeshe INSHAALLAH.
Urukoze Rose ikganiro kiza
Ihangane Ramla cherie Imana igudashe
Rose reka ngusane ikintu ntimukabaze imyaka anantu murababangamira kyaneko ntanampanvu yimyaka rwose pe murakoze
I feel u mama, urugo ruragoye peðĒ
True
Uzadushakishirize amakuru yumukobwa witwaga jeretrude waririmbye indirimbo yitwa mon peyis natal
12:33
Inpole mama njye ndikukunva cyane shengekomera rwose
Mpise nkukunda Wifi, Komera Allah arikumwe nawe
Sha yarabaye Kandi yagize ubwenge Imana yamuhaye butyo asubiza nokuvuga make
Disi uyu mubyeyi aratuje
Ariko disi Rose numwana mwiza. Ndifuza kuzakuhona nindamuka naje m'Rwanda
Yoooo ndakuramukije bazina naje nitwa dudu mvuka ibutare mugabo mba muburundi aho bita ibujumbura komera cane ndagukunze
For sure the story was so emotional but divorce is not good and l think she deserves a second chance coz now she can make it to the top
Yego shahu ndumva ibyawe ninkibyanjyeðĒ
Nawe warafunzwe se
Urimwiza , urigitangaza icyo nicyo gituma mutandukana . Ubgiza bgu mugore ni mico myiza no kwichisha bugufi ukubaha umugabo.
Muze muguma ku kirindiro bagore beza.Muzi ico mwemeye imbere y'Imana.
Ubwose nibyo ra! Hhh umugabo we ntaba yarabisezeranye se ye
Ikibazo cyamatsiko ese yabonye umukunda koyavuze ko ntamugabo wamwemera
Mbega ibigerageze bikomeye wanyuzemo humura Imana izagusubiza ibyiza ubyibagirwe
Yooo ndamwibutse disi aririmba muri gereza atoza abamodo âĪâĪâĪ
Ni mwiza disiii...
Afite inkuru ijya gusa niyanjye.
Nawe warFubzwe se
Komera sha
Muvandi komera uba umeze nkikibaho mwishuri buri wese yandikaho icyo ashaka andikishaho ibara ashaka uka kabona pe ariko wamugani bisaba kwiyemeza ugakomera
Nje numva icankura murugo arinkoni ndazitinya kuko ntakwishe wanyica .ariko ibindi nakureka ukazerera naniwe nkagenda.
Ntaguzi umugabo ucyurirana HHhH murugo ntacyoroha
â@@UrwibutsoSandrine-lj6bqbireke Sha ninjye ubizi
Numuntu utaguha agaciro birababaza cyane ðĒðĒ
Umugore utangaje avuze ubuhamwe bwo Ku divorce ariko ntayakwirakwiza icamubayeho. Ariyubaha nu mugore koko ndabikunze
Ihanganecyanemubyeyi
Ngumuntu yagutunga arikontiyakubeshaho
Imana niyo itubeshejeho
Umuntumwahuye amenyoyuzuyemukanwa ntampanvuyokukubuza umunezero
Wanyemerera ukampuza nawe konamwikundiye gusanyene yihanane kwisi Niko bimera
Numeros ye iri muri comments ahabanza
Manshallah uriyubaha Allah azamuguha
Nguheruka kwa Sabin utarabona icyo gukora Imana ishimwe ubwo wabonye icyo gukora nanone bbyâĪâĪâĪ
Rose njendamwunva ntabwabantubosebihanganiribibazo kimwe Mugishakisha bibaribyiza Ariko abenshiukoimitungo yiyongela habibibazo mungo
Komera courage Jesus loves you âĪïļ âĨïļ
Ukuntu uyu mubyeyi yiturije n ibyo biri kunjomba ku mutima.Gukunda umuntu ntagukundire birababaza.
Imana igukomeze cyane.
Utaranigwa agaramye agora NGO ijuru riri hafi
Asa na Tonzi birenze
Cyane pe, nanjye nabibonye
Pole sana njyewe inama natanga kumugore nibahangane bakora cyane kandi bikunde cyane baturize mubana babo murakoze
Ndakunva mu byeyi gutandukana ntabwo byoroshye
Ariko kuki abantu mwitako Ari beza Bose baba barananiwe kubaka,nukuri abashoboye bazakore ubushakashatsi,gusa pore mama ubuzima burakomeza
Ndagusuhuje cyane bazina twicaranye kuntebe y'ishuri
Izo nkweto flat rwose turazishaka
Yooo uganira nkumunyabwenge shenge .
pole sana mubyeyi mwiza uduhayi namanziza kandi ihanganeâĪ
Uyu mu mama ni mwiza, Imana imuragiye kbx, gusa mwa mpuza nawe
Mwaduhaye nomeroze wangu tukazamuvugisha
Nibyo umugore wese udafite umugabo buri wese amufatuko yumva burya umugabo utarwana yakwihanganirwa akaba agakingirizo kibyuririzi gusa
Ntago urugo rubi abarurimo bihanganye ahubwo bagenda bivugisha baba barapfuye bahagaze .
Wagirango uranzi mn KennyðĒuziko harubwo mbandi kwivugisha kubera utubazo turaho Sha cg nkakora ikintu amasaha namasaha ntazi ibyondimo!Imana iturengere pe
Yewe Mama wewe ruri hose peeee
Abagore benshi bagendana agahinda
Ihangane mama imbere yawe ni heza gusa komeza usenge
Ndakumva mugore mwiza ubwo buzima burasharira
Rose turagushimiye kubwuwo mutumirwa
Ndagukunda cyane ramla
I kiramuruzi ni wacu sha turibyuki abantu tuhavuka kdi sorry kunkuru yakubayeho
Rose disi yarize byahatari nuko yiyumanganya ariko yarizee peee
Yooo uwo mugore twariganye
Pole mama suko these urashako rugenda neza,Gusa nyuma yabyo ubuzima burakomeza rwana intambara yejo hazaza kandi amahoro mumutima ntakiguzi cyayo,wiyubahebntihagire ugusuzugura kora cyanen Nyagasani azagushihikira
ðŪðŪðŪð
Niko se Rose, ubwiza bwâumuntu bugaragazwa nâiki? Kuko nabera sindumva wakira umuntu ngo uvugevko atari mwiza ! None niba abantu bose ari beza ubwo ningombwa kubitindaho ?
Niko abibona ndu ntakosa Rosa afite pÃĐ kubwira Abatumirwa be ko aribeza ningenzi ngwijambo ryiza ni Mugenzi w'Imana
Ndakwihanishije nanjye nuko byambayeyeho
Sorry ndakwihanganishije Allah niwe Uzi byose kdi ibyiza birimbereâĪ
Ni mwiza pe
22:14
47:39
Ukorera hehehe ngotuzamugurire
Pole sana Dudu ibyiza birimbere ,Rose wanjye ndagukunda pee
Urakoze kunyubakað dudu
Ihangane mama. Nyagasani yari abizi
Yambaye neza cyane
Ubu see ko ndu mukristo Ramla yanyemeta anyemeye nahita nshakana nawe vuba.
Niho ikibazo kiri
@@yvonneayinkamiye7130 Iyo kitaba icyo kibazo nalikwisungana nawe disi weee,mwana mwiza Ramla,
Ntabwo uzamuntanga numuntanga nzaba ndi umuswa pe, uyu niwe imana yandemeye na mubonye doreko narinshaje ntarongoye pe.
ð
@@chantalmukaruyange964 nimba aribyo ngiye gusaba akazi ku buzamu Aho atuye maze mwegere,nge musuhuza buri gitondo na nimugoroba,numuntwara uzaba umpemukiye nukuri, Uzi ko afite amaribori disi,aterese amaso nki inyambo disi.numwana mwiza peee,reka namusome mmmmmywaaaaaa Ramla.nimba ikibazo arubwisilam ndabwinjira ariko mubone, Na none Ramla mmmmmywaaaaaaammmmmywaaaaa.