BURYA AHO YACIYE NTA RWANGO/UWAHOZE ARI UMUGORE W'UMUGABO WANJYE/AKAGA KA BA MUKASE MU MURYANGO
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 20 ต.ค. 2024
- #0790003781_DUHAMAGARE NIBA WIFUZA KUDUSANGIZA UBUHAMYA BWAWE MAZE TURUHUKANE #inkuru_yanjye #RWEME_MBABAZI
- ภาพยนตร์และแอนิเมชัน
MUVUGISHE KURI #0783817067 REBA IBIGANIRO BYABO AHA
th-cam.com/video/NQLPEI4FS1A/w-d-xo.html
A
Abamama barera neza abana basanze bubahwe, humura ntacyo bazakugoraho, iyo wareze umwana Ari muto agakurira mumaboko yawe ntiyakura ngwakubahuke , barere neza mama nabawe! Naho izina mukase rigira reputation mbi ark si bose, haribenshi babareze neza barakura rwose, rero mwubahwe 🙏❤️ kd Imana ibashoboze!
May God almighty bless all step mothers all over the world who genuinely cares for their step kids 😍 😍
Ndagushimira ku ibaruwa wanyandikiye ngiye mu wa 4 secondaire. You saved my life. U taught me how to pray 🙏🏾
Yuuuuh urakoze Sonia,
Ndumva unyibukije amagambo yari ari muri iyo baruwa waba umfashije!
Kanyana ni Kanyana Koko! afite umutima muzima, yuje ubumuntu, nejejwe cyane n'icyi kiganiro pe 🥰👏
Uhmmm! Mbega Kanyana utubwiye inkuru nziza! Wooowww! Ni ukuri uri intwari kandi uri umunyabwenge cyane, umunyamutima mwiza ndetse uvugisha ukuri. Ni ikuri imiryango myinshi n’abantu muri rusange bakwiye kukwigiraho/kubigiraho byinshi. Insanganyamatsiko ya ba mukase rwose igomba kuvugwaho cyane kandi abantu tukumva ko bishoboka ko ba mukase baba beza kandi ibyo bigirwamo uruhare n’abagize urugo, abana, imiryango, ndetse na sosiyete muri rusange. Ndetse uri n’umuhanzi mwiza. Urwanda ruratunze kugira abantu nkawe! 😍♥️😍♥️😍
Murakoze Cyane Cynthia 👏👏
Urumubyeyi mwiza urintangarugero muri bamukase wabantu nubwo bitavugitse neza ufite ubumuntu imana iguhe umugisha ♥️♥️♥️🙏🙏
Yooo uri umu maman mwiza shenge. Imana izakumpere umugisha. Kurera umwana utabyaye ntabwo biba byoroshye kuko nabo wabyaye biba ari struggles. Coup de chapeau Kanyana 👏👏
Imana Ikongerere ubwenge mugore mwiza Kanyana, umuryango uzakomere.
Ibyo uvuga ndemeranya nawe, akenshi mukase aba mubi bitewe n'umugabo we cg societe, ukarera umwana yamara gukura, avanti bakamujya mumatwi, bamwumvishako utari nyina, nuko umwana agatangira kugusuzugura nkaho atarebye icyo umumariye, ndetse n'ikibahuje
Ariko disi waruzi ubwenge.uwo mugabo yaratomboye,uri umugore wumunyabwenjye.Imana ikomeze ikubakire iguhe umugisha mu rugo rwawe.
Nice story 👌,
Burya ntitukavuge inkuru mbi gusa ! Kanyana big up uranejeje
Wa mumama we Imana iguhe umugisha kandi igufashe kurera abana. Umutware wawe yakugiriyeho umugisha.Urugo ruhire Maman !!!
Ms.Kanyana you are a super Woman, last borns are naturally intelligent with best owed Love ❤️.
Kanya is giving what she got from her childhood.
Umugore mwiza cyane ku isura no ku mutima, afite ubwenge buri ku rwego rwo hejuru kdi afite urukundo n'ubumuntu. Abitwa ba mukase ubusanzwe bafite reputation mbi cyane. Aba bacye beza bakwiye kwigirwaho.
Murakoze gushima
Urimwiza kibondo ndagukunda
Merci madame, votre témoignage est celui d'une femme, mère digne. Imana igufashe et merci à vous aussi le journaliste. Watuzaniye umuntu Nya muntu.
Murakoze gushima.
T as raison uyu mubyeyi afite équilibre et la volonté de transmettre les bonnes manières
On a besoin des témoignages de ce genre pee
Le journaliste ni ouvert d esprit afite capacités d analyse nziza pour mettre à l aise l invité
Ba Mukase wabantu courrage mwe mukore ibyiza mwashimwa na bantu cg se ntibabashime nimukora ibyiza ijuru Imana izabemera ,nimuharanire icyo
Une femme tres intelligente!!!! Imana izakomeze ikuyobore ikongerere ubwenge mubyeyi mwiza.
Amen
Great! Uwo mu mama ni umunyabwenge rwose. Namukurikiye kuva ku ntangiriro kugera kumusozo ariko yuzuye Ubuntu.
Murakoze cyane
Une maman très intelligente, komera Mme ukomeze n'abandi basanzwe baciye mwizo circonstances, be happy and blessed mugore mwiza mbese w'agaciro
Mbega umugore umutima wee, nukuri nduva mukunze pe. Imana ikumpere imigisha pe. Ikiganiro cyiza
Wonderful and intresting story of a strong minded woman. Komerezaho Kanyan. Imana igukomereze umuryango
Umuntu twemeza nyako Uyu mugore Az'ubwenge 👍😂 Nankorere kuriyi photo yajye unkandire kuri subscribe
Wikomereze🏃🏃🏃🏃😁
Kanyana Yesu aguhumugisha mwinshi mama ufite ubuhamya bwiza kdi turagushimiye kugikorwa cyiza ukorera uwo muryango washatsemo turagushimiye courage kdi Uwiteka arikumwe namwe cyaneee komeza urwo rukundo nukuri Murakoze
Murakoze cyane gushima no kudutera umwete
Waooooo! Ubuhamya bwawe bunkoze kumutima pe! Be blessed for ever!!!!!! A good example of a good wife/ woman in society! Ndagukunze cyaneee!!!!
Wap ubuhamya nibwiza Arko njewe ndumva Nawe byaribyagucyanze waruziko afite abana urangize ujyayo ntabwengeburimokbsa
Merci Kanyana. Ni ukuri ukora ibintu byiza.
Wauuuu Sha Ntabwo numvix ikiganiro cyox ark Ndagukunze kubwibihangano byawe pe Umuco nyarwanda b lovely sister ❤️
This lady is full of love and wisdom ; i was really touched
We are humbled, Dieudonné.
God bless you
Muraho, nshimishijwe cyane n'ibitekerezo bya Kanyana.Imana izabashoboze mubyare hungu n'a kobwa. Kandi ibyo byokugira famille zindi inama mubikomeze cyane kuko ni ukubaka umuryango. Nigeze kujya mbikora nanjye nibyiza cyane.
Ntegereje version y'abana igihe bazaba bakuze bashobora kwivugira.ariko shaa hhhh
Ahubwo ndumva ari wowe wasenyeye uwo mugabo
Bravo !!! Imana ikomeze igushyigikire !!
God bless Kanyana!, God bless Gerard! God bless everybody!
Kanyana Imana iguhe umugisha. Wakoze umurimo ushoborwa na bake. Iyi nkuru inkoze ku mutima.
uwo mugabo nimfura pe ,yarakubwiye ibibazo yanyuzemo.Naho abandi iyo abonye yatanye nundi ahunga aho bamuzi akajya gushakira aho batazamumenya .ukazatangira kubyumva murugambo.wanamubaza akaguhakanira .
Kanyana uri umuhanga ndakuzi warampuguye!!!! God bless you!!
Urakoze
Ntibavuga "Amago!", bavuga "Urugo" cg "Ingo"!
Ikinyarwanda cyubahwe!
Imana ikomeze ikwishimire mubyeyi!
Kanyana werekanye KO umwana atanka umukunda🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤️❤️❤️
Inkuru iraryoshye ariko ari gutinda kurasa kuntego anyura ikantarange.
Umudamu witonze pee
Imana iguhe umugisha
God bless your family, Kanyana. Imana Iguhundagazeho urukundo igushoboze gukora ibyiza byananiye abandi.
Murakoze cyane Martin
Uyu mumama nabyare abandi benshi imana imuhe umugisha
Wowooo urumubyeyi mwiza pee
Imana izakubakire ,uryoherwe n'urugo rwawe courage
Murakoze cyane kubutumwa bwiza mbabazi na kanyana
Kabisa uyu mudamu nintanga rugero peee Imana yamuhaye impano yubwenge Kandi erega ntamuntu mubi byose ni society ibitera
Imana iguhe umugisha nukuri urintwari ukomerezaho urikitegerezo
Murakoze cyane
Ndagukunze ibi bibere isomo abandi ba maman bafite abana barera
Uwo mutima Kanyana yawuhoranye kuva namumenya rwose ni umwana mwiza pe!
very responsible lady. Keep it up.
IMANA izagushoboze murugo rwawe
Uwo mugabo yahisemo kugushaka, kubera ko yari yakwizeho abona ufite umutima wa kimuntu, abona uzabishobora. wowe uzubaka biraboneka....
Ibyo nukuri iyo umugabo muhuje abandi ntacyo bavuze Bagabo mushaka kubaka mube maso
Ufite umutima wa kibyeyi
Mes vives elicitations Madame kanyana uri muri ba step mothers bake uri akarorero keza ukwiye kuba icitegerezo c'izindi nkozizikibi zaba Mukase bigira intama muri fiançaille bashika munzu bakaba intambwe
Merci bcp
Urwango rurahaca wakumva nizina rye ugashaka kuruka haruwo muhura rwose ukicuza ukumva warariye umwanda
sha ahubwo umugabo wawe agucungire hafi kuko urumugore umagabo wese yakwifuza.
😂😂😂
True
Cyane pe
Urumuntu ufite ubumuntu❤❤❤❤
Imana ikugirire neza ubandanye uwo murimo ingo nyinshi ziragukeneye
Nyasani agukomeze umutima uzawukomeze imana iguhumugisha
Be blessed Kanyana courage courage
Muduhe numero zuwo mubyeyi, adufashe ku nama
Yoooooo disi ndabona Kanyana yarakuze atangira guhimba imivugo yarakana gatoya
Ngo aho yaciye ntihaca urwango. Inki Se ?
Imborozamugeni
Waoo she is dear to her step kids.
Mbega umudamu utangaje God bless you abo bana bazakubera umugisha
God bless you sister, n everybody over there
Nibyiza pe warakize nukuri.
Good lady
Kanyana wa mukundira nijwi rye
Kanyana disi urumwana mwiza basi
Nice lady.Keep it up.
Mbega umuvyeyi mwiza.
Ibintu 10 Umusore adakwiye kw'injirana murushako
👇👇👇👇👇👇th-cam.com/video/rkM0I2PAYGc/w-d-xo.html
Ntusanzwe mubo tuzi nabo twamenye pe.
Wampaye nber yawe pls
th-cam.com/video/gJ_XqGG8_5c/w-d-xo.html IGABURO RY'UMWANA MUTO Ep 1
th-cam.com/video/8cgiz9R2KUs/w-d-xo.html IGABURO RY'UMWANA MUTO Ep 2
th-cam.com/video/cXfwUyIBKIA/w-d-xo.html IGABURO RY'UMWANA MUTO EP 3
Nice!!!
Mukase mwiza
Yoo ndamuzi disi
gerard iyo title ni urwamenyo abana biki gihe mufite ikibazo cyo kutamenya ibivugwa nibitavugwa change the title plz
Rurahaca se ko haca n inyundo aherekejwe n amarozi na gereza.
Kanyana❤❤❤❤❤
Muraho neza dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera kugiciro gitoooya fungura iyi channel mubone service dutanga na contact zacu Ntimwibagirwe no gukora subscribe kuriyi channel murakoze.,,
Incwiiiii 🥰
Kiza kumuryango
Icyo mbonye muriki kigani nuko warezwe ufite ubumuntu.
Kubera ubwenge nunvanye uyu mumama agomba kubyara benshi
Nisawa arko umwana wundi abishya inkonda
Sha biterwa nuwo uriwe , harabantu bakunda abana bose kimwe
Maze nyina wundi we bikagenda gute?
Agakiza nikeza peee
Gerard ihorere. Hari bakase babi. Umugore akinjira mu rugo akwanga kd mutaziranye.
KARABAYE: FRDC ICITSE UMUGONGO........😭😭😭😭😭🙆♂🙆♂🇨🇩🇨🇩🇨🇩🇨🇩🇨🇩🇨🇩😭😭😭VYAKOMEYE CYANE IGIHUGU KIGIYE GUCIKAMO KABIRI😭😭😭😭🇨🇩🇨🇩🇨🇩🙆♀🙆♀🧏♀🧏♀🧏♀🧏♀😭😭😭😭😭 REBA IBIBAYE AKA KANYA👇👇👇👇🧏♀🧏♀😭🇨🇩🇨🇩🇨🇩🇨🇩🇨🇩🇨🇩👇👇👇👇👇👇👇👇👇👇👇👇👇👇th-cam.com/video/XwOv7xvd4Yo/w-d-xo.html
AKAMARO K'INDEBAKURE MU NZIRA NJYABUKIRE
th-cam.com/video/m7WoXkHsfxE/w-d-xo.html
Ndumva urikubazubusa !!
Uri umubyeyi mwiza pe Imana izaguhe imigisha
miss iradukunda elsa ajyanywe imageragerakuburanishwa imageragera mama we yagize agahinda araturika ararira bagiye kumukatira kanda hano nawe ukurikire uko urubanza rwagenze th-cam.com/video/AsNJXiI55xM/w-d-xo.html
Good
Mpora nkusengera ngo abana muzahuzeee bakwiyumvemo nawe ubakunde kdi bizakunda Imana ishobora byose ,gusa uzihangane kurera ntibyoroha kuko hari igihe bagera mumyaka igoye uzayihanganire rwose Imana izakugororera mubyeyi uzabyitwaremo gitwari Maman
Uyu mugore ni umunyabwenge
Uri umubyeyi mwiza Mubyeyi, umuntu yakwigiraho byinshi murububuzima. Ndakwinginze mpa tel yawe.
Uri umubyeyi mwiza Mubyeyi, umuntu yakwigiraho byinshi murububuzima. Ndakwinginze mpa tel yawe.
Muraho neza dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera kugiciro gitoooya fungura iyi channel mubone service dutanga na contact zacu Ntimwibagirwe no gukora subscribe kuriyi channel murakoze.,,