NAPFAKAYE NDI UMWANA NANGA IMANA NSIGARA NSENGA UMUGABO WANJYE KDI AKAGARUKA TUKABONANA AKANSUBIZA😢
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 24 ธ.ค. 2023
- NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi
- ภาพยนตร์และแอนิเมชัน
Wifuza kuvugisha Godance cg kumutera ingabo mu bitugu muvugishe kuri Godance +250781001555
Goda wihangane Isi nuko ariko Yesu arahari uzaje usenga ni umugabo wabapfakazi ni see wifuvyi.
Nange sister wanjye yitabye Imana muri 2020 ariko yajyaga ansura tugatera stories nakwicura nkumva ndishimye ariko disi noneho ntago aherutse
Komera cyane mukobwa mwiza Yezu kristu ni Umugabo wabapfakazi azakwitaho Wowe Nabana bawe Wowe umwihambireho nunabishobora ntuzashake undi uzihangane azaguha Ibyishimo
Gérard njya uha umutumire akantu abe yanyuza kumunwa mugihe biri ngombwa
Ihangane mama,imana yomwijuru irengera infubyi nabapfakazi irahari Kandi izagusubiza 🙏Abagabo bagira urukundo nkurwo ntago barama kwisi
Ibyo nukuri
Mwintera ubwoba disi we!
Imana imukurindire,ariko niko kuri.@@muhongerwarose1058
Mpore mpore kubura uwukinda wagukundaga mwumvaga ibintu kimwe akaba umuntu wakwitagaho nkizo ngero zose watanze ntibyoroshye wizere Yesu azabigufadhamo byose unjye umushima wumve ko hari byinshi yagukoreye wahawe urukundo umugabo aguha care urabyara ayo na mashimwe akomeye wasigaranye imburo yurukumdo badame aha tuhumbira amagambo akomeye yibikomere bya bagore bakomerekejwe na bagabo ibaye umwe ije utarizwa nu mugabo wakubereye mubi iryo ni shimwe rukomeye Uwiteka aje gusana ibyasenyutse muri wowe akubake wongere wubakike usohoke mubyino zumunezero 🖐️
Ariko Sunday park amazi yaho asa nabi pe, uzababwire bashyiremo imiti icyesha amazi kuko imibu yo mumazi nk’aya izabatera malaria, gusa ubundi ntacyo hatwaye uwakosora ako kantu
Gerard ndagukunda cyane, Kandi Imana iguhe umugisha.
Ntabwo wanyibuka kuko amaso kuyandi nikera kwivuko.
Imana igukomereze amaboko Kandi ikugwize muribyose
Pole saana Godence, Imana izagushoboze kurera ibyo bibondo mama
Mpore muvyeyi
Umubabaro uteza vyinshi abazimu bawinyegezamwo kenshi kugira bice ubugingo bwawe .
Kdi umugabo wawe yari yarishwe kuva kera naho yaguma yumva ko agira apfe . Habuze umuntu azi ivyimuka yari gutesha urwo rupfu akamubohoza.
Ihangane mubyeyi kandi iragize Imana ishobora byose
Pole maman!! IMANA ikube hafi cane
Yoooo komera cyane mubyeyi,yoooo mbega agahinda weeee,😢😢😢😢gusa hejuru yibyo harimana
Mwihangane madame , Imana ni byose.
Kuki abobaganga ngo bagusohoraga baganire n umugabo gusa? Wasanga bitari ibihaha gusa arindi rwara yaguhishaga. Ubundi kwamuganga ntacyo umugore cy. Umugabo kunva result hamwe. Komera cyane Imana izabana nawe.
Umva ra none se igihaha si igituntu!!! Ntiyashatse kubimubwira. Abagabo barwaye Sida ntibaba bifuza ko imiryango ibimenya.
Komera shahu ujye usenga imana ìzakurerera abana komera kbs
MUBWIRE AKOMERE GERARI. NKUBWIYE. UBUHAMYA. BWAJYE MFUSHA. ABANA. BABIRI BINKUMI NARAKOMEYE. CYANEEE KUBERA. IMMANA
Nukuri Imana itanga imbaraga
Naje mama yaritavye imana mporandamuraziraza yaje tugaterinkuru
Godance mpore maman!Imana iriho Kandi iracakora!Ikindi womenya nuko Imana itaguhevye kandi ntiyakwibagiye!Wewe wizere Imana gusa nayo izobiroranya!
Komera lmana nibyose
Mugore mwiza ,komera umugabo muli kumwe mubundi buryo ,IMANA ni MUDAHEMUKA ,MULI KUMWE MULI KRISTU YEZU KUKO NTIWAHAMUKIYE URUGO RWANYU ,IGIHE CYAWE NIKIGERA UZASANGA AGUTEGEREJE MUBWIZA BW IMANA. KOMERA UKOMEZE ABANA BANYU BAZA SIGARANE UMURAGE MWIZA W URUKUNDO MUBANTU ALI WE KRISTU MWAMI WACU TWESE .NAWE GERARD NSHUTI Y IMANA IMIGISHA Y IMANA MYINSHI IKUGEREHO ,MUGIRE NOEL NZIZA N UMWAKA MUSHYA MUHIRE
Ihangane mubyeyi urumumama mwiza yesu azabana nawe
Gaudence ndemeranya nawe ko bibaho cyane kuvugana n’abacu batashye iyo mwakûndanaga, jye hashize imyaka 6, mpfakaye ariko umugabo wange turacyavugana mu nzozi ndeste rimwe nigeze mvugana na nyogokuru kandi we amaze imyaka 14 apfuye, iyo nkangutse mba numva nezerewe ngahora nifuza ko yagaruka🤦♂️
Disi abo ni abadayimoni muvugana ngo ni abanyu bapfuye. None se bibiliya ivuga iki ku bacu bapfuye. Mukwiye gusenga
Nshuti yanjye kd nkunda abo ntabwo Ari bagenzi bawe nkuko ubivuze ahubwo nimyuka yabadaimoni ikwiyereka kugirango uyizere kuko Bibiliya ibivuga neza ko abapfuye ntacyo bakizi ahubw dutegerej kuzababona igitondo cyumuzuko.
Rero rekera aho Kwizera iyo myuka ahubw ujye usenga Yesu mwiza azagufasha mugenzi.
Bishoboka ko numumalayika w'Imana yaza mwishusho ryuwo ukunda nibaza ko twese dutandukanye bityo nuburyo Imana yaturemye ituvugisha bitandukanye.
Urebye ibibazo bagutera ntiwaxongera kubifuza woe ntabyo ubona se? Uwo muzimu azakuzengereza woe nabana
Yesu abo nabazimu muvugana nabo ni muyobo iyo gusenga mwabavandimwemwe.ibyo murimo bizabamara
Nanjye mvugana na papa Kd nkumva ndishimye
Nanjye nahoraga nganira na Papa na bro ariko ibiganiro ibyo iyo wicuye ugira urukumbuzi rwinshi pole nshuti
Geradi iyo ufitumugabo ugukunda akuzuzincingano aba arinkimana yawepe
Gerard wazatumiye bamenya plz
Ukomeze usenge kuko Imana ndiyo byose.
Ihangane mama
Yoo !pole man ihangane Niko isi yubakitse.
Njyewe mfite ikibazo pe ese kuki kwa muganga umuntu asigaye apfa ntibajite bafata tel ye ngo byibura barebemo umuntu we bamuhamagare cyane ko uwo wamutwaye yari yavuganye numugore we babona nta murwaza afite njyewe sinzi pe even nukoze Accident asigaye aburirwq irengero ukazumva ngo ari muri Morgue ?
Sinzi pe njyewe ndabona ubumuntu bwarashize
Ihangane mubyeyi uzikomeze kuri yesu gusa
Pole disi 😢😢
Yooo mwana waman wagize ikibazo nkico nagize ariko niwihangane yesu niwe se wifuvyi nabafakazi
IRAKUBONA
Gerard ndagukunda nukuri uzampe umwany nkuganize
Dukunda'biganirobyanyu'komerizaho'turangukurikiyecyan
Iyo umuntu apfuye biba birangiye,kuriya abapfuye ni abamarayika ba satani bambara umubiri wawamuntu,bakagutera,jya usenga cyane
Urabeshye
@@Rwanda-ps4ml mbeshye gute c? Niba wemera bibiliya soma umubwiriza 9:5,10 wongere usome kuva34:14
Komera imana irahari
Ihangane MAMA
So sad!
Komera
Komera pe umugabo nkuwo ntarama
Komera mubyeyi
Batonya nikirundi batoya niki nyarwanda
humura. krito. azagutabara. izuba. riva
Ukomere
Ihangane banbe abagabo nkabo ntibakunze kubaho
Uri kuntera ubwoba pe
Komera mama
Nonese koyakubwiyeko agiye ikabwayi kutagiyeyo
Yavuze ko nta bushobozi yari afite ako kanya. Birumvikana ko ari ubukene. Wumvise ko bamaze no kumubwira ko byarangiye atahise agenda kubera ko nta bushobozi ubwo yashakashakaga aho aguza. Impore shenge, humura ubwo wongeye kwizera Imana nabyo ni intambwe ikomeye🙏🙏🙏
e@@angeliquenyampundu197Bajye bumva inkuru neza yamenyeko yanapfuye yagiye kuwundi munsi ukurikira birababaje
e@@angeliquenyampundu197Bajye bumva inkuru neza yamenyeko yanapfuye yagiye kuwundi munsi ukurikira birababaje
Ntibavuga batonya bavuga batoya
Yebabawe nagahinda komera