Hari icyo abantu bita ko ari uburokore, bakbyita iby'Imana kandi ari ibyabo bwite! Umugabo cyangwa umugore ukubwiye ngo sikigukunda ntabwo aba akiri umugabo cyangwa umugore mu buryo bw'i Jambo ryyy'Imana. Umugabo n'umugore Imana izi ni abagikundana! Aho gukundana bitakiri si urugo Imana izi, ahubwo ni ahantu ho guhunga vuba na bwangu!
1 Abak 7:39, umugore ahambirwa ku mugabo we akiriho, ariko iyo umugabo apfuye nta kimubuza gucyurwa nuwo ashaka, icyakora iyo ari uri mu Mwami wacu, Vis verse bivuga ko ariko binagenda ku mugabo Don't be confused bantu b'Imana
Mama Quen this is your story pole kbisa. urugo rwiza ni igeno ry'Imana. gusa nanone mubwiye abantu ko badakwiye kwihangana ntabwo ari byo kuko abihangana bagakomeza bakubaka nabo barahari kandi bazisaziyemo gusa kubo byanze nabo nta kosa bafite
Wifuza kuvugisha Mama Queen ni kuri 0788 417 607 Kurikira ibindi biganiro bye hano th-cam.com/video/PR_vr_DC4SA/w-d-xo.htmlsi=_cSNDzBnD81Emur3
Ndakwanze ntivamo ndagukunze bavandi! Hababaje abana gusa Babington ababyeyi batabanye neza kuko batinya gushaka
Babona sorry
😊😊
Uyu mu maman yarababajwe cyane kabisa, Uwiteka amukomeze kuko biragoye kumva ko inkuru zose zakurikiye nazo zaje zishaririye. Uwiteka amwomore ibikomere.
Yego rata
Ubonako iyinkuru ko ari iya mm Queen nampe like😢😢😢
😅😅😅😅😅niwe rata wihambiye
@@manishimweprovidance479numunyabwenge shau👌
Niye n'ubundi turayizi
Cyane rwose
Wabibonye wa kadusubirishijemo kabiri
Wamubyeyiwe umugabo yaguteje ururondogoro kbs Imana izagufashe musubirane
Birakabije pe
Yararondogoye jyewe namugira inama yo kwikomereza ubuzima bwe akamwihorera
Ndakwanze ntivamwo ndagukunze
Ahubwo sinumva uko afasha abandi Kandi agifise depression ntibiramuvamwo
Oya birakabije pe kdi mubigaragara amaze nogukura numureba mumaso niba umugabo yara kunaniye zibukira urere abana bawe kdi wishimye unva ntabwo ariwowe gusa abenshi twariyakiriye kdi turanazinukwa wirondogora rero
Hari icyo abantu bita ko ari uburokore, bakbyita iby'Imana kandi ari ibyabo bwite! Umugabo cyangwa umugore ukubwiye ngo sikigukunda ntabwo aba akiri umugabo cyangwa umugore mu buryo bw'i Jambo ryyy'Imana. Umugabo n'umugore Imana izi ni abagikundana! Aho gukundana bitakiri si urugo Imana izi, ahubwo ni ahantu ho guhunga vuba na bwangu!
Eeeh nibwo bwa mbere mbonye umuntu uhamanya nange!
Urugo Imana izi ni urugaragaza christo rurangwa nurukundo n’amahoro
Urugo rutarimo urukundo , gushyira hamwe n’amahoro urwo si urugo kuko nta buzima burimo nagato
Cyane rwose na Paster Rutayisire yarabivuze ngo iyo umuntu yaguciye inyuma cg yakwanze ntaba akiri umu christo ashatse gutandukana wamureka akagenda rwose ubu christo si dini ni mumutima
Ninkuru yawe wayivuze neza rwose cyane wakoze kuyicurika nibyiza mabyo
Jye ndabona iyi nkuru ari iya Maman Queen, hari ibyo yari yaranze kutubwira none arabitubwiye ariko abivuga nk'aho byabaye ku wundi muntu.
Nanjye niko nabibonye pe
Niwe rata 😅
Ko mbona twese twayikurikiye da! Iyi ni story ya mama queen pe, bigeze naho kugongeshwa imodoka! Turabyumvise mubyeyi kandi impore ntawe bitabaho❤
@@Jeanny529 ahubwo kuntu yabeshye
Mama Queen wibagiwe iyi channel ya Mbabazi ko yitwa “Inkuru yanjye?”!
Ihangane ibikomere bizashira kandi twese tubana nabyo. Imana igukomeze🙏🏿💖
😂😂😂
Yebaba Maman Queen ntumbwire! Ngisoma iyi title nkutse umutima😮😮 Koko Mana Pastor wacu murengere..
1 Abak 7:39, umugore ahambirwa ku mugabo we akiriho, ariko iyo umugabo apfuye nta kimubuza gucyurwa nuwo ashaka, icyakora iyo ari uri mu Mwami wacu,
Vis verse bivuga ko ariko binagenda ku mugabo
Don't be confused bantu b'Imana
Uyumugore iyinkuru ayivuze kabiri nibyiwe ahubwo abyitiriye undi
Erega nta gihe na kimwe ibintu bizagenda neza, tucyambaye uyu mubiri, satani nabadayimoni be bagikorera muri iyi si. Ahubwo dusabe imbaraga zo kwihanganira ibyo duhura nabyo byose. Imana idushoboze.
Muraho neza namahoro byakunda ko twavugana
Ndumiwe Muri comment.ariko umva inama wiyakire Niba batagusmkunda , wikunde, sha ntawapfa kugukubitira ubusa cg ngo akwangire ubusa.
Komera komera nshuti
Uri mwiza peee! Ese mwaratandukanye burundu
Mwampa rike ko nazindutse
Bitumariye iki kuzinduka kwawe
Hhhhhhh mama queen rwose senga Imana igufashe gukira ibikomere kuko iyi story niyawe neza neza.tekereza kubana bawe yego warahungabanye cyane kdi uracyakunda umugabo wawe mubigaragara.
Kuko muri story ya mbere ibyo byo kugongwa wabivuzemo none nubu urabivuze.emerako umugabo yagiye umurekure
Uyu mu maman yarakomeretse akeneye kurenga ibyamubayeho nahubundi azasaza atongeye kwishima.iyo watandukanye nu muntu ubundi ntuzifuze kongera kumenya amakuru ye yakongera gushaka yabireka ntabwo biba bikikureba.iyo mufitanye abana ari bato ibyiza muvugana sujet zabana gusa ,baba bakuze bakajya bavugana wowe ukabava hagati n''ahubundi agahinda ka séparation kugakira nukwemera ibyabaye ukabyakira ukanemera muri wowe ko byarangiye ukajya mubindi.
Kutakira ibyakubayeho nukwiyica nabi.
Jew mbona afise depression
Mama Queen, jewe numva, iyonkuru urikuvuga, ntabwa riyuwundi ahubwo,nibazako ariwewe, vyasishikiye, icukora kubivuga urabicuritse kandi, ukoresheje ubwenge, pe urintwari mama, Queeen ndagushimiye
Gusa abagore bajye bamenya kwanzura no kuzinukwa mu gihe gikwiye.
Iyinkuru niyawe madamaze udusubirishijemo ibyowavuze
Mama iyo ni inkuru yawe
Narumvise uyivuga ku yindi Channel
Pôle sana mama
Iyo nkuru niyawe mama Queen iyo uhambuka ukavuga uba warakize naho uhorana agahinda no mumaso kdi urumugore mwiza
Yesu nashimwe cyane Gérard ndagukunda ukuntu ufasha abantu ku Inkuru yanjye jyewe ndagukurikira cyane indi nkuru nagukunzemo niyumu Maman waherekeje Dubai pe ur'Infura
Ariko mwangiye mumureka azajya avuguraho gatoya gatoya uko abivugaho niko agenda akira yaba iye itaba iye ntacyo
Mama Queen urakoze kudusangiza igice wari warasimbutse,ubu turavuy murujijo icashenye urugo kirumvikanye ubu.Mpore cane kandi warakoze kwerera inbuto nabatabibonesha amaso ,none Mama Queen Papa wabana yogaruka womwakira?
No
37:43 37:45 37:46 mama queen wee iyuyihimba ariko ntushyuremo akantu ko kugongwa nimodoka nibura😂twakuvumbuye niwowe
Yoooo. Iyinkuru niyawe disi. Wibagiwe ko wayitubwiye. Ariko humura imana irahari. Erega wari waramwimarihemo!!!.kwimarira.mumuntu cyane nibibi.
Muze duhumurizanye dufashanye nibyo biza twubaka mubuzima ❤ ndakwinginze niba uyoborwa n lmana kanda kw foto ube ushyiriye kw sahane ibyigihe kirekire urakoze lmana iguhe umugisha wowe ubikoze ❤️❤️🤲🏿🤲🏿🫂🙏
Mama queen noneho icyizere twari tumaze kukugirira buragenda bite ko uducanze?? Kutangiye kutubeshya kd inkuru ari iyawe ubwo biragenda bite, mumbwire namwe?
Maman ndagukunze imana iguhe umugisha kubwo kubasha kujyira abantu inama yoguhunga bakiribazima komereza aho mubyeyi ❤🎉
Niba wibuka simbizi ariko nakubwiye cyera ko uzasubirana numugabo wawe! Bitinde bitebucye uzabibona
Nonec ibi nibiki? Ugiye kujyutuzanira izabandi 😂😂😂😂😂😂😂 ni film c njyewe ndiwoe nashaka undi rwose
Mbona akiri mugahinda pe
Hahahaha😂😂😂😂😂
Ariko ariko weeeee... Ese ubu kwirirwa uvuga urafasha iki abana bawe.???? Ibi narabigaye
Ababagore bazagusenya ingo hano kuma social média urumva watandukanye numugabo wawe none kuraza nokuvuga inkuru yabandi hano wewe urugo rwarakunaniye ceceka ukowubatse siko nabandi bazubaka umwana wumukobwa utarashaka urumva utarikubacintege koko umugabo yavugako adakunda umugorewe kumpamvu ariko bwaca akamubabarira so wewe warasenye senga Imana yawe ariko ntukomezegukwirakwiza imbutombi mububakanye
Inshoreke zisenyera ba madame bakeka ko haricyo barusha abo basenyeye
None ko mwatandukanye uracavuga iki? Baho ubuzima bwawe ureke uwo mugabo umukure mubiganiro ubundi urkurenga umurongo.
Ubwo umeze nk'uwo mugabo ntuba ushaka ko bavuga amabi yanyu
Ariko iyo story ndabona ariyama nubwo uca kuruhande ariko sorry to say that
Kwibeshya ku muntu wiyeguriye inshoreke ni ukubaha igihe
Arko disi uyumugore afite depression abajyanama muzamuganirize mumuhurize
NGO abagore bazi kwihambira🤔🤔murihambira ariko mbona bibasigira depression 😏
Gérard ati yashwanye n'umugore mufite abana benshi.
Nari nabimenye kuva kare ko ari inkuru ye.
Yigeze kuyivuga kuriyi chaîne.
Uwo mugabo bamuvuze afite ikibazo gukomeye.
Ushobora gusanga ari nihungabana ryamurenze
Mama Queen numubyeyi mwiza,ariko ashobora kuba afite trauma,niyompamvu ahora avuga ibyumugabo we!!
Iyi nkuru n iyuyu mu maman nuko yanze kubivuga ngo amushyire hanze , kuko urumva abana 5 , kumugongesha imodoka y akazi ..........ye we maman ihangane ntakundi
iyi ni histoire yawe iyo werura ukabivuga nubundi
Uzi kwivuga ndakwemeye🤪🤪🤪
yewe wikwirirwa uhishira uwo muntu ni wowe urimo kwivuga.
Gusa wararenganye niba ari uko byakugendekeye.
kandi n'ubu wabona uwo mugabo aje kugusaba imbabazi wamwemerera mugasubirana!
Mpore muvyeyi siwewe wenyine❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndakwifuriza umwaka mwiza wa 2024 hamwe n'abantu bose dukurikira Inkuru yanjye kuri Gérard Rwema
Mama Quen this is your story pole kbisa. urugo rwiza ni igeno ry'Imana. gusa nanone mubwiye abantu ko badakwiye kwihangana ntabwo ari byo kuko abihangana bagakomeza bakubaka nabo barahari kandi bazisaziyemo gusa kubo byanze nabo nta kosa bafite
Hy nitwa Giramata nanjye konifuza kuzakubwira inkuru yanjye na step mum uko yahorezang musaza wee akamfata kugufu nuko yaciye impoko yibere
Oooo pole Giramata
Mpore mama Geradi akwakire
😢
Olala ihangane maama bazaguhe umwanya uvuge ubohoke
Abagabo barabikora pee baraterwa bakitera bagasara pee Ntagifatika cyabaye gusa iyo bikigendeka uratuza ukabona binashize bugacya haza ibindi nuko .Tubana nabo .gusa nanone barushanya amakare nubugime .Imana ige irinda Aba mama bashaka kwiyubakira no kwirerera Abana .
Ngo umugore we yarimwiza cyane? Ubwiza bw'umugore se nisura? Nonese uwomugabo yarabyutse yanga umugore gusa ntakibiteye? Gerard nawe uzajye ubaza ibibazo wumve niba umuntu yakwanga undi ntampamvu?
Mama queen urakoze kutubwira uko story yawe yagenze, mbere ntiwari wavuze byose,ntiwqvugaga ko yagucaga inyuma bigeze aho ukihangana. Humura Imana yumvise ukubabara nugutakamba kwawe, umugabo wawe azaza akubite amqvi hasi imbere yawe agusabe imbabazi. Icyo gihe uzamubabarire kuko nibwo umurimo we wa gipasteri utangiye. Ubu ari mu ishuri, Imana irashaka ko yiga mbere yuko akugarukira.
Nge mbona uberewe no gutuza ugakomera ugakora ibyo kugufasha ukibeshaho uko ushoboye, ukava mu magambo yo kwirirwa ucuruza amagambo y'ibyakubayeho kuko Imana irahagije kandi iragukunda.
Ndakwanze ntivamwo ndagukunze
Uyu mugabo nutitonda uzagita ikibazo kuko byarakunaniye kubyakira
Yatumye urondogora
Iyi story ni yawe mukunzi wanjye gusa ihangane nanjye mbashije kumenya ibyasenye urugo rwawe
Yeweyewe maman Queen 😂😂 iyo nkuru niyawe usubiyemo pe!!!! Ubuse iri si ihungabana ra gusubira munkuru wavuze kenshi
Hari ababyumvise bwa mbere.
Ahubwo muzansobanurire inyungu iri mikuvuga ibintu nkibi kumugaragaro byukuri nyuma yo kubivuga umuntu yunguka iki?
Kuko mubisanzwe tugira inshuti abavandimwe abaganga u buyobozi inzego zumutekano abatuyobora mumatorero aha hose umuntu yaburamo umfasha gukira ibikomere nihungabana? Oya oya rwose pe tugabanye kwirirwa mwitangazamakuru twirirwe imbere yi lmana
Utabyumva nkanjye ntantere ibuye nuko nabonye ntacyo naburiye ku Mana ni yegereje yesu christu
Ni umuti nshuti uko abivuga srakira kandi hari nabandi bifasha@@IREMIZIJeannette-gn5nw
Maman Queen, rata bakureke niyo yaba inkuru yawe, igikuru harimo inyigisho kuri benshi, ababizi nabahuye nibyo byose uri kuvuga, cg bari kubicamo cg babona ibisa nabyo ariko bitari byanuka, bamenye ibyo badakomeza kwihambiraho, ahubwo babe maso, kuko uwo mwuka uba waje mu muntu mwashakanye ntuba uzi uko ukora,...uwa kubwiye ko atagushaka, akihakana gusengana namwe, akakubwira ko ibya bibiriya bitamureba, biriya yabivuyemo, akaguhimbira ibinyoma bitari kimwe cg bibiri...ashobora byose...twitubare.
Myself, I do relate to u kuko mbizi neza.
Imana ikomeze ikurinde, kandi ikomore hose, ufunguke unavuge ibindi byose bikibitse, umurekure, umubabarire kuko nawe ntiyariwe, don't be naive.
Komera, uzabera benshi umugisha.
Uzishakire undi Mugabo ugukunda akuvure ibyo bikomere watewe nuwo mugabo utarigeze agukunda na gato.abagabo bafite umutima mwiza ntibabuze. Nibwo uzakira iyo depression yaguteye.Na Nyina wundi abyara umuhungu kandi ní Nyagasambu rirarema.Pole M. Queen.
ARIKO MBABA AKO KAZI K ABAZUNGU KAGOYE(KP ARIHO ABAGORE BAPFIRA NABI) KDI NGO UNAKUZE MAYE, UBASHA GUSWERA UMUGORE AKANASWERA INDAYA, UBWO MURUMVA KOKO UYU MUDAMU ATIVUGURUZA😂😂😂😂😂
African marriage is .....
Mubyeyi komera urugo rwubakwa nabihangana ariko byanze urarekera niba ufite umulimo nibyo byiza uzabaho ntukibabarize umutima pole
Des explications encore. 4ème épisode.
Impore shenge Mama Queen!
Warababaye disi igikomere kiracyari kibisi.
Baravuga ngo « ibyo abagore bose bambariyeho ni bimwe aho batandukaniye ni Urukundo » umugabo wanze umugore n’ubwo yaba asa ate biba byarangiye!
Ihangane mama warakubititse
Ndagukunda maman❤
❤❤❤ URakoze mama queen
Jyenda maman Queen uri mwiza cyane ❤🎉
Mama Qeen,ni wowe uyu rwose,ni inkuru yawe rwose,bambe gukunda umugabo wawe cyane bituma limwe na limwe ugira ihungabana,kubyakira byaranze ,aliko sorry, muzasubirana munasazana,we love you❤❤
sibyiza ko basubirana kuko yaramuhemukiye cyane. uyu mubyeyi akwiye umugabo utinya Imana. umukunda ,akamwubaha, akamukundira abana
Hihii ndumva wazareka uwo mugabo pe
Nge ndumva uwo muntu ari wowe peee
Ahubwo ukuntu uyu mugore ahora kuri camera nibyo birambiranye rwose
Sha azarekere pe azinukwe ahubwo ikigaragara nawe yanze guheba pe
Ibibera mu ngo nyinshi ni mucanganyiko
Ku munota wa 25:40 sec mama Queen yivugiye ko ariwe.
Niwe rwose
Niwe ana vuze abana bari bafitanye 5
Atangira kumbwira ati sinkigukunda hahahaaa sh uzi gutega amatwi ndakwemeye
28:19 Narabibarekeye....
Hhhhh 28:36
Komera cyane my sister! Yesu arakuzi
❤❤❤❤❤❤❤ngukunda cyane mbabazi uwampuza nawe naguhobera
Bambe ufitujwi ryiza ntukababare
Abagabo bobo ntibahemukirwa,???
Komera komera nshuti
Meilleurs voeux Gerard,ndakwifurije umwaka mwiza 2024.Chaine yawe iriko iratera imbere pe,na interviews urabona ko ziri professionnels,turagushigikiye
Mercii
Nonese iyo n inkuru yawe cgw niyundi?
Gerlard wiriwe umukobwa wawe dorimbogo uzamuhane iyo murikumwe mbona yishimye.
Nukuri ibyo uvuze nibyo azamuhane ntakinyabupfura agira rwose...
Nkunda ukuntu Mama Queen akomeza abantu
Mbega inkuru uhimbye weeee 😂😂😂😂😂😂😂
Komera komera nshuti
Nukuri pe
Disi mama queen nanjye byambayeho
Byabaye kuri benshi mubyeyi
Avuga neza M. Queen
Nonese, Mama Qieeen abagabo, nibo bahemukira abogore, bonyene,,
Uzabazo so niwe wakubwiza ukuri aramutse akiriho adahari uzashatse umuntu w'inyangamugayo mukuru umubaze ibyo azakubwira uzumve ibyo kuko uyu avuga uwo bahuye .ariko uwo mumuryango azakubwira aguhana nkuwe.
Uyu mumam nimfura❤
C’est vraiment vrai la trahison est le pire mal ici bas
Merci bcp maman!!!!
Twamumenye uwo muryango.
Number one
Ndagukurinye
Ariko Ubwiza Bwumugore Sugucya Nokwanbara Neza Gusa Hari Nibindi Bikenerwa
Ubwo Nutwo Tundi Twongerwamo Nabyo Muzabirebe Neza
Uduki cheri
@@kabandaclaudette1634 Nitwinshi Abaye Arimwiza Acyeye Ariko Asuzugura?Cg Ibyacini Atari Sawa😂😂 Araho Arikimero Kiza Gusa Ntimujya Mwumva Ngo Nirwiza Rupfuye Ubusa Umukani Ugana Akariho
Ububi bwe se bwo buboneka nyuma yo kubyarana 5?
@@peggys.4125 None Se Kwihanganirwa Byo Ntuzi Ko Bigira Iherezo?Ugakizwa Cg Ugakira Cg Ukarushaho😂😂
Maman queen ko wananutse cyane Sha byagenze gute? Oooh urasa nkuwashajeho pe
Nanjy nabonaga yananutse ark nyuma nimagina ko arukubera camera yagiye kure ye noneho ariko ntacyahindutse cyane
@@abegadarl4716 oooh ok gusa yarananutse pe
Ngo ashajeho se urabona asubira bwana cg ari gukura .ariko kubera iki mufite gushaka gupfobya umuntu
Wowese uzaguma gutyo ntabwo uzakecura? Sha uvuze ubusa kabisa
Ntacyo yahindutseho rwose niwawundi
Ur as a neza mama
Wagoye Gerard mama
Sibukoko wazashatse undi ukimara akogahinda ubu uzahora uvuga umugabo koko 🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️🤦🏽♀️
Wamuhaye umuhungu wawe cq ukamuha so 😏