UBUZIMA: UKO WATAKAZA IBIRO BIRENGA 10 MU KWEZI 1/INAMA 10 ZO KUGABANYA IBIRO BYINSHI MU GIHE GITO.
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 4 ต.ค. 2024
- Ubuzima: Nigute watakaza/wagabanya ibiro birenga 10 mu gihe kingana n'ukwezi 1 gusa?
Dore inama 10 zagufasha kugabanya ibiro byinshi mu gihe gito gishoboka.
Hehe n'umubyibuho ukabije nukurikiza izi nama.
Ikaze mu gice cyahariwe #ubuzima kuri #tugendanetv, mur'iyi video ndabasangiza inama 10 zamfashije murugendo rwo gutakaza ibiro byinshi kandi mu gihe gito.
Mukomeze mukore subscribe,comment,subscribe,, na share kugirango ibiganiro byacu bigere no ku bandi benshi.
Muraho neza bakunzi.
Namaze kubona ubutumwa bwanyu benshi mwifuza kujya muri group.
Nabasabaga ko mwanyindikira kuri whatsaap kuri:±12074059090 hanyuma nkabasobanurira ariko nkanabona uko mbashyira muri group murakoze. ♥
Ok
ese njyewe ko aribwo nyiza ubu nabona uko mushyira muri groupe?
Nanjye ndimushya nukuri mwamfasha kuko ndashaka kugabanya ibiro!
Munchies muri group mwokabyAramwe
Ayiiii ndabishaka chry nfata amaboko😊
Yego turabishakacyane❤❤❤❤😊
Murakoze cyane kutugira Inama
Ubutaha muzatubwire igihe umuntu yagabanije ibiro amagara ku rugero yifuza icyo akora ngo abigumeho
Ntiyongere kumanuka cg ngo yongere kwiyongera
Thanks
Hello,mwiriwenez nangemwapfasha mukashyira muri groupx
Murakoze cyane Inama zanyu ni nziza, nanjye mwamfasha mukanshyira muri group.
Hello hello nitwa Melissa nanjye nifuzaga KO munshyira kuri groupe nkatangira légume merci bcp.
Hello,mwiriwenez nange mwapfasha mukashyira murigroupx
Nibyiza cyane pe nanjye unshyize muriyo groupe byamfasha murakoze
Murakoze cyane numvaga nanjye mwa nsindagiza nkarebako ibiro byamanuka ndabakunda
Courage
Urakoze cyane nshuti 🙏
Nanakwikundiye mubyeyi mwiza
Urakoze cyane gusa nange ndashaka gukomezanya namwe kandi guhera ejo nzatangira
Nibyiza kbs nanjye ndashaka kugabanya ibiro
Mwaramutse neza mbabarira ndasha kugabanya ibiro kukomfire ibiro byinshi
Ndabishaka pe
Muraho neza nanjye nifuzako washira muri grp👏👏👏😊
Munshyire muri group
Mwiriwe nukuri mumfashije nanjye mwashyira Muri groups yanyu mrcie
Bjr nitwa yvetre nanjye ndashaka gutakaza ibiro
Amahoro muvandimwe! Ndifuza ko twafatanya urugendo rwo kugabanya ibiro
Hi numvise ikiganiro cyawe ndagikunda najye ni umwe mibifuza gutakaza ibiro mwapfasha mukashyira muriyo groups murakoze
Mwiriwenez ndakwinginze NAnge nshaka uncyire muriyo gurup kuki nangenja nchikainteg pe nkabirek
Nanjye shyira Muri group
Muraho neza ndagukunda cyane nange ndashaka kujya muri group murakoze
Mudushyire muri group
Courage shuti
Murakoze ndamfashijwe ndifuza kwifatanya namwe
Ndashaka kujya mu itsinda ryawe,nkeneye kugabanya ibiro.thx
Murakoze najye ndashaka kujyamo 13:09
Najye ndumva wanshira muri groupe kuko ndashaka kugabanya ibiro
Mwiriwe ndabishaka cyanee
Muraho neza nang iyi video ndayikunze
Nibyiza chane
Nange munshyire muri group byamfashe ndi gutangira
Muraho nanjye konashakaga kurya muriyo group byakunda?
Murakoze cyane nanjye nifuje kubana nawe muri group
Nanjye nimushyire muri GRP ndabikeneye cyane kugabanya ibiro
Murakoze ndifuza ko twafatanya
Murakoze kutugira inama 👏
❤❤❤
Urabeshya
Merci bcq nkunze video zawe.ndagusavye ushire muri gpe
Hi, I'm channy nifujeko wanshira muri group
Murakoze
Mwiriwe neza nanjye nshira muri group dufatante urugendo
Najye twasagira urwo rugendo kbs ibiro fite nibyishi
Muraho nanjye ndabishaka ushyire muri group pe ndabitangira bikananira
uraho neza bisaba iki kugirango umuntu ajye muri iyi groupe nanjye ndifuza guta ibiro
Muraho inamazanyu ni ingirakamaro nyongera kuri group nanjye ngabanye ibiro Murakoze
Muraho neza,ndashaka kunjya muri groupe
Konshaka kujya muri group
Washyize muri grup konanjye mbikeneye nagukunze cyaneee
Muraho neza nange mushyiremo
Ndabishaka rwose
Hello nanjye ndashaka kujya muri iyi group
Ndikuza ko mwanshyira muri group nange ndashaka gutakaza ibiro
Nanjye nifuzaga ko mwashyira muri group . Ndabakunda
Najye nshyiramo muri grp yokugabanya ibiro
Muraho neza? Nibwo nabona iki kiganiro cyanyu kiranejeje nanjye numva nafatanya namwe muri uri rugendo murakoze.
Uraho neza
Nanjye nifuzaga kujya muri group ya we chr
Muraho neza nshuti nanjye nshaka ko mushira muri group ibiro nibyinshi byanzaniye ibibazo
Ndabishaka
Amazi se nakonje cyangwa ashyushye
Ndifuza ko wanshyira muri iryo tsinda cyawe
Sha wanshyiramo nange
mary uraho, sha iyi vedio nyibonye too late sha ndaska kunanuka ni grace so uranfasha iki kandi unshared muryo tindal thanks
Nukuri mfasha pe
Ndashimye cane kuko muntu nabikoze nifuza kuja muri groupe batanguye urugendo NGO kugabanya ibiro maze indwi 3 maze gutakaza ibiro 3,ariko nta sport nkora
mwiriwe neza najye ndifuzako mwashyira muri group murakoze
Helooo ndalkunda chaîne yawe ndi america ndasavye unshire mûri groupe yokugabanya ibiro
Nanjye nitwe alice ndashaka kujya muri grp yaweee
Muraho neza nange ndabasaba ko mwashyira muri group
Mpfasha ndakwinginze iyo gurupe nyigemo
Mwiriweneza mubyeyi mwiza, mumfashije mwanshyira muri iyo group kuko ibiro byambanye byinshi pe.
Ndabishaka nanjye shiramo
Nibyiza nanjye ndashaka kugabanya ibiro kbs
Nanjye ndashaka iyo group yawe
Nangye wamfasha kbx mba Uganda
Bjr bcp nifuzaga ko mwafasha tukagendana najye
Mwiriwe neza bavandi nanjye munhyiremo muri groupe ndifuza kugabanya ibiro
Nanjy shyiramo
Hello,nanjye ndashaka kujoininga group yawe please
Murakoze cyane ❤
Murakoze cyane,nange nagusabaga ko wamfasha ukanshyira muri groupe yawe
Murakoze
Watwandikira kuri +12074059090
@@theeyetv4465 Hello
Nanjye ndifuza kwinjira muri group rwose
Mwiriwe ndifuza kujya muri iryo tsinda ryokugabanya ibiro
Muraho nez ndifuzako mwashira muri grp
Kbx
Mwiriwe Nange nshaka kwinjira muri group
Nitwa Muhigirwa Jean Claude nifuza nanjye kuza mwitsinda ryawe
Hello, mfasha unshyire muri groupe yawe kuko nkeneye ubufasha pe
Muraho nange nashaka kimunyijyiza muri group yokugabanya ibiro
Nagukunzep
Muraho neza chr najye mungiriye neza mwashyiramo
Hello najyemushyiremo rwose
Ubuse koko nanjye inda mfite izagenda kweli 😭
Mwaramutse nishimiye ko uduhuguye kukutakaza ibiro nanjye nifuzaga ko mwanyandika muri groupe murakoze
Munyana mba Uganda nanjye wanfasha
Nanjye unshyire muri groupe
Muraho neza ndabasaba kujya muri groupe yawe murakoze