Nonese nkiyo umugabo ntamurimo agira,umugore ariwe ukora wenyine,yabona imbaraga zo gukora ibyo byose ubagiramo inama?nkeka ko aba ari stressée et deprimée pour la situation qui est si critique
@@mukamurenziesperance4663 birajyanirana. Kumwubaha ni gutyo nyine. N umugabo afite ibye bijyanye no gukunda umugore we. Ibi ivuga se ubikoze byakugwa nabi? Byabihira umugabo wawe se mubyeyi?
Woooo ndagushimiye mubyeyi najyaga nkureba kuri isango star inama zawe ziranyubaka ndagukunda
Muraho neza ikiganiro cyawe nikiza cyane niba harumwana ufite namurangira murumuna wanye komerezaho kbs
Ahwiiii,mbonye umugore mwiza kuva navuka,mwiza mumagambo yubwenge,urakoze cyane ndagukunzepe,abagore bakwiriye kukwigirahope
Thank you dear
Much respect sis
Good,ndabikunze komerezaho rwose urumutegarugori muzima niba ibyivuga ubikora
Murakoze Ntirushwa. Mujye munsengera byose ni urugendo.
Merci uvuze ukiri courage
Urakoze❤❤
Murakoze cyane rwose
Urakoze ku mpanuro nziza❤
Ndagukunda wowe ujye ubimenya
Amen merci bcp
Urakoze mubyeyi mwiza YESU Cristo aguhe umugisha
Ameeeeen
Mbega umumama mwiza wibitekerezo vyizaw imana iguhezagire muvyeyi mwaza
yewe wavugaga byiza ariko izi mpanuro haraho zitaba aplicable bitewe na situation de vie urugero nkatwe tuba mubihugu by amahanga ibyo biyiko n amasahani no koza no kuryamisha abana muba mubisimburanwa cg arinawe ubikora kuko nawe ufite akazi kataguha uwo mwanya.bivuze ngo rero ntarugo rusa nurundi haraho ibyo bidakora kuko habaho n abagabo babarakare cg batanataha kare ngo abagore bababone babashe kubereka urwo rukundo. ubwo rero nabo uzabatekereze ho ubategurire inyigisho zibafasha. ariko merci kuri iyi contribution yawe mukubaka umuryango nyarwanda
❤❤you are right dear
Ikigabo cyaguciye inyuma ntabwo kiba kigunda ahosinemeye
Mumbye ndagukunze cyaneee ufite ubwege
Merci muvandimwe
❤
Abato bakurikize,inamazawe,benshibyarabayobeye
@@AkingeneyeLeoncie merci
Sha ibiganorovyawe ndabikunze cane kandi ndagukunze cane ukungene ugirinama abakenyezi bagenzawe
Murakoze cyane shenge
Ndabashimiye madam,kuko muhaye inkunga ikomeye ingo zacu,impanuro zanyu,zifite ireme
Namwe Veda
Oh my God. Muah ❤❤❤
Thanks sis much ❤
Uri mwiza cyane ❤ sinzi uko mbona umeze
Thank u❤
Nyina wamahanga Rebecca urakoze cyane mubyeyi turagukunda
Ameeen murakoze muvandimwe. Nanjye ndabakunda
Abameze nkawe twarababuze ujyukomeza kubaduhugurira uza ukomeje imiryango imana yomwijuru izabikwibukira
Amen izajya imfasha ndayizeye
Maman tu est gentille
Nigize icyizere ko nzubaka urugo rwiza
🎉❤❤
Thx mum Uzi ubwenjye pe❤
Sinkunda gutanga ama subs ariko intego wihaye yo kumurikira imiryango ni nziza Imana ikomeze ikumurikire SUB nayishoje
Merci bcp mubyeyi. Imana ibahe umugisha.
❤
Ntakunze ukuri ushize ahabona.
Merci muvandimwe
Nivyiza cane ndasavye numero zuwo mumama muzindose
Ndagushimye. Imana igufashe
Amen
Uvuganeza
Murakoze
Ndagukundira igifaransa ciza.
@@felixniyonkuru9580 merci bcpp
Regine merci nshuti
Namwe merci
Sister ufite ubwenge kbs
Amagambo uvuga nimazima Rwose arashimishije
Yumugore numugabo
Murugo rwabo
Merci bcppp
Itarambere ryaraje. Ntiwaba utabona umwanya wo gutegurira umugabo ameza ngo ubone uwo gutegura iyo mibonano wowe uvuga. Mureke tumenyere k😅ubaho gisirikare
Meris
Ariiko Uzi kuraran nuwomwashakanye ukamara iminsi itatu utamwegera? Akakubwirango yifitiye ibibazo akaryama aruwo kuvuga nabigusa? Ahaa!!
aba yabihaze ahandi akaza guteka imitwe ngo umutinye bahaga nabi cyane
Abafite abana bato biragoye kubona umwanya wokuruhuka
Ni byo biragoye ariko you manage
Harigihe ubikora ukambara neza numukozi akakwigana ahorero bibarihatari
Umukozi atanguye kukwigana surtout munyambaro cumuhindura
Bonsoir merci bcp c est gentil
Merci aussi
Jew camaz.kucinyuma noca ndakubon nkigipfu
Hhhh
Merci bcp maman
Namwe shenge
Nnx wampaye number yawe ko haribintu nshaka kukubaza
Merci
Pas de qoi sis
Uzaduhe phone number yawe,nkubwire ibintu uzaduha ho inama.
Kuko haribihe biba bigoye bigatuma udashobora kubaha umugabo.
Igihe nawe atiyubaha
Yego ma cherie. Birumvikana kandi ni ho bigoranira. Ni 0783471034
Ntakintu ntakimwe cyatuma utubaha umugabo kibaho ugomba kubikora
ibi abagore bose babyubahirije nta divorce zabaho!!!
Uko ni ukuri pe
Regine yambiiii
Nonese nkiyo umugabo ntamurimo agira,umugore ariwe ukora wenyine,yabona imbaraga zo gukora ibyo byose ubagiramo inama?nkeka ko aba ari stressée et deprimée pour la situation qui est si critique
Sha birumvikana ibyo binashyira urugo muri risque
Ibyo uvuga ni byo. Ariko mu by ukuri stresse ntigomba kuguhuma amaso ngo ikwambure icyo ufite gihenze kurusha ibindi ari cyo Urugo. Urugo rugomba kubaho mwaba mukennye mwaba mukize.. urugo ntirudependa ku mafaranga kuko adahari rugumaho.bisaba kwihangana kwinshi n ubushishozi no guca bugufi cyane
@@kayiremetv648wakoze kutugira inama ark sinzi niba harabagore mwaganiriye ngo bakubwire imvune ziba mu rugo,Uzi noneho kuba ariwowe ufite risque zurugo rwose ibicyenewe,abana ubwonko buri gutecyereza birenze ubwumugabo ngo none ukorere nibyo byose umugabo,natwe turabantu wa
@@UsengimanaDenyse Yego Denyse turabyumva kimwe. Ni byo ndetse umubare w abagore babayeho batyo umaze kuba mwinshi pe. Gusa ikiba cyabaye ni uko umugabo qba yirengagije inshingano ze nk umugabo. Umugabo quite ibimureba bye bidashobora kujya ku ruhande rw umugore. Iyo byagiye ku ruhande rw umugore biba byabaye amacuri. Umubano uba wabaye intambike. Rero muvandimwe ni ikibazo gikomeye kandi cyo gushakira igisubizo. Sinigeze rwose nirengagiza ko hari ingo zibayeho gutyo kandi si ko byagakwiye. Ni ugusenga cyane.
@@kayiremetv648 urakoze mubye
Ntuzi noneho umugabo utazita kumenya situation urimo,waba urwaye,waba ubabaye,waba ufite ikibazo,ntibimureba icyo apfa nuko akora sex ibindi ukimenya,
Birababaje pe. Hari n undi mumaman ejo wabimbwiye. Birahari cyane. Biri no mu bintu byangiza umutima umuntu ukagenda wumva utamwishimiye gacyegacye.
Ni ugukomera pe. Kuba umugore ntibitana n ibyo
Uwo nawe si umugabo ushira mugaciro
❤❤❤❤
Ndakikunda
Murakoze
Merci Maman
Pas de qoi
Utambwirwa amagambo meza n'ibikorwa byerekana ko ukunzwe se ntabyo wabyifatamo ute??
@@elkanfranco4619 sha biba bigoye ariko urihangana. Ugashaka ijambo ryiza mu bikorwa
Gukundwakaza rero ninshingano yumugabo ntago ariyumugore pe,wabyibagiwe ahari,kubaha niyo nshingano yumugore
@@mukamurenziesperance4663 birajyanirana. Kumwubaha ni gutyo nyine. N umugabo afite ibye bijyanye no gukunda umugore we. Ibi ivuga se ubikoze byakugwa nabi? Byabihira umugabo wawe se mubyeyi?
Mwaramutse?Yewe abagore bubu byo byararangiye.usibye nibyo baradutuka,mbega n'agahinda gusa
Sha ni ukwigisha bizaza. Ni ibintu byinshi bibitera
Ihangane ushobora kuba warakomerekejwe ariko abagore Bose sibamwe pe
Reka na mugore utuka umugabo
Ikikiganiro cyawe nicyiza, cyuzuye ubwenge, ariko abagore babishobora nimbarwa. Ahubwo bababashaka ko abagabo babibakorera aribo ndetse wanamusaba sex akakubwirako yinaniriwe cyangwa wamubabaje, byazatinda ukabona ugukorera ibyoyakwimye, noneho agatangira kumubaza impamvu atakimumunda kandi waramukundaga !!!
Yego cyane muvandimwe.
Akenshi iyo umugore ababaye cyangwa akurakariye ni ko bigenda ariheza Agasa n ukwanze. Bigacukura icyuho/ icyobo Hagati yanyu. Ni ukumenya kubyurinda abagore bakagira ubwenge ariko n abagabo bakamenya gusaba imbabazi byihuse mu gihe habaye ibitagenze neza. Bene abo bagabo barakundwa cyane n abagore babo.
Icyo gihe umugore naba agandutse ishingano aba yazishe kdi ijambo ryimana rivuga ngo bagore mugandukire abagabo banyu
@@MukandayisengaDaphorose sinsobanukiwe neza icyo ushatse kuvuga my sister
Ikiganiro cyiza kirimo inama nziza zirimo ubwenge kubadamu,ujye wibutsa abadamu kugira isuku cyane abagabo turayikunda nubwo iyacu ari nke😂! I❤u!Big bzuuu!
@@rukundoyanis6351 ni byo rwose
Regine merci
Merci aussi
Izi nama ni nziza
Murakoze
Abagore biyiminsi nabimins yimperuka