TWATANDUKANYE KWIHANGANA BYANZE ARANSIGAðYATAHAGA NTA NKWETO YAMBAYE ðTWARAGERAGEJE BIRANGA ARIHOðĨ°
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 28 āļ.āļĒ. 2024
- #ireretv #happyfamily #Joseline:0785176013
IRERE TV ni TH-cam Channel igamije kugeza ijambo rihumuriza kubayikurikira buri umunsi.
kubagezaho kandi ibiganiro byubaka umuryango nyarwanda muburyo bwumwuka, ubugingo ndetse no mumubiri.
IRERE TV kandi dufasha kurerera Urwanda, dutanga inyigisho kubana nurubyiruko muri rusanjye.
Turatarama yewe Tukaramya Imana. Ushaka kutugezaho, ubuhamya, inyuganizi cg igitekerezo waduhamagara kuri
Tel: +250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Tubashimira kuba mudahwema kubana natwe mubiganiro tubageza. kora share usangize abandi icyiganiro wakunze, unakande subscribe niba utaraikora. wowe wabikoze Imana uguhe umugisha.
IRERE TV is a TH-cam Channel that aims to bring comforting words to its followers every day.
and to provide them with discussions that build up the Rwandan community spiritually, spiritually and physically.
IRERE TV also helps to raise Rwanda, we provide education to children and youth in the country.
We worship God. If you want to share with us, a testimony, a lawyer or an opinion, you can call us at
Tel: +250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Thank you for continuing to stay with us in the conversation. Do share the conversation you liked, and click subscribe if you haven't already done so. you did it God bless you. - āļāļąāļāđāļāļīāļ
Ihangane mama Niko bigenda,kuko abantu tunywa agahiye abantu bamwe n'a bamwe banywa inziga mugomba kuzitondera,kuko hali ubwo ukunda inzoga bikaba indwara chronique,ubusinzi bukabije,uwo muntu aba yararwaye abyuka ashaka kunywa inzoga kurara mu kabali adashaka gutaha
Uyu mudamu nuko abagabo batavuga ariko umugabo afite icyatumye ahinduka ndetse no kumusiga hari mpamvu abadamu bazi kwivuga neza muzatuzanire umugabo
Uvuze ukuri kuzuye uyu mudamu ni umunyangeso kuko ntanadusobanuriye icyamuteye Hypertension aragihishe biboneka ko umugabo we yananiwe kwihanganira ingeso ze agahitamo kwiyahuza inzoga kugeza batandukanye.
Ariko ibibintu barabiroga nuwanjye nuko yagiye pe ntababeshye sinzi uko bimeze iyinkuru imeze nkiyanjye pe
Ibyawe twabyemera ariko twunvise nibyumugabo
ð
ihangane kandi ukomere,abakobwa bashakwa nabahungu babanywi binzoga ngaho murebere kubo byagoye.komera byukuri wihangane.
Ariko ibaze, umugabo uta umugore nkuyu usa gurya murumva ataramarozi bamurogeye munzoga?
Komera mubyeyi inzoga nanjye zoga zirarusenye ariko imana izadutabara
Ariko mana kuki abakobwa beza aribo bashakwa nabiðĒ
Mimi ongeraho Kd ko baba banitonda
Akenshi usanga abagore beza bananirana kuko baba bateretwa nabenshi.
â@@girukwishakaevelyne4470Sha iyo witonda uhura numuntu udafite gahunda yo kubaka ubundi umuruho ukawutangira ubwo.
Ariko abagabo twaratewe ntitwarabukwa Koko umuntu asiga umugore nkuyu agasha undi ameze ate k uyu mbona Ari mwiza azi n lmana
Mana mbega twahujeurusha koko komera ukomeze usengeâĪ
Satani yarabariganyije disiwe.byukuri ndumva ntabikomeye byaribiriho byatumye rusenyuka,ariko Imana izagiruko ibigenza.
Nta prÃĐsentation mwakoze bimeze gute
Urazoshaka divorce. Nanje inkuru yanje igomba kumera nkiyo yawe ariko maz kubona ashatse nahise nsaba divorse kugira ngo abana bavuka kuri jew nabandi bavuka kumugore yarashatse ntibaz bagire ibibazo . Na can can iyo ubona uri umugore uzi gukora ukirerera abana. Kenshi bo bagore bakabiri ntibba bazi gukora ntgituma rero abana buwundi mugore bazoza kungorera abana twagorwanye
Uziko musetsa Koko! Iyo umugabo yisunze agacupa haba hari impamvu. Iyo bigeze Aho yigendera akaruvamo...wamudam we ushobora kuba utoroshye uburyo uvugamo urakaze...ibyo ukora mubwihisho Imana irabizi
Mwabagoremwe.harigihe.mutamenya.ibisenyera.icyambere.urugo.nishuri.guhera.muwambere.ugenda.wimuka.icyakabiri.kumenya.icyo.umugabe.yifuza.ukagikora.tuganiriye.nakumbwira.icyo.wazize
Nonese gukora icyo yifuza cyose ukagikora woe uba uri ilobo?? Ntimukikunde.
nuko yeee, ntimuzahure kuko nawe ndunva ntacyo wamwigisha
Harumugabo u burira urufatiro akabameze nkumuntu urwaye ibisebe umubirowose ukabungabunga bikanga ntakutagize harabagabo babicynðð
Ihangane disi abagabo sinzi imitima yabo uko imeze peððnonese ko utabara inkuru neza utwo dushya tuvuge niyo nkuruðŪðŪ
Mvdi abagabo Bose sikimwe hari nabagore bananirana bakakubabaza.
Uyu mugore ntabwo ibye twabyemera kuko ubuhamya bwe ntibwuzuye.
Abagabo n'abagore muri ikigihe bafite ibibazo byinshi
Wamubyeyiwe komera gusa ngukundiyeko wivugira bicye
Uracyafite igikomere kuko uracyamukunda gusa imana igutabare
Humura Yesu ni muzima! Komera haracyari ibyiringiroâĪ
Ariko abagabo twaratewe ntitwarabukwa Koko umuntu asiga umugore nkuyu agasha undi ameze ate k uyu mbona Ari mwiza azi n lmana
Ariko urimwizape
Komera mama ntacyiza cyabagabo
Komera mukobwa wa yesu
Umusinzi cg umusamba nyi kubaka urugo biragoye!!!
Nange nibaza uko bateye bikanyobera!
Impore mama.ð
âĪâĪâĪâĪ
Losing her man off course
Komera mama turagukunda âĪ
Inkuru yawe nawe yafasha kuko uriguhisha hisha
Wimureganya
None ko uvuzeko wababaye mukwezi kwa buki abo bana wababyariye murugo rugo rwagushaririye uko?
Mbega ikibazo kirababaje nonese urugo rusharira bivuzeko rutabyara tandukanya kubyara nokubana neza umuntu akubyaza amaze kugukubita
yarakomeje asengera urugo rwe yunvaga bizakemuka final umugabo niwe wagiye amusigiye bana 2
Ubuhanya bwawe urikubuhisha ariko humura imana yomora ibikomere cne