😭 Umurambo w' umugore wanjye nawuhagaze hejuru ngo baduhambane || yapfuye urupfu muhitiyemo 😱
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 5 ต.ค. 2024
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Imana iravuga cyane , ubuzima bwange bwose nabayeho Imana inyobora cyaneee, imbwira kandi igasohoza , kandi ntakintu nakimwe Imana igimbwira NGO ntigisohoze ...Gusenga ndabikunda cyaneee,ariko ndumunyantege nkeya ....ubuzima bwogusenga nibwiza cyaneee..... Ndashima Yesu ujyumba hafi .....Yesu ninshuti yange arankunda ...iyo ntamugira mbanarapfuye....
Mana nyagasani ndakubashye umpe imbaraga zo kukumenya cyane nokugutinya
Imana iguhe imigisha papa wanjye Mama moise ndamwibutse ariko aho ari niheza cyane
Ubutumwa bwo kwezwa buhuye cyane n'ibi bihe bya covid-19 turimo. Zaburi Nshya Imana ibahe umugisha
Mbega ubuhamya!!!! Hahirwa abapfa bapfira mu Mwami Yesu Kristo. Imana izoduhe iherezo ryiza. Murakoze kuri ubu buhamya. Uhoraho azobazigame kandi azobahe iherezo ryiza.
Mana uze wirengagize intege nke zanje uzompe iherezo ryiza nabomurugo rwanj ndabigusamvye mukwizera Amen
Ariko se papa ubwo wumva umeze ute umuntu wizeye neza ko uzajya mwijuru koko. Urahirwa rwose. Icyampa nanjye nkavugana n'Imana
Hahirwa abantu bagiriwe Ubuntu bwo kuvugana n'Imana!
Nange uwampa ngo mvugane n'Imana, mba numva ntabyumva peee cg n'imagination?
@@Queen-ze1tm Iravuga irakora, yitwa NDIHO izakwiyereka nawe
@@Queen-ze1tm nange mpora mbyifuza but I believe one day God will answer us in the name of Jésus. Amen
Namahoro incomparable imana ikampankashika kumasezeranoyayo
Uko n’ukuri Imana yacu aratuvugisha kandi iranatwandikira. Uwo itarabikorera biramugora kuvyumva no kubitahura ariko muje mwemera ko Imana yiyereka abayubaha. Abantu batanga ubuhamya Imana ibahezagire cane kuko benshi baratinya ko bobita ababeshi.
Mana yanjye we😭😭😭😭😭😭😭😭 Imana irahambaye nukuri njya nifuza Urugendo Nkurwabakiranutsi Imana Izamfashe Uyu Mu papa Ubuhamya bwe nabukunze bwose
ZABURI NSHYA Imana ibahe umugisha mwinshi kuko mwubaha umuhamagaro mwahamagawemo Imana ishimwe
Mbega ubuhamya bwiza Guys icyampa Imana ikaduha iherezo ryiza
Message yaduhaye irumvikana,umukristu wese niyezwe kuko umugambi wogutwara Umugeni WO urihocyane
0788520125
Ubuhamya bunshubijemo imbara numwete wogushaka imana murakoze cyane 📖📖🙇🙇🙇🙇
Nshuti yumusaraba harijambo uvuze rikomeye abantu bakwiye kwitondera cyane nongerengo cyane nijambo abantu benshi ndavuga abahamagawe usanga bahanze amaso kumasezerano yibyo IMANA yababwiye ariko uvuze ijamboko abantu ntibayishingikirizeho cyane ahubwo bite kukwezwa kuko gutaha birashoboka cyane amasezerano ufite adasohoye niyompamvu dukwiye kwezwa kugato nokukanini ntuzishukengo urangazwe namasezerano ahubwo twezwe cyane
Imana iratangaje pe!Igira neza kdi ikora uko ishaka ku bantu bayo.
Yooooo wihangane cyane Imana igu shigikire Amen ndafashiswe kandi Imana ibanenawe Amen 🙏🙌👏👍
IMANA Ishimwe kubafasha kutugezaho ububuhamya
yesu we mbega ubuhamya buteye ubwoba, kubana N,Imana nivyiza cane numuntu mwagiriwe
Unve ni uwiteka wenyine ubizi ntacyavanaho umugambi w,lmana
Imana ishoboyebyose,ibyoyatubwiye nubwo yakwibeshyera icyonzicyo nuko Imana ibishoboye.Nimubyemere rwose ntacyaha mubamukoze
Mana weee,ndakwinjyinze nanjye uzampe iherezo ryiza.
Zaburi Nshya mugize neza kumutwereka ubundi harigihe umuntu ashibora gufata nkububeshi merci beaucoup 🇧🇮
NGO ntiturangazwe namasezerano twahawe n'Imana twibitseho ahubwo kwezwa
Iyo twiringiye iratangaje pe ikorera igihe mugihe ishaka
Yesu ahimwe abababyeyi turabakumbuye muzobadusurire muzoba mukoze.
I am crying 😭😭so emotional and glory to our all mighty God. We will be there also 🙏🙏🙏🙏
instablaster...
Umva nanjye ka ndeke umugambi wimana usohore, nsabye ni mana Imbazi kbs Imbabarire nanjye narimfite urujijo nkurwa mama Ineza, arko nukuri Imana niyo Imenya idukwiriye kbs
Dushake ubwami BW'Imana no gukiranuka ibindi tuzabyongererwa
Mana weee ndakwemeye, nanjye uzampe iherezo ryiza
Imana iraca ku Bantu bayo batandukanye, bakatwigisha, bakaduha ubuhamya, bakaduhanura ariko ariko ni duhinduke bigishoboka.
Mbega ubuhamya weeee, Mana natwe uzaduhe iherezo ryiza. Imana ikwiriye kubahwa ibihe byose.
Ubu buhamya bunteye ubwoba. Imana isama umuntu ntagwe hase yarangiza ikamugeza aho ishaka mu muyaga!
Yoooo
Ndabwibutse ubuhamya bwuyumugabo nararize nenda gupfa bwaranandyoheye ariko,nubu mbusubiyemo pe mbere yuko ndyama
Wa mugabo we nawe Uzatahe neza pe🙏🏽
Ubaye nkanjye rwose .niriwe nafashijwe .zaburi nshya👍👍
Imana iratagaje wee
Hill Gift uyu mugabo nawe arakomeye mu gakiza.
Ibyo yabwirwaga yabifataga nkukuri
@@byanafasheferedariko6478 b mb . Mlm
MANA NDAGUSHIIMIYE🙌 NGUSABYE KUNKOMEZA UZAMPE IHEREZO RYIZA
Iby'Imana ikora biradutangaza n'ibyo ikora n'ibitangaza!
Icyo nkuyemo ni ukuba inshuti n Imana bitajenjetse, ikaba iya mbere mu buzima bwacu! Dukizwe neza tugire imirimo myiza ibindi ni ibyacu!
Ukoresha ubuhamya bwiza journaliste intro yawe ni sawa cyane
Umugore mwiza disi ufite umutuzo muriwe yesu akomeze kubanezeza
Uyu mu damu afite umusatsi mwiza . 👍👌
Yoooo ntakundi mugenzi Imana ikora uko ishatse !!! Yishubije umuntu wayo 🙏🙏
Hahirwa abapfa bapfira mumwami.
Mana we!!
Ukwiye icyubahiro cyawe kihariye.
Uzi abawe kandi nta yindi mana nkawe Ku bo wiremeye.
Ubwo ugenderera abandi, nange ungirire Ku bw'Impuhwe zawe.
Uri Imana kdi urashoboye kdi imigambi yawe nimyinshi kuri twe !!
Mbega ubuhamya weeee. Nongeyeho kubaha Imana. No gukunda kwiyeza. Mana yanjye mba hafi mururu rugendo ku isi.
Gusa uriya mudamu yitahiye neza pe
Mbega ubutumwa bwiza imana ibasig amamvuta
Ameeeeeen.mbega abantu Imana yahaye umugisha weeeeee👏👏
Imana izaduhe iherezo ryiza nukuri gusa nunvise mo ikintu gikomeye kudahanga amaso kumasezerano ahubwo tukita kwiherezo ryacu.
Mbese n'uyu? Mwkoze kumutwereka. Ubuhamya bwatumye nongerwamo imbaraga zo gukunda Imana.
Uyu mugore we nari nagizengo niwe wapfuye disi 🙏
Imana iriho Kandi iravuga ndabyemeye
Ntawayikoreye azokogwa nisoni Imana ni Mugira neza .Ndishimiye cane ubu buhamya Imana izabahe iherezo ryiza
Mwami wanje Yesu kristo uzampe kurangiza neza
Amen
Yehoshoua natwe uzadutegure nurubyaro rwacu🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾tukazibonera ijoru🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Yooooo nukuri Imana ikomeze kububakira
IMANA Ibahe umugisha, kandi IMANA Ihabwe icyubahiro
Amena Imana Ibubakire Disi Murakoze🙏
Imana yacu ni umwizigirwa. Ivyo ikora birenze uko ubwenge bw'umuntu bwovyibaza.
Yoooooo ubu buhamya buradukumbuza ijuru weeeeee...
Ububuhamya bwuyu mukozi WI Mana bwaranyubatse bunsubizamo imbaraga
Mbega ubuhamya bwiza😭😭😭😭❤️❤️❤️🙏🙏🙏🙏
😭😭😭😭Amarira yanyishe
Ariko Aimé urakurikira byahatari? Cg ukumbuye u Rwanda
Yesu ashimwe cane. Mwoduha nomero yiwe. Sawa muhezagirwe
Mana weee uri igitangaza nukuri, ndongeye kugutinya kdi ndakubashye.
Imana izompe kwipfira nkuko abagororotsi bapfa
mufite ubuhamya bukomeye muraberanye pe Imana ibigenza neza
Uzaduhe iherezo ryiza Mana🙏
AMEN 🙏
Manawe yaragutetesheje PE Imana iratangaje
Ooo nooo💔💔💔😭
Ariko aba Adeper mwaranshobeye urivugirako mwembi mavuganaga n,Imana,uba warabyanze,nonese Hezekia ntiyerekeye Ivure? Anyway Imana igukomeze pe
Shn muramfashije kbs
Ooooh courage bantu b'Imana. Mugume mû biganza vy'Uhoraho.
Izo ni inzozi cq niyerekwa,Imana irahambaye
Mana
Urampakurangiza
Naza
Wobukoze. Cane
Nifurije uyumugore kurushaho kwita kucyo Imana yamubwiye maze nawe Imana izamuhe iherezoryiza nkuko yarihaye uwamubanjirije mururworugo
😭😭😭😭😭😭😭😭😭I'm too scary for this testimony 🙏🙏🙏🙏🙏😭
Mbega ubuhamya! Bwongera imbaraga mu rugendo rwose. Imana ibahe umugisha
❤❤❤❤❤
God bless u
Ni imana ishobora byose yagize iherezo ryiza peee nawe wihangane pee kandi uhumure
Imana iratuzi, izi na numeros zacu za telephone.
Mbega ubuhamya 🙏🙏
Mbega ubuhamya !!!!!
Ubuhamya bwiza pe!ariko Ikibazo ngira kuba ADPR n'iki:niba Imana iba yavuze kuki utayizeye ngo wange transfert yo kujya ikgli?? Ikindi kuki wakwiyahura kandi umuntu wawe ubizi neza ko agiye mu Ijuru ?umurokore se ariyahura?n'ukuri munyumve ibi bintu niba ari Imana yo mu Ijuru ibibabwira simbizi !!
Kwakira urupfu ntabwo byoroha kdi ikindi ntabwo umuntu yaba agihumeka ngo ibitaro biguhe transfer ngo wange kujyayo ibyobyo si ikibazo kidini Madame
Ikindi yavuze ko kwiyahura ari amajwi y’ abadayimoni yamuganirizaga nawe akabyemera. Ngo ni nka yayandi Yesu amukura mu mugozi muri Nyungwe. Jya ukurikira neza- si idini, Imana aha niyo yavugwaga kandi igashyirwa imbere. Tuyikunde tuyiringire tuyihe uko turi kose.
Wimucira urubanza kuberako nawe numuntu kandi yambaye umubiri ,wibuke ko uwo yarabuze arumugorewe yakundaga , ikindi wibuke ko satani nawe ariho kandi akora ,usibye ko yatsinzwe
Uwiteka wee! Ndakubashye
Halleluyax3
Ibahezagire kwl
Yooo Uramfashije wa mugabo we
Mana nzakunambaho kuko niwowe buhungiro bwacu. Habwa icyubahiro.
Mana nanjye Ndakwinginze umenyeshe imugambi wawe kuri njye
Mwaduha tel. Zuyu muvandimwe?
Nubwambere numvise umuntu udatinya urupfu, no gusiga abana
Umwaka 1 gusa uba ubonyemo umugore ? Yapfuye 2017 urongora 2018😭 Ubundi niba warakundaga umugore wawe nkuko ubivuga nibura nkimyaka 5 ukabona gushaka undi. Ahaa nzaba numva . Ibintu byose babyegeka kumana 😭
Assi Wangu, ntabwo nkuzi ariko icyo nguhamiriza nuko iby'Uyu mugabo avuga ari ukuri byabayeho,twari tururanye n'aho yakoreraga uretse ko hari kure y'umuryango we. Ibyo kumugeraho atarapfa ntibyari kumukundira kuko yari avuye mu rugo vuba kdi imirimo ye ntimwemerera impushya za buri gihe!👨✈️ Reka kumwibasira no guca imanza no gutesha agaciro iby'Imana ntiwahakana kurusha Sauli wahindutse Paulo ahubwo Uzasabe Imana Izakugenderere nk'uko igenderera abandi! Abana5 umugore we yari asize nta yandi mahitamo yari asigaranye atari ugushaka umufasha kubarera kubera imiterere y'akazi ke! Ugire Amahoro🙏
Ubu buhamya mpora mbwumva ariko sinjya mbuhaga pe
Bufite amavuta adasanzwe
Ayiweeee Mana yange nsenga mbega ubutumwa bwiza kange mukazi ndabusubiramo
Burababaje cane narize birandenga ariko imana ninziza kuko yaramuteguje .nanje uzanteguze mana yanjewe
Nukuri imanayacu mureke tuyinambeho ifite imbaraga nange bunyongereye imbaraga imana izakomeze kubaba hafi allelua
Imana izarusheho kubanezeza
Gusa turubakitse
Mana urimana
Imana niyonkuru
#Byeri nari naramwumvise kuri Audio, none dore mubonye n'amaso yanjye.
#Byeri, Imana Ikomeze Igukoreshe kandi wowe n'umufasha wawe Imana Izabubakire urugo rw'umugisha.🙏❤
Najye nuko nunvaga pfite amatsiko yokumubona nukuri
Hahirwa abapfa bapfanye kwizera kukobazataha ubwami bwo mwijuru yaba twese twapfaga dutyo 😭😭😭😭
Mana uduhe gusobanukirwa iby’uru rugendo rwo muri iyi si. Kuko ntitubisobanukiwe
Mana we urimana pe.urupfu rwumugororotsi nurwigiciro munyonga zimana
kwubaha lmana ni vyiza.
Ubu buhamya nkuyemo inyigisho yo kwihutira kwezwa. Ariko icyo nabaza uwo mugabo numubare wabantu barikumwe muriyo Ambulance kuko ntabwo abo bantu bose bari kwicara kwa shauffeur bose kuko akenshi shauffeur aba yicaranye na muganga waherekeje ambulance,sindi umuhakanyi ariko nkunda gusesengura.
Birababaje😭😭
Ariko Mana urantangaza , gusa uzampe iherezo ryiza
Nonese ko waruziko ibyo Imana ibaganiriza bisohora aribyo nigute umugore yamara iminsi akubwira ko agusezera agiye kugenda kugeza kumunota wanyuma akuvugisha warangiza ukigumira kukazi koko? Kandi bakubwira ko ari kwa muganga ukabona kuza wiruka? Ibi ntibyumvikana 🤔 ? Gusa pole
Amen
Ngo inumero za mobile warazirose uzandika kugapapuro uzisonnye zicamo? Ibi ninde bibereye urujijo nkanjye?
Ndi umwizera ariko ntinda kwemera ndebera k'ubantu b'iberoya ngashakashaka niba ibyo mbwiwe bihuye n'ijambo......Intu 17:11
[11]Ariko abo bo bari beza kuruta ab'i Tesalonike, kuko bakīranye ijambo ry'Imana umutima ukunze, bashaka mu byanditswe iminsi yose kugira ngo bamenye yuko ibyo bababwiye ari iby'ukuri koko.
Hari ingingo nyinshi ziri muri ubu buhamya ntemeranya nababutanze. Kungingo yo kubwira umuntu igihe azapfira, gutagatifuza uwo mugore wapfuye kuko ubu buhamya bufashwe nk'ukuri abenshi twatangira kumwiyambaza ngo adusabire,ikindi uyu mugabo arivuguruza kenshi ngo babyumvikanyeho uzagenda buri wese ashaka kugenda none kuki bigaragarako atumvaga impamvu umugorewe yapfuye aburana n'Imana...icyanyuma ayo mafoto rwose yafotowe n'abamarayika turayashaka abahanga bazayasuzume turebe camera zayafase nibura tubone igikoresho cyavuye mu ijuru. Murakoze
Yeah nibyo il faut ke ibivigwa byose tubisuzumisha ijambo,kuko ibivugwa ni byinshi ariko muri byose twisunge ijambo ry'Imana kand twamamaze inkuru nziza ya kristo ijyana abantu ku gakiza.ubuhamya nibwiza ariko byaba byiz bubaye buto tugaprofita kwamamaza ubutumwa bwiza buzanira uwizeye wese agakiza.