UBUHAMYA BUTEYE AGAHINDA: Umva Urushako rubi, Umugore wasambanywaga na Boss we umugabo we atabizi
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 15 ต.ค. 2024
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Yooo imana uguhe umugisha cyane urafashinjye cyane nazangira ngo ni njye wachiye mubuzima bugoye kumbe harabandi babu cyiyemo kanjye
Nukuri Ndiho ahabwe icubahiro kuko yagutabaye.Nukuri iyo yakuvuzeko ntabwo iguheba. Waca mubibazo iguma iguhanze amaso Nukuri mwene Data yesu aguhezagire cane. Ndiho yagutabaye ahabwe icubahiro
Imana iguhe umugisha cyane kubwo guhamya Yesu
Ititaye. Ukoturi cyangwa. Ukotwavutse gusap. Igiraneza
Muhezagigw cyane Imana ibakomeza
Komera maama... kugera kure siko gupfa. Ntakitubaho Imana itakizi imbere hacu ni heza
Bavandimwe nshuti zanjye iri jambo riti "nimuguma muri njye amagambo yanjye akaguma muri mwe munsabe icyo mushaka muzagihabwa "rero Imana iromora humura .
Wahuye nubuzima bubu rwose pe ariko nawe ntambwenge wamenye wakunze umugabo cyane uri yibagirwa kucyi wabyaraga muri umbwo buzima iyo wifungisha
Imana i guhe umugisha peee!!
Imana Ishimwe ubwo Ariyo wahungiyeho,gs ntukicire urubanza kuko ndumva yaba wowe cg uwo mwabyaranye mwarwanyijwe n'imbaraga z'akarande ko mumiryango yanyu mutabizi,gs ubwo wowe wamenye Imana ujye usenga wiyaturaho ibintu byiza wanga n'ibibi by'amateka yawe n'ayiwanyu,Imana Izakugirira neza.
U passed through a lot my darling but trust God is going to do more for u sweetheart ❤ 💕 💓
IMANA iguhezagire cane ,IMANA irashoboye.
I live in Australia 🇦🇺 I am watching you
I live in Rwandan I wont to see you
Muhorakeye Alicia! Imana Iguhezagire be n-abana bawe! Gumya amahoro Shalom Imana Yaguhaye aho wemera Yesu, ureke kwihebura. Kandi guma mw-ishengero, wizere Imana, uyumireko, vyose Izobikemura. Guma ku Mana yawe gusa!
Poleni sana narinzi ko kwarije vyabayeko ndumwe pe.
Alicia uri umudamu mwiza ihangane ngo kwihangana vitera kunesha komeza usenge Imana yo mwijuru yakurengeye izakomeza ikurengere izaguha umugabo mwiza kandi akunda abana bawe uracyari muto naho abo bakubgira ngo twara abana i Burundi bihorere umugabo agukunda azagukundira nabana. Imana iguhe umugisha
Naje byambayeho narazinutswe kand naPaulo yaravuze ngo uwo byokundira yoreka gushaka
Imana iguhumugisha kandi igukomeze
Yoooo uhoraho agukomez sha ndusangiy ubuhamya imana ikomez kukuzigamira abana
Amen Imana ishobora byose ntago izadusiga ntago ikangwa n’ibihe kandi ijuru riratabara
Yooo wihangane cyane Imana irikumwe nawe kandi igu shigikire Amen ndafashiswe amen
Pole Sana alicia
Amena amena Iman ishimwe cane
Urakoze cane imana ibahumugisha arisia
Alicia uvuzukuri pe Imana iratabara pe Imana ibandanye ikuba hafi pe nanje Imana iheruka kuntabarira muri Pentecôte Imana ihabwe icubahiro pe.
Umva Alicia komeza usenge Imana izoguha uwuguhoza amarira kuko birababaje pe kuko naje vyambayeko bituma nticizere kubahungu bose pe.
Nukurip abanyabibazo turibenshi arikondashima Imanayomwijuru uburyo yihutirakudutabarap twebwe abanyantegenke
Yesu ashimwe muhabwe umugusha
Humura na maman dada wari perezida windaya mumigina imana yamukoreye ubukwe yaramubonye nyuma yo kubyara abana umunani ngirengo yabereye urugero kubadamu bihebwe.
Petero aterura amagambo ati"Ni ukuri menye yuko Imana itarobanura ku butoni,
(Ibyakozwe 10:34)
Yego sha gusa Imana ifite urukingo nanjye yaranyingiye ngaho komera ejo niheza
Nukuri Imana ishimwe kwihorana umugambi mwiza kumwana wumuntu
Humura yesu azibyawe
Alicia we..intahe yawe irakomeye ...uracari muto ukomere mu Mwami Yesu nawe azokurengera azokubakira urugo rusha rwiza
Asante ko wakijijwe arko nubona umugabo uzashake urimuto kd mbere ntago wariwarasezeranye imbere yimana ,uzashake numubona ugukunda
Arko ibintu bibera muricyi Gihugu Mana yange
IMANA ishoboye vyose ntuze wite kumajwi yabantu ahubwo uze wite kwijwi ry IMANA murakoze kubuhamya muduhaye
Imana Ihabwe Icubahiro Alicia kuba waramenye Imana.Ukomeze n'Imana Itaja Itererana umwana wayo.Komeza Uyizere Izokomeza kubana nawe
@@nahayojeanine2580 ihagane izakujyirira neza lmana lzabananawe
ALICIYA je suis d'accord avec toi , les prières de nos parents ça nous accompagnent toujours! IMANA Ikomeze kukwitaho muri byose , kandi idushoboze natwe kujya dusengera abana bacu!
ahubwo vyigishe abana abavyeyi barungika kwishure hokwiga bagacabaja mubuhumbu ntize wigere ubona umuntu ngwarahoze umuntuwe wese atagira MPemu WIMANA abarimwo daimoni
IMANA ninyembabazi irakuzi kundigufise kumugambi
Papa ndagushimye kuko ndya ntasambanye undereye umwana ntasambanye
Ayii data urakoze kunyibutsa
Kuko wankuye nwivata yibyaha
Imana ishimwe kusa ico uzabaco kizakikurinda
Imana iguhe umugisha
Imana Ishobora byose
Yooh Imana ihabwe icubahiro
Mama urose udufaranga uzoze ubazanira utuntu bakunda hama ukomeze urugendo gwagakiza ntacuzobura
Nukuri wihangane Imana izagutabara
Normalement oui ufise Rhesus négatif bagutera umuti witwa Resogama avant 72heures Uravyara ariko abana ntibabaho
Abandi bana umu Maman azabyara babaho neza iyo atewe uwo muti ku masaha 72 amaze kubyara.
Ohh Imana nigitangaza💪💪
Yazaduhaye number ye ko twamukunze
Humura uwiteka arahari
Mbega ubuhamya!!! Imana iri serieux pe!
Ndakunze ico kiganiro cawe.komera
Ihangane disi 🇷🇼❤️
Imana irakuzi yakumenye utaravuka
Abahungu barabagome pe
Imana igukomeze Alicia kandi iguhe desires yumutima wawe
Humura mukobwa wa Yesu
محمد محمد uzampamagare 0788507896
Ihangane mama uzabona undi mugabo kdi uzagukunda akagukundira nabana humura Imana iratabara
amahoro y´ Imana ni ukuli ubu ni ubuhamya bwizaaa...Imana itugirira neza... nimuhezagirwe n´iyi Zaburi th-cam.com/video/y60r-UHkxts/w-d-xo.html
Asyi we ubwoba buhamya bwawe ndabuhevye pe kuvuze koyakuzaniy kuwundi ndumva binyibukije vyinshi.
Ali wamubyara iyo muhuje
wohuye nikigeragezo kitoroshye
yawe
Ariye Inamankura bawitozegushakaAbagabobeshi bakoresha nrari esewabayeurerere abana kona afite abagaba bayarababiri bakarekerahowakwererera abana
Kuko nanjye Niko bili
Amen
Uracyari muto Shaka umugabo naho kuguhoza imbere yaza camera ngumugabo yaraguhemukiye ukiri mwisi ibibazo ntuzabibura kandi ubwontabutumwa bwiza burimo
Iyaba wari uzi umurimo aba akoreye Ilana uko ungana wagacecetse ugatuza
Umunyagiteranyi wiracu imana yarakoze ko itaca urubanza nkabantu humura ubu urakomeye ntamuyaga uzoguhenura
Méthode bimenyimana
Yesu azokurengera
Yesu ashimwe. Ntiyindi mana nzakorera ntayindi nzararamburira amaboko. By the way ukora ikiganiro neza, ubaza neza ibibazo.
Kandi ukomeze wihangana tugasubire inyuma uko bizoba bimeze kose harigihe umutu asega imana ikabaza ikakwihorera ariko iba ihayi kugerageza ngo irebe kwizera kwawe
niba wowe ubwawe warakijijwe nibyiza
Gukizwa nivyiza pe jew naciye nkuramwo meza da naho nasanze mpungiy imvura mumuvo pe.
Nivyo mugabo biraryoshe
Munshakire numéro yuyumudame ndi muburundi ntuye hanze yurwanda nuburundi mfise iconshaka kuvugana nawe nibn byakunda azamvugishe kuri whatsapp +237650558040
Nuwomwatanye yarimaraya bosenuko naweyarikukwanduza ahubwo wowe ntiwandura
Ariko urirya waaa!!
Abapagani niko babibona gusa ubuhamya bucyiza beshi
Nukuri mumbabarire nkunda kumva ubuhamya ariko ababutanga nyuma yabwo mujye mubamaso kuko abapagani cyangwase satani ntaba abyishimiye kuko beshi basigaye babifata nkaho muteka umutwe ngobabafashe ariko nukuri nubutwari gutinyuka kuvuga nkibyo gusa nintambara ikaze
Ceceka uwamutotoje ntabwo aguhunikiriye muvandimwe
@@amanimediatv1802 ibaze ubuse wowe Elneste imbere yahereye atanga ubuhamya icyo nicyo cyigufashije?
sorry narishatse gusubiza uvuze ati ariko urirya!
Hari mo nubujiji rwose puuuu byose byatewe nawe rwose murabyara mugatera abana umuruho 🙂
Ishimwe Nana uvuze nabi... ntabwo ari injiji ... yubaha imana... how about you???
Jya uvuga uziga ino ntago wakabambye ukurura wa Mukobwawe. Jya wubaha Imana n'abo yaremye
Ariko kuki ahantu hose ukora comments uri negative cyane kandi usanga uveba abantu, nurahura nisi nshuti. Nawe useka umukori ahetse umukobwa.
Imana ikubabarire
Nana reka nguhanure ntamukobwa useka undi !iyo uba urumuhungu mba nkubwiye nti ivugire ntacyo bitwaye
Plz uzonyohereze number zawe WhatsApp wazivuze sinazifashe kubera narindi busy izanjye 0757860299
Nanjye ndazikeneye plz
abantu babacokoranyi naho bobo binjira murusengero urabiyambura kuko abinjira beshi sabageni
Ngo umwana niwoe wamukijije kuko wamugaburiraga?hhh
Ariko hari utuntu uri kuvuga akabeshya.ngo weguye ibuye........haribyo uri kubeshya rwose.n'amarira uri kuyinginga.
Thx God
Ariko mana yanjye ngo amarira ari kuyinginga ,abantu mujye mwirinda guca imanza sibyiza Imana ijye itubabarira rwose
Yesu yarakoze kumurinda nuwiwacu
🙄🙄🙄🙄🙄🙄
Yesu numwami utagya ureka uwamwizeye
Mama shimiyimana yakubaye hafi .kand kubayabikweretse kale muvyaranye kabiri .Iyonimana igukunda cane . yesu azakubakira urundi rugo Kandi uzanezerwa cane.ukomele kumana niyo gisubizo izakugirira neza babibona mwizina ryayesu.
Alicia ncuti ya Yesu ,Imana yakurindiye murivyo bibazo ,izokwubakira nkurugo rwiza ,komeza uyizere ncuti
Yesu aguhumugisha wakoze kwihangana Imana izokuramira ikugirire neza
Amen
Imana ishimwe cyane komera kugakiza
Amen