Mana ishobora byose weee😭😭😭 nzineza ko uri muganga windwara zose ndakwinginze ikiganza cyane gikiza nigikore kuri Nyiraneza Julienne ndabihamya ko azagushima ko wamukijije, mbisabye mw'izina rya Yesu Kristo Amen🙏🙏🙏🙏😭😭😭😭Ariko Mana
Ahasigaye na himana nshuti yanjye kd uzakira mwizina rya kristo nukuri Imana yaguhaye impano nziza nanjye Imana iza mpe umugabo ku wo kd ndabyizeye amen
Indwara yo mu mara uvuga ntuyizi ni indwara mbi nayirwayeho kubera inshinge natwewe ndwaye allergie ntibisigana irritation du colon ajye ashyira amavuta mabisi Ku biryo ariko ibi nabyo ni ugutangira soulega mbese constipation iragabanuka uhuta ijya muri toilette(huile d'olive extra vierge)ariko mama bonne chance ndakumva nukuri warakubititse ibi nabibayemo ariko ndi gukira nawe uzakira
Pole sana Mushiki wacu kuko twese turi bene Kanyarwanda,Nibaza ko Imana yacu itigeze yemera ko umuntu ababara bene ako kageni,Ibi bibazo tubimazemo igihe turwaza so icyakorwa nuko twashyira mu bikorwa one health medicine approach ,Ubuzima bw'amatungo,ibimera ,isi,na mwene muntu twese tukagira ubuzima buzira umuze ,Uyu mu Mama azakizwa no kugarukira ubuzima buri naturelle ,Pain killers ziri naturelle ,Antioxydant naturelle,Imminostimulant naturelle
Mana we nukuri uyu mugabo nintwari pe IMANA izamfashe igukize umugabo wawe yongere akubone uri muzimape kko yakoze ibyubutwari.mana we abagabo nkaba baboneka hakeya
Maman Nguhaye link ya Kanguka hano Ndagufasha gusenga nawe uyisengeremo wizeye Yesu ni umukiza humura kdi Urakoze mu izina rya Yesu . Ndagusengera mpaka ugarutse kutubwira ko wakize. Mpore ma komera 🙌🏻🙌🏻🙌🏻
Tabara... Julienne +250787240090
Kutaduhaye Link ya TH-cam channel ye
mwaduhaye link ya youtube channel ye as you promised her kugirango bitworohera natwe kumuha subscription asabye! Thank you
Ntabwo waduhaye link ya channel yiwe ppa
Rweme wadushiriyeho link karibyo bufasha namuha
Mwandike Nkindi family TV show murayibona tumushyigikire!!!
mbeg uyumuntu se kwasa na jose bapfaniki abantu mubonako asa na jose mwiyerekane
Nari ngizengo ni José uje kwiteragura inshinge nari numiwe noneho
Nanjye nuko pe
Egokoooo nanjye mbonye ari Jose rwose🏃🏽♀️
Imana igirire uwo mugabo w umunyamahoro igukize shenge🙌🙌
Mfunguyengondebe ngize ngo nijose ndikanzepe
Jye nagize ubwa ngirango José ya rwaye
Yoo pole chérie
Ark mana uyumugabo wuyumugore imana izamuhe umugisha❤ abantu turikumwe mumpe like
Nukuri lmana izamuhe ljuru❤
Yamubaniye neza sana ahubwo numvagako yakize
Yego disi lmana izamuhe umugisha mwinshi
Yoooo 😢😢😢disi uru ni urukundo. Imana izamuhe ijuru pe.
Mana wambabariye uka cyiza uyumubyeyi please God mbabarira ndakwiginze pe😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Mana yanjye tabara Julienne umukize mwizina rya Yesu 🙏
Yooooh esse turitiranwa?? Mpore ma Zina yanje Imanikunkirize
Rweme ndagusabye azatuzanire umugabo we rwose ndumva ari intwari cyn pls i beg 🙏🙏🙏 njye ampaye kumva ubumuntu bwuzuye
😅⁰ 17:46 😅
Nukuri ntako atagize
Ihangane mubyeyi, aba Jo twins ♥ tugire icyo dukora nukuri
Yego
Nukuri mushake urubuga duhurireho tumufashe pe
Yego nukuri peeee murukore
Cyane pe
Ngaho c nanjye munshyiremo
Abafite ubuzima bwiza mutazi iby'uburibwe mujye mushima Imana cyane. Ni amahirwe ntabona uko mbabwira kuba mu buribwe umubiri uraryana cyane.
nukirimanishimwearko uyumubyeyinawre umuberebyose ujyukora ibitangaza biranashobokako wanamukiza
Ahubwo se ko asa na Madame Bobo.ubona ko basa ambwire pee.
Barasa pe nukuri lmana ikorohereze pe
Njye nabanje kugirango ni Josee
Umubiri uryan ndabiz nange
Uyu mugabo ni intwari Imana izamukirize umugore mu izina rya yesu
Yemwe abakunda Rweme mumpe like.
Ndakuremeye nshuti nkunda mbabazi rwema.
Ikiganza Cy'Imana kikugereho kigukize mu izina rya Yesu.
Mana ishobora byose weee😭😭😭 nzineza ko uri muganga windwara zose ndakwinginze ikiganza cyane gikiza nigikore kuri Nyiraneza Julienne ndabihamya ko azagushima ko wamukijije, mbisabye mw'izina rya Yesu Kristo Amen🙏🙏🙏🙏😭😭😭😭Ariko Mana
Amen
Nuri imukizep
Woe muzima ujye ushima Imana.mubyeyi komera inkuru yawe iteye agahinda
Mana yera Umbabarire aho naba cika intege nkavugako ninumura ubuzima Umbabarire hanyuma urengere uyu mubyeyi uko byaba bimeze kose umukize rwose . Azavuge ishimwe ridasanzwe
Amen👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Njyewe ndamuzi nukuri yahuye nikibazo cyane Kandi umuntu ujyirimpuhwe namutabare kukoyarashiriwe rwose
Ariko asaneza nyabusa!umuntu disi wakize iyo acyennye kwiyakira biranga abona isi yaramwizengurukijeho ariko uwakubiswe abayariyakiriye pole sana
Yooo😢😢😢
@@manishimwelydie7687😅😅😅😅😅😅
Amagara araseseka nta yorwa kbs umwanzi dutunze nuyumubiri iyowaguhindutse wifuza nurupfu ukarubura😢😢😢
@@manishimwelydie7687 ntago yakiyskira akiribwa cyakora yarakize yakiyakira agakora nkabandi kuko abari bakize bagakena nibeshi cyane bibaho mwubuzima ikibazo namagara atameze neza
Uzatumire uwo mugabo is a Hero ❤❤ abo bagabo baba hacye wibanira na malayika
Oya ntabwo wapfuye uhagaze uriho kubera Imana uzabaho mu izina rya Yesu
Mugire mwiza ndakwinginga genda wumvirize KANGUKA kenshi burimunsi sivyo??jekuri youtubi wandike ijambo KANGUKA iciza uzurayumviriza burimunsi uzokira ubugwayi siwo mugabane wawe
Basha niyumvitize kanguka imisi yose azokira niyashiramwo ukwizera .
Nukuri niyizerera muri KANGUKA tuzumva ashinga Intahe...... kandi intahe yiwe turayiteze mwizina rya Yesu kristo Amen
Niyizere lmana asenge ibyo bya kanguka yanyu ntacyo byamufasha.Yesu niwe nzira yukuri ni ubugingo naho aho mu murangira Yesu ntabwo ariho atuye
Humura mama Cheri amana ukorera igombe igukize kuko irashoboye
@@IngabireDiane-ls7sononese kanguka uzi ibyo bavugiramo ? Urabizi ko nabyo arugusenga?
Rweme mutabarize uko ushoboye ajye kwivuriza hanze afite uburibwe bukabije nuko yihangana disi
Ndabona uyu mubyeyi asa na josee mushiki wa Rweme Mbabazi ✌️ Julienne Komera ushikame Imana niyo ifite ubugingo bwawe mubiganza byayo 🙏🙏 ikugirire meza ikureme amashimwe 👏👏🙏🙏
Shananjye naringize nkoniwe😅😅
Nuko batavuga kimwe nahubundi barasa pe!! Koko abantu basa ntacyo bahuriyeho
@@marierosefatuma4654 nanjye ndabyemeye pe
Allah mutabare nukuri ark uzacyira inshall
😢😢😢😢😢😢😢
Yego urimwiza irinyenyeriye ariko uwo mutima afite nimpano yimana igira bake kd ntacyo uzaba ahubwo uzarama komer❤❤❤❤❤❤❤❤
Ntibazongera kukubaga mw'izina rya Yesu .igendere kwizera kwawe kuragukijije
Yoooo ihangane cyane mubyeyi Imana yumva gusenga igucyize wenda ibikorere umugabo wawe kubera ukwihangana yajyize. Iyaba isi ifite abagabo nkabo isi iba ifite amahoro. Iyaba narumucyire mba nkuguriye iyumwaka pe
Aze arunviriza Kanguka YA CHRIS Ndikumana Imana irashoboye kumutabara
Ajye asengana nabandi, twese Imana yaradusubije muri Kanguka.
Nyifunguye nziko ari jose barasa cyane banavuga kimwe
Nanj nagir ng ni Jose baarasa bavuga kimwe
Nanjye narangije ngo ni José nibaza icyo yabaye😢😢😢
Nanjye nuko
Nange nuko
Nanjye Nuko pe
Mana yanjye harinkuru numva nkumva birandenze 😢😢😢😢nkabona yuko koko ibyotwirukira byose ntamumaro wabyo 😢😢ahumbwo twagakwiye gusaba imana ubuzima buzima 😢😢nukuri inkuru ya Julienne irambabaje cyaneee!!!Imana igutabare nukuri!!
😭😭😭😭😭😭😭
Mana ndakwinginze ukize uyumubyeyi mwizinaryayesu ndabisabye nizeye Amen
Imana igukize mwizina rya yesu 🙏 gusa Imana irihagije jyusenga wowe kugiti cyawe kuko Imana irakuzi , kdi ibi bijye bitwigisha ko ubuzima Ari ubusa ,😢😢😢
Nukuri ndamuzi uku avuze nukuri pe ntacyo abeshye rwose
Aba jo twins show mutabare pe❤❤❤uyu mubyeyi twizeye ko Imana izamukiza
Sha ufite umugabo wintwari
Yoo Imana ikurebane impuhwe maze igukize Mubyeyi, mbisabye nizeye mw'izina rya Yezu kristu
Nizeyeko Imana ishoboye indwara zananiranye nkizi mubyeyi Yesu arashoboye gusa umubabaro ni uwigihe gito harigihe uzaruhuka
Yesu utagira ikimunanira nakuruhure mama, bibwire Yesu agufite igisubizo kirambye, ngwino gusenga muri grace room Yesu agukize burundu ntarwara adakiza
Arasa na josee banaseka kimwe
Mubyeyi mwiza komeza wivuze ariko usenge cyane imana ishoboye byose senga ushyizemo agatege kuko hari umudayimoni winyatsi aguteza uburwayi nkubu
Julienne Imana igutabare igukize niyo ishoboye byose ndumva uburwayi bwawe bukomeye Imana ikwiyereke pe ntibyoroshye kd usenge cyane
Abagabo nk'aba baracyabaho? Imana izagukize rwose, kuko ni wo Mugisha uzamushimisha. Hanyuma na we ubone uko umumwitura 🙏🙏🙏
Umugabo mwiza agaragara muburwaye bwumugore,umugore mwiza akaboneka mubukene bwumugabo we
@@mutoniclarisse7379 uvuze ukuri. Abagabo benshi, ni yo umugore arwaye Malaria, ajya gukira, yaratangiye gutereta ahandi 🤔
@@kiri-za-2023kokose, ndumiwe pe mbega abagabo
@@kiri-za-2023Ahubwo arivumbura ujya gukira nta nkuru yo kubara hhhh akajya yinuba ko mu rugo hari umwanda hari ahantu mbizi 😂😂
Uuuuuu
Mugire imigisha iva Kuri Nyagasani Imana.
Muri kanguka hari Imana. Imana ibaho ikiza abantu muri Kanguka.
Rweme we,uyu muvyeyi umurungikire sabin kw-isimbi tv nahone bamufashe kandi Imana izomukize,mutumiriye kwumva kanguka
Ahasigaye na himana nshuti yanjye kd uzakira mwizina rya kristo nukuri Imana yaguhaye impano nziza nanjye Imana iza mpe umugabo ku wo kd ndabyizeye amen
Imana ihabwe icyubahiro burya nemeye ko ndimuzima pe mana we ihangane mubyeyi uwiteka akurengere waragowe disi
😥😥😥 mbuze ibyo mvuga nyagasani abantu bafite urukundo babaho umugabo wuyu mumama nintwari ndakubwiye mama uzakira imana izagukiza ubwo bubabare nabwo buzarangira nyagasani ababe hafi
Abazi kwinginga Imana dufatanye kumwingingira twamagane ingufu zabadayimoni n'abarozi mu izina rya Yesu . Nukuri umugani wa Rweme wagira ngo ni film. Mbega uburwayi ! Afite Imana yamuhaye mugabo umwereka urukundo rutajegajega wasanga aribyo bamuhoye.
Najye nzamwizerera kuko iyo urwaye ntubasha kwizamurira isengesho nokwizera kuba Ari ntako gusa nishyari ryabadayimoni gusa aba bantu barinjiriwe ariko ntibabizi bigaragareko aribwo bwa 1 bahuye nimiraba gusa azakira avugire imana neza Kandi bagire ubwenge kurabo bantu bawira umugabo ayo magambo nibo banyirabayazana buburwayi bwawe mubyeyi mwiza yesu akwiyereke bundi bushyashya
Mana yanjye ,inkunga ikomeye masengesho ariko nufite icyo amufasha agikore rwose .nanjye ndabafasha gusenga Uwiteka ashoboye byose.
Uwiteka weee😭😭uri Imana yumva nukuri tabara uyu mubyeyi
Gusa Imana itanga umugisha uwuhe umutware wawe Yesu munyembabazi agukize
Abagabo nk'aba aho bari hose Imana ibampere umugisha kdi ihe ubwenge n'abandi bamenye neza uko umugabo akwiye kwita ku mugore we 🙏💖
Natuye gukira kuri wowe mu izina rya Yesu christo kdi izabikorere kwiyubahisha kgirango uyu mugabo atazagira ngo ibyo yakoze byose Imana ntiyabibonye 🙏
Komera wihangane mubyeyi,ubwo uri cyangugu,uzajye ku ibanga ry'amahoro,usenge Imana izagutabara
😭😭😭😭 ubuzima nubusa biteye ubwoba mana ko twumvishe inkuru nyinshi zivuga kugiraneza ko ukiza indwara wakijije uyumumama koko bas niyo utanyumva umva uburibwe umuwana wawe afite ndakwinginze papa🙏🙏🙏🙏
Mbega umubabaro!!! Imana izaguhe ijuru byibuze uzaruhuke unahozwe amarira wagiriye mumubiri
😢😢yewe GERD we nteze aho guhora pe.ariko Imana yo ishoboye byose Niyo twatakambira kugirango imutabare kweri😢😢😢
Mama Cher pole sana kbsa ,ndamuzi cyane numuturanyi ariko turashima Imana kuba ugihumeka
Ndakugarukiye Rweme we, ibyaha wari wari wadukoreye uzana prank ndabihanaguye...❤
Impore cyane maman. Imana ikurengere kd papa w'abana akomere cyane ni intwari. ntacyo kukubwira mfite ni ukuri
Mbega umugabo mbega umugabo mbega umugabo mbega umugabo mbega umugabo
Ndumiwe ndumiwe ndumiwe ndumiwe ndumiwe
Sha urukundo ruriho ❤️rwahozeho kdi ruzahoraho
Imana izampe umuntu unkunda gutya
Imana ikumve izamuguhe ifashe n'uyu mubyeyi imukize🙏🙏
@@AddyLincho amen
Rweme we, ubutaha azagarukane n'umugabo we! Ndumva aruwo gushimirwa cyane pe! Mbega umugabo udashanzwe weee!
Ayiiiii Mana weeee! Uyu mugabo ansubijemo intege zatuma nemera kuzashinga urugo pe! Mana Nyagasani wee! 🙈🙆 Birandenze ndarira pe! Uyu si umugabo usanzwe arimo Malayika murinzi warwmewe uyu mubyeyi. 🤔
Nanjye uyu mugabo yandenze simbabeshye Imana izamwihere ijuru peuh undi yari kumuta akigendera
Nanjye maze imyaka 8 ndwaye indwara ikomeye ariko rwose yihanganiye byinshi turacyari kumwe erega abagabo bose si babi gusa n'ababi babaho gusa njye ndi koroherwa biri guhinduka ariko twarakubititse Uzi kurwara ukiri umugeni ibyo avuga by'imiti duterwa njye yaranyishe nubu ndacyarwana na allergie yanteye gusa bagiye kimvura allergie izo tramadol zose barazimpaye,morphine,cortisone uburizo mu bundi komera mama yanshatse mpagaze nemye ndi igishingore indwara inkubita hasi umva burya uburwayi ni kigeragezo gipima urukundo nyarwo gusa turacyari kumwe pe ntiyantaye ndamushimira cyane
Nivyo abagabo sibamwe abagabo bumutima bariho nanje gwaye imyaka 6 ariko nanubu aracankunda ntiyigera ahinduka rero abagabo nkaba nukwama tubashimira@@Nova7726
Mwazagiye kwa Rutangarwamaboko waaa. Ntimuntere amabuye ariko njye nemera ko Imana y'i Rwanda n'ubuhanga bw'abasogokuruza tutagakwiriye kubusumbya ubwazanywe n'abazungu pe.
Imana igukize rwose kd Uwo mugabo nintwari Imana imuhe umugisha
Yesu we umvugusenga kuy'umumama n'umugabo we,umurengere,abafise umutima w'impuwe numwakire Umugisha mwarahezagiwe.
Mana we, ndagowe. Ubwoba buranyishe cyane. Imana igufashe yewe.
Nisanze 😢😢ndikurira yemwe abirata umuburi muze mwicare mwige mubyeyi mwiza warababaye kbs gusa kuba ucyiriho uzaramba❤
Njyewe kukirangiza byananiye narize natukuye amaso , gusa Imana imufashe imusubize ubuzima pe
Komera mubye,ndumva ahasigaye ari ahi Mana gusa naho ibindi byose mwarabigerageje pe!!
Mbega umugabo wee imana izamuhe umugisha nukuri inamukirize umugore
Mana yumva gusenga ikize uyumubyeyi bibe igihembo cyumugabo kuko ni ntwali ikomeye cyane lmana imukomeze umutima
Umva mam.., urababayecyane., ariko ndakwinginze., jya kwivuza mubagorozi., nukuri., kandimanaiza guta., barirayo., kuko hari benshi., batabariweyo., kandi., baribafituburwayi., burenzubwobwawepe., kandi hamwe., nokwizerauzakira
nanjye ndumuhamya wabo,azahagerageze naho,kd ndumva Imana imifiteho umugambi,Imana ikworohereze pee,ndumva bimbabaje😢
Na rondere Euphorbia hirta, Asthma plant kitwa akanyaruguma gafite amazi ameze nkamata iyo ugashishuye ugateke unywe bikiri akazuyazi ibirahuri 2 kumunsi ubikore iminsi 7 uzonshimira nyuma
Imana iguhe umugisha
Kavura amara c
Indwara yo mu mara uvuga ntuyizi ni indwara mbi nayirwayeho kubera inshinge natwewe ndwaye allergie ntibisigana irritation du colon ajye ashyira amavuta mabisi Ku biryo ariko ibi nabyo ni ugutangira soulega mbese constipation iragabanuka uhuta ijya muri toilette(huile d'olive extra vierge)ariko mama bonne chance ndakumva nukuri warakubititse ibi nabibayemo ariko ndi gukira nawe uzakira
Nonese uwo muti undangira ni byatsi cyangwa biba muri pharmacy yahe mundangire pe
Uyu Muti muwundangire ndaremvye
Imana ihumugisha uwo mupapa wabana.nawe Imana niyisagaye kubuzima bwawe.kandi izagukiza kuko n'inyuma ya zero irakora ivyananiye abaganga
GOD bless ur Man, u husband is a true Hero
Imana lfite lmbaraga humura ngewe ndunva nfite icyizere ko lzagukiza gusa nkabagabo twakwigira kuruyu kwihangana pe lmana ldushoboze
Ayiwe sorry mama narinziko wakize ariko Yesu arahari
Pole sana Mushiki wacu kuko twese turi bene Kanyarwanda,Nibaza ko Imana yacu itigeze yemera ko umuntu ababara bene ako kageni,Ibi bibazo tubimazemo igihe turwaza so icyakorwa nuko twashyira mu bikorwa one health medicine approach ,Ubuzima bw'amatungo,ibimera ,isi,na mwene muntu twese tukagira ubuzima buzira umuze ,Uyu mu Mama azakizwa no kugarukira ubuzima buri naturelle ,Pain killers ziri naturelle ,Antioxydant naturelle,Imminostimulant naturelle
Mana yanjye rengera uyu mubyeyi nuko nanjye wandejyeye nkaba ndimuzima
Rwose Imana yo mwijuru nigutabare pe ndumva Ariyo Ifite igisubizo cyanyuma pe🙏
Uyu mugabo Imana izamuhe ijuru😢😢😢
Mana niwowe waremye umuntu kd umukunze wibuke uyumubyeyi umukize mwizina rya YESU amen 🙏🙏🙏
Mbega weeeeeee. Arwiteye nafunze amaso pe!!! Ndarutinya no gukingiza umwana nafungaga amaso.Mbega ubuzima!!!!
Yewe ntiwandusha gutinya urushinjye pe
Burya uri uw i cyangugu!!!! Ebabababa Yehova nsenga ngiye gufata umwanya nsengre uyu mu mama mwizina rya Yesu
Disi wasanga we na José ,bafitanye isano batabizi
Iyi ndwara n'ubwo ibabaje, Imana yashakaga kumenyesha abantu ko habaho abagabo bafite ubumuntu n'urukundo nyarwo nk'uko dukunze kubibona kubagore n'ubwo ababi nabo babaho. Uwiteka azamukiza, nibyo musabiye mw'izina rya Yesu Kristo.
🙏 🙏 àmen
Komera Maman.Imana ikikurinze kugeza ubu.izere Yesu niwe gisubizo cyanyuma kuburwayi bwawe
Yoooo!!! Komera mubyeyi mwiza, Imana igutabare n'ukuri urababaje
Mana we wakijije maman tubona birangiye
Na Julienne wamukiza izina ryawe rigakomeza guhabwa icyubahiro❤
abantu beza baracyariho komera mama imana izagukiza
Uyu mubyeyi ndamuzi twari duturanye disi mama chry imana igukize nukuri Uri umubyeyi mwiza❤❤ abashi tumenyane🎉
Birababaje pe
Gusa bitumye menya ko hariho abagabo bagira urukundo
Narinzi ko biba muri filmes Gusa
Oya babaho nanjye maze imyaka 8 ndwaye kandi turi kumwe yarihanganye cyane niyo tutakumvikana akantu nibuka ukuntu yihanganye buri gihe nkarangwa no guca bugufi kandi turakundana rwose ntiyirutse mu bagore yaranyibashye mu burwayi bwanjye ariko njye ndi gukira ndashima Imana uretse allergie natewe niyo miti avuga kuko nanjye imyinshi yavuze narayitewe ariko biri kuza kandi n'a allergie umuntu abana nazo wirinda kurya ibintu birimo amasukari mbese urya ibintu bio naturelle bivuye mu murima gusa wituma neza(constipation imwe yo mu rwego rwo hejuru)Ama anti douleur atera constipation humura uzakira mama kandi ndakumva duhuje byinshi.
Be strong mubyeyi mwiza ,lmana,iragukunda kd,uzakira,lmana ntabwo ya kubabaza,iteka.komera,imbere niheza
Omg 🥱 chn nukuri uyu mubyeyi yitwa mama chr turasengana mu rusengero aba ari imbere cne akunda umurimo wimana gusa ntabwo narinziko yaba agendana ikibazo gikomeye gutya pee namurebaga inyuma nkabona yishimye gusa imana igukize uri umubyeyi mwiza ufite ababa bato ukeneye kurera 🙏
Yoooooo Imana imukize mwizin Rya Yesu
Imana ishimwe kumugabo wawe akuba hafi Kuko ingo zubu usanga zitameze neza bakomeye rero kuba mwebwe mufise ikibazo mugabo mukaba mwumvikana vyukuri Imana ibishimigwe, Maman uzokira,ndi Burundi hagize icondonka notanga sinzi nobaza
Mana we nukuri uyu mugabo nintwari pe IMANA izamfashe igukize umugabo wawe yongere akubone uri muzimape kko yakoze ibyubutwari.mana we abagabo nkaba baboneka hakeya
Mana ushobora byose nogukiza indwara zose urabishoboye niyi ya Julienne irimo. Ubushake bwawe nibwo dutegereje mw'izina rya Yesu.
Nkindi family show mpise nyikora gusa nshoje ndi kurira kubera umugabo w,intwari numvise +ububabare ubamo IMANA ikorohereze pe
Ndababaye kubwawe muvandimwe,ariko Imana ishobora byose
Ese muziko nanjye mfunguye mbona ari Josée we , mbega ukuntu basa. Pole sana Imana igukize
Julienne ihangane cyane knd umugabo wawe yabaye intwari ndahamya ko Imana ishobora byose knd ntakibasha kurogoya umugambi wayo humura uzakira wirerere abana knd wongere ukore gusa mbere na mbere Imana ubundi ibindi uyibirekere
Imana igukize julienne urimwiza uracari mutoya satani akuveko mwizina rya Yesu ngomba kukurangira umuti
Ngaho se disi murangire uwo muti
Ifoto kwitera bazagusubiriremo disi ntabwo Ari tout droit muri subcutaneous ubwo uba uteye mu nyama ,angle ni 45 degrees ruberamye
Ukuntu asa neza 😢😢😢😢😢 nuburibwe yuzuye , Mana uri Imana nizerako haribyo uzakora kubuzima bwuyu mubyeyi mwiza kdi umugabo we umukomeze
Maman Nguhaye link ya Kanguka hano
Ndagufasha gusenga nawe uyisengeremo wizeye Yesu ni umukiza humura kdi Urakoze mu izina rya Yesu . Ndagusengera mpaka ugarutse kutubwira ko wakize. Mpore ma komera 🙌🏻🙌🏻🙌🏻
Nange yimpe dusengane
God almighty God i pray to have that kind of man in the rest of my life ❤amen
Yooo nukuri uwakureba kumaso utavuze ntawamenyako ubana nuburibwe guryo Imana ijye ikuba hafi
Mana muriyisi harabantu bababaye basi wabagiriye neza koko😢 humura Imana irahari mubyeyi mwiza
Omg 💔be strong Imana ikworohereze igukize please listen Kanguka ugire kwizera God will heal you 🙏🏽
Bonjour Gérard.uyu mu maman asa na José wa Bobo.
Mubwire akomere yihanga
Nange naringizengo ni Jose
Julienne, ndabizi abaganga baravura ariko Yesu niwe muganga usumba abandi baganga bose !
Uzagerageze no mu isengesho ryo muri KANGUKA ujye usengana n'umukozi w'Imana Cris Ndikumana mu isengesho ryo gukiza indwara rya buri Samedi. Hari benshi bgiye bakiriramo indwara nyinshi zitandukanye. Bagenda batanga ubuhamya.
Yesu ntacyo adashoboye nshuti. Uzajye usengana nawe wizeye buri Samedi, kandi uzakira rwose.
Imana igutabare