āđāļĄāđāļŠāļēāļĄāļēāļĢāļāđāļĨāđāļāļ§āļīāļāļĩāđāļāļāļĩāđ
āļāļāļāļ āļąāļĒāđāļāļāļ§āļēāļĄāđāļĄāđāļŠāļ°āļāļ§āļ
MUHUMUKEðAMAVUTA YIKUZIMU BAHAYE|IMYUKA IRI KUZENGURUKA/MUBE MASOðKURI APOSTLE MIGNONE SINACECEKAð
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 13 āļ.āļ. 2024
- #ImpanuroTV
Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788211501
Urakoze kukiganiro utanze ubwo nawe tumenye umwami ukorera.
Mureke ukuri kujye kujya ahagaragara! Elyse ni umukozi w'Imana! Kandi uvuze ko nyirurugo yapfuye siwe uba umwishe!
Mbega umugore!
Cyakoze ndagusetse.
Ubwose ni inshuro urimo guca kuri Mignone?
Ugende ayiguhe nubundi asanze ayiguha!
Va kuri ElysÃĐ umukozi w'Imana y'ukuri.
Ibyo yavuze byaragaragaraga ntacyo yabeshyeho.
Nubundi nawe ntiwizewe!
Inzara izakuvugisha amangambure!
Mwizina rya yesu ,mbega ibihe byanyuma weee abantu b,Imana muyobya Imana izabibabaza pe umwuka w Imana nta sapoti yindi akenera ngo akize abantu,ayo mavuta yanyu yibipapirano ntabwo tuyemera 47:22 47:58
2 Timoteyo 4:3
kuko igihe kizaza batazihanganira inyigisho nzima, ahubwo kuko amatwi yabo azaba abarya yifuza kumva ibibanezeza, bazigwiriza abigisha bahuje n'irari ryabo,
Elyse mukozi w Imana komera, mubahanuzi ba Baari na Ashera 850 ntibyabujije Eriya guhamya ko Uwiteka ariwe Mana
Ceceka Elyse avuga ukuri.ariya mavuta wayasobanura wowe fanny? Ntukayobye abantu niba nawe waratakaye witkaza abandi
Imana ishimwe ikomeje kuduhumura amaso. Intama mwavuye mu biraro by'ibirura bitarababaga mukanuye ngo muri mu gisirimba,mukurikiye ibisa na zahabu imbere ari imva zinukaðĒ
Erega ingano n'urukungu byareze ubu nyirumurima ari kubicangura, ndasaba abana b'Imana gutuza bakitegereza ibyo Uwiteka ari gukora. Imanza zirarimbanyije.
Se buriya muba mucinya inkoro ngo bigende bite???
Ama cash hariya aruzuye.ð
Ãlise mumuhe Amahoro, vidÃĐo ya mignonne yijandika mumavuta twaramubonye,ntago ari amabwire rero muvane fanatisme muby'IMANA ntago ari umupira urigukinwa
Reka Ãlise akorere iyamuhamagaye .
Oyaaa wa mubyeyi we rekera rwose korera Imana neza uvuge ibitajyenda nkuko umwuka w' Imana akurimo amarangamutima oya! Niba koko biriya uriya mubyeyi abikora ngo na mavuta s' umwuka w' Imana
Yesu Ashimwe Elyse Avuga Imana neza Ubwo rero Ceceka wimwiha Kuko ntawe turaseng Arko benshi muyoboye Amatorero Mwataye umurongo ibyo muvuga ko mwakoraga kera mugihamagarwa ubu kotutabibabonaho????
Pastor Fanny nagukundaga ariko ubu ngukunze kurushaho! Abarokore aho iwacu baracyahumye cyane ariko bysgera mubapentikote byo bigakabya ubujiji bafite mu bintu byo mu buryo bw'umwuka birakabije niyo mpamvu nta numwe uzahabwa izi mpano za, deliverance ziri gukorera ku mugarsgaro! Ni mukanguke mwemere ko impano nka ziriya ziriho nubwo mwe mutazifite kuko muzipinga Kandi Yesu ubwe yarigishsga yarangiza akazi koresha akongeraho ati ibi mubona mugiye kuzabikora ntagihari Kandi muzabikora mundenze! None se na Yesu na we yabaga yagiye ikuzimu kuzigura? Ibintu byo gupinga ibyo mutazi ni mubihagarike mureke ababyemera nabo bikoreramo bibagirire umumaro naho ubundi mwe mwaratakaye! Well done Apostle Mignone Kandi thank you to pastor Fanny uhora ashyigikira umurimo w'Imana adafite umwuka wo gusenyana
Maman Pasteur muhezagirwe turabakunda, arik'umuco mutanze ku mavuta akoreshwa mu ma dini ntitwokwemeranya kuko n'abayiherewe baravuga ukw'aboneka, kandi Yesu ntiyakoze mw'isezerano rishasha
Pastor Fanny,mumenye ko ntacyo yavuga ku ba pastor bagenzi be , ,ibintu ahakana ,cyangwa ashigikira ,mu mwitondere. Umudaimoni ntiyuraknwa nariya Mavuta ,cyangwa no gutura Abantu HASI , f
uwo mukozi w'Imana nareke gukoresha iyo mvugo yo gukurura umunwa. Ni ukuri ku bakozi b'Imana ni byiza no gukoresha imvugo ikwiye kandi inoze. Twiheshe agaciro kuko turi inzandiko zisomwa na bose.
ARKO MADAA.
WAGIYE UREKA ABAVUGA IMANA BAKAYIVUGA MUKURI NO MUMWUKA.
UBWO KOKO IBYO UVUGA URABONA UTARIMO KUREMEKANYAA KOKO
Nibyo Elisee yigira umukiranutsi cyane , ubu ndi se yareyse Imana ikirwanirira arayirwanirira??
Sha,aho,urabeshye,abasenga,abarangi,nibo,babuzuyemo,niwanyu,murusengero,barimo,,kandi,ntuzabamenya,,Imana,nikubabarore,wakabimenye
Wowe twari tutarakumenya neza
None uje kurwanirira aba Erymynate
Dukeneye ijambo,kd tuzabamenyera ku mburo zabo ,muve kumuntu ukorera Imana byanyabyo,niba anazifite azazidushyiremo twe tumukunda,mumuhe amahoro.Apostle turagukunda rata
Ubwo ura defenda ibikiðĪĢ
Ahubwo urakoze kuduhishurira ko Mignone yahoranye na Kayanja kuba kera. Reka kuducurika kuko ntaho Paul yigeze asengera abantu akoresheje agatambaro ahubwo abantu bakoraga kuri we bagakira kubera Yesu wari umurimo Nimwitondere isezerano rya kera ritubwira amateka nâisezerano rishya ritubwira ibyâubu nâivizaza. Nimureke kugumisha abantu mu bya kera mubavanamo imibereho. Natwe ntacyo wageza ku bantu muvane aho ubujanjwa no kirengera abayobya imbaga. Baratonda kwa Mignone kubera ibyo abaha.
Abakozibimana muratuvanga sinagaya abavugako bazajyabasengeramungozabo erize turamwemera weho ufite icyurwananacyo
Ark se Imana yabahamagariye guterana amagambo bakozi bimana mwabwiye abantu ubutumwa bwiza bwokwihanama ibyaha k oko!!!
Ariko turabarenganya, umuntu atanga icyo afite. Ntabwo makwigisha abantu Yesu ntawe mufite. Mugengwa nâababaha imibereho mugakora ibyo abababeshejeho bashaka. Bakigumira mu byaha kuko mutinya kubikirwa imbehe. Iyo mwuka uvuga rero niyo yaheze mu Rwanda
Mwuka muziranenge ataraza Nibwo Abantu bimikwaga n'amavuta ,yatoranyijwe,muyandi,Ayo Mavuta si nkayo mukoresha ubu. Ikindi Yesu yitwa Messiah, kuko yasizwe ,ariko se yasizwe Iki ?? Ni amavuta cyangwa ni Umwuka Muziranenge ?? . Igihe cyacu nicyo gusigwa na Mwuka muziranenge, si Icyo kuzana iyo myuka mibi mubeshyesha abantu
ElysÃĐ ni umukozi w'Imana.Ivya Mignonne navyo nimba ariukumubeshera tubirindire mu kwezi kumwe gusa Kuko vuba araja kuri terrain none KO bitazomukudira kwiyumanganya .
Urakonze cyane mubyeyi
Imana iguhe umugisha fani
Iriya niyamyuka iyobya biriya byagaragaje uwo Minyoni akorera wimukingira ikibaba
Ziriya nimbaraga zumwijima.....
Ahubwo amavuga bajandika intoki mumavuta bisobanuye iki gewe ntawatsengera apfashe mumutwe
Uwiteka arihagije kugira ngo akore ibitangaza nta bindi bikenerwa murebe mu byakozwe n'intumwa murebe akazi ka Mwuka Wera. mwitubeshya rwose
Apotre Mignone,ndakwikundira,nzi ko uyoborwa n'umwuka, wicecekere ntiwisobanure ku banyatenayi,bareke bari mu kazi kabo.
Mbega injiji mbega nawe bagucunge urumwe murabo
Imana itange ubwenge pe
Mubyeyi mwiza uvuga ukuri
1 Timoteyo 5:24
Ibyaha by'abantu bamwe bigaragara hakiri kare, bikabakururira mu rubanza, naho iby'abandi bizagaragara hanyuma.
Rwose Elise ni umukozi Imana ariko yoye gusebya bagenzi be Kandi ntiyabasanga aho bakorera ngo abibibwirire
Yesu weee, ubwo uri kurengera ubucuti n'smarangamutima yawe aho kurengera abakristu
Abakozi b lmanaaaaaa
Mignone we tumuzi ataranakoresha ayo mavuta
Kandi abantu bagukurikiraga aribeshi ariko ntawe muhujije kuribyo uri gushyigikira ese mugirango ni mwe umwuka w' Imana urimo gusa niba abantu bose batabyemeranwaho kuki arimwe muri kuyobya abantu mwagiye mwicecekera mugatuza ba nyirubwite bakisobanura ibyo bintu Imana izabibabaza mukomeze muyobye beshi
Pastor isezerano risha ritangira ryari neza na neza?
Mwese turabakunda tubona muri abakozi
Iyi minsi irabagaragaza bidatinze.
ðmungu wa uruma tufungure maco kbsa,ndabona basubiranamo
Elyse ntabwo ari umukozi w'Imana rwose ahubwo maze kubona ko ari umunyeshyari muminsi yashize yari yikoreye Bishop Rugagi none ageze kuri Mignone
elyse ni umunyeshyari rwose ,umuntu yagusha ntiyaba nubundi areba
Elyse mwihorere kuko nawe njyankwibuka kuri kakantu wakoze usesereza pasteri Mutesi,kubyerekeye Bikiramariya.
Ese buri wese yafashe icyo yamenye,ubundi mukareka guca imanza,ntimuzamukurikire,buri wese yumve inyigisho zuwo ashaka,mwe kwishyiraho urubanza,Umuntu wimikishijwe amavuta ,Uwamwimitse niwe uzamubaza ibyo yakoze.
Ibyanyu byaragaragaye,
Ikindi ,Ryangombe ntiyari Imana , kandi Nyabingi nawe si Imana ,,Ahubwo Bari nka abahanuzi b'Imana ,kuko nabo bigishije Abantu ,babereka ko Hari IMANA. Rero Ryangombe na Nyabingi si imana, .birashoboka ko Fanny y'aba atazi amateka yabo neza nubwo numvise agerageza kubavugaho.
Uratubeshye uzabanze wige amateka y' abacwezi neza, umenye abarimo kimwe nuwo ryangombe na nyabingi . Twicwa no kutamenya. Turiho kubw' abatubanjirije batarabayeho natwe ntitwaba turiho
Ec mwagiye mutegereza imana ikavuga , mwirukanka mushaka gukora ibitangaza imana itaravuga amaranga mutima yawe sibyo imana igenderaho!
Uyumudamu numukozi washitani ðŪðŪðŪðŪ kdi wamugorewe wirirwa witwaje Imana uzabona ishyano, ese urimo gusabiriza kwa Mignone ra?? Nibudafite Impano irondora ikamenya aharimbaraga zahanohepfo twebwe dufite izompano harimo nuwo Elyse urimo kuvuga, tuza twarabamenye ntanakimwe muzatubeshya keretse abatarabamenya!!! Urumva ngo uravugubusakokoðĒðĒðĒ imbaraga z'Imana ziturabantu hasi zibaho ð ð ð ð ð ariko yeee mwatugize ibicucu
Ntahubeshye twakumenye???
Ahubwo wihane mukecu
Ese wowe Fanny ko ntawe usengera ngo agwe ni uko ntambaraga zikurimo
amavuta nayakoramo biza za!ð
Nonese nyagatare simurwanda ?
Fanny ndagukunda ariko ndabona ufite gahunda yo kugura ibivuta rwose, akaba ugirango hatazagira ukwibazaho warumufana nubundi
Ubwose Ninde uyobewe ko minyoni namwe mumufana muri abakozi ba sekibi
âĪððð
Ubu ntakeka umwami ukorera turamumenye
Epuuuuuuuuu sinakwimitse ariko ndakuvumye
Nubundi njye aba pasiteri babagore banjya banshisha pe nbemera gake
Ariko birimo urujijo nigute amavuta akubita abantu hasi kandi witegereje amufashe kurutugu
Pauvre femme! Cyakora ugaragaje icyo uricyo! Umunyamakuru arakoze kuko atumye tumenya ibikurimo!!!
Plus que pauvre
Et son mari aussi ( pauvre pasteurs ) !
Nawe yavuze ko ari ishyari bafitiye Mignone !!
Turabamenya bose erega un par un ð
Baba bihahira
Inflation izarikora
the struggle is really
Minyoni na mukundaga ariko birakaze byabifaru birasegera natwe abihe ku mavuta natwe badusige birakaze
Ibyo nukuri mushumba
Wa mugorewe sobanura ibyo ubazwa wica kuruhande?????
Uranenga abirukana abacwezi,abarangi ,urahakana ko ntababa mu Rda n'umubare w'indembo zihuzuye
Madam Uri umuntu mwiza ariko uwo uriko uravugira yarahushije ahubwo muragowe kuko mwarinjiriwe ntimwabimenya. KO mpwemu year yakumanukiye, subira usenge uhishurirwe kukoYesu ntiyavuze NGO benshi bazoza mw,izina ryanje!!! Humuka mwarinjiriwe
Ariko ibyo mwihaye nibiki mwazirikana guhamagarwa kwanyu
Puuuuu
Uyu mu pastor Fanny nemera umugabo we ariko we mbona yari kwibera nk'umudiyakoni gusa ntakigishe.sinzi impamvu nta mavuta mubonamo.
Gukurura umunwa Niki? Pasteri utukana ?
Ngewe biranyobera rwose kuko abiyita abakozi b,imana bahusha intego Koko umugabo witwa Yesu yatangiye umushinga wo gukura abantu mubyaha Niki gituma abantu barwanira muri company batatangije
Erega amadini yabaye business companies, ntimutangare abo bashumba nabo baragenda bagaragaza uwo bakorera. Imanza z'Uwiteka zirarimbanyije.
Erise yavuze ukuri ubwo nawe waracishije niyo mpamvu uburana mufite ibyago mukomeze murindagize abantu
Ceceka uvuge ko ntacyo ubivugaho ark wihakana ngo uvuge ko ari montage! Uriya mugore sinzi ibyo yabahaye
Nukuri mufite ibibazo
Fanny ntashaka kwiteranya n'a bagenzi be .urabeshye Aho Fanny,Abantu ntibahirikwa nibibarimo Ahubwo ibyo mubashizemo ,nibyo bibakaraga hasi kugirango bbyemeze Abantu ko mufite imbaraga
Kuko warahumye niba ushima abasenga bagushij,abantu rwose n,umwuka WA satani dukura urugero kuri YESU no kuntumwaze. Tubwiriza kwihana no kubabarirwa ibyo gukora kubantu bagahita bagwa mwese muzabibazwa
Gusengerwa seniki ??? Niko gukiranuka sha urababaje
None areruye
Nagukundaga arko ukivuga ko Bible ari inyanja kdi uyibwirizamo... Ubwo se tuyishyire hasi? Nsobanurira undi mutambyi uriho ubu ngubu
Tumuhe amaturo n'ibitambo ko nziko Yesu Kristo yabereye rimwe igitambo n'umutambyi kdi isezerano rishya rikaba ryaramuvuze muheze mugishushanyo mukora iki
Ese mubyeyi ko urimo utuka ElysÃĐ ngo ntiyarezwe ubwo wowe ibyo urimo umusebereza kuri social media ni wowe ukiranutse? Izo ni imbuto z'abanyanwuka tena umubyeyi nkawe uvuga ko uri umuhanuzi? Yewe ndagusetse nawe urisebejeðŪ
Pastor ugize neza gutwikira umuntu wlmana
Atwikira?muzatwikorwa hamwe mukomeze mifane
Nyine nimukomeze mushyigikirane mumafuti yanyu niyompanvu Ãlise abagaragaza Atari namabwire mukamuhagurukira atandukanye namwe azi YESU wamuhamagaye Abandi muri kuri Stade mwogeza umupira.
ððð Umukozi wande kiretse uwa Kayanja! Ariko Imana wapi
Amavuta ataraza agakiza Kari kariho.utubwire aho byanditse ibijyanye n amavuta
Rata uravuga ukuri
NGo nta barangi baba murwanda Ndagusetse.
Ese ubwo uraburana iki koko
Ntabwo urahumuka, intambara uje kurwana sniyasatani fanie izo simbaraga z lmana
Muranduhonda ntitumoga mureke babivuge bwo ni wowe tabyemera utahiwe kujyayo
Itorero uvuga Ãąirihe. Ko ari amadini
Erize abura ubwege bwokwikorora
Erega ntimwamuvuga muratinya kuko imishumi ye ntiwakoraho ahubwo mucinye ð Elyse nawe navuge igihe atarajya ahagarara
Ubu se ko mutangiye kutumvikana Kandi nabakundaga mwese?,mucunge neza umwe muri MWe yarinjiriwe ,ubu se ibyo nabonye nibyo Koko Ra?????!!!!!
Ntimugashigikire ibibi,ubwose icyo video itatweretse niki.ahuko tube masoooð
Abagore bigize abapasteri , ubwo waje kuburanira Minyone rero hhhh???
Fanny Uzi KO ukunzwe n'a benshi nanje ndimwo pe,ariko Aho ngaho uhitondere ubwo imyampi ya satani Nawe yakugemyeho,ukaba ushigikiye ivyabaye kuri mignonne nkubwijukuri Nawe duca tukuzinukwa,ufite ubwenge Niko ariko nizera neza kutakwifatira abantu mugahanga,ubivuge ukwuvyumva natwe dufite ubwenge ubundi,ivyanyu bisigaye bigoye pe!
Hhhhhhhhhh