Kuko ndivugaho nkajewe umugabo ntashakako nua kwi church mu ndwi hagati .nukuvugako nua gusenga ku wa mungu gusa Kandi ntaco bimbwiye kuko nsenga buri musi buri kanya yewe numurimo w'Imana ndawukora uko nshobojwe Mugabo murugo bimeze neza kuko murugo bitameze neza no kwi church ntibivamwo.
Mama Lionel rwose nsengera mbone umugabo nzamwubaha uko bishoboka kose ,nzisiga namarange kubwe nzamwubaha kuko abagabo ni umutwe wurugo ,Imana irabanza bagakurikira pe
Nshimiye Uhoraho ko agifite abakozi babirimo neza! Komeza Maman Lionnel, urimo neza rwose! Bimenyekane ko no mu Rwanda twagiriwe ubuntu! Afrique du Sud hariyo Pr. Alf Lukau America namenyeyo Pr.Lovy
*NOMERO ZA MAMA LIONEL*
+250783483488
Urugo ni ishuri rikomeye
Wowww!!
Mbega umugore yuzuye ubwenge bw’imana!!! Urushirize kuba umuco w’amahanga Maman Lionel. I love you sooo much
Muzaduhe nimero ya mama Lionel ❤ ababyifuza nkanjye nimumpe twatuntu
M.Lionel ndushijeho kugukunda cyane urafite imyumvire itandukanye cyane niyabamwe mubavugabutumwa.courage imana ikomeze kuba muruhande rwawe
Waganiriye neza kandi watanze inama nziza Imana iguhe umugisha
Maman ndagukunze uvuze amajambo yubwenge tubishobojwe kugendera kwizimpanuro nijuru twokwinjira.hezagigwa❤
Pasteur nu mugyanama Mwiza Cyaneee ndumva mukunze cyaneeee ❤
Mubyeyi Imana ijye iguha imbaraga nyinshi, uradufasha cyane!!!!
Hallelujah,ntaho YESU adakorera cg ngo akirize ❤nohanze yisinago arakora kdi niho yakoze cyane kurenza.kdi nawe yahuriyemo nabarwanya umuhamagaro cyane arko ntibabigeraho.komeza kdi ahushaka kugera hose uhagere mwizina rya YESU.AMEN
Ni ukuri Imana yaguhaye impano .Imana uguhe kurama
Agatuti KO murugo!!!yesu akwishimire mama.
Eeeeee agatuti ko murugo Niko number one first.kuko ngo charity begins at home.
Kuko ndivugaho nkajewe umugabo ntashakako nua kwi church mu ndwi hagati .nukuvugako nua gusenga ku wa mungu gusa Kandi ntaco bimbwiye kuko nsenga buri musi buri kanya yewe numurimo w'Imana ndawukora uko nshobojwe Mugabo murugo bimeze neza kuko murugo bitameze neza no kwi church ntibivamwo.
Murakoze, mwansengera, Kandi imana iguhaze uburame, izaguhe nubugingo
Pasteur Ndagushimiyee Cyaneeee,,,,,, Kwigiyehooo ibintu Byinshi cyanee.... Kudatakaza umwanyaaa ku Bintu bidafite Akamaro.....
Murugo n'itorero rikomeye komeza uduhugure mukobwa wa yesu
Nanjye ndi umubyeyi wibereye mu bigeragezo ark iyo numvise inyigisho zanyu nsubizwamo imbaraga kd paster mutesi nawe nakomere iyisi ni ishuri kd nawe ndamukunda cyane
Mama Lionel rwose nsengera mbone umugabo nzamwubaha uko bishoboka kose ,nzisiga namarange kubwe nzamwubaha kuko abagabo ni umutwe wurugo ,Imana irabanza bagakurikira pe
Uyu muvyeyi nanje ndamukunda cane afise ubwenge bw'Imana
ni ubwambere nkubonye ariko uramfashije mama
Mpwemu Yera w'Imana akomeze akuzuze amavuta muvyeyi wa benshi❤
Mama ndumva ngukunze❤ nubwambere ndebye icyiganiro cyawe ark byandeze uranejeje IMANA iguhe imigisha na mavuta🙏
Mukobwa wajye,Ndumumama najye wibera mubigeragezo ariko muribyobigeragezo hariho ikinca intege cyokurwaza abana igihe kirekire.nyigisha kwisengera kandi unansengere❤❤❤
Mama rwose ndagukunze cyane ndagusabye rwose unsengere usengere n,abana banjye b,abakobwa baraboshywe nukuri ndakwinginze nsengera
Yoooo urankomeje mubyeyii nange ndimurugo nkumusekirite wabana nabyaye murugo rwange!!! Urankomeje peee Imana iguhe imigisha!!! Nukuba murugo urinyuma yumukozi ariko ugapfirabana
Yooooooo komera maaama ibyobibondo bizakubera umugisha Imana izagufashe batungane
Impore Chr Byose Ndiho arabireba.kdi ntazababaza umuntu iteka
Ndahukunze mama Lionel urumwana mwiza uri umugore uzubwenge cyane
Mere ndagukundaa Sha najye sengera umutwe uranyishe ubu
Imana igukize narayibonye nanjye inkiza umutwe wandyaga iminsi irindwi kuri irindwi wezere lmana iragukiza mwizina rya Yesu Cristo winazareti
Mama lio ndagukunda cyn kk uvuga ukuri nanjye imiteto narimfite yarashije kubera ubuhamya uduhape imana ijyiguha imigisha kk ufasha benshi wamubyeyiwwe
Uyumubyeyi ndamukunda cyane
Nubwambere kubonye arko unkoze kumutima❤
Inyigisho zawe zirampfasha cyane
Maman nagukundaga ariko noneho ndushije hope.
Sha mama lionel ndagukunda ariko nkabura uko ngira nicyo nguha,gusa Imana y'amahoro ikomeze ikwagure ikurinde kuvangirwa pe.ramba ramba mama,njye ndagukunda pe wicare uziko hari umuntu ugukunda kwiyisi.
Mukunda kubi. Be bless Mm
Ndushijeho kugukundanda urumunyambwenge
Mukozi w'Imana nukuri ndagukunze Imana ujye iguha umugisha myishi
Mama nkwigiyeho byyinshi pe,urakoze kuduhugura
Ndakwemeye maman
Ndagukunda mubyeyi nanjye ngufiteho ubuhamya, Imana ige ikomeze igushyigikire
Ndagukunze kurushaho mukozi w’Imana uranyubatse
Incwiiii Mama urigitangaza lmana iguhe imigisha
Amen mwaduhaye. Nimero ye murakoze
Maman Lionel ufise amajambo meza. Ndakunda kukumviriza peee
Mbega umure uzi ubwenge weee!ako kantu ko kuguma mu rugo igihe umugabo adakijiwe ni ukumwerera imbuto.
Ndagukunda cyanee uranyubaka
Ngaho nsengera😂mudamu mwiza ngire urukundo. 🙏🏾🙏🏾🙏🏾Abaza nyuma mukande hano twibanire neza 🥰🥰🥰
Nukuri agatuti yesu aguhe umugisha
Ndagukunda mubyeyi. Blessings 🙏
Murakoze,Imana ikomeze ikwagure mubyeyi mwiza.❤
Komera Mman Lionel mwiza.uzi ubwenge mbere.
Imbere cyane mumbyeyi turagukunda uvuga ukuri neza
Nukuri rata chr woe uhamanya numwuka wimana❤
Ndagukundaaaaa
Imana iguhe imigisha myishiiiiii ❤❤❤❤❤❤
Ndakumva100/100 usengerahe ngo tuzaze gusenga
Nshimiye Uhoraho ko agifite abakozi babirimo neza!
Komeza Maman Lionnel, urimo neza rwose!
Bimenyekane ko no mu Rwanda twagiriwe ubuntu!
Afrique du Sud hariyo Pr. Alf Lukau
America namenyeyo Pr.Lovy
Sorry Pr. Alph Lukau nari naryanditse nabi
Mama lonely ndagukunda cyanee uvuga ukuri nkumugenzi ujya mwijuru
Ako kantu ko gutanga igitambo nanjye sinkemera.
Urumunyabwenjye wa mugore we uranyubatse peeee 💯 %ndahindutse kasita rya atankubita
Yooo lmana iguhumugisha kunama zawe
Nciraho Natura izina rya Yesu uwomwanta nongera guhura na wamuntu nsanga yarakize
Cyakoza mama lione ndagukunda
Niba Alice bakoreshwa nanje nd uwudasanzwe , Amen.
Hoya nanjye ndagukunda kdi iyo nakumvise numva ndyohewe pe
Ndagukunda cyan chr ntitaye kugukiranuka ugira nguko da biri natural ❤
My gifaru,ngukunda kubi ❤
Nkunda iyo uri guhugura
Nanje ndakiriye gukira munsengere ngwayukuguru ndiburundi
Jya gukora ugaburire urugo rwawe! Ibyo nibyo pe!
Uruhimbi rugire umwanya waryo ariko habayeho gukorera urugo wubatse!
Niryambere ngukurikiranye ariko uranyubatse byukuri❤
Urakoze maman
😂😂😂😂 courage maman Lionel watura neza imbere ni heza.Gutegura kuba i Burayi.Imana izabisohoza.uramfashije
Mama lione nifuje ko uzantegera nkanjya gusura mama akanganiriza ndafashijwe pe!
Uri umuhanga njye ndakuziiii
Ukomez wongerezw ubwenge pe, ur'umunyabwenge ufashij benshi
Nanjye ndashaka kuba ku gicaniro pe
Nsanzwe ngukunda pe kd nibiganiro byawe bintera kumva namaramaza mfasha unyigishe gusenga isengesho ryimbaraga
Ubabwiza ukuri Imana twese dusenge kuko
Imana iguhe umugisha
Ibibiganiro biradufash bitwigish vyinshi komez
Ese ko wabaye kiza cyane Koko,abagore nibige kwihangana bareke gukinisha urugo ,ntago bashaka kubabara Kandi barikwisi ,erega ntaheza kwisi hahari mwababyeyi mwe .umuntu wese agira côte nziza nimbi abagabo baba malayika bari mwijuru.
Nukuri hezagirwa
Sha ntarukumdo pee mbabajwe naba pst barigusebanya bagasakuza ntabanga bakigira
Muri yigihe,ureba kure ntakabwire abakoz bwamwe n'IMANA ibyabo,hmmmm
Imana iguhe umugisha mwinshi mubyeyi❤
Icyampa nkazakubona mubyeyi
Gumamo Mamy ❤
Mama Lionel ndagukumda wicare ubizi
M Lionel turagukunda
8:23;ugomba kubamza kwiherera rata ukarangiza dossier ukavumbura nibindi ukadusangiza
Mama Lionel ndakuzi ikibabara utarashaka na umoja bikogoye rwose bodabada zari zitaraza
Wowe turikumwe ibyo babyita uburwayi Kandi ubukwiye kumurwaza
Mama Lionel be blessed
Your are very intelligent
Wamubyeyiwe nukuri nemera agacyiza kawep uvuga ukuri
🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Mama Lionel ♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Mama Lionel ibyo nukuri nanjye umuntu adwaye ibisebe cyangwa abyimbye nkaciraho ahita Akira Kandi byanjemo gutyo
Mama ngukunda ntabazi ibyo muvuze nukri kubona abashumba biba bitoroshye
Kdi udafite icyo utanga ntibagusengera
❤❤ love you
Icyo nagukundiye na message urazisubiza pe naho abashumba bo kubabona ni hatari haraho mperutse kujya mvuze ko nifuzaga kubonana numushumba baranyiyama ngo singerageze no kujya imbere baranyiyama bikaze nuko ndarira ndataha nukuri Mubyeyi Imana ikomeze kuguha guca bugufi ntuzahinduke
Mbega abobashumba muba mubashakaho ibiki ivyo bibazo vyawe vyereke Imana hama wicecekere
ubu ndi mu Rwanda 8:23
Ndagukunda mama lionel nanjye unsengere imana izongere inyibuke
Nsengera mubyeyi cyangwa umpe numero yawe