BIRABABAJE Ap. MIGNONNE/ kwibagisha IKIBUNO, ISHINYA, IZURU Urebe ko wakwemerwa/ AGARUTSE kur NGENZI
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 15 ก.ย. 2024
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp....
#Irene_0788208757 #Bohoka
Usigaye urimubavugabutumwa bake muri ikigihugu barikuvuga lmana Neza cyane uwiteka agukomereze amaboko wa mubyeyi we , kdi ihimbazwe ko nomubakomeye no mubagore beza nkawe lmana itoranyamo abakozi
Inyigisho zawe ziranyubaka Apostle 🙏wambereye ikitegererezo uranyubaka niyo mpamvu nzahora nkukunda Mushumba wacu🙏
Umaze iminsi ufite ifuhe ryo mu mwuka ,ariko umwuka wera aherekeze ubutumwa utanga ajuruguture abanyabyaha bakizwe yesu araje kandi aracyabategereje nabo
uzaka nk inyenyeri Apotre uri umubyeyi Imana yahaye kwinjira aho abandi batinye komera komera
Pastor Mignone ndagukunda cyaneee uvugisha ukuri abo bantu ujye ubambwirira abantu gutinya Imana byarabihishe bikorera ibyamarari yabo kd baza munsegero ntibababwire ukuri,nukuri abantu bave mubuyobe bwiyisi bashake Imana numutima wabo wose....urumubyeyi umukozi w'imana wikitegererezo komeza ujye hejuru imigisha myinshi pst Mignone wacu
Urakoze cyane mushumba kuvuga kutanyurwa nubwiza Imana yaduhaye nubwo uvuzeho duke ariko ndafashijwe.
Ndagukunda Mama apotre, komera Yesu aragushyigikiye
Imana iguhe umugisha mubyeyi wacu,ukwiye kuba Minista wabagore,bayiguhe ,abagore numutima w,Igihugu,mungo zabo,Amen
Hallelujah hallelujah 🙌🙏 Imana ishimwe cyaaane kubw' ubu butumwa bwiza yangeneye iciye mu mwana wayo nkunze kurushaho,❤️👌❤️❤️👌
Amen uko ni ukuri mubyeyi ndagukunda ndagukurikira cyane
Ndagukunda pe,Imana ijye iguha umugisha.
Iby'Imana byaribasiriwe. N'aha byibasiriwe. Le matériel prime sur le spirituel.
Mamy bivuge cyane
Biterwa no kutanyurwa :Turashaka gukosora Imana, ntitunyuzwe nuko Imana yaturemye:God bless you ❤❤
Yebabaweeeee wari bwabeho ugakunda umuntu ukabura icyo umuha ndagukunda byihariye Umwuka wera uri muri wowe pe kdi ugira impuguro nziza icyo nkusabira Imana izakomeze ikwambike igitinyiro aba daimon bagutinye Imana ikongere imbaraga zo kubatsinda ifuhe ry'Imana pe ubundi ni wowe isi ikeneye erega isi yuzuye ubucakura bwinshi komeza uduhugure uwumva yumve uwanga yange
Uyu mubyeyi Azi imana
Ndagukunda cyaneeee!!!!
Ndakiriye uyomugisha apôtre .amen amen
Uwiteka akomeze akugirire neza nukuri imana ya kohereje yarakoze cyane umva haraho ya nkuye ndagukunda nukuri imana ikomeze ikurinde iteka ryose
Amen Amen Uvuze Ukuri Mushumba
Kuragwa n'ijuru, amen🙏
Nabuze umuvugabutumwa nkawe ,uramfasha ndagukunda nzagukunda mpaka Imana igukomereze mu mbaraga zayo
Ni ba ukorera Imana izaguhe ubugingo
Reka urubanza ruzabe urw’Uwiteka kuberako abo bose avuga ejo bashobora gukizwa, ahubwo Pastor , soma 1 Tim 2:9-10 , Usome n’a none 1 cor 14:34-35 . Mwihane kuko Yesu araje 😢
Barahari beshi mama ndagukunda cyaneeee
Ndabakunda by'inandi!
yego nukuri manawe ndagukunda cyane pe❤❤👏👏
Uwiteka aguhe imigisha agukomeze apostle❤❤
Amen
Igimbo ni yesu siwoe
Maman wanje tubwire Uwumva azakizwa Nico waremewe maman
Iburundi ndakwumva buri munsi
Urimwiza nukuri kandi uravuga ibyiza umwana wawe azashakane nuwangye mwizina rya Yesu kuko ngewe nawe tutashakana urumugore w'undi nangye nkaba umugabo w'undi mugore urumva rero nitwashakana ubundi uratse urumukobwa nagasabye IMANA nkagushaka kuko ufite uburanga nifuza kdi ubwoburanga yabuhaye umugore wangye nawe nikibon'umwe A MEN mugire amahoro y'IMANA.
Amen 🙏🙏
Shitani akora kwinshi! Imana ijye itabara abayo gusa!
Ndagukunda mubyeyi,vuga ukuli Ndiho arashaka abamuvugir mukuli no mumwuka
Muvuze neza ariko naratangaye aho i wanyu banyakiye guterana ngo nta carte ya vaccination ya Covid kandi tuzi ko atayigihari nsaba umubonano namwe bambarira ngo muzampamagara umwaka urashize ndacategereje. Biragoye kumenya vyukuri abo Imana izakira wa musi .Muhezagirwe.
Ni Imana nubundi izi abo izakira uriya munsi nta muntu wabamenya!
Umuntu uagukunda aba aruwakamere kbs
Uwiteka dukomereze kunyurwa nuko turi ,nibyo waduhaye
Ayiiiiiii mbega iyisi turimo😢
Best sermon ever ❤
Amen.tubanze twitambe tubone kuzana ibyacu
Yooo uvuzukuri muvyeyi.😢😢😢
Amen Amen Amen 🙏
yes yes Sema yote Maman
Alleluaaaaa
Bireze cyane
Urimwiza numubiri mumutima IMANA ikomeze ibagure
Imana iguhe umugisha
Arukwitukuza ,nibyo byose uvuze bibabaza Imana
Pastor useka neza cyane 😂❤
Aha noneho umenya abanyakigali barashiramo uku kuri niwowe wambere nkumvanye nabaho kubwiza abagaore ukuri..wa mugani umugore ajya murugo rwahozemo undi mugore aziko uwavuyemo we atari undi mwana Aposo ndagukunda ubyumve
Mukomerezaho murase ku byaha nta bya prosperity gospel
Yesu akwongere inkomezi
Uko ni ukuri rwose pst
Ndafajijwe pe lmana ikomeze igusige
Mana weee urakoze mubyeyi
Ndihanye pe
Sinkurekura,utampezagiye
Ibyerekeranye n'amavuta yo gukiza abantu babyutse byo twabivugaho iki?
🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
gumamo weeee ndagukunze muriyinyigisho Aposo Mignone weee
Nakunze Mignonne urusengero rwe rwitwa ngongwiki? Ruba he ese no muntara yasangayo ishami rye?
Nyamara Ijambo riravuga ngo ntimukagaye abandi mwiretse! Urasutse wambaye amaherena washize verne wisize meckup none ufite ifuhe ryababikora? Mbuze icyo nkubwira Uwiteka niwe mucamanza wabantu
Yacyibagishije ce nibayarabonaga aribyo byatuma asaneza which problem is there?
Ndemeranya nawe rwose. Urebye uyu Apostle uburyo yisize yongeyeho make up buriya ntabona ko ashaka kwigaragaza uko ataremwe. Ahera he yibasira abongera cg bagabanya ikibuno. Nyamara dukurikire inyigisho ariko dukoreshe n' ubwenge Imana yaduhaye.
hhhhhhhhhhhh nyash zarabuza mama
Wavuze ingoyi zamaso, ibitukura ku minwa... Byose nukutigirira ikizere
Inyigisho yubaka,yi ibyiringiro.
Ntabwo njya mpaga kukumva mushumba wabitorewe ubikwiye
ESE UYUMUBYEYI KUKI MUADUHA NUMBER YE KURI HIMBAZA BARAYINYIMYE KOKO WOKAVYARA WE GIRA IKIGOGWE UYIMPE NDAMUKUNDA CANE GOSE
Twasomye nabi
Abrahamu bubatse IGICANIRO
Ngo aboha Izake umuhunguwe Amurambika kuri icyo Gicaniro Hejuru yinkwi
Nanjye ntabeshe ngenzi nakuze mutinya peee kandi bashiki be tuziranye bitonda ariko bahora basenga ngo ngenzi ahinduke hashimwe gitare wabikoze akemera kuza kuri yesu
Ko ushyize hanze abayoboke bawe wa mubyeyi we?
Iwawe buzuyeyo Nyabusa..
Harahandi se wumvise yabivugiye ?
@@gisa1698😂😂😂jya uva kunjajwa chou
@@gisa1698 yego wabona aribwo bagiye gukira ijambo ntirijya rimanukira ubusa harabamo abakira
Niwowe Mushumba u RWANDA rukeneye utinyutse kuvuga amabi abakozi b'Imana bakora nabagore nabagabo ibyo babamo nagukundaga ariko ndushijeho iri fuhe si ryawe aposo urimo imbaraga z'Imana kandi ufite umutima wurukundo
Komerwa biragoye uzi mocking yuko usa uta riremye Iyo uba mubi wenda ntawi kwinjira muri church yawe 😢abantu ntibatwakira iko turi
Harya bibiriya yemera kuba paster uri umugore?
Yego irabyemera pahuro nansira babohwa ansira yariki ?
Nkubu uwasoma iyi titre adafite gahunda yogukurikira video, yajyana ibihuha ko A.Mignone yibagishije izuru nibindi mwavuze urumva aribyo koko?
None ga Pasitori ko weho watoboje amatwi? Kuba warakijijwe woshimira Imana. Kumara umwanya tunegura abandi si vyiza. Tuvuge ubutumwa, twerekane ububi bwa Satani.
Abo ni abatazi ubwiza Imana Ishaka!! Bwo kumutima!! Ibishashagirana byose si zahabu!! Mana ereka abanyarwanda icyo ubwiza aricyo!! Ibyo byose ni ibyo shitani yazanye mu bantu!!!
Uyu nawe mubaze izo nzara zometse n uko zisongoye , yagumanye ibyo Imana yamuhaye akareka gucira abandi urubanza. Ntimugakurikire buhumyi.
Urumuntu wicyitegererezo muriki gihe❤
Nkunda ko wigisha mukinyabupfura
Niba hari umuntu ufite number za pastor Mignone yayimpaye?
Ariko abanyamakuru mwagiye mushyiraho titre zijyanye nibiri mûri video? Mukareka gushakira aba views muri titre yinkuru mugiye gutangaza
Wasize verni usongoza ninzara banza unikureho ubone gicira abandi urubanza
Abana b’inkuba?????
Kuraho izo meshi niyo verne
Cunga izamu ryawe !!
Twereke abo wazanye kuri Yesu
Ntugatinyuke uwasinzwe n'Imana utazaba nka Miliamu na Aaron
Ese izo ndaya zishaka iki Koko erega abasore ntitugishaka ayo mashyano twarayamenye ingegera ibisambo gusa bishaka kujya bitwiba Ibyo twaruhiye Sha mwabagore mwe mwabakobwa mwe mudakora mukirirwa murata ubwiza mumutwe Ari vide gusa namwe muzagumirwa Sha cg mubyarire iwanyu nimutihana musahur nishyano kbx
Njye ndabona mwareka kwibasira abantu kubera ko bakora ibituma basa neza kurushaho.
None ko ukora maquillage hari aho utaniye nabo?
Ko ugura boubou irenze miliyoni y amaf ntuba ushaka ko bakureba? Nyamara twisuzume natwe.
Ndebera uwo murongo wanyujije hejuru y amaso, rouge à levres wisize, kwihindura uko utaremwe bitangirirahe bikarangirira he koko ?
Kbx uvuze ukuri
Ubundi bazaguhaye kuyobora minisiteri yabari nabategarugori niba icyibaho cg iriho nukuri mbona wanabishobora kandi ukabigisha indangagaciro zubumana mbona nazo zihura nizumuco wacu
Ntaho bihuriye rwose. Kuyobora si ukwirirwa ucira abandi imanza.
Nagahinda ivugabitumwa ry'ubu!
😢😂😮
Amen
Amen