ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Uyu mudamu namubwiye gushaka Umwana ku ruhande ngira ngo numve uko ansubiza ! abatamenyereye uko mbaza mwabyibeshyeho ko Nabimugiragaho inama...
Ah. Ok.merci kudusobsnurira. Ugiye kurangiza ikiganiro ujye usa nkubiganiraho hatazagira ubyitwaza ko nunvise na Plaisir abivuga ngo twishakire umwana!! Satani akora uburyo bwinshi.
Kuki uri kwisobanura kandi aribyo yagakwiye gukora se,nawe azi ubwenge ariko
Nukuri plaisir,ntabwo wabikora,ubaza nk'umunyamakuru.kandi ndabihamya ko niyo abyemera,wariguhita umugarura kumurongo wo kudasubira mubyaha.
Njye sinabitindaho mba nahise mbyumva kuko nzi ko utagira umuntu inama yo gusambana of course.
Nanjye nabyibajijeho pe
Imana Imuhe umugabo umukwiye
Jewe mperutse kwubaka haheze ukwezi, mfise 41, urumva ko Imana yishura igihe kigeze kandi itanga vyiza cane bibereye abana b'Imana, b'Umwami w'abami, Imana ininahazwe 🙏
Wooooow!!ndabyishimiye pe!!Imana ikomeze ikubakire shenge iguhe hungu na kobwa
@@christineumuziranenge3118 Amen amen
Ahoma 41 Murakoze Nanje Mbashekongegwa Intege Kubanarinziko Vyarangiye
Kumbe Ntibirarangira Harimana ljekuntabara
Ubu naho ndatwitse umuhungu nzomuvyara ukwezi kuza kwa cumi na kabiri Imana ininahazwe ni rukundo ni umwizigirwa kandi ni mushobora vyose 🙏
Mwabantumwe iyumuntu ageze who anjya kwitangazamakuru agatangaza ibisa gutya biba byaramurenze ahubwo imana imutabare
Abagabo barabuze
@@hirwabienfaitchristiamurab4578 baburiye he
Ntabwo yatabarwa nImana ahubwo niyitabare abyare avemuri karabde ziwabo noguterecyera ninyatsi nibindii
@@ephremngira1946 😂😂😂 ngo yitabare nikokabi 😅😅😅😅
Ndagukunze uvuzimyaka yawe beshi. Ntibayivuga imyaka bamaze mwijuru harimana izoguteturura
Mbaye uwambere mundemere
Yoooo😭 Mbega ibikomere🤦 hashimwe Imana yaduhaye Yesu udukiza ibikomere. Komera cyane channy🙏
Ukuntu uri mwiza we harabura igihe gito chr ahubwo yesu akomore aguhitiremo umufasha ugukwiye chr icyokibazo kirihosewe ni nyagasani
Ubwose mirongwine koko nimyishi ahubwo ugeze mumyaka yo kubaka
Ubwurabivugurabizi ubwose haraburingahe ngo imyakayokubyara imurangirane sha akarikuwundi karahandurika
Ntabwo ari myinshi rwose
😂😂😂
Ushobora gushaka kare ntuvyare, washaka ku 50 ukavyaraaaa
Ibyuvuze nukuri❤
Niwakire gushaka mw’Izina rya Yesu Christo.
Rata tegereza isezerane ryawe Imana niyo nyiri bihe igukomeze iguhe kandi n’amahoro uzaze usinzira kuko mubyo iyitanga amahoro yarayidusigiye.. Uri mwiza cyane Humura uri mwiza uwawe arahari ❤
Aba bakobwa bazize kubenga iyo umukobwa abenga cyane abasore barabwirana bikarangira bamukatiye bose akenshi naho kugumirwa bituruka
Ariko Iyi ndirimbo irenda kumera nkiya Dori imbogo😂😂 Ahubwo ushake Imana Uge uririmbira Imana. mwumwanya wogutekereza ko kubura ibitotsi bizagutera gusara, Umwami Yesu azaguha ibitotsi mumwanya wogusara uzuzuzwa Umwuka wera. Kndi wivuga ngo mukuru wawe ni mukuru cyane byararangiye kuba agihumeka umwuka wabazima haracyari ibyiringiro
Ubwoko bwanjye burahona kubera kutamenya (Osée4,6) Dr. Chanta,ntakuntu mwaba mwarihaye YESU mumaramaje ngo mukomeze kwemera iyo myuka ya karande kandi ntabucibwe bukirangwa kubemera KRISTU (Abaroma 8,2) kandi bayobowe N'UMWUKAWERA. Ntimukuyice
Umva mukobwa mwiza ❤Icyo nicyiziriko cya karande ?rero nuterintabwukabyanga rwose ndaguhamiriza kuzasha rwose ❤
Komeza wizere Imana ,nuko ari wowe ubivuze nahubundi hari benshi bagitegereje, ariko harigihe abakobwa babenga abasore bakazashiduka badashatse
Kukwizera ufise vuba wakire umugisha wawe knd wifashishe kanguka mu gusenga
Imana igukurireho izo karandeSenga usenya karande zibisekuru ukomokamo
Kandi siwowe wenyine uyifite hari nabandi bategereje kandi baza babona
Humura usenge utekane Yesu Arashoboye ndazi uwamurose afise 42 Ans bavuga ngo ntazovyara ariko arahetse
40 ans se ko Atari myimshi cyanee Imana isubiriza igihe.
Imana ibanze iguhe ibitotsi,ubundi iguhe uwawe ugukwiriye Dr channy
Inama nakugira n'ukwakira Umwami n'Umukiza wawe ugasenga cyane Imana ishobora byosr uzabohoka usinzire urongorwe kandi ubyare
Oya wibeshya ntabwo uri umuhanzi. Imana ikwihere mzh aguhoze amarira
Yesu ni byose Mukobwa W'Imana Ihangane
Mbega karande disi nugusenha Imana yimwijuru
Gahunda n,Imana yego ariko nawe wabuze amahitamo mbere. Urumva se 40ans nta cyizere. Nibigera muri 45ans et plus bizaba birangiye.
Humura Imana ica nzingo ubukwe bukaba nange ngiye kubukora muriyo myaka , kandi abarozi bakanuye , mwijuru har Imana
AMEN rata
Amen
Chr Chantal uge ukunda Imana izazira murabo ibimenyetso ushobora kubitegereza ukabibura ahubwo uzakunde wirinde uhamye ko uri umukristo
Hoya warongorwa, naguha ubuhanua bw'uwashatse akurutaa
Komera kd usenge uzabyara kd uzabona urugo rw,umugisha
Seng'ucuwomugozi mwiza ❤wambar'amagunira nka morodekayi Shuti 😊❤
ArikoMana Imana izaguhoza imyakayawe nukungana biratandukanye ugaragara nkahucyirimuto❤
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😂🤣😂😂izi ndirimbo ziranyishe.
Dr Chantal komera Imana yumve gunga kwawe ujyu byway Rosemary , nibble shibishwa byindimu cyungu nki cyayi bazagufasha
Imana ikunda abantu bavugisha ukuri nkaawe
Pres. Bwira uhomukobwa ahumure harinuwapfushije ubukwe inshurocuminebyiri niyihanganepeee!!!
Hahirwa uwababariwe ibicumuro bye ibyaha bye bigatwikirwa . Nicyo gikuru rata. Ibindi Imana ikubohore , kubohorwa ni ugukizwa bivuye imuzi.
Amahoro yimana abane namwe wowe nshantali Imana igukomeze ndagukumbuye
Izere Imana niyo nyiribihe.Kandi igira neza
Iturize mukobwa, avabafite bo ntibirirwa bajojoba umutima kubera intimba,.....
🎉yes,uko Ni ukuri
Mana ruhura uyumukobwa
Yooooumucyecuru yaritahiye💔imana imuhe iruhuko ridashira🙏🙏
Madame ha ubuzima yesu chrish niiwe wabuze ngo nimuze abarushye n'a abaremerewe nzabaha ubuhungiro
Imiti yo gusinzira ifasha igihe kitari kinini ,kandi igira ingaruka mbi ,Ariko Imana Irihagije mu gukora Ibitangaza ,Iyo Ikoze Ntisondeka
Uwiteka yongere akugarukeho akumare agahinda
Pore Sana disi ,uzomuronka nataboneka uriyakira chr kuko twese ntitwaremew gushaka mugenz wanj
Ariko abaramukazi baragiwe uti muramukazi wanjye yanyifurizaga kwigurisha knd uti nari indaya .Muramukazi wawe nda mukomeje knd wihangane Imana igufashe iguhe umugabo.Nago indirimbo zo ndagagaye pe.
Uzamubona harabonzi bakurenzeho tuza kabs
Komeza wihangane imana izaguha uwo wifuza turakwingira imana
Yeweeeee imaniguhumugabo kuko warababajwe bikomeye😢😢😢
Njye mbanumiwe gendubanze umenye kwiyitaho umugabo uzamubona kandi ugabanyibiro sister ukindi usengecyane kuko harinababafite birirwabarira
Iyiteho useng IMANA ibindi bizaza. Knd uzobon umusor agukwiy p
Njye ndabona ntabuzima bukakaye yanyuzemo ukwavuga nuko mbona yitwara ntaho bihuriye nibyavuga p ahubwo yaje gushakira umugabo hano doreko aribyo byeze gusa inama nakugira menya Yesu ubundi urebeko imana itazagucisha bugufi ukabona ibyiza wifuza kuko niyo karende uvuga nayo irarengana bitewe nuko nkubona p burya abantu
Ntamuntu ukijijwe ugira karande, muri kristo haba imibereho mishya, muve muribyo, mwinjire muri kristo, kuko urimo ibyakera byose biba bishize🎉
Rwoseee,Amina,ndagukunze cyanee
Yooh chantal disi, ukuntu uri umwana mwiza!
Ninamwiza ❤ cyane
Ahwiiiii ibikomere byarakwishe izindirimbo zawe injyana yazo yanyobeye
Ihungabana ryo ararogite ryaramurenze akabi gasekwa nka keza.
Iringire Imana kuko niyo ifite ano bagabo kdi iyo iguhaye ntigusondeka!
😂😂😂😅😅
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 ntibikomere Gusa nukuri Gusa yegere Imana niyo yomora inguma zimititima
Sha baravuga ngo umutima usobetse amaganya ntusobanura amagambo.
Impore humura yezu arabizi kdi Abantu bafite 40 nabayirengeje nibeshi bategereje gushaka ubworero humura uzakunde ushake
Plaisir , Uzabwire uwo Mukobwa nkuko Yavuze gukomera kw Imana ko Ishobora byose Ikaba Irihejuru ya byose Ikaba Igenga byose ;Azayinginge Izamuha ibitotsi
Ubuse noneho ko indirimbo zose ari injyana zimwe ,😂😂😂😂😂ndumiwe koko abahanzi baraha koko , noneho uyu mutumirwa wee ,,ari hejuru cyane
Imana ikorera kugihe rwose
Sha ibyarire naho umugabo byo bivemo pe va muyubobe
Yooo!!! Ihangane maama.
Ooooooooh ariko Mana weeeeeeee disi Imana imutabare yokabyaaaaaaara
Nukuri kwose imyaka 40 nimike nturarengerana noneho uri namwiza cane hari nabashaka bafise 45ans knd bakavyara ubwo rro ntukihebe yesu ni nyishu
Ihangane chr lmana irasubiza tegereza lmana
Mbega weee! Kandi uraboneye disi! Guma mukwizera rata
Uyu ubwibone bwaramumaze pee, banza wihane ubwibone
Imana ibakize karande yo kudashaka
Ibi bikomere twese turabigendana komera ntakinanira Imana
Yooo kwanga umusore mwiza usenga wabona ku mugani warabitewe na karande
N:B mu mwitondere namuvugishije numva ashobora kuba Ari umutekamutwe rwose,Kandi nabonye ID mbona yatubeshye imyaka ✍️✍️✍️
Ihangane disi ariko hari umukozi w'Imana numutanzaniya yahamagariwe kubohora izo za karande yitwa Elibariki Sumbe uzaze ukurikirana cane niba wunva igiswahiri Imana izabikora
Cano ye yitwa ngwiki
Yitwa vuka yorodani
@@serubibirosette1548 thank u
Ukuntu ari mwiza disi, reba Iyi skin n’iyo misatsi. Abonye Lunettes z’amaso zimufasha kureba neza, byaba sawa
Ihangane mama,,kudasinzira ujye wikorera Sport wiruke ube busy mubuzima bwamanwa nijoro uzajya usinzira nanjye byigeze kumbaho
Imana ikumve
Arko ahubwo mujye musoma Bible neza gushaka n'umuhamagaro ntabwo Ari itegeko ko Bose babyara cga bashaka
Umviriza kanguka sha
Yoooo! Unteye gukomera kbs
Yeweee yeweee uwo muntu Koko ese imyitwarire yumuntu muri society niyo imuha umuranga naho iyo witwaye nabiiii ntamusore wabona ubona abagusambanta gusa
Numvise iyindirimbo mpita nseka,
Ntanguy gusek ntarayumvaa🙈🙈🙈
Ati turi aba star mu mutwe
Humura uri mwiza ahubwo bazagukorere delivrance.izo karande ziwanyu zo kudashaka ntizakwemerera gushaka ,ariko ubohotse washaka
Ishakire akana kuruhande wangu
😂😂😂😂ntimugacireho umuntu iteka mumuha inama zicuramye,nabataruyu barashatse baranabyara ino tujye tugabanya ubuturesi azashaka abyare,umwana afite uburenganzira bwo kwishima no kubana nabamubyaye
Cyakora Plaisir Wajyaga uduha inkuru Ariko noneho Imbavu ziragagaye, Abasore Bararengana ntawarongora Inkumi ikambije Agahanga!!!!!Ibikomere Byarakurangije Komeza Usenge Imana Igutabare Iguhe Ibitotsi.
Koko wabashije guseka Kokoimana ijya yemera ko bibaho ni shuri ry Imana kandi Imana Igiye kumuha Umugabo kandi izamuha nubugingo buhoraho !!!!
Reka kuzinukwa abahungu kuko nibyo bazakuvura umunsi uzabona ugukunda byukuri
Nagize ngo ni docteur, none yarangije. secondaire.
Mbega weee!! Kandi urimwiza disi humura imana izakwibuka
Uyuwesumuhanzipe ntabyazi
None ese Plaisir ko usigaye ubwira abakobwa kubyara umwana ku uruhunde Kandi arabakristo.Ndamukunze uno mukobwa, wisabire iherezo ryiza.
Mwatumye atareba neza kubera izuba pe ,lmana izakomora.
Wazize kubenga
Hey, Munyamakuru se nimero yuyu mwari mwiza niba ashaka kubaka irihe? Abamuzi mumubwire ashyire nimero ye hano niba adapyinata abagabo barahagaze.
yarakubititse disi
Urumukobwa mwiza humura lmana izagutabara
Nikarande mbiiii ! 😢
Hari nabashaka abana ku ruhande ntibababone kuko baba bararozwe.ibaze rero guhinduka umusambanyi ntubone nicyo washakaga
Nzabigufashamo
Akeneye kuba delivered
Ariko uri n'a kiza rwose
Yewe mukobwa sha nibawankunda twishakanire nibawankunda nangye ndibana ariko mbana nuduhungu tubiri
Gushaka kwawe niko ko tuma usinzirira neza
Jye usengera muri Kanguka ya Chris Ndikumana buri Samedi, hari benshi bakiriyemo icyo kibazo.
Uyu mudamu namubwiye gushaka Umwana ku ruhande ngira ngo numve uko ansubiza ! abatamenyereye uko mbaza mwabyibeshyeho ko Nabimugiragaho inama...
Ah. Ok.merci kudusobsnurira. Ugiye kurangiza ikiganiro ujye usa nkubiganiraho hatazagira ubyitwaza ko nunvise na Plaisir abivuga ngo twishakire umwana!! Satani akora uburyo bwinshi.
Kuki uri kwisobanura kandi aribyo yagakwiye gukora se,nawe azi ubwenge ariko
Nukuri plaisir,ntabwo wabikora,ubaza nk'umunyamakuru.kandi ndabihamya ko niyo abyemera,wariguhita umugarura kumurongo wo kudasubira mubyaha.
Njye sinabitindaho mba nahise mbyumva kuko nzi ko utagira umuntu inama yo gusambana of course.
Nanjye nabyibajijeho pe
Imana Imuhe umugabo umukwiye
Jewe mperutse kwubaka haheze ukwezi, mfise 41, urumva ko Imana yishura igihe kigeze kandi itanga vyiza cane bibereye abana b'Imana, b'Umwami w'abami, Imana ininahazwe 🙏
Wooooow!!ndabyishimiye pe!!Imana ikomeze ikubakire shenge iguhe hungu na kobwa
@@christineumuziranenge3118 Amen amen
Ahoma 41 Murakoze Nanje Mbashekongegwa Intege Kubanarinziko Vyarangiye
Kumbe Ntibirarangira Harimana ljekuntabara
Ubu naho ndatwitse umuhungu nzomuvyara ukwezi kuza kwa cumi na kabiri Imana ininahazwe ni rukundo ni umwizigirwa kandi ni mushobora vyose 🙏
Mwabantumwe iyumuntu ageze who anjya kwitangazamakuru agatangaza ibisa gutya biba byaramurenze ahubwo imana imutabare
Abagabo barabuze
@@hirwabienfaitchristiamurab4578 baburiye he
Ntabwo yatabarwa nImana ahubwo niyitabare abyare avemuri karabde ziwabo noguterecyera ninyatsi nibindii
@@ephremngira1946 😂😂😂 ngo yitabare nikokabi 😅😅😅😅
Ndagukunze uvuzimyaka yawe beshi. Ntibayivuga imyaka bamaze mwijuru harimana izoguteturura
Mbaye uwambere mundemere
Yoooo😭 Mbega ibikomere🤦 hashimwe Imana yaduhaye Yesu udukiza ibikomere. Komera cyane channy🙏
Ukuntu uri mwiza we harabura igihe gito chr ahubwo yesu akomore aguhitiremo umufasha ugukwiye chr icyokibazo kirihosewe ni nyagasani
Ubwose mirongwine koko nimyishi ahubwo ugeze mumyaka yo kubaka
Ubwurabivugurabizi ubwose haraburingahe ngo imyakayokubyara imurangirane sha akarikuwundi karahandurika
Ntabwo ari myinshi rwose
😂😂😂
Ushobora gushaka kare ntuvyare, washaka ku 50 ukavyaraaaa
Ibyuvuze nukuri❤
Niwakire gushaka mw’Izina rya Yesu Christo.
Rata tegereza isezerane ryawe Imana niyo nyiri bihe igukomeze iguhe kandi n’amahoro uzaze usinzira kuko mubyo iyitanga amahoro yarayidusigiye.. Uri mwiza cyane Humura uri mwiza uwawe arahari ❤
Aba bakobwa bazize kubenga iyo umukobwa abenga cyane abasore barabwirana bikarangira bamukatiye bose akenshi naho kugumirwa bituruka
Ariko Iyi ndirimbo irenda kumera nkiya Dori imbogo😂😂 Ahubwo ushake Imana Uge uririmbira Imana. mwumwanya wogutekereza ko kubura ibitotsi bizagutera gusara, Umwami Yesu azaguha ibitotsi mumwanya wogusara uzuzuzwa Umwuka wera. Kndi wivuga ngo mukuru wawe ni mukuru cyane byararangiye kuba agihumeka umwuka wabazima haracyari ibyiringiro
Ubwoko bwanjye burahona kubera kutamenya (Osée4,6) Dr. Chanta,ntakuntu mwaba mwarihaye YESU mumaramaje ngo mukomeze kwemera iyo myuka ya karande kandi ntabucibwe bukirangwa kubemera KRISTU (Abaroma 8,2) kandi bayobowe N'UMWUKAWERA. Ntimukuyice
Umva mukobwa mwiza ❤Icyo nicyiziriko cya karande ?rero nuterintabwukabyanga rwose ndaguhamiriza kuzasha rwose ❤
Komeza wizere Imana ,nuko ari wowe ubivuze nahubundi hari benshi bagitegereje, ariko harigihe abakobwa babenga abasore bakazashiduka badashatse
Kukwizera ufise vuba wakire umugisha wawe knd wifashishe kanguka mu gusenga
Imana igukurireho izo karande
Senga usenya karande zibisekuru ukomokamo
Kandi siwowe wenyine uyifite hari nabandi bategereje kandi baza babona
Humura usenge utekane Yesu Arashoboye ndazi uwamurose afise 42 Ans bavuga ngo ntazovyara ariko arahetse
40 ans se ko Atari myimshi cyanee
Imana isubiriza igihe.
Imana ibanze iguhe ibitotsi,ubundi iguhe uwawe ugukwiriye Dr channy
Inama nakugira n'ukwakira Umwami n'Umukiza wawe ugasenga cyane Imana ishobora byosr uzabohoka usinzire urongorwe kandi ubyare
Oya wibeshya ntabwo uri umuhanzi. Imana ikwihere mzh aguhoze amarira
Yesu ni byose Mukobwa W'Imana Ihangane
Mbega karande disi nugusenha Imana yimwijuru
Gahunda n,Imana yego ariko nawe wabuze amahitamo mbere. Urumva se 40ans nta cyizere. Nibigera muri 45ans et plus bizaba birangiye.
Humura Imana ica nzingo ubukwe bukaba nange ngiye kubukora muriyo myaka , kandi abarozi bakanuye , mwijuru har Imana
AMEN rata
Amen
Chr Chantal uge ukunda Imana izazira murabo ibimenyetso ushobora kubitegereza ukabibura ahubwo uzakunde wirinde uhamye ko uri umukristo
Hoya warongorwa, naguha ubuhanua bw'uwashatse akurutaa
Komera kd usenge uzabyara kd uzabona urugo rw,umugisha
Seng'ucuwomugozi mwiza ❤wambar'amagunira nka morodekayi Shuti 😊❤
ArikoMana Imana izaguhoza imyakayawe nukungana biratandukanye ugaragara nkahucyirimuto❤
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😂🤣😂😂izi ndirimbo ziranyishe.
Dr Chantal komera Imana yumve gunga kwawe ujyu byway Rosemary , nibble shibishwa byindimu cyungu nki cyayi bazagufasha
Imana ikunda abantu bavugisha ukuri nkaawe
Pres. Bwira uhomukobwa ahumure harinuwapfushije ubukwe inshurocuminebyiri niyihanganepeee!!!
Hahirwa uwababariwe ibicumuro bye ibyaha bye bigatwikirwa . Nicyo gikuru rata. Ibindi Imana ikubohore , kubohorwa ni ugukizwa bivuye imuzi.
Amahoro yimana abane namwe wowe nshantali Imana igukomeze ndagukumbuye
Izere Imana niyo nyiribihe.
Kandi igira neza
Iturize mukobwa, avabafite bo ntibirirwa bajojoba umutima kubera intimba,.....
🎉yes,uko Ni ukuri
Mana ruhura uyumukobwa
Yooooumucyecuru yaritahiye💔imana imuhe iruhuko ridashira🙏🙏
Madame ha ubuzima yesu chrish niiwe wabuze ngo nimuze abarushye n'a abaremerewe nzabaha ubuhungiro
Imiti yo gusinzira ifasha igihe kitari kinini ,kandi igira ingaruka mbi ,Ariko Imana Irihagije mu gukora Ibitangaza ,Iyo Ikoze Ntisondeka
Uwiteka yongere akugarukeho akumare agahinda
Pore Sana disi ,uzomuronka nataboneka uriyakira chr kuko twese ntitwaremew gushaka mugenz wanj
Ariko abaramukazi baragiwe uti muramukazi wanjye yanyifurizaga kwigurisha knd uti nari indaya .Muramukazi wawe nda mukomeje knd wihangane Imana igufashe iguhe umugabo.Nago indirimbo zo ndagagaye pe.
Uzamubona harabonzi bakurenzeho tuza kabs
Komeza wihangane imana izaguha uwo wifuza turakwingira imana
Yeweeeee imaniguhumugabo kuko warababajwe bikomeye😢😢😢
Njye mbanumiwe gendubanze umenye kwiyitaho umugabo uzamubona kandi ugabanyibiro sister ukindi usengecyane kuko harinababafite birirwabarira
Iyiteho useng IMANA ibindi bizaza. Knd uzobon umusor agukwiy p
Njye ndabona ntabuzima bukakaye yanyuzemo ukwavuga nuko mbona yitwara ntaho bihuriye nibyavuga p ahubwo yaje gushakira umugabo hano doreko aribyo byeze gusa inama nakugira menya Yesu ubundi urebeko imana itazagucisha bugufi ukabona ibyiza wifuza kuko niyo karende uvuga nayo irarengana bitewe nuko nkubona p burya abantu
Ntamuntu ukijijwe ugira karande, muri kristo haba imibereho mishya, muve muribyo, mwinjire muri kristo, kuko urimo ibyakera byose biba bishize🎉
Rwoseee,Amina,ndagukunze cyanee
Yooh chantal disi, ukuntu uri umwana mwiza!
Ninamwiza ❤ cyane
Ahwiiiii ibikomere byarakwishe izindirimbo zawe injyana yazo yanyobeye
Ihungabana ryo ararogite ryaramurenze akabi gasekwa nka keza.
Iringire Imana kuko niyo ifite ano bagabo kdi iyo iguhaye ntigusondeka!
😂😂😂😅😅
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 ntibikomere Gusa nukuri Gusa yegere Imana niyo yomora inguma zimititima
Sha baravuga ngo umutima usobetse amaganya ntusobanura amagambo.
Impore humura yezu arabizi kdi Abantu bafite 40 nabayirengeje nibeshi bategereje gushaka ubworero humura uzakunde ushake
Plaisir , Uzabwire uwo Mukobwa nkuko Yavuze gukomera kw Imana ko Ishobora byose Ikaba Irihejuru ya byose Ikaba Igenga byose ;Azayinginge Izamuha ibitotsi
Ubuse noneho ko indirimbo zose ari injyana zimwe ,😂😂😂😂😂ndumiwe koko abahanzi baraha koko , noneho uyu mutumirwa wee ,,ari hejuru cyane
Imana ikorera kugihe rwose
Sha ibyarire naho umugabo byo bivemo pe va muyubobe
Yooo!!! Ihangane maama.
Ooooooooh ariko Mana weeeeeeee disi Imana imutabare yokabyaaaaaaara
Nukuri kwose imyaka 40 nimike nturarengerana noneho uri namwiza cane hari nabashaka bafise 45ans knd bakavyara ubwo rro ntukihebe yesu ni nyishu
Ihangane chr lmana irasubiza tegereza lmana
Mbega weee! Kandi uraboneye disi! Guma mukwizera rata
Uyu ubwibone bwaramumaze pee, banza wihane ubwibone
Imana ibakize karande yo kudashaka
Ibi bikomere twese turabigendana komera ntakinanira Imana
Yooo kwanga umusore mwiza usenga wabona ku mugani warabitewe na karande
N:B mu mwitondere namuvugishije numva ashobora kuba Ari umutekamutwe rwose,Kandi nabonye ID mbona yatubeshye imyaka ✍️✍️✍️
Ihangane disi ariko hari umukozi w'Imana numutanzaniya yahamagariwe kubohora izo za karande yitwa Elibariki Sumbe uzaze ukurikirana cane niba wunva igiswahiri Imana izabikora
Cano ye yitwa ngwiki
Yitwa vuka yorodani
@@serubibirosette1548 thank u
Ukuntu ari mwiza disi, reba Iyi skin n’iyo misatsi. Abonye Lunettes z’amaso zimufasha kureba neza, byaba sawa
Ihangane mama,,kudasinzira ujye wikorera Sport wiruke ube busy mubuzima bwamanwa nijoro uzajya usinzira nanjye byigeze kumbaho
Imana ikumve
Arko ahubwo mujye musoma Bible neza gushaka n'umuhamagaro ntabwo Ari itegeko ko Bose babyara cga bashaka
Umviriza kanguka sha
Yoooo! Unteye gukomera kbs
Yeweee yeweee uwo muntu Koko ese imyitwarire yumuntu muri society niyo imuha umuranga naho iyo witwaye nabiiii ntamusore wabona ubona abagusambanta gusa
Numvise iyindirimbo mpita nseka,
Ntanguy gusek ntarayumvaa🙈🙈🙈
Ati turi aba star mu mutwe
Humura uri mwiza ahubwo bazagukorere delivrance.izo karande ziwanyu zo kudashaka ntizakwemerera gushaka ,ariko ubohotse washaka
Ishakire akana kuruhande wangu
😂😂😂😂ntimugacireho umuntu iteka mumuha inama zicuramye,nabataruyu barashatse baranabyara ino tujye tugabanya ubuturesi azashaka abyare,umwana afite uburenganzira bwo kwishima no kubana nabamubyaye
Cyakora Plaisir Wajyaga uduha inkuru Ariko noneho Imbavu ziragagaye, Abasore Bararengana ntawarongora Inkumi ikambije Agahanga!!!!!
Ibikomere Byarakurangije Komeza Usenge Imana Igutabare Iguhe Ibitotsi.
Koko wabashije guseka Koko
imana ijya yemera ko bibaho ni shuri ry Imana kandi Imana Igiye kumuha Umugabo kandi izamuha nubugingo buhoraho !!!!
Reka kuzinukwa abahungu kuko nibyo bazakuvura umunsi uzabona ugukunda byukuri
Nagize ngo ni docteur, none yarangije. secondaire.
Mbega weee!! Kandi urimwiza disi humura imana izakwibuka
Uyuwesumuhanzipe ntabyazi
None ese Plaisir ko usigaye ubwira abakobwa kubyara umwana ku uruhunde Kandi arabakristo.
Ndamukunze uno mukobwa, wisabire iherezo ryiza.
Mwatumye atareba neza kubera izuba pe ,lmana izakomora.
Wazize kubenga
Hey, Munyamakuru se nimero yuyu mwari mwiza niba ashaka kubaka irihe? Abamuzi mumubwire ashyire nimero ye hano niba adapyinata abagabo barahagaze.
yarakubititse disi
Urumukobwa mwiza humura lmana izagutabara
Nikarande mbiiii ! 😢
Hari nabashaka abana ku ruhande ntibababone kuko baba bararozwe.ibaze rero guhinduka umusambanyi ntubone nicyo washakaga
Nzabigufashamo
Akeneye kuba delivered
Ariko uri n'a kiza rwose
Yewe mukobwa sha nibawankunda twishakanire nibawankunda nangye ndibana ariko mbana nuduhungu tubiri
Gushaka kwawe niko ko tuma usinzirira neza
Jye usengera muri Kanguka ya Chris Ndikumana buri Samedi, hari benshi bakiriyemo icyo kibazo.