ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Uyu mudam akoze ikosa rikomeye cyane ntibyari ngombwa kuvuga amazina Yababaroze noneho ari nabavandimwe numugabo wawe ujye ugira ubwenge mubyo uvuga
Au contraire gushyirahanze abarozi bi sauvant abandiIbuye rigaragaye ntiriba rikishe isuka
Hallelujah 🙏 wakoze Mana kunyobora kwunva ubu buhamya bitumye nizera ibyo wambwiye ko nanyje uzabikora amen Mama komera
Ariko mujye mumbwiza ukuli urukundo abagore ba banyarwandakazi ahantu barukura umuntu ntakintu akumariye,arakuzaniraho abandi bagore,abyaye hanze noneho agupfumuye urubavu uti Ndagukunda.Amahirwe wagize ntagirwa na benshi yarino kuzakwica abana bawe akaba aribo babihomberamo.Ikindi ayo makimbirane agira ingaruka kubana nukuli.Imana yakugiriye neza
Ndanezerewe nkunzimana cyane
Imana igucisha mubikomeye kugirango uzabe ukomeye kd ukomeze n’abandi 👏🏻🫶🏽
nukuri ndafashijwe uyu mubyeyi atumye nongera gukomera Imana yo mwijuru imumpere umugisha nae plaisir Imana ikomeze ikwagurire imbago
Imaniracyakora ndafashijwe uyumubyeyi duhujubuhamya ndetse namasezerano nizeye ntashidikanya konibyange izabikora❤❤❤
Mama ndagukunze cyane cyane nukuri Imana niyokwiringirwa Uwiteka ahabwe icyubahiro cyakoza nkwigiyeho byinshyi cyane harimo kwihangana Paul yaravuzengo nshyobozwa byose na christo umpa imbaraga nanjye nshyobozwe na christo
Umubyeyi ufite ubu muntu disi,Imana ikomeze ikube hafi muri byose Mubyeyi mwiza
Isezerano ry,Imana rirakomeye basha tuze twubaha ico Imana ivuga guko ntibesha Alleluaaah
Imana ihimbazwe cyane ko ikurikirana icyo yavuze ntabwo ibeshya
Imana ishimwe ko yagukoreye,ibyo byose imana yacu ninziza
Mana weeeeeeeee 😭😭mbega ubugome .Gusa ubu buhamya burankomeje nsubijwemo ukwizera ko ibyo Imana yabwiye izabisohoza. Plaisir Imana iguhe umugisha mwishi cyane. Ndafashijwe.
Plaisir pinninga ikiganiro cya mbere tukirebe
Yoooo Imana ihe uyu mama umugisha mwinshi kubwo kwihangana Kandi Imana ishimwe kuba igiye kumuhoza amarira Imana ishimwe cyane yo ivuga ikanasohozaaa
Ntakure Imana itakura umuntu kandi ntanakure itakugeza muvyeyi .
Imana yaguhaye umudivorse? Ubwose n'ijwi ry'Imana? Plaisir tubarize ikikintu plz
Cyokoza wa mugore we wari ukomeye kbsaIbibazo waciyemoNdumva ari igitaboGusa Imana ninziza yarakurinzeMubigeragezoBishobora bake!!
Imana ihabwe icyubahiro
Imana niyonkuru kandi kwihangana gutera kunesha: urumunyakuri Imana iguhire, izakubakire.
Yesu n'umwami n'umukiza wacu amen!
Ariko na we!!Ngo gushyuhiriza indaya amazi ngo ikarabe!!??
Amen , Imana igumye igushyigikire!
Ishimwe Mana Wowe utumenyera ubuzima🙌🙌🙌🙌
Ikiganiro cyabanje nakibuze disi,Plaisir wadushyiriyeho icyabanjirije iki.Murakoze
Halleruya❤imana ihabwe icyubahiro
Ariko depression post natal ifite ibimenyetso nkibyo. Mujye mwitondera kuvugq ko abantu babaroze!!! Nugukurura inyangano zubusa. Depression post natal interwar no kutitabwoho nyuma yo kubyara.Kandi nkurikije uko nayize.... wari ufite ibienyetso byayo.
Yewe uhabwe umugisha Uzi kwihangana .uko kwihangana kurarenze .
Ubunubuhamya buboneye wee ,imana ukurinde ahuri na family yaa nshuti
Uri Imana isezeranya igasohoza
Iyintahe iratangaje imana ihabwe icubahiro ihezagire abantu bamufashije bose hamwe Prisla yamutangiye ubuvuvugizi hamwe nabamusengeye
Imana yarakoze kuguhoza amarira🙏🙏🙏 ni DATA watwese mwiza
Komera shenge. Imana irasubiza pe
Warakoze kwihangana kd imana ntibeshya
Nadusengere natwe imana ibwirako umucyo utabana numwijima najye meze nkawe
Uri intwali mubyeyi. Ikomeze k'Uwiteka ntacyo uzamuburana
lmana numukozi wuhanga ishimwe cyane 👍👍👍
Imana irakomeye pe. Iguhojeje amarira.
Imana ishimwe kubyo yagukoreye .
Plaisir, ntawe ubwira umuntu gutyo ngo urashaje cyane iyo ari umudamu. Uretse ko maman Djamila we aranashaje pe! Rwose ntuzongere muvandimwe dukunda.
Mu muco wa kinyarwanda gusaza n'umugisha...ntacyo bitwaye.Iburayi gusaza nisoni....
Iyo ngeso abantu barayigira Kdi burya ntawe uba ayobewe imyaka ye kubimwibutsa singombwa rwose
Hhh wowe c ko ubivuze ubwo umukosoye iki??
Amina hareruya
Brezile wampaye nbr Yu yumumam
Yoooh.nibibi gose.gushikisha ama cadeau mu cumba aho murara.kuko benshi barayarogerako
imana iguhe umugisha
Imana ihabwe icuvahiro ikora ibikomeye.Ndabifurije imigisha
Imana yagombaga kukugirira neza rwose
Imana ikomeze igushyigikire
Ntamuntu udakeneye gukundwa urabona ukuntu uyu mubyeyi yizihiwe Imana ishimwe yo ihoza amarira
Yewe Imana irashoboye nukuri
Ese Plisir we amasaha hafi 2 ko ari menshi? Ujye ugira incamake nyabu!
Imana iguh'umugisha warakoze
Imana ishimwe yarakoze cyane gusa final wagirango ni film😁😁😁
Ariko se abandi basengera he?
Mwammi YESU, Witwa Igitangaza, Uhimbazwe cane, kandi wubahwe imyaka yose.
Imana ni nziza cyane .
Warakoze kwihangana uwiringiyimana ntazakorwa nisoni amina
Uri mwiza mubyeyi💕
Amen Imana yarakoze kd iracyakora
Mana mwiza Yesu akubakire rwose urumubyeyi wumutima 🥰
iman ifise amaboko urakoze kunkomeza kandi warakoze kwihangana
Karibu muri Swede MALAYIKA.
Imana ishimwe cyane
Imanishimwep koyagutabaye nukuri binshubijemo ibyirijyiroko natwe tuzatabarwap naho lmana itakura umuntup gusa nkunda abantu bokuri zaburishyap
Niukuri nishimwe imana
Ntaho Imana idakura umuntu uyinambeho mama wanjye nanjye unsengera
Imana ninziza nukuri
Imana ikomeze igushyigikire 🌟
Uri umugore w'intwari
Yewe imana irumva ngo ntawayiringiye rwakorwe nisoni nubuhamwa pe nukuri imana ikomeze iguhembe kuko warihanganye ubuhamwa bwawe bwokubaka ingo nyishi
muduhe link yi kiganiro cyambere
Wawuuuu Imana ihabwe icyubahiro rwose biranshimishije cyaneee Imana ihabwe icyubahiro.
Zaburi nsha koko namwe musigaye mwandika title ziyovya abantu.
Komera mubyeyi
Plaisir uduhaye ikiganiro ciza. Yesu abahezagire
Mudushyirireho link y' ikiganiro cya 1
Turagushimiye natwe 🇧🇮🇧🇮
Imana iguhe umugisha mubyeyi 🙏
AMEN IS ALL I CAN SAY , YOUR THE LIVING GOD
KuMana ntamuntu akura twese tuguma turabana nukuri urabona ingene Imana yanezereje uyumubyeyi?
Nkund ubuhamy nkub,Kuk kirazir kuvug intah kand utaratsind urugamb
IMANA Ninziza ijya Uhindura ibyananiranye / wayinambyeho nayo irakwibutse ntuzayiveho mushikiwange
Mana warakoze cyaneeeeeeeee
Isi yaraheze
Amen ,Imana ishimwe cyane
Uwiteka ahabwe icyunahiro kuko numukiza watwese
Kimwe ndahezagiwe kumbure nanje nzoronka ndumupfakazi mvyaye 2 ndizeyeko nanje ivyanje bihari praisille jeno kondumurundi tuzahurirahe ngontangubuhamya
Uzamuhamagare hejuru hari number ye
Ja kumuco wera Tv
Amen imana.ikomeze.iguhe.ibyiza.kandi.iguhaze.imigisha
NDABIFURIJE URUGO RWIZA
Ko numva iyi story nayumvise ahandi ariko nkaba mbona uyu mubyeyi ari mushya kuri njye.
Niwe wahindutse
Mana weee mbega ubuhamya wa mudamu we uri intwari
Kwihangana gutera kunesha
Icyubahiro kibe icyimana ntawayizeye wakozwe nisoni mazima
Yesu mwami w'abami ariko iy'isi nimbi kweli
Kwa jina la Yesu ,satani yaratsinzwe
Uwomugabo azakubere inyishu mama wararuhijwe
Abagabo kuki baduhemukira mba numva ntazongera gushaka pe
nawe se nuko warakomeretse nkange ihangane muvandimwe nange mba numva narazinutswe umugabo pe
Ariko iyo ni depression.Kwa muganga barabivura
Yo ihangane abagabo batavuga nibabi bagira iyongeso yubu hehesi
Yesu mwami😳😳😳😳
Uko si ukwitonda ahubwo wari umurwayi !!!!
Uyu mudam akoze ikosa rikomeye cyane ntibyari ngombwa kuvuga amazina Yababaroze noneho ari nabavandimwe numugabo wawe ujye ugira ubwenge mubyo uvuga
Au contraire gushyirahanze abarozi bi sauvant abandi
Ibuye rigaragaye ntiriba rikishe isuka
Hallelujah 🙏 wakoze Mana kunyobora kwunva ubu buhamya bitumye nizera ibyo wambwiye ko nanyje uzabikora amen Mama komera
Ariko mujye mumbwiza ukuli urukundo abagore ba banyarwandakazi ahantu barukura umuntu ntakintu akumariye,arakuzaniraho abandi bagore,abyaye hanze noneho agupfumuye urubavu uti Ndagukunda.Amahirwe wagize ntagirwa na benshi yarino kuzakwica abana bawe akaba aribo babihomberamo.Ikindi ayo makimbirane agira ingaruka kubana nukuli.Imana yakugiriye neza
Ndanezerewe nkunzimana cyane
Imana igucisha mubikomeye kugirango uzabe ukomeye kd ukomeze n’abandi 👏🏻🫶🏽
nukuri ndafashijwe uyu mubyeyi atumye nongera gukomera Imana yo mwijuru imumpere umugisha nae plaisir Imana ikomeze ikwagurire imbago
Imaniracyakora ndafashijwe uyumubyeyi duhujubuhamya ndetse namasezerano nizeye ntashidikanya konibyange izabikora❤❤❤
Mama ndagukunze cyane cyane nukuri Imana niyokwiringirwa Uwiteka ahabwe icyubahiro cyakoza nkwigiyeho byinshyi cyane harimo kwihangana Paul yaravuzengo nshyobozwa byose na christo umpa imbaraga nanjye nshyobozwe na christo
Umubyeyi ufite ubu muntu disi,Imana ikomeze ikube hafi muri byose Mubyeyi mwiza
Isezerano ry,Imana rirakomeye basha tuze twubaha ico Imana ivuga guko ntibesha Alleluaaah
Imana ihimbazwe cyane ko ikurikirana icyo yavuze ntabwo ibeshya
Imana ishimwe ko yagukoreye,ibyo byose imana yacu ninziza
Mana weeeeeeeee 😭😭mbega ubugome .Gusa ubu buhamya burankomeje nsubijwemo ukwizera ko ibyo Imana yabwiye izabisohoza. Plaisir Imana iguhe umugisha mwishi cyane. Ndafashijwe.
Plaisir pinninga ikiganiro cya mbere tukirebe
Yoooo Imana ihe uyu mama umugisha mwinshi kubwo kwihangana Kandi Imana ishimwe kuba igiye kumuhoza amarira Imana ishimwe cyane yo ivuga ikanasohozaaa
Ntakure Imana itakura umuntu kandi ntanakure itakugeza muvyeyi .
Imana yaguhaye umudivorse? Ubwose n'ijwi ry'Imana? Plaisir tubarize ikikintu plz
Cyokoza wa mugore we wari ukomeye kbsa
Ibibazo waciyemo
Ndumva ari igitabo
Gusa Imana ninziza yarakurinze
Mubigeragezo
Bishobora bake!!
Imana ihabwe icyubahiro
Imana niyonkuru kandi kwihangana gutera kunesha: urumunyakuri Imana iguhire, izakubakire.
Yesu n'umwami n'umukiza wacu amen!
Ariko na we!!Ngo gushyuhiriza indaya amazi ngo ikarabe!!??
Amen , Imana igumye igushyigikire!
Ishimwe Mana Wowe utumenyera ubuzima🙌🙌🙌🙌
Ikiganiro cyabanje nakibuze disi,Plaisir wadushyiriyeho icyabanjirije iki.Murakoze
Halleruya❤imana ihabwe icyubahiro
Ariko depression post natal ifite ibimenyetso nkibyo. Mujye mwitondera kuvugq ko abantu babaroze!!! Nugukurura inyangano zubusa. Depression post natal interwar no kutitabwoho nyuma yo kubyara.
Kandi nkurikije uko nayize.... wari ufite ibienyetso byayo.
Yewe uhabwe umugisha Uzi kwihangana .uko kwihangana kurarenze .
Ubunubuhamya buboneye wee ,imana ukurinde ahuri na family yaa nshuti
Uri Imana isezeranya igasohoza
Iyintahe iratangaje imana ihabwe icubahiro ihezagire abantu bamufashije bose hamwe Prisla yamutangiye ubuvuvugizi hamwe nabamusengeye
Imana yarakoze kuguhoza amarira🙏🙏🙏 ni DATA watwese mwiza
Komera shenge. Imana irasubiza pe
Warakoze kwihangana kd imana ntibeshya
Nadusengere natwe imana ibwirako umucyo utabana numwijima najye meze nkawe
Uri intwali mubyeyi. Ikomeze k'Uwiteka ntacyo uzamuburana
lmana numukozi wuhanga ishimwe cyane 👍👍👍
Imana irakomeye pe. Iguhojeje amarira.
Imana ishimwe kubyo yagukoreye .
Plaisir, ntawe ubwira umuntu gutyo ngo urashaje cyane iyo ari umudamu. Uretse ko maman Djamila we aranashaje pe!
Rwose ntuzongere muvandimwe dukunda.
Mu muco wa kinyarwanda gusaza n'umugisha...ntacyo bitwaye.
Iburayi gusaza nisoni....
Iyo ngeso abantu barayigira Kdi burya ntawe uba ayobewe imyaka ye kubimwibutsa singombwa rwose
Hhh wowe c ko ubivuze ubwo umukosoye iki??
Amina hareruya
Brezile wampaye nbr Yu yumumam
Yoooh.nibibi gose.gushikisha ama cadeau mu cumba aho murara.kuko benshi barayarogerako
imana iguhe umugisha
Imana ihabwe icuvahiro ikora ibikomeye.
Ndabifurije imigisha
Imana yagombaga kukugirira neza rwose
Imana ikomeze igushyigikire
Ntamuntu udakeneye gukundwa urabona ukuntu uyu mubyeyi yizihiwe Imana ishimwe yo ihoza amarira
Yewe Imana irashoboye nukuri
Ese Plisir we amasaha hafi 2 ko ari menshi? Ujye ugira incamake nyabu!
Imana iguh'umugisha warakoze
Imana ishimwe yarakoze cyane gusa final wagirango ni film😁😁😁
Ariko se abandi basengera he?
Mwammi YESU, Witwa Igitangaza, Uhimbazwe cane, kandi wubahwe imyaka yose.
Imana ni nziza cyane .
Warakoze kwihangana uwiringiyimana ntazakorwa nisoni amina
Uri mwiza mubyeyi💕
Amen Imana yarakoze kd iracyakora
Mana mwiza Yesu akubakire rwose urumubyeyi wumutima 🥰
iman ifise amaboko urakoze kunkomeza kandi warakoze kwihangana
Karibu muri Swede MALAYIKA.
Imana ishimwe cyane
Imanishimwep koyagutabaye nukuri binshubijemo ibyirijyiroko natwe tuzatabarwap naho lmana itakura umuntup gusa nkunda abantu bokuri zaburishyap
Niukuri nishimwe imana
Ntaho Imana idakura umuntu uyinambeho mama wanjye nanjye unsengera
Imana ninziza nukuri
Imana ikomeze igushyigikire 🌟
Uri umugore w'intwari
Yewe imana irumva ngo ntawayiringiye rwakorwe nisoni nubuhamwa pe nukuri imana ikomeze iguhembe kuko warihanganye ubuhamwa bwawe bwokubaka ingo nyishi
muduhe link yi kiganiro cyambere
Wawuuuu Imana ihabwe icyubahiro rwose biranshimishije cyaneee Imana ihabwe icyubahiro.
Zaburi nsha koko namwe musigaye mwandika title ziyovya abantu.
Komera mubyeyi
Plaisir uduhaye ikiganiro ciza. Yesu abahezagire
Mudushyirireho link y' ikiganiro cya 1
Turagushimiye natwe 🇧🇮🇧🇮
Imana iguhe umugisha mubyeyi 🙏
AMEN IS ALL I CAN SAY , YOUR THE LIVING GOD
KuMana ntamuntu akura twese tuguma turabana nukuri urabona ingene Imana yanezereje uyumubyeyi?
Nkund ubuhamy nkub,Kuk kirazir kuvug intah kand utaratsind urugamb
IMANA Ninziza ijya Uhindura ibyananiranye / wayinambyeho nayo irakwibutse ntuzayiveho mushikiwange
Mana warakoze cyaneeeeeeeee
Isi yaraheze
Amen ,Imana ishimwe cyane
Uwiteka ahabwe icyunahiro kuko numukiza watwese
Kimwe ndahezagiwe kumbure nanje nzoronka ndumupfakazi mvyaye 2 ndizeyeko nanje ivyanje bihari praisille jeno kondumurundi tuzahurirahe ngontangubuhamya
Uzamuhamagare hejuru hari number ye
Ja kumuco wera Tv
Amen imana.ikomeze.iguhe.ibyiza.kandi.iguhaze.imigisha
NDABIFURIJE URUGO RWIZA
Ko numva iyi story nayumvise ahandi ariko nkaba mbona uyu mubyeyi ari mushya kuri njye.
Niwe wahindutse
Mana weee mbega ubuhamya wa mudamu we uri intwari
Kwihangana gutera kunesha
Icyubahiro kibe icyimana ntawayizeye wakozwe nisoni mazima
Yesu mwami w'abami ariko iy'isi nimbi kweli
Kwa jina la Yesu ,satani yaratsinzwe
Uwomugabo azakubere inyishu mama wararuhijwe
Abagabo kuki baduhemukira mba numva ntazongera gushaka pe
nawe se nuko warakomeretse nkange ihangane muvandimwe nange mba numva narazinutswe umugabo pe
Ariko iyo ni depression.
Kwa muganga barabivura
Yo ihangane abagabo batavuga nibabi bagira iyongeso yubu hehesi
Yesu mwami😳😳😳😳
Uko si ukwitonda ahubwo wari umurwayi !!!!