Clarisse avuze noneho Impamvu ISIMBI TV ya SABIN itigeze imufasha kwivuzaðŦĢDore imiti nakoresheje ð
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 5 āļ.āļ. 2025
- niba ufite inkuru cg ubuhamya ushaka gutambutsa hamagara cg utwandikire kuri Whatsapp kuri izi numero
+254 7012 28708
#HirwaAndClarisse
#Thehirwas'show
#RwandanTestimonies
#RelationshipAdvice
#KinyarwandaContent
#LoveAndFaith
#RwandanCouple
#CouplesTherapyRwanda
#LifeStoriesRwanda
#FamilyAdvice
#InspiringStories
#AfricanLoveStories
#RwandaTH-camChannels
#IsimbiTV
#ChitaMagic
#YagoTVShow
#RoseTVShow
#FaithAndLove
#RwandanRelationships
#MarriageAdvice
#RwandanInspiration
Clarisse wageraje byinshi, ark ndagusabye ugerageze niki; ibyawe bigire ibanga wihererane na Yesu kuburyo satani umwima amakuru yubuzima bwanyu, bityo azabure aho ahera. Tega ugutwi Yesu nawe akubwire icyo abashakaho. Ntabwo byoroshye ark ntanicyo kubikoraho ufite. Jyewe nigeze kugira ikibazo kinkomereye nkoresha ibishoboka byose, ahubwo aho kugirango bigende neza, bikaba bibi kurusha. Numvise ndushye ntangira kubwira Yesu nti nkore iki? Yesu urashaka iki? Ntangira kwiga kumutega ugutwi; kuva icyo gihe byatangiye kuba byiza ndetse nibyo ntatekerezaga. Nujya wumva ukeneye inkomezi ujye usengana na Kanguka.
@@uweralilliane9580 mbonye umuntu umubwije ukuri uyumukobwa yazize umunywa
Ariko MANA yoooooooooo
Ikibazo cyo kubura urubyaro kinshyengura umutima
NUKURI lmana nyiribubasha ijye ikomeza abantu bose bahuye nicyo kigeragezo.
Ndagukunda maâĪâĪkomera cyane
Murakoze cyane Maman wacu tugukunda kubi
Humura Abana urababona mw'izina rya Yesu ðð Humura,uzoze wumviriza kanguka ndahamya neza ko muri Kanguka har'IMANA,un jr uzoshiduka wisanga warasamye
Kura ubugoryi ntakanguka itanga umwana ,Cank ngo Ikemure ibibazo Imana Niyo ikemura Ibibazo vyumuntu ntabwo ari kanguka
Clarisse n'abandi muhabwa abana benshi. Byaratinze ariko ndabona baje mu izina rya YesuâĪ
Amen ð sweetheart ð
Amen ð
Amen
Amen
Imana ibaduhe mu izina rya Yesz
@@makomaribigman amen amen wowe usenze neza
Sinzi impamvuu mbanumva uzabyara kandi uzabyara abana beshi kuko muriwowe urimo abana pe yesu yabagushyizemo chry don't worry
Ariko atanabyaye siwe wenyine byaba bibayeho ! Niba nawe yabyayeho umwe !!
@@esperancemujawiyera7986 yegoo disii ariko azabyara peee
Kubura urubyaro birababaza Imana yantabaye ngeze kure ubu mfite umukobwa mwiza cyane nyuma y'imyaka 3 umuntu wese utegereje urubyaro Imana irumuhe kuko biraremeye, clarisse nibishoboka nzasangiza abantu ubuhamya bwanjye ndi hano nairobi.
Woow karibu cyane Ahubwo
@@hirwaclary6842tuzavugana kuko twigeze nokuvugana kuri WhatsApp ntarabyara niba wibuka umuntu wakwandikiye nkagusaba number yumu gyna.
Uze kumvugisha na none sha
Twandikire kuri iyi number +254701228708
Mpa number wa
Sha Komeza ufate muri Kanguka, kandi utangire ushime gusa ko Imana yarangije kuguha urubyaro.
Imana izakwihere Umwana rata kuko kubura Umwana nuburibwe bukabije
Imana yamumpaye mumyaka 19 nawe ikunezeze wumve uwo Munyenga âĪ
Mana yanjye imyaka 19
Haaa reka ntegereze uko yariri nubu Niko iriâĪ
Vubaha uraba ukikiye ma chr sister âĪâĪâĪâĪâĪ
Ndabona nkuzi wize Bon conseil byumba
Clarisse nshuti , tegerereza Imana aho uri kuko naho Imana irahari nuko isaha yayo itaragera , turiza aho uri irinde kujarajara ujya gushaka ibitangaza ahandi ,isaha y'Imana nigera igitangaza cyawe izakigusangisha aho uri!
Wowe komeza usenge utegereze igihe cy,Imana kdi rwose harigihe uzicara ushima ko Imana yasubije gusenga kwawe
Clarisse. Ko uri umugore mwiza Imana yaguhaye umwana wa Hirwa.âĪ
Imana nukuri iguhe urubyaro kuk nibyo by'ishimo bya1kwiyi si
Nukuri ukuntu uhorana ibyishimo Imana yomwinjuru umunsumwe izagukubira icuro 1000 ndagukunda sanaaâĪâĪâĪïļâĪïļð
Yarabyaye ariko ajya mu yindi mariage n'umugabo akeneye umwana babyaranye ntimukamukomeretse nubwo nuriya amukunda ariko akeneye nuwo babyaranye rwose tujye twumva abantu Imana iguhe umwana urambabaza kuko narwaye indwara ijya gusa n'iyawe gusa njye nayitwitiyemo ariko grossesse iri tres compliquÃĐ ariko ndabyara umwana waje ntabiteganije ntamenye n'igihe namutwitiye ubu atangiye maternelle ni umuhungu mwiza cyane ushimishije
Amen, tugyadumusengera, imana izamuha abana we numugabowe wimpfura
IMANA izamuhe umwana rwose ,kuba yarabyaye ntabwo bivuga ko adakeneye kubyarana nuwo bashakanye ,urukundo bafitanye Imana izarwuzuze ibahe umwana bahuriyeho bamusakazeho ruriya rukundo tubabonana!
Ngewe nzagusengera uhereye none mfite isengesho ryabarwayi kuri Le 19/10 ngewe nyuma yaho uzabwira igisubizo cyiza cyuko wacyize icyo ngusaba nicyimwe gabanya guhangayika ubundi umfashe kwizera imana na yezu mpereye akakanya ngiye muri misa nzanjya ngusengera buri munsi nyuma yisengesho ryabarwayi nzanjyamo kuri Le 19/10 uzacyira ndabyizeye uyu mwaka uzashira warasamye ndagukunda cyane ðŦâĪïļ
@@Denyse-lk6xn nanjye uzansengere mfite nikibazo mu nda nibyara kitaramenyekana
@@cecilenyiramana2500 nzagusengera nukuri
Naje uzansengere mfise ubugwayi nkubwa Clarisse
Naje uzansengere mfise ubugwayi nkubwa Clarisse
@@belyseuwimana9573 sorry ariko izere imana nawe ndakomeza ngusengera buri munsi kd uzakira ntakinanira imana
Disi yatangiye nindirimbo nziza nkunda uwiteka aguhezagire wa âĪ ndagukunda nukuriâĪâĪâĪ rambira kubona ibyiza .
Mana kuraho umusozi wubugumba kubategereje urubyaro iki nocyogihe ngo isaha yabo yokubungenza igere babyare bakikire bahekeððð
Nchuti clarise uzegere cleare mbazende cooking azakubwira ukoyabigenje
Amen
ððð ngo claire nde.mbazende ntarashaka ni umukobwaðð
Ariko Claire ko yari yarabyaye ejo abanye numugaboð
@@Jaqweline-n7f abantu ntabwo baba barwayr kimwe nshuti ! Gusa yapfa kumubaza gusa claire ntahi yigeze avuga kobyararwaye endometriose.
Subu waretse nkagutumira muri grace room basi ukajya uteranira kuri online nukuri bizacamo ni wizera
âĪâĪ
Ariko muri grace room Imana irigukiza ko mbona mubyandika we duhe ubuhamya
â@@mariembasabire ayo madini ujyubona bamamaza online ni abastatanike abantu benshi baracyahumye nibahumuka. uzabona ibyabo. Igumire ahuri mubyeyi naho Imana izahagutabarira.
Nanjye nemeranya nawe pe
Ariko mwarasaze buri wese niyizere ibye . Koko iyo ubonye grace room ubona Ari iya satani ? Ntakibazo reka twizere twe turakira , rata uzaze muri Grace room
Amenð
Niba usengera muri Kanguka everything will be OK Iâm telling you âĪðŦĄ
Ingo nukuri asengeremo yizeye bizakunda knd azahabonera ibisubizo
ðariko iyo kanguka ibahe ngo najye nirebereko nakibyarira
@@Jaqweline-n7fuzandike kanguka kuri google uzahita ubona application yayo
@@Jaqweline-n7f wibiseka nshuti Kanguka ikora umuti ðĨđ
â@@Jaqweline-n7f nukurii nshuti yanje uzoje Kur youtube wandike kanguka Kirundi hariho ninyigisho za Chris ndikumana vyukuriii Imana irakora ðð numugore yarafise 50 ans yaramaze kuja mur mÃĐnopause Imana yaramuhaye Imana il suffit juste ke wizera ððHama ukabisengera
Humura lmana izagufasha mw'lzina rya yesu kristu chr
Nukuri iyomiti nimyinshi cyane chr nayo Yakwica ubwayo
Clarise Imana iguhe abana Chou âĪâĪ
Uzabyara nukuri ngew numva mbyizeye kndi cyaneeeee cyaneeeee cyaneeeee cyaneeeee
Igitondo kimwe lmna izokwishura nanje uwomusozi nawuciyeho ariko lmna yampaye umwana nawe vuba cne ugiye gusamaâĪ
Clari ndagukunda, mbura amagambo mbivugamo, uri umujyanama mwiza kd uri imfura nta mutima mubi ugira njye ndakuzi twarabanye igihe kinini kd uzakira burundu uzagwiza nurubyaro mu izina rya Yesu!
Sha kurikira Kanguka, inyigisho za buri munsi, intahe mu kirundi nâigifaransa, ubundi ufate Samedi kandi wizeye
Mureke kuyobya undi mwana kuko Imana iba hose
@@IrumvaPatiencentabwo tumuyobya kuko dufite ubuhamya
Muri Kanguka birakora
Shn wankandiye kwifoto plz abantu bari kitengela ndabasuhuje
Nukuri Grace Room uzajye uyikurikirana uzabyara kd uzahekaâĪâĪImana ishobora byiseð
Ariko se ningobwa ngo babafashe kwivuza nonese we ni Family yawe Mama .
Nimba ubuzima bubananiye nimugategere amaboko kubandi bafite inshingano zabo
Imana izakwibuke uguhe abana wishime.
Nukuri jya wizera urabona umwana
Njyewe kuva nabona ya video mwagiye kureba akabebe ka kidumu nishyizemo ko utwite kd rwose bibe bityo in Jesus name amen
Hanyuma ujye ukurikira grace room kuwa 2,4& Sunday saa 5:00 zumugoroba be blessed
Amen turabyakiriye
Kanguka disi nayikiriyemo nanjyeðĒ
Ibyobintu ufite bya balance hormone bizakwicira ama hormone kandi nibyo bibi cyane sha uzashiduka warwaye ibindi bintu
Clari woba warageragej uwitwa materna nukuri urafasha hari nuwundi witwa ovofolic mais uri ino muri canada sinzi uko yokugeraho ndakwipfurije guhirwa ma bizokunda nigihe gusa
Umuntu witwa @cloundinebyiringiro nunvise aranga umuti witwa soupsol tea yaturagira aho twawubona azaba akoze change niba yaduha number tukazamuvugisha
Uzi kurirambapeâĪ
Clarisse kondihano Kampala wampa adress za jane
Petite Clarisse ndagukunda wangu hari ukuntu useka neza nkabikunda
uririmba neza cyane
Njye narinziko nimbonana numugabo nzahita sama sha, nashatse umugabo tubikoze byuka nduka nziko nasamye hashize iminsi mbona biraje sha narababaye namaze amezi 3 ariko numvaga maze nkimyaka 30 kuburyo nukuri mubyo ntibagirwa gusabira burimuntu abana,
Nukomeza kwishyira kuri pressure ntuzatwita
Urasa neza peeâĪ
Ku Isimbi rwose wagiyeho niho twakumenyeye ahubwo niba ataragufasha ikindi gihe buriya amfite impamvu
Hi beautiful maman,wazagerageje soursop tea ko izagufasha.
Ako kantu, please nakoreshe soursop
Ntutegerezwa kuruha wangu;ni ikibazo cokwizera gusa
clarisse muri kanguka hari Imana nubwo wagira intege nke nibura kanguka ya samedi ntikagucike
Imana ntabwo iri muri kanguka ahubwo Imana iri muri twe just believe
Nibyo rwose iri muli twe wubahweð
Wowe rata urajijutseâ@@msan8200
Imana iri muri weho na shitani iri muri weho
Uzakurikire grace room ndabizi ko bizakunda ibicaniro byimiryango birigusenyuka
Yooo bora wowe jyewe narabyaye ahita apfa nanubu maze imyaka8 ubu nabaye nkumusaziðĒðĒðĒ
Pole sana muvandimwe Imana itanga abana izabaguhe mwizina rya Yes Amen
Amen
Yooo pole cyane chr Imana Ikuremere amashimwe nwizina Rya Yesu
Impore komera humura Uhoraho azongera akwibuke ðĒðĒðĒâĪâĪâĪâĪ
Pole bambii
Chr Nanjye Mfite ikibazo cyokudasama gs nagiye kwamuganga bambwirako ntakibazo mfite arumva nikibazo Nanjye ntajya nsobanukirwa ariko ndizeye lmana isumba Byose niyo itanga urubyaro izobikora kuko nanyweye imiti myinshi byaranze
âĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪ
Konshaka kukuvugisha nakubonute
Ko utatubwiye uko witwa?
Uwo muti witwa ngwiki ko nanjye nywukeneye?
we lov U
Clarisse uzabyara chr vuba kdi
Aga khan university hospital,Parklands not Nairobi hospital.
Bagukoraho rikaka upfa kuba ufite amafrw nta kindi.
Uzasengere muri kanguka ibyo byose bireke wizere gusa
muri Kanguka hari ubushobozi bwImana
Ese iba ryari mumbwire peâ@@uweralilliane9580
Love you clalisa
Wasanga ari umugabo wawe utabyara we waramupimishijr
Wahura Niki uwo nahorana, yiriwe ampondagura ngo simbyara agendana photo y'umwana wumu metis, ubwo nyine numva arinjye ufite ikibazo. Twaratandukanye ubu imfura yanjye ifite 20years.
Twizere imana
Sabin ntabwo ari Mana mujye mureka gukabya
âĪâĪâĪâĪ
Sabin atali mwiza ataka ntamukorera icyiganiro nawe imana izabahana azabibyibonera ubugome ningeso mbiðŪ
Clarisse uzasama utabizi kuko imana iragukunda kandi turagusengera burimunsi. Love from Uk
Clarisse ndayishaka
Ndakubona gut??ko nshaka uwo muti
Muri beza muvuga byiza kdi neza turabareba kd turabashimiye
unyibukije umuntu nabajije umuti wise arambwira NGO nzashakishe aho nabona umugore utwite nabyara azansigeho igisanza abantu naba roziððð
Hhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhh
ððððððððmbega umuti
Uuuuuuhhhuuu
@@sekibote shaaa abantu disi simwabarenganya harigihe nyine buriwese agufataho ijambo ryokuba yakubwira ibyoyishakiye ariko byose ni satani oe
Uzajye aga khan nairobi hospital.
Usabe guhura numuganga witwa Abraham Mukaindo Mwaniki.
Azagufasha kandi uzabyara.
Njye twahuye mu cyumweru kimwe,bankorera amatests narimaze 2 years ariko nasubiyeyo mu cyumweru kindi kuyindi appointment nsanga ntwite.
Barakoza mu ma trompe,ariko iyo basanze ukeneye nibindi barabikora
.
Upfa kuba ufite amafrw,agakhan urabyara pe.
Ni umuhanga.
Ni aga khan parklands
Wampa number yawe
Reba munsi ya Title yikiganiro ziriho.
Yooo wowe urinkanjye njyewe nuwo nabyaye yahise apfa nanubu byaranze maze imyaka 8ðĒðĒðĒ
+254701228708
Disi warakomeretse peee
Muraho
Reka gufata kanguka nyinshi
Ese claire kuki utansubije ? Ndimo kwibaza ko trompe zange zazibye nawe nicyo kibazo ufite?
Trompes barazizibura arko pe!
Konumva ngo nibibi iyo Kwa muganga bazizibuyeðĒâ@@mukundwaamandaliliane3414
Kanguka utizera ntikora
Yego uvuze ukuri. Ibanga ryo muri Kanguka ntabwo ngo ari ugufata nyinshi. Ibanga:
- ni ugusenga buri munsi
- kwemera ubushake bwâImana niyo bwaba budahuye nâubwacu( iki kirakomeye cyane)
- no kutitotomba
âĪâĪâĪâĪâĪâĪ
Konshaka kukuvugisha nakubonute
Reba hasi niho number ze ziri
Wampa number yawe
Konshaka kukuvugisha nakubonute
Reba munsi ya Title yikiganiro nimero ziriho.
Nyandikira kuri Whatsapp+254701228708