Aba Jo twins show 👍👍 muze twige😂😂😂 ariko Amag niwe waririmye ati umuntu wishe yezu??? Ariko gukizwa muvuga niki?? ngo n umuririmbyii?Aba Jo munyihere like rata❤❤
Umva wa mubyeyi we, shakisha mu ibyanditswe umenye Umugabo witwa Yesu Kristo hakurikijwe Ibyo Yesu Kristo yigishije n'ibyo intumwa ze zigishije kuri we.
Ariko mwo kabyara mwe, ko dukunda Imana yacu, koko mwafungutse amaso ko aya madini ari aya abajuru baje kubacycyura ibyo mutunze😥, mumbabarire sinirase: maze kuza mu ndege na aba aba apostles muri first class inshuro 2, n’abagore babo, nakwibaza ko aya mafranga ari ayo babakuramo mu mitsi nta handi bayakuye, batiyushye akuya, kandi bamwe mwabuze ayo kugaburira abana, ndababara ndirira mu mutima. Ndashaka kumenya abantu baba barahakuye imigisha? Reka mbabwire rero: barabonka energy zanyu mufunguke amaso bene data. Ntabwo aribo bazabazanira Imana. Njye nkiri mu idini nara struggling cyanee. Ariko nasenze Imana ntawe ndi munsi y’ibirenge ankandamiza. Kuva nava mu buretwa nkihebera Imana nta myaku y’abajuru: nahise mba neza kweri. Barabiba nimukanguke bene data. Reba ibyo barimo bakora muri za youtube!! Ariko ibifi binini biranumye kuko bizi ibanga ryo kubonka cash, naho udufi duto turi kurwana na views babicisha mu gutukana kandi ngo ni ba pastors, ariko bikoreye amakara ashyushye ku mutwe. Shalom
@christella5092 sha babivuze ukuri ko abarundi amadini yabahinduye abasazi koko ni byo,nkawe koko uri aha utubwirako Imana yavuze ko umugore atagomba gukora ngo agomba gusigara mu rugo akabyara hahh ni inde wagushutse ko ari Imana yabivuze?mu Rwanda kuva na kera umugore yarakoraga kuko yaranategekaga nta n'umwami wemererwaga gutegeka adategekanye na nyina none wowe urazana ubo bujiji bw'amadini ukabyitirira Imana.ubwose iyo utekereje usanga Imana yaribeshye mu guha ubushobozi umugore bwo gukora?iyo ibyo uvuga biba ari byo umugore uko yaremwe ntabwo aba abasha gukora ntibiba biri mu bushobozi bwe ariko kuko bimurimo ni uko Imana yabimushyizemo nyine.wowe urasinziriye kabisa va mu buyobe nta bwo satani ari we ubwira umugore ngo akore,umugore akora kuko ari ubushobozi bumurimo yaremanywe.niba muri benshi mutekereza gutyo aho iwanyu sha mwarayobye pe mukanguke.
Reka mbanze nseke😅😅😅😘😘😘😍😍Ntago ndi guseka Uyu mukobwa ndigusetswa nu ukuntu Uyu mujura wamutesheje agaciro We igikomere kitamuheranye🫶 ati ahubwo ngomba undi😅😅😅😅😅vuba nta ni imyaka ibiri burya koko Hari abantu batabaho nta mugabo ndabyemeye Ati sinagumana iyi myaku 😅😅😅Courage Imana irare imuguhaye😍
Reka nkugire inama itrii nto: Niba wikunda unakunda ubuzima n'ubugingo bwawe, ntukizere cg ngo urambirize ku muntu. Ikindi Reka kwiha rubanda wivamo nk'inofu ubwira isi yose ubuzima bwawe bwose. No one is ready to help you for really, they will break your heart again nukomeza gushakira inshuti kuri social media no kwizera abakwerekako bakijijwe cyane. Anyway, be sorry and strong for painful love story 🙏
Buriya pressure ya société kuyicika keretse Yesu wenyine. None se ko uhura n' ababyeyi, abo muva inda imwe, inshuti bagira bati ko utarongora( rwa)??? Iyo Uzi icyo ushaka urabihorera kuko muri iyi si buri muntu ni unique ku buzima bwe.
Uyu mu gore narekeraho kwishakira umugabo ubundi nta mugore ushaka umugabo umugore arashakwa na komeza ibi nubundi azahura na batekamutwe kdi nabanze ikire ibikomere byuyu muteka mutwe!! Mama Teddy tuza kbs!!
NUMERO YA TEDDY KU BASHAKA KUMUVUGISHA: +250 783 327 709
Ihangane umugabo warumukeneye kubona waka keredi ngukunde urongorwe birababaje ihangane ibyabo ubyihorero wirere umwana ntubundi nibazaguhambisha ikara
Rero Ngewe Theddy inama nakugira ,kuba utanze nimero yae hano uraje ubone abandi baguhamagara benshi kdi bamwe muri bo bazaba bafite n'amanyanga arengeje aya Patrick ,rero wikumva ko ukeneye umugabo cyane kuko utanamubonye ntacyo byaba bitwaye rwose cyane ko woe ufite n'amahirwe ukaba wifitiye umwana genda gake rwose abagabo si wo munezero gusa ntunababare ahubwo ushime Imana ikurinze no kubana na we.
Ark ubanza barakuroze abagabo 😂😂😂haraje haze indi nkonkobotsi doreko nayo ikwemeze watanze na nimero ubundi ninde wakubwiye ko isimbi itanga abagabo 😂ubundi nimba utaboneye umugabo mukazi ukora cg aho usengera cg muri karitiye urumva isimbi umugabo azavahe
Kandi iyindi nama reka were kana ko ukeneye umugabo cane ,niyo system bazocamwo yo kukubabaza kandi.
Ihangane igiye kumuguha
Niba ukunda Isimbi Tv♥, nange nkorera kwifoto unteze imbere
Ubu turikuri shawe umugabo yatuberey kasha 😂😂😂😂😂tuzakorah ejo
Rock bimeze gute twaziguhaye 💕
Turagukunda twarabisoje
Hhhhh
Murinjiji uyuse ni lock😂😂😂 nifotogusa kuko lock ntiyabivuga mumuhe mutavuze ngo ni lock
Uwibuka ukuntu uyu mudamu ngo yasengaga yambaye ubusa agaramye asaba umugabo nampe like
😂😂😂😂😂urabinyibukije😂😂 ngo saa cyenda zijoro yambaraga ubusa akajya kumukeka agasaba umugabo😂😂😂😂😂😂
Unvugiye ibyo naringiye kubaza 😂😂😂😂😂😂😂😂uyu mugabo aramuhemukiye pee
Nicyo cyatumye uyu mugabo amuca amazi .
Iyo weretse umugabo ko umukeneye cyane aguca amazi 😅😅😅 narinabitse iriya videos yambere none mbonye iyiyisubiza😂😂😂
@@umwizakabanda3187😅😅😅😅
Aba Jo twins show 👍👍 muze twige😂😂😂 ariko Amag niwe waririmye ati umuntu wishe yezu??? Ariko gukizwa muvuga niki?? ngo n umuririmbyii?Aba Jo munyihere like rata❤❤
Sibyo Rata
Aba Jo ntabwo tu judging 🧐🧐🧐😊
Kugeza ubu ndabona hari icyo abantu batarasobanukirwa, kuba umuntu afite ihungabana cg agahinda gakabije ntabwo igisubizo ar'ugusenga gusa cg kujya kuririra kuri social media, muhe agaciro psychologists kuko nibo bonyine bashobora gufasha umuntu bigatanga umusaruro ufatika, baraboneka henshi hashoka yewe no mu bigo nderabuzima. Social media icyo mbona rifasha bamwe baterwa inkunga ariko inkunga siyo ikiza ihungabana. Tureke gukinisha ubuzima bwo mu mutwe, biragoye kugira icyo ugeraho nta buzima bwiza bwo mu mutwe ufite
@odettemusabyimana-mo1yj iyo nama utanze ni nziza!
Ko nanjye nkeneye phisicologsit namubona gute?
Ese koko bigira icyo bimara ? Meze nabi pe! Numva umutima ugiye kuzansandarana! Hari n'igihe numva imitsi y'umutwe igiye guturika kubera ibyo nahuye mabyo mu buzima bihora bingora kubyakira!💔💔💔
Ureba kure kbs
Yewe narabivuze ko nta Patrick ujyuba serieux baranseka😢😢😢😢
Hhh rekx
Hhhhhh cyane
Tokakure babuzwaniki
😂😂😂😂😂😂 ndasetse
Sha wagirango uwabaroze numwe😂😂😂
Ibi nibyo Sabin avuga ngo uyu munsi biba bimeze neza ejo bimeze nabi Imana ibane namwe 😢
Nibyo nge ndubatse ndumupapa wabana3 Ariko 😊bagore mumenyeko abagabo bose bambara ipantaro siko arabagabo.rwose bagore mwirinde. izombwa.
Aba yababwije Ukuri PE!
Bikaba bikumariye iki se, Imana igire it? ayoiiiiiii mon oeil
Wowe narakumvise mubuhamya watanze na mbere wagirango urimo gukina ikinamico uribuka uvuga ngo agaciro kumugore numugabo mbese urimo urashakira agaciro mubagabo uzatagangara,nkugiriye Inama banza umenye ko umugabo ahari adahari ufite agaciro kuko niwowe wo kukihesha
Yego rata , iryozina gabo sinshaka nokuyumva
😂😂😂😂😂😂 warakumvise nawe
Ndamukomeje cyane pe umuntu ugishakira agaciro ke mubagabo
Cyokoze murabarokore murabasazi nukuri mbega wowe mubamushaka kusetsa
Ahubwo iyo avuga imibabaro ye ko Ari mubagabo naho ntamugabo umbikiye agaciro
Muvandi inama nakugira tuza igihe cy'Imana nigihe mbere yigihe sigihe nanyuma yigihe sigihe igihe mikigera Imana izaguha uwawe uwo nubundi sumugabo nagasekirume tuza pe
Inama naguha nuko wakwemerera YESU mubuzima bwawe niwe uzaguhitiramo umugabo mwiza ugukunda ❤
Ahubwo SE ko mbona wabaye mwiza cyanee ndamugusabiye mu izina rya Yesu
Nukuri Imana imukize umutima
Imana iguhoze amarira muvandimwe,uzagaruke hano wishimye useka.
Kdi wanabaye mwiza cyane rwose,uzamubona umugabo mwiza.courage❤
Kuba mwiza byo yabaye mwiza
Teddy ni mwiza ahubwo yari yaricupije asengera umu adpr none dore aramwumvishije.
Mbaye uwambere nimunyihere like😊
Wambonye❤❤❤❤
😂😂😂❤❤❤❤ ndihano
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto unteze imbere
❤
😢😢😢😢😢😢😢😮😢 maman wange wapfakaye kumyaka ye 30 akaturera turi abana barenzr umwe barenze babiri batatu wenyine kmdi neza yubahwe pe ni intwali 😮😢mbega
Ubwo niwe Mubyeyi nya Mubyeyi.
Uwanjye yapfakaye afite imyaka 24 chr 😢 arinjye Mwana njyenyine afite ubu agejeje 51 none twebwe ntidushobora no kwihangana😢😢😢😢😢
The same story
Muhame hamwe
Nonese nyoko niba ntawe yabonye umubaza izina bivuzeko abantu Bose bazaba nkawe
Pole sana! Iyi nkuru irababaje pe!
Pole disi IMANA iguhe umugabo muzima ufite umutima❣️
MAMAN wanjye ni Intwali yapfakaye ari muto areba abana Bose afite abona ntiyabashakana kumyaka 32 Aratwitangira 😢😢MAMAN Imana izamfashe mbikwiture 🙏🏽😭😭😭
Igo sha Imana izagushoboze kumwitura🥰
Uzamwiture
None wewe warumwe??? Uyu yategerezwa gushaka umwanumwe Kandi yaramureze nimukuru
Yakwishakiye umutera indi nda se akava mubyabagabo
Abantu sikimwe nshuti
Oooh teddy pole sana mama,nari narishimiye urugo rushya 😢none ngo byarapfuye ñukuri....narintegereje ukuri kwawe none koko nibyo😢gusa humura Imana yo mwijuru niyo itwubakira ubwo ntago yari uriya😢komeza wisenjyere kd umenye ngo abiyita abachrto siko bimeze abenshi nimbura buryo nabatekamitwe.azaza uzamumenya ko ariwe Imana yavuze❤
Pole Mama! Umugore wibana ahura n'abescrots muri ubwo buryo! Icecekere pe!
wamweretseko umucyeneye cyane umugabo sicyihutirwa madam cungasana
Sh yarakabije pe njye narebaga ibiganiro akora nkumva numujinya uranyishe wowe umunu mwenda gushakana ariko uri kumufata nkumwana kuriruriya rwego
Wazize kumweteka KO ari" IKIGIRWAMANA CYAWE" 😭
Ariko noneho uzabihishe umugumanne iyooooo
Umuntu wajyaga avuga ngo azajya amwoza nibirenge weeee hhhhhhh
Hhhhhhhhh. Nihatari
Umva wa mubyeyi we, shakisha mu ibyanditswe umenye Umugabo witwa Yesu Kristo hakurikijwe Ibyo Yesu Kristo yigishije n'ibyo intumwa ze zigishije kuri we.
🤣🤣 none ho ubona yobifatira umwanya gasha akeneye umugabo vyihuta pe
Ahubwo muriki kiganiro arahabonera uwundi kuko nuwambere niho yamukuye 😂
Yewe mpise nibuka pastor Theogene 😢yaravugaga ngo harigihe uyihamagare ikagucecekana.uyu muvandimwe buriya ukurikiranye wasanga ahanganye na karande, ahubwo mfite ikibazo ko azarwara Pressure bitewe nikwifuza kubaka
Inama nakugura nibushaka uguhoza ukeneye gukizwa Yesu akaguhoza akagusetsa,, naho disi nibukeneye ibyishimo kumwana wumuntu,,,rekadukomeze dutere agatebe
@@nadegecyizere7213Uti azarwara pressure 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Yaragutuburiye si byiza kwereka umuntu ko umukeneye cyane witonde muguhitamo abantu bamaze kumenya ko ushaka umugabo cyane badakomeza kukubabaza!
Ariko mwo kabyara mwe, ko dukunda Imana yacu, koko mwafungutse amaso ko aya madini ari aya abajuru baje kubacycyura ibyo mutunze😥, mumbabarire sinirase: maze kuza mu ndege na aba aba apostles muri first class inshuro 2, n’abagore babo, nakwibaza ko aya mafranga ari ayo babakuramo mu mitsi nta handi bayakuye, batiyushye akuya, kandi bamwe mwabuze ayo kugaburira abana, ndababara ndirira mu mutima. Ndashaka kumenya abantu baba barahakuye imigisha? Reka mbabwire rero: barabonka energy zanyu mufunguke amaso bene data. Ntabwo aribo bazabazanira Imana. Njye nkiri mu idini nara struggling cyanee. Ariko nasenze Imana ntawe ndi munsi y’ibirenge ankandamiza. Kuva nava mu buretwa nkihebera Imana nta myaku y’abajuru: nahise mba neza kweri. Barabiba nimukanguke bene data. Reba ibyo barimo bakora muri za youtube!! Ariko ibifi binini biranumye kuko bizi ibanga ryo kubonka cash, naho udufi duto turi kurwana na views babicisha mu gutukana kandi ngo ni ba pastors, ariko bikoreye amakara ashyushye ku mutwe. Shalom
Ukuri kwuzuye
You're right.
Komera cyane Bambeeee Theddy Imana izaguhe umugabo nyamugabo apana ipantalo igenda ❤❤
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto unteze imbere
❤
Pole teddy Ariko ubutaha Uge ugira amakenga guhura numuntu bwambere amaso kumaso mugahita mupanga ubukwe. Akakubwira ni inkwano azatanga😮 ntampamvu yogufata ibyo Ubonye ngo nuko ariwe waruje bwambere. Urugo ni ikintu cyo kwitonderwa
Chr abakobwa hari imyaka bageramo ubukwe aricyo kintu cyonyine yifuza ahari kuza rero ubimubwira ahita agu formata kbs hari umushuti wanjye byabayeho ahura numutype after 3months barabana after 5 months baratana so ntiwamurenganya nukuba impumyi murukundo ariko bibaho pe
Arko bange bitonda rwose kdi njye ndibuka mu kiganiro cyambere abantu bamugiriye inama ngo yitonde agire amakenga
rata munyifashirize babyeyi
Ngo my school??😂😂😂😂 Cg my class??? Cyaze
Ihangane Mama, yagufatanyije n,ibihe, Akina n,umutima wawe, gusa guma wizere Imana izakunezeza, gusa wibuke ko ijya yemera ko nabyo bitugeraho.
Pole kabisa,gusa manza wige kwiyakira muri condición urimo niho ubushishozi buziyongera naho nugaragaza inzara nyinshi uzarya ibyo ubonye byose utashishoje. Murakoze
Njyewe ndumva waragize Imana pe! Ibaze kubana numuntu umeze gutyo munzu?
Nabwo bari bakabanye wibeshye
@@MURWANASHYAKABenonnawe avuze ko yagize amahirwe bipha batarabana
Umutaka ☔️ wagikirisitu urimo ibisambo og byinshyi
My happy 👉🏻My school 🤣🤣🤣🤣
Uyumusi abaribyiza Ejo bika bibi said :Sabin
Imana imukomeze ibyamatorero abenshyi nukubigendera kure tukizera Imana buriwese kugiticye
GOD’S ON OUR SIDE🙏🙏🙏
👇
Sibyo Rata🤣🤣🤣🤣
Ngeraho ibiswikiri, ibirandamuke n' ibigwarudubi.!!!!! Ahwiiiiii ndasetse pe
Ihangane rwose Imana izagushumbushe ikwibagize patrick rwose.
umubyeyi yagize agahinda ajya kwiyahura kunyanja ahurirayo nundi , umwe ati ese ujegukoriki kuriyi nkombe undi ati nje kwiyahura lmana yanyimye urubyaro , undi ati nanjye nje kwiyahura kuko abana nabyaye bagiye kusaza barananiranye kubaho ntacyo bimariye , birangira bumiwe basanga hose ntamahoro yuzuye wabona barataha, none uyu nawe ati shaka umugabo niyomahoro, ntaziko harababafite benda kuzisariramo, ikiruta watuza ukiyakira ukemerera ubushake bwimana, kuko ndabona wibeshya cyane!!!
Uri umunyabwebge
Kuba harabo byanze ntibivuzeko abashaka abagabo bazareka gushaka .buri wese afite uwo lmana yamugeneye .ahubwo beshii basaga ababo bagashaka abatarababo .buri kigabo gufite iikigore cyacyo .akeshi dukora amakosa iyushatse utaruwawe nuku nabo wumva zanze nuko bihutiye gushaka gusa ariko badashatse ababo nuku birangira nyine
Nukuri gusa bisaba kushishoza kugirago ubone uwawe wanyawe
@kamaberaagnes-sk7obyooooo impore bambe abo tubahuriyeho turi benshi uyu uri gusaba umugabo ntazi ibyo arimo kuvuga
@kamaberaagnes-sk7ob Sha mujye mwihangana kbsa harubwo umuntu abaziko ashatse umugabo ataziko ashakatse umwana wasatani .!ubundi sobukwe satani iyaje kubasura nawe urabyumva utangira gusharirirwa .gusa komera pe
Ihangane udusore twi cyigihe tuba tuziko abantu bakuze bafite ama frw tuza ubeho yesu niwe nshuti idahemuka
😂😂😂 was akantu ko gukura necessary??? 😂😂😂😂
Ahubwo ndabona afiturwangaro😂😂 ndeberukwangana ngwarashaka umugabo😂😂
Ninde usekejwe na "my School"
Sinovugira hejuru, karansekeje 🤸🤸🤸🤸
Nanjye my school iranyishye😂😂😂😂
Ahaaaa njye anyihereye izina Nita umuntu 😂😂😂My school
Nanjye karansekeje
@@user-qz4vm3so8knanjye nuko
Teddy yihangane ibyo yahuye nabyo bibaho mu buzima. Kandi hari igihe bibabaho kugirango Imana iigucishe mw'ishuri. Kandi Imana izamutabara imuhe umuhoza amarira yarize. Ntawagutera ibuye kuko nibenshi bibaho. Kandi nturakura cyane humura ,Kandi nusubira kongera uzagire ubushishozi ndetse cyane.
Abagabo urebye nabi bagusaza iyo ubashaka cyanee nabo baraguprofita kakahava😊
Love is our name ❤❤💎🥰🔐✨🙏 Jo twins show Family 🔥👍
Yesu aguhe umugabo mwiza.Sha Teddy shima Imana kufise umwana.naho utoronka uwundi wobaho neza.
Pole Mama Nyagasani azagushumbusha undi byose biba kugirango twige isomo komera komera
Ngwarashaka undi?😂😂😂😂 Kantere agatebe umugore arishakira umugabo nibyo bamukoze😂😂😂 banza umugabo aryoha we😂😂
😂😂😂😂
😂😂😂😂😂ivyishomo vyishi nagasema
ntago aryoha gusa ahubwo araryoha cyaneeee
Abagabo bubahwe kbs... kandi umugore ufite umugabo agira icyubahiro ntawamutera amabuye
Ese ningombwa kuza kumushakira kumuhanda Aho wirirwa , unyura ntabagabo bahari??? Rekq haze undi mutype noneho agutware na metela uryamaho
Mwikiheba,Yesu ni muzima
Ihangane cyane peee.
Imana niyo Nkuru izaguhoza .,
Ayiweee humura ahubwo shimir'Imana wamumenye mutarabana ayo madeni nayo Imana icinzira nyinshi izukwizabigenza senga cyane ubwo nubuzima bwumukristu muriyisi komera
Ariko mana ndambabaye cyaneeeeeeeeeeee 😢😢
Ndahari nanjye nkeneye umugore uri serieu. Jye mfite 45ans. Ndi single ntuye Kagugu. Nkeneye umugore nkawe ukuze,uzi icyo gukora. Erega abagore mukunda abantu bamamaye,bafite akazi keza,mukita kumikirizwe,nyamara abakijijwe nibo babi. Ikindi mukurikira amakwe,mukunda kimva ko ubukwe aribyose,nyamara wagashakana numuntu,mukabana,nubwobukwe bwarorera,ahubwo mukabana mumahoro. Kuko ubukwe sicyo gisobanuro cyurugo. Kuko burigihe gusezerana sicyo cyubaka urugo.
Ko utatanze nimero ngo undi uhuje nawe ikibazo akwandikire
Naze twihuze kbs😂😂
😂😂😂😂😂 akabi gasekwa nkakeza gusa!
Singushyigikiye wamusorewe Nako muzehe😂😂😂😂😂
Wowese ubwabakagugu warababuze. Ujekumbuga nihuzamubonera
Teddy komera ncuti yajye iturize ejoniheza Najye byambayeho ndakumva cyane arikokomera imana ijyihindura amateka Ndi mugabo wokubihamya imana ijyihindura amateka
Imana imuguhe wama
Ivyo bibaho iyo wakunze uwuvyera ampe like
Dore ahubwo wahuye n'umutekamutwe aguteza mugenzi we w'umutekamutwe akubeshya ko amufitiye ideni. Ahubwo ni umufatanyabikorwa we cg umuyoboro anyuzamo amakuru mabi yo kukubenga.
Ariko nawe Teddy niba yemera kukurongora akagushyira mu rugo ubucyene ntibwatuma umubenga kandi ntukwiye no kumwishyuza kuko utamugurije ngo mukore ubukwe nawe warabushakaga cyane.
Yes nibyo bamutekeye umutwe kugira atazakomeza kumukurikurana amwishyuza kdi ndakeka na mama we barabigambanyeho
Uvuze ukuri 👍
Dis yabyinnye mbere y!umuziki, pole sana ,umugabo nimali kbs
Inama naguha mama we, va kumuhanda wirerere umwana naho kwiga ntibirangira, ntiwibwire ko nabafite imyaka 40 uri kuvuga ushaka batakwigisha, nibo bafite hight school ahubwo, ndagutegereje mubihe bizaza nutava muribyo ngo uturize Imana ikugenere.
Cyakoze ndumiwegusa, ikimbabaza nukuntu mujya gukinira kwidarapo ryigihugu ngo nukugirango mutwemeze, cyakoze umunyarwabda yaravuzati vuga uziga, 6:24
Ikintu kimbabaza urwanda rwafashije abagore ngo bamenye gukora,abagabo bahita bishyira hasi aho abagore bahoze,bagore mukore cyane abagabo mubareke humura kandi ideni rizashiramo
Biriya Urwanda uvugako gwakoze nimigambi yasatani ariko mwibazango niterambere oya siterambere numugambi wasatani kuko Umugambi wImana nuko umugore yibaruka akarera Abana neza kuruha ntavyari birimwo satani ahari kugira acurike ivyImana yakoze igihe cose harikintu gihabanye nuko Bible ivuga kiba cavuye kwasatini isi iraziko umutima wurugo arumugore kandi atarugo rwiza ntamahoro ntabugingo ica ifata wamutima iwikoreza ivyo umutwe wakwikoreye ariwe mugabo niyompamvu baguma begeza umugore imbere bavumbuyeko umugore ari maboko igihumbi ashoboye kuko baraziko umugore namara kuruha harivyinshi bizokwangirika umugore nata Abana akaja mukazi vyinshi murugo bizokwangirika kandi atabana beza ntagihugu ciza kizobaho niyompamvu mubona umugore aguma ajimbere burimunsi kandi igitamgaje iyo umugore afise akazi umugabo inshingano zose acaparika uzimpamvu nukugira satani ace yongorera umugore ati nawe ufise ifaranga ja ukwawe witunge wimenye ntufise akazi???kandi mukwitunga kwumugore harimwo amabi menshi mbese kuduzwa kwabagore mwiterambere si umugambi wImana ni sistem yasatani
@@christella5092😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂rekada kuki😂🎉😂😂😂😂😂😂🎉🎉utaravumbura kombona ufite ubwenge di
@christella5092 sha babivuze ukuri ko abarundi amadini yabahinduye abasazi koko ni byo,nkawe koko uri aha utubwirako Imana yavuze ko umugore atagomba gukora ngo agomba gusigara mu rugo akabyara hahh ni inde wagushutse ko ari Imana yabivuze?mu Rwanda kuva na kera umugore yarakoraga kuko yaranategekaga nta n'umwami wemererwaga gutegeka adategekanye na nyina none wowe urazana ubo bujiji bw'amadini ukabyitirira Imana.ubwose iyo utekereje usanga Imana yaribeshye mu guha ubushobozi umugore bwo gukora?iyo ibyo uvuga biba ari byo umugore uko yaremwe ntabwo aba abasha gukora ntibiba biri mu bushobozi bwe ariko kuko bimurimo ni uko Imana yabimushyizemo nyine.wowe urasinziriye kabisa va mu buyobe nta bwo satani ari we ubwira umugore ngo akore,umugore akora kuko ari ubushobozi bumurimo yaremanywe.niba muri benshi mutekereza gutyo aho iwanyu sha mwarayobye pe mukanguke.
@JlmnVhio-ns5cg ndabonako utantahuye hama Uburundi ntibusumvya amadini Urwanda kandi ivyo amadini yomurwanda akora Uburundi amadini yaho ntaranabigerageza pe kandi ntibizokunda hama kubanavuzuko ndazikuhava wibazako ndinderamaboko ndumukozi nanazu ndiko ndayubaka ntuhave unyihendako ariko ubikunde uvyemere abagabo barataye inshingano zose zirikubagore nicogituma umugore arushiriza gukora imirimo myibshi ivunanye ntadini ndimwo ahondi ntanamadini ahabarizwa ubonako Uburundi umengo murabugwaye wibazako muBurundi atabagore bariyo bateyimbere??bari muma bureaux wangu bari mubuzi butandukanye kandi nihose nibihugu vyose umugore arimbere ntiwibazengo nimuRwanda gusa ariko kunyita injiji utanzi nivyo bintangaje pe murashoboye kunyita injiji ntibikuraho ivyoyumviro vyanje kandi sivyanje niko biri kandi kuba biriko birakogwa ntibivuzeko arukuri ngonuko kuvakera babikoze barakora ariko abagabo baruzuza inshingano zurugo ntamugore yubaka inzu umugabo yigaramiye ntamugore yamenya amashure yabana umugabo ahari mbega abagore barakora ariko bigereranye ariko abagabo nka 70kwijana bose ntibagikora ntibacuzuza inshingano uko bikwiye
@@christella5092ibyo uvuga Nukuri
Imana ishimwe pe! Humura ubwo wageze ku isimbi Tv amafr yose wahombye, aragaruka kandi yikubye kenshi
Teddy pole rwose bibaho mubuzima kdi ngukundiye yuko utacitse intege zicyo washakaga (urugo) ndizera ntashidikanya ko uzarubona Ikibi mubuzima nugucika intege naho kuburiho byose birashoboka ISIMBITV Mwakoze kubwa Teddy.
Umuntu yavuga ngo azishakira umwana ubundi yiturize amurere ngo ni injiji ubuse uyu ntiyararumo aseka none akaba ari kurira Imana imusange kbx imurengere ,
Nawe undebere
Nawundebere abonye ibyo yirukira
Arko x mana kuki abakobwa bikigihe basinsiriye koko? Utaranigwa agaramye agirango abasore bubu na bantu njyewe narabahabutse peeee😂
Pore Sha ntibarabamenya neza noneho babarokore basigaye barutwa nabifatira agacupa cyakora abakobwa ntibahaha nabandi bumvireho
Ntabwo Ari bose
Arko mukobwa mwiza ntukabikore turahari turacyari fresh and clean 😎😄
Uwudasinziriye ntiyubaka abazakukubesha ubawabafotoye ukabasubiza inyuma wihuse ariyompamvu beshi ububaravyara ivyabagabo bagashira umupira hasi ishishozacane ntamariyaje ugira😂😂😂😂😊
Waramukundaga cyane twazsnye kumodoka akuzanyee kukwerekana iwabo
Iyo umugabo azi ko umubabaye cyane ni uko birangira. Ibi nari mbitegereje
Ndakwinginze nkorera ku ifoto❤
😂😂😂😂😂😂😂
Ngumugabo Kokose ahubwo inama nakugira senga cyane umugabo azaza imana nibona kobikwiye banza utuze ndakwinginze mume twatunu
Yewe harigihe ugira imyaka ikwereka ko umugabo urimo kubona ko ntawe
Oh pole sana sister, humura uwawe arahari kandi Imana igukomeze, gusa njyewe arananyisekereza ati pfakuba noneho ahumeka😂😂 nukuri rwose imana iguhe umugabo ugukwiriye🙏
Imana yunva gusenga kwabayo ndayisabye iguhe umugabo rata.
Teddy, mukobwa wa mwiza ngese ntago nagutuka cg ngo nkubwire nabi ,kuko ibyatubayeho nawe ntago wari wiyanze, ahubwo Imana iturebera twebwe aho tutareba Izagukorere ikintu cyatuma umutima waee wishima ❤
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto unteze imbere
❤
Muvandi ihangane peeee najye habuzegato byaribigiye kumbaho
Umuntu yarahurudutse arandika ubushize ati reka kumutaka cyane atazakuraburiza none ndebera😢 isi we!!
Ngo azajya amukarabya😂Sha iyi mihanda izabanika
Menya . abagabo barabuze pe ugarutse urira😅😅😅
Bagiye bavuga make kweli 😂
Oya Sha mwiseka sibyiza harabantu bakunda kutifata bagashirahanze amarangamutima yabo hanze so please remember ijiru ntirisakaye😢😢😢😢
Ntabwo uwabyanditse yahurudutse,ninvugo mbi none se yarabeshye.ahubwo nigute umuntu abyina mbere yumuziki.tujye turinda urulimi kuko ninyama yijyenga.pole teddy.
Ikiza nuko,ukuze,utazatekereza kujya kwa makuza naho, ubundi,ibyo bibaho cyane mujye mwihagararaho,ntimukiteshe,agaciro
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto unteze imbere
l❤
Reka mbanze nseke😅😅😅😘😘😘😍😍Ntago ndi guseka Uyu mukobwa ndigusetswa nu ukuntu Uyu mujura wamutesheje agaciro
We igikomere kitamuheranye🫶 ati ahubwo ngomba undi😅😅😅😅😅vuba nta ni imyaka ibiri burya koko Hari abantu batabaho nta mugabo ndabyemeye
Ati sinagumana iyi myaku 😅😅😅Courage Imana irare imuguhaye😍
Nibyo ariko burya tujye twiyaturiraho ibyiza bizatinda buriya abone uwo bahuje icyerekezo
😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂
Nanjye niyo wampa na 20,0000000frw sinakwemera byonyine kuba ujya kumbugankoranyambaga. Irigishoshwe.
Humura Imana yitwa ishoborabyose, izaguha uguhoza amarira
Uwiteka aguhojeje amarira humura kandi uyu muruho ntuzongeta kuwibuka kuko noneho ubonye n'umugabo ufite uburyo...ugiye kuzagaruka uhamya kugira neza kw'Imana yacu❤ ntabwo Imana yakomeza kukubabaza iteka ikugiriye ibambe
Bagore bakobwa muri hano mwica imanza namwe bibabayeho twavugako ntabwege mugira musege gusa utabutya abwita ubumera nomunkundo mubamo nimushishoza muzasanga muri kumwe nabatubuzi
Ariko yikomeza gutsimbarara kumugani! Kko byabonetse ko we icyo ashaka Ari umugabo!nashake Imana kuko abantu barahinduka!
Bawihagararako utihaye agaciro ntawukaguha😢😢😢
Amarira ntago ashirira mubagabo madame tuza ushyire akaguru hamwe wicare usenge Imana uyitegereze 😊
Reka nkugire inama itrii nto:
Niba wikunda unakunda ubuzima n'ubugingo bwawe, ntukizere cg ngo urambirize ku muntu. Ikindi Reka kwiha rubanda wivamo nk'inofu ubwira isi yose ubuzima bwawe bwose. No one is ready to help you for really, they will break your heart again nukomeza gushakira inshuti kuri social media no kwizera abakwerekako bakijijwe cyane.
Anyway, be sorry and strong for painful love story 🙏
Iyi mihanda isigaye ishyushye kbsa. Pole saana kandi humura kuko haribyo Imana ikurinze.
Iranyerera 😂😂😂
Imyaka ntikabakange ngo mwirukire ibirura mugirango ni intama sha ikiganiro cyawe umwerekana narabikemanze.pole sana maama
Yego rata
Buriya pressure ya société kuyicika keretse Yesu wenyine. None se ko uhura n' ababyeyi, abo muva inda imwe, inshuti bagira bati ko utarongora( rwa)??? Iyo Uzi icyo ushaka urabihorera kuko muri iyi si buri muntu ni unique ku buzima bwe.
@@ndashimyeemmanuel7481 umva sinzi icyo Abantu bapfa nokubaza ibyo,ikintu umuntu atiha ubundi nta mpamvu yo kukubaza ibintu byinshi kuko bigutera complex y'ubusa,njye bwira urubyiruko ngo bage bababaza niba hari iduka babacururizamo ngo babarangire bigurire pe😂😂😂 .
Umuntu ukumva ngo ese ko wacupiye?ukibaza ni Cash zo kugura amavuta aguhaye?
Ese kuki uba hariya nukuntu ari habi?hari imvugo zitera umujinya n'ukuri.
Uracyaruha wewe rwose😢😢😢gerageza wige cyane witekerezeho uhumuke!!!!
Ihangane Maman kandi Usenge Imana Ikomeze Iguhe Umutima Ukomeye, kandi rwose banza ugende gakeya Uko Usenga usaba Imana niko Izaguha Icyo Uyisaba.
Abagabo nkeka batuma umuntu asaza vuba imburagihe. Ko mbona ahise amera nkumukecuru aka kanya.😢😢😢 nzarya duke niryamire kare ninyagasambu rirarema
😂😂😂😂😂😂winsetsa
hh mbega oe se nta mugabo uziteza ngo udasaza¡
@christinen8291 uko ni ukuri abagabo babamaramo imbaraga wana 😅😅😅😅😂jugujugu rya buri joro sha abagore barakomeye ni ibiremwa bidasanzwe
@@KiraboCyimana-bl8hy amba ko munteye ubwoba, sinshaka gusaza vuba da¡😂🤭
Uyu mu gore narekeraho kwishakira umugabo ubundi nta mugore ushaka umugabo umugore arashakwa na komeza ibi nubundi azahura na batekamutwe kdi nabanze ikire ibikomere byuyu muteka mutwe!! Mama Teddy tuza kbs!!
Pole sana Teddy humura rwose yesu afite nubundi buryo
Imyumvire ye yumva ko umugabo Ari we byose kuri we
Oya rehema ange we siko bimeze..umuntu wese agira ikimubabaje akeneye kubaka atiyandurishije ibyo kurya byibwami.
Abenshi basambana batarashaka niyo mpanvu nta pressure baba bafite kumuchristo nyawe we aaba ashaka kubikorera murugo rwera
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto🙏🏾❤️
Uwo mugabo yakubereye ikigeragezo ariko nibyiza kuba udaherantwe nagahinda👏👏
Izere Yesu nk,Umwami n,Umukiza wawe ibindi vy,abagabo uvyihorere batazogusaza wa muvyeyi we
Ngo My school yooo imbavu ziranyishe weee
Ihangane niba usenga byukuri uzasubizwa ariko nikindi gihe kirazira kubyina mbere y'umuziki
Humura muvandimwe. Bibaho. Ariko ntucike intege. Haracari ibihumbi birindwi birapfukamira bayali❤❤
Imana Data wa twese igukomeze.
Ariko wihangane Imana irakubona kandi izi byose ninawe agaba abantu bose.
ESE ibyishimo byo mu isi ko mbona ari iby'akanya gato!!
Abazakurambagiza uzabazane ku isimbi tuguhitiramo tukubwire uyu byavamo uyu hoya😂
Oya se😅
Winsetsa KD mbabaye
Sha wa mwere tse ko umushaka cyanee niwowe wihemukiye kwereka umugabo ko umushaka ura suzugurwa
Pole kibondo. Ukuntu uri mwiza umutima ukeye ufite gusa.
Ooohh my Goodness, niyihangane
Impore Mama Imana izakugirireneza gusa cyiriya cyohe cyizapfe kuriya cyizapfe gihemuka iryo deni rya bank niryorimbabaje naho iriyambobo wagize imana igenda kare
Cyangara kizabure amahoro gukinira oumutima wi innocent women 😊
Pole muvandi Imana ifite izindi nzira humura uzabona uwumumaro abeza barahari humura
Shima Imana ko mutabanye ,uze wihende agushuke ngo muriyunze (.......)
Hahaaaaa kirazira kuza kuvuga ibintu utarabona ko bikunze, kumbura usenge Imana abe ariyo izogutabara niyo yonyene ibona umutima w umuntu. N ubundi uzorabe n uwundi umurose yo ku deceva nk uwambere. Imana igutabare ikurengere iguhoze amarira idatanga idafatiye kumarangamutima y umuntu.
Yoooo Imana igutabare shenge
Impore Teddy mwiza Imana izaguha umugabo wumugisha. Kndi uri mwiza❤
Ayiwwe 😂😂😂😂 tsetsembabaye Isimbi yagushakiye uwambere ngahonishye amaboko igushakire undi 🙌😂😂😂😂
Nubura ubwenge Imana izakureka
Sha vuga macye iyisi ntisakaye
@@fillety7816 oya nta mugabo wo kuri social media kuko buriya abagabo bose babonako Teddy ababaye umugabo cyane niyo mpamvu haza abatekamutwe bakamubabaza,niba amukeneye cyane nasenge niyo nzira yonyine naho ubundi hazaza noneho umubabaza kurushaho,uziko buriya nuwamushaka yazajya akora agakosa gato akamucyurira ati nubundi nakwanduruye kuri TH-cam waragumiwe,nshuti yanjye iyo utihaye agaciro ntawe ukaguha kbsa
@@uwerajanvielle7049sha biterwa harabo bihira harabo nzi knd barishimye
Uzirinde kuzajya ugaragaza amarangamutima yawe cyane kuko hari igihe satani yakomeza kuyuririraho. Nsenga Imana izaguhoza amarira kdi wikwirwanirira birekere Imana.
Mwabagabo mwe muhemukira umuntu yagukunze nukuri muzobibazwa na NDIHO pe
ngo ushaka undi mugabo uzabanze ucyire igikomere uwo yaguteye Kandi nukomeza kujya wifuza umugabo cyane ntawe uzabonan ahunwo uza musabe Imana iyo itanga byozebyose izamuguha
Gusa wabaye mwiza disi👍ariko ntuzongere kwereka umugabo ko umuhangayikiye cyaneee.tuza wowe ibyawe Imana izabyikorera
Nukuri 👌👌👌👌.