Yooo pole sana ukuntu uri umukobwa mwiza Imana ikugirire neza ,urushako bisaba kubyitondera ukanabisengera , bajyaga batubwira ngo aho gushaka nabi wabireka ,ukazajya mu ijuru udashatse , gushaka utandagaye ni byiza, ni ishema ariko singombwa ko ufatiraho ,ufata uwo ubomye wese bisaba ubushishozi no gusenga
Pole sana mukobwa mwiza Uwiteka akwitaho Jew icigwa nize nuko abarokore dukwiy kuja dufata umwanya ukwiy tugashishoza ntitubigire ivy'umwuka gusa Kuri Asifiwe nawe kuba yarahuy na motari nuko yabuze uko agira ikosa nirya nyina umuvyara abavyeyi bavyigireho uko bakwiy kudufata nk'abana 👏👏👏Sabin big up sana kubatumire wakira. we love you may Jah bless you abondantly cao👌
NUMERO ZA ASIFIWE:
+250728666805
+250783327222
Mm
A aww ww Aaaaaaaaaaaaaaaaaaa
Jesus Christ.asifiwe disi
Hhhhhhhhhh wasanga 😂😂😂😂
Asifiwe
Nyoko nimubi niwe ntandaro wumuruho wahuye nawe pore Ushake Imana cyane
Uwiteka akomore inguma akwishimishe igihe kuruta cyane icyo wababarijwemo.
Yebabaweeeee nta bantu babayeho nabi nk'abarokore pe ati ndagukunda Hallelujah Mana Weeeeee
Iri ni isomo ry‘ubuzima kuba kobwa bose, dukwiye kwitonda tukaba maso cyane, ibyo guhubukira abagabo bikajya ku ruhande, bikazakorwa mu gihe biri ngobwa, ubundi rero Asifiwe nkugire inama wirinde utongera kungwa mu mitego nkiyo waguyemo, wirinde abasore n‘abagabo bi Kigali ahubwo ushaka Imana iguhindurire ubuzima, kandi nibona bikwiye izongera ikubakire urundi rugo rwiza rukwibagiza agahinda wagize.Komera Uwiteka akube hafi akwiyereke 🙏🏾
Impamvu umugabo ,,yakwanze nuko yasanze barakurongoye nubundi warAbaye umugore,
1.kubwira umugabo ibibazo byawe byose
2.guhuza phone yawe kuyumugabo .
3.kwereka umugabo ko akurekuye wapha ntahandi wajya ,na nyoko ko yakwanze 🙆🏻♀️.ayo niyo makosa skomeye 3 mubuzima wakoze niyo mbona yagusenyeye .
Ndagushigikiye aha kbs
Asifiwe ihangane lmana n'umurengezi wababuze epfo naruguru
gusa nawe wabuze ubwenge kumugabo wambere bagutecyere imitwe basahure ibyawe ureba? Kandi nanone umugabo wawe wambere barabaroze ntiwabimenya ngo uhungire mugusenga lmana ikurengere
Kombona hari uwundi mugiye kuzahura mubi nyuma yabo bose, uwo muntu amazina ye yombi azaba atangizwa n'inyuguti ya M. Uzasenge cyane mbere yuko ufata umwanzuro.
Mwiriwe neza
Bakobwa beza mujye Mishabuka mushake uburyo bwo kwirwanaho aho kwibwira ko abagabo aribo bazabatunga😮. Iyo wifashije ntawe ugusuzugura bigeze aho. Nimujijuke mwumve ko gukora ubukwe ubwo aribwo bwose aribyo bizabahesha agaciro. Uzagira agaciro ari uko wiyibashye Kandi wifashije. Good luck lady. Kanguka wifashe Kandi urere umwana wawe umwigishe kuzamenya kwirwanaho atazigera ategera abantu amaboko.
Nibyo pe❤
Pole ,yaraguhemukiye bambe! Ariko nuko wabaye umwana yakweretse ko atagukunda mbere! Ubundi ntabwo umusore wakunze umukobwa yakwitwara uko utubwite yakwitwayeho, wapi! Uyu musore asa nk'uwashatse kukwanhiza gusa ,Kandi abigambiriye!
Pole mama! gusa njye abagabo bameze nka motar ndabizi kobabaho cyane peuh! ahubwo uwo mugabo wisezerano wa arantunguye ndinkawe namukurikirana nkamenya niba Atari idaimoni
Umurokore yari papa wawe Murangira naho wowe na mam wawe Imana nibahe agakiza ibyo mwakoze ni birebire.
Patrick wewe sinzi icomupfa urumva ingene ushaka kumuvuga nabi kugira ngobamubone nabi isi ntisakaye ntukanezegwe kumuntu ari mubibazo uwumusi niwe ejo niwewe niwewe
Komerausegewigereze😅 imana
Oya weeeee uyumukobwa numugome mubi mubi cyn usibyeko lmana arinziza uziko uyumugore muzi gutya yacitse umugabo akirumugeni umugabo arababara arwara tromo iyu mugore ngo yaraziko umugabo ashatse arumukire asanga ntabukire afite ahita agenda umugabo aramubura kuko yahise atoroka umusore amera nkumusazi kuko yibazaga ukuntu akoze ubukwe nta namezi 2 ashize agahita abura umugeni wabandi ataranagiye iwabo @@نمممت
Ngo icyumwana w'umutindi atabura ni umuruho koko,😢😢😢😢😢 pole sana
ihangane sinagutera amabuye ndakunva gusa komeza usenge imana izakomora igikomera❤
Pole sana.erega ntabwo wari wubatse.ukimara umusi umwe utabonanye n'umugabo wawe.wari guca ubona ko utubatse.ugafata umwanzuro ukomeye.mugabo nyoko wawe niwiyagukoreye nabi cane.
Ndimuri Congo nukwihanganape mubuzima bibaho
Yewewe nawe wabaye umwana cyane pe.Wari kumureka pe .
Urukundo nirwo rwa mbere .
Ndagukunda undi ati hallelujah ahwiiiiii 😂😢
Yooo pole sana ukuntu uri umukobwa mwiza Imana ikugirire neza ,urushako bisaba kubyitondera ukanabisengera , bajyaga batubwira ngo aho gushaka nabi wabireka ,ukazajya mu ijuru udashatse , gushaka utandagaye ni byiza, ni ishema ariko singombwa ko ufatiraho ,ufata uwo ubomye wese bisaba ubushishozi no gusenga
Ch pol wangu❤❤
Motari araje agaruke rero Umwemere.Nakazi Kawe wa mukobwa weeeee🙆♂️🙆♂️🙆♂️
Abamotari ni bwa ngusa
Shalom shalom nukuri ndumvishije cyane asifiwe yanyuze mubibazo bikomeye cyane none se ko hari abatwigyishije ko umuntu atandukanye aca aba igishubaziko ukaba wumva asifiwe yanyuze mubibazo bikomeye kandi yarifuzaga kugyirurugo rwiza nukuri noneho umuntu bimugyendeye nkuko wumva yakomeza kuba igishubaziko ??
Uncle Sabin asigaye yarasaze😆😆😆😆😆Ngo reka byongere 🤣
Mana yange Koko mbega urugo uyu mubyeyi yahuye nakaga pe isimbi TV imana ibahe umugisha kuba mutanga umwanya umuntu akabaganirira byibura umuntu akaruhuka byibura imana ibahe umugisha
Ark asifiweee ubeshyakubiiii peeee ndababaye peeee 🥲🥲🥲🥲🥲🥲ibintu wakoreye umugabo wae 🥹🥹koko ujenokumusebya mwitangaza makuru
Tubwirex
Yakozi ki
Ndagukunda , ati Haleluya😂, pole sana
Pole nimindemere bavandi munkandire kwifoto Imana ibahe umugisha
Pole maman warababaye cyanee,ababyeyi gito batera abana babo umuruho disi ,mbega injiji y,umubyeyi.
Isomo nkuyemo kuri uyu mwana mukobwa nuko iyo umubyeyi amwakira mu bibazo yarahize bwa mbere nyiyari kuruha bene ako kageni,babyeyi murere kdi mwihanganire abo mwabyaye kugeza kumwuka wa nyuma@ Sabin ndaguhaye yambu ndagukurikira cyane🙏
Nibyo kbss
Nukuri cane.Abavyeyi tugira amakosa yo kurekera abana mu bibazo bikabakururira ibindi birenze ivya mbere😢😢😢
Nivyo umuvyeyi wiwe yavyitwayemwo nabi iyo amwakira akiva kumugabo wambere ntaba yarahuye nivyo ariko aracamwo ubu. Imana yoyo itabura uko ibigenza imube hafi
Ababyeyi babaye inshuti n’ababyeyi ntabwo ibibazo nkibi byaba pe
Asifiwe ndakuzi tuba byumba na mama wawe wumudozi. Bamwita mama asifiwe. Mbega agahinda wagiye nako. Ihangane
Ibyawe birababaje mwana kubyumva! Ariko Imana ijye igukomeza ,igihe kizagera urugamba rushire Humura!
Her:ngo kutambwirako unkumbuye him:ngwizo ni siyasaa🤣🤣 yeweee urwo ntarukundo mbonyee
Pole sana , komeza inzira ya mbere usenge . Ubundi nubwo wabona inshuti ariko wishakemo icyizere ube wewe ubwawe nka Asifiwe...ibyawe bizagenda neza.
Sabin uzadushakire umu Expert yaza kwigisha abantu kuri Personality Disorders. Hari abatumirwa bawe benshi maze kumva babanye n' abagabo/ abagore bafite comportements zigaragaza personnality disorders nk' umugabo wa mbere wa Asifiwe.
Shima imana ko batanakwishe.mama wawe ni fec
Mana we ihangane disi pore. Sana
Hhhha yarumukristo cyane yanze gukola icyaha 😅😅.
Pole sana kabsa
Yeweee we disi ubwiza bwumukobwa ntibumubuza kuruha Koko!!!!!!! Mana nababaaaye, yesu we omora inguma za benshi😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Ukuntu Ari mwiza bambe
Urabivuga urabizi, sha kuba umukobwa ni danger njya nireba nkanareba umugabo twabanye akanteza akajagari mubuzima mpita nibaza kuba umugore icyo bivuze😢
@@zeno_derrick8709 Ni umuruho Hari igihe uba waririnze ubukumi bwawe, umuntu akakurambagiza akwihishamo washaka nwahgera mu rugo uakagutobanga, akakunywesha amazi ugasigara wibaza ukuntu ariwe wakuvukije ubusugi, nabantu wagiye wanga! Ni danger
Kuberiki yanze komuryamana ❤❤❤❤
Komera Asifiwe. Kuba utariyahuye birahagije. Uzabaho kandi Imana izaguhindurira ubuzima. GBU
Ariko se mama wawe we ni umubyeyi ki
Icya mbere niwe wagusunikiye kurongorwa malgré Les doutes wari ufite, rwose ubukwe wakabaye warabuhagaritse
Naho urugo rwa mbere rukunaniriye wari kwisubirira mu rugo ubuzima bugakomeza iyo umuryango wawe ubigufashamo cyane mama wawe
Cyakoze wari washatse umugabo utabaho
Rero njyewe ntekereza wa mugore wazanye inkoko iwanyu ugiye gukora ubukwe yarakuroze, iyo usenga urugo rwari kugeraho rukabaho nuko wabaye umwana
Inama naguha banza utuze usubize ubwenge ku gihe wegere Imana cyane izagutabara.
😘😘🥰 wow Asifiwe bazina , you looking beautiful my darling ❤, reka numve ikiganiro
Yeweeeeee unyibucyije Shakira weeeeee turamukumbuy💃💃
Nukorero sinzashaka 💃💃😌😌👀 mbivuyemo abashatse barashatse twe nidukomeze twibereho uku 😌😌😌 umwanzuro nuyu nguko 👀 ashwiiiiiiii
Wapi iyonama sinziza wigiriye kuko buriwese agira igeno rye imigisha yumuntu nyibura kuko hari uwaburiwe.
Hhhh wapi hari abishimye ntago ubuhamya bw'ibitaragenze neza bwaduca intege.
Hoya sha..uzashake pee.haha ngewe icyakubwira ibintu ndimo gutekereza ubu.haha
Asifi we ntugire ubwoba uzabona umugabo Imana irakureba
🤣🤣🤣🤣🤣JAMA yarakandare peee ngo ndagukunda agasubiza hallelujah 🤣🤣🤣akabi gasekwa nkakeza koko pole peeee
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂 nange nibyo byanyumije, disi yarafite uburwayi
Sha ewan nahise ntekereza ukuntu yaba areba nkumva biransekeje🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 mbega umujama ubuzima buragoye peeeee
Sha baramuroze pe kuko barabiroga abanyarwanda ni abagome pee niba Atari ikiremba
Nzi Umugore washatse ikiremba
Pole sana
Asifiwe; nyuma yubu buzima hari ubundi buzima.
Oooohhh,Uyu mwana mwiza Imana imuhoze rwose!
Nazakarande zisenyera umuntu niyo mpamvu ntamuntu numwe nanenga kumwe ibyiwanyu bishobora ko wakubuka bikagusenyera nja usenga cyane
Ofcourse ubundi ibintu byose bitubaho ni karande
Biragoye kwiyumvisha iyo nkuru ariko ihangane nyuma yububuzima harubundi buzima
Indushyi zirarutanwa kbs! Sabin hari ibyo numva nkasanga ngewe ndiriza hhhhhhhh ahwiiiii
Jesus Be strng ubwoba buranyishe😢😢😢😢Mbega Bagome hanzaha harabagome peee😢 Gusa imana irakuzi kandi uzabaho neza Gusa Ndumiwe😢😢😢😢😢😢
Umva chr ndumva duhuje story gusa namyenyeko byose ari umugambi wi Imana ntugatinye abagucyira urubanza ubuzima burakomeza humura gusa kora cyane kandi ibyo gukunda ube ubihagaritse ubanze wiyubake gusa ndumva nfite byinshi nakubwira gusa humura😢😢
Byihorere muvandi abantu dufite ibikomere byinshi kumutima
Abo duhuje Ibibazo turi benshi
Yewe sinzongera kurira
Pole mukobwa mwiza warahuye ni bibazo ukiri muto .ariko hari Imana ihindura ibihe
Umugabo yagukinnye imitwe atwara ibintu kugirango umuve mu maso.njye niko mbibona
Nubundi
Nivyo nanjewe niko nabibonye ntanguzanyo yari yarafashe ahubwo yari yamutekeye imitwe kugira batandukane atakintu basigaranye munzu.
Nanjye nibyo natekereje kbs
abagabo nkaba baragakubitwa ninkuba ark uzumuntu ugutesha agaciro?
Yewe mukobwa wee isomo wararibonye kumugabo wambere nuko udafata , ihangane Imana izakomore
pole sana nshuti .egera YESU
Amwegere se abahe ariko mwaretse kujya mwishuka koko yesu aba he kweli ntimukabeshye
Mwiriwe pole saana wahuriranye ni kibazo imana kiremereye imana ikubere inyishu
Wagirango yari yarakuroze
Mujye mwihagararaho bakobwa, ntunamubaze iwabo koko ngo akwerekane😢.
Musabe Imana amaso areba kure.
Ube wabasha gusoma umuntu ugukunda. Yari yakuroze pe
Suko se nihatari Imana idufungure amaso
Nanjye ndabishyigikiye bakobwa mwagiye mubamaso Koko mukamenya ubwenge Koko?
Yewe iyo myaka ikwiye kwitonderwa pe!
Muzaduhere inyigisho abamama kubana babo pe!😊
Sha wabanaga n'umudayimoni pe ujyushima Imana kuba waravuyeyo amahoro
Ngo akohereza hallelujah ndagaswii🤣🤣🤣🤣😂😂😂😂✌️ Yemwe yemwe halelua!!!
Ihangane asifiwe nubwo ukeneye inshuti zabantu ariko Yesu niwe ubarita Jya kumvi usenge cyane IMANA ikomore igikomere komwzaa wihangane gs uranyigishije
Cyakora Mana,uduhinda turatandukanye koko🙆🏻🙆🏻🙆🏻ariko ubu abagabo Imana izabahanisha iki koko???.ibibintu ikibazo cyabyo,bituma utongera kwizera umuntu pe.komera bambe.natwe turikugenda twiyakira.umugabo siwe gisubizo pe,ahubwo niwe kibazo
Ihangane usenge Imana kuKo satani n umugome
Wahoraniki uwakwerekaumubabaro binteye ariko hariho igihe IMANA izaguhoza
Komera nshuti yanjye, Imana Ikugirire neza ,humura uzabaho neza kandi tugushimiye ubuhamya uduhaye twigiyemo byinshi .
Turi umuryango wawe mugari .
Komeza usenge
Yafunguye impano. Ako mugatindeho impano bazirogeramo cyaneeeeeeeeee nzi abantu barenga babiri bazirogeyemo niho byapfiriye
nonese ko yagiye kuzifungura nubundi yaravuye muburiri ntacyo yakoze
Humura Mukobwa IMANA iracagufiteho umugambi rekakwiyanga wikunde kuko Ejo hawe niheza
Yoooo wahuye nibibazo urumwana nukuri 😢😢
Warababaye mukobwa mwiza, rero abantu mwivugira ibyo mwiboneye ni mushaka muceceke kuko abantu babaye babi rwose kd byumbikana ko Asifiwe yarahemukiwe cyane
Mama wawe nawe ntasanzwepe, Imana izamugyenderere
Old people mindset ntawamurenganya
Sh burya buriya buriwese agira amateka yiwe kweli? Be strong 💪
Ababyeyi birukana abana bigaye.
Ingeso yabanyafrika bonyene
Ababyeyi b’abagore bari muri iyi mihanda ntibasanzwe
🤔😊
mu Rwanda hari abatekamitwe!
😂😂😂Sabin uransekeje ngo mbega ubukwe 😂😂😂
😂😂😂 Sabin ngo wamubwira ngo ndagukunda, ngo Haleluyaaa
🤣🤣🤣🤣😂😂
Pole sana kabsa. Ihangane tu bibaho mubuzima. Ariko Imana niyo Imenya umutima wumuntu
Pole sana mukobwa mwiza Uwiteka akwitaho
Jew icigwa nize nuko abarokore dukwiy kuja dufata umwanya ukwiy tugashishoza ntitubigire ivy'umwuka gusa
Kuri Asifiwe nawe kuba yarahuy na motari nuko yabuze uko agira ikosa nirya nyina umuvyara abavyeyi bavyigireho uko bakwiy kudufata nk'abana 👏👏👏Sabin big up sana kubatumire wakira. we love you may Jah bless you abondantly cao👌
Uzampuze na asifiwe tuganire
ahubwo yaraguhenze yashatse kukwirukana akoresheje UBWENGE,niwe yabwiye ababitwara
Asifiwe umuntu yakwibonera gute koko ndagushaka mfasha umpe number yawe
Asifiwe umuntu yakwibonera gute koko ndagushaka mfasha umpe number yawe
Imana yo mw'Ijuru izokunezereze mukwobwa wa yesu. Ibigeragezo n'imfungurwa z'umukristo
Yooooo eseburya waje kwasabin ncuti nkuherukka kuri chanel ya rose tv show sha ujyawihanganancuti imana izakurindira akokana kezacyane nukuri urinumwanamwiza cyane witonda cyane nukuri uziyicarire pe wirerere nakanakawe kbx knd komera ndagukundacyane ncutiyanjye. Urumukobwamwizacyane❤❤❤❤ nanjye nitwa claudine nkurikirana isimbi tv
Yoooo pole birambabaje pee ark ihangane muvandimwe uwaje kwisi yaje gukoboka ark ibyiza birimbere
Sha mwabakobwa mwee namwee mugira amakosa nigute amezi atagera kuri abiri uhita wunva umuntu utazi utavugana nawee uhita wunva akujyize umugoree mufate igihe mumenyanee numuntu
😂😂ubukwe wowe urabuzi 😂😂niyo abukora ibyumurenge qkabireka nukuri
Yebabawe 😢,oyaaaaa, Asifiwe, ubujura imana irabwanka.ntagutimba nkuko.ntabuzima warikubura
pole sana mama ababyeyi ndukunde abanabacu. nubwo bakora amakosa tubegere cyane umwana nikintu gikomeye cyane sikintu cyogukinisha
Pore sana asifiwe,ariko ukomere,ignifuge intango kigira niherezo,Ishure ritoroshe wahanuriwe niryarangira,arinshumbushanyo
Mweneda Warahuritse wafurawe Ubuhamya bwawe Burimo inyigisho ikomeye Urubyiriko Rukwiye kwiga 🙏💪 Uwiteka yaguhaye ishuri rikomeye Ntagutabare rwose Kandi niba warakoreye Uwiteka Byukuri ukamukorera Ubikunze Azagutabara nawe Wishime ❤❤❤ Ndagukunze cyane❤❤❤❤❤
❤
Cyakora ugirumugongo umugabo akagukubita indikavamo ukongerukamutwira ?
Byaciye amarenga mbere gusa Niko utabyitayeho. Ntabwo wari kumusanga, warikumureka.
Imana yomw ijuru Uyumuvandimwe Uzamwomore ibikomere yahuye nabyo 🥰🥰🥰🥰 Tuzagushima nyagasani
Nihatari
Abantu twese turi abanyantege nkeya yego ariko minimum logic iba ikenewe mubintu umuntu akora Imana ntago ijya yivanga mumahitamo y'umwana w'umuntu yaba meza cg mabi!
Inama nagira Asifiwe nukwegera Amasengesho cyane nibyobyamufasha
😢ariko Mana iyi si koko ...komera wihangane siryo herezo wahuye nikigeragezo gikomeye cyubuzima Imana izaguhoza amarira ntagahora gahanze
Iyaba wari u bonye u buryo bwo kurera umwana wawe gushaka undi Mugabo wabyihorera.
Iyaba wari u bonye u buryo bwo kurera umwana wawe gushaka undi Mugabo wabyihorera.
Pole disi.yakwiciye ubuzima.ukuntu uri keza.uwo mugabo banza epfo hatarakoraga.
Ndagukunda ... Hallelujah😢
Pole sana. Mbega ubuzima. Ariko hara yari ibyiringiro byo kuzahirwa namahirwe ya gatatu
Niwiyegereze lmana niyo yomorora ibikomera❤❤
Shaa love is blind n crazy peee njye ndamwumva
Ntago byoroshye pe yarababaye
Hy nonese uwomwana wamukuye kugiti wihane. Peeee iyisiturimo irashaj Kandi. ❤
Yaawee asifiwe disii ndakwibutse kuri adepr gihuta Uba muri famille yawe turirimbana muri alpha choir
Komera nukuri pee , birashira hari Imana iruhura imitima kd igatanga ihumure kubihebye , Imana igukomeze 🥲
Mufashe nyamuneka ureke amagambo yihumure gusa ntiyoyarya
Ibitangazamakuru byaragowe kbs. Isuku igira isoko. Sabin wenda hari abo byafasha ariko hano harimo ukuri kwabarirwa kuntoki. Umubyeyiwe ndamuzi ariko.... ,😢😢😢 Murangira(papawe) Imana ikomeze imutuze aheza. Naho iby'isi ni dange umugani wababandi.Asifiwe ndagukomeje.uracyari muto ikiza subira imbere y'Imana.
Ko ibyo avuga ntabyizeye
Wadusobanurira neza
Mama wawe nawe numugore mubi ntamutima afite, niwe watumye uhura nibibazo. Ikindi wakwitonda uracyari muto. Shaka ubuzima. Urere umwana wawe
Uwo mubyeyi wimuvugaho byinshi turakorana ndamuzi agera mukazi samoya agataha satanu ashakira abanabe minerval nge ndabazi neza nyina yarabasigaranye ise ikimaragupfa uwo yamurihiye secondaire biramunanira musazawe ukurikira asifiwe amurihira muri auto école,murumunawe yiga secondaire nawe mumwaka wakane bucura bwabo nawe ari mumwaka wagatatu nyina niwe umurihira ibaze ubuzima buhenze gutyo umubyeyi akamanaginga anobana Bose wenyine ndababaye sana
Oya pe. Ntago waavuga gutyo. Byagusaba kumenya context neza baribabayemo cyangwa bakuriyemo Mbere yo guca imanza
Pole sana Asifiwe humura mama turagukunda kd turagusengera Imana izaguhindurira amateka.
J'aime cette femme roindaise. 🥰🥰🤣 viens ici à Kinshasa
Uzarereuwomwanawawewendaazakumara umubabaro ni maelezo muri congo
Ariko mama wawe nawe yakubereye umubyeyi mubi yakujyiraga inama mbi,ariko uwo mugabo we nishitani washatse pe
Asifiwe Warababajwe pe!
Gusa,Humura Ibyawe Imana Irabizi.
Birababaje pe!Iyi nkuru ya Asifiwe ibere isomo abana b'abakobwa bahubukira gukora ubukwe batabanje kubitekerezaho neza no kumenyerana n'uwo bagiye gushakana.Urugo rwiza bararutegura ntabwo ruza nk'ikintu kikwikubiseho!😮
Nukuri bira
Abantumuri kuvugako mamawe arumubyeyi mubu ntimubizi mumubabarire numubyeyi mwiza cyane niba mushaka kumenya neza amakuru muzatemberere igicumbi muzabimenya
Mugukundana nuwo musore ntiwarebye kure nukuri😢😢
Gusa uyu mwana wumukobwa yavutse mumuryango utarukennye cyane unazwi pe hano i Gicumbi gusa ntacyo mvuze
Vuga neza
Uramuzi x