NDABIVUGA NUBWO MWATINYE IKIBA KIBE🔥ABASHUMBA MWIMUYE IMANA MWIMIKA INDA NONE IMANA IRABACIYE😭
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 ก.ค. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - บันเทิง
Urimo umwuka w Imana kbsa,ntibagishaka Intama ahubwo bari gushaka ifaranga,byararangiye umuntu nakomeze uko yahamagawe naho ikitwa abashumba ibyo gushumba barabyiyambuye.
Yewe muzavuga musarare kubera gukangura uwisinzirije
Ariko ntacyo Yesu azaca intambara zishire
Tujye dukoma urusyo dukome n'ingasire ndabyemera abashymba baratandukiriye ariko se muri uru rugendo ko ikitegererezo ari kristo abakristo bo bahahaze bate tutitaya ku makosa y'abashumba gusa kuko ntabwo mu ijuru tuzireguza ngo abashumba baratuyobeje
Yesu aguhe umugisha mukozi w’Imana
Itorero ntiryigeze rihinduka ahubwo abantu nibo bahindutse
Imana idufashe dutangire kwamamaza inkurunziza!
Yewe mwene Da aragukurikiza Riziki chantal arega icyo bashaka suko abantu bazabona ubugingo kuko sabungeri nyanuri
Imana idufashe
Yesu aturengere
Courage muvandimwe rangurura uvuge ukuri udatinya
Imana iguhe umugisha
Bamenyeko ntanduru ivugira ubusa kumusozi bashatse bakwisubiraho
Paphille, rega ntimugatinde ku madini shebuja bakorera niwe abaha amabwiriza ibyahantu we bigomba gusohora
Nimubabwire dore abayobozi boretse imbaga nyinshi kubwinyungu zabo bwite
Urimo kunshimira ahandyaga pe! None se koko, ko mbona amazi yamaze kurenga inkombe, birakosorwa na nde? Yesu Kristo wenyine niwe ufite urufunguzo rw'ibizaba.
Ntacyo komeza ubabwire ntihabura ugira icyo yumva n'ubwo amatwi arimo urupfu atumva. Ibynshi byatangiriye ku ngoma ya Tom Rwagasana, ndibuka badutura hejuru amarushanwa ngo y'abaririmbyi ( amakorari) benshi ntitwabyemeraga. Abarimo kuvuyanga umurimo w'Imana bazabyicuza ibihe birebire nibatihana.
Sabungeri nyakuri
Ibyo uvuze ni ukuri nagiraga bakuru banjye 2 b'abarokore muri za 1989-1999 iwacu hazaga abandi barokore bakaduhingira bakadufasha ubona ari byiza byakururaga n'abandi bagakizwa ari benshi.
None niba utambara bouboux ngo umenye gutega bya bitambaro bimeze nk'indege ntuba wemewe mu itorero.
Ntabwo bameze urikubashyiriramo imiyaga ahubwo baratandukiriye barikuyoborwa nirari ry'amafaranga arko bazabona ishyano ntakabuza
Arega gukiranuka kwabantu niko kuri mu minsi ya none.Vuga ko adepr isigaye iyobowe ahenshi nabanyamubiri kuko niba nka hano nyarurama gatenga adepr gushima Iaman bisaba ngo uzane umufuka wa sima utaeuzanye nta gushima.guhanura byo kirazira