ABAFANA Umupira w'amaguru KWAHERI MURABEHO Ubugingo bwanyu BWAMAZE Gutambwa/NTIMUTEZE KUZAKIZWA
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp....
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Ntimukaduheze mu rujijo! Ikibazo abantu bafite ni ubukene n'inzara, intambara zidafite ishingiro naho kujya mu ijuru abo Imana izashaka izabatwara kandi abo idashaka ntaho bazajya!
Kuja mwijuru biragoye nubuntu gusa
Uzabure gusenga ngo ijuru rizakwizanira mushake ubwami bwimana ibindi muzongarerwa
Hhhhhhhhh njyewe mbina abarokore twarasaze Burundu ubundise ikitari icyasatani nigiki
You got it, guhera kwitangiriro rya byose satani yoherejwe mw isi, ibyo benshi ntibabitekerezaho, isi ihagarariwe na satani.
Nukubaka ngura
Wasaze wenyine.ntugashyire abantu mu gatebo kamwe
Ye'ashimwe! Nishimiye iki kigisho umubwiriza atanze . Ni umuburo ku bashakira umunezero mu bufana bwaba ubw'umupira,AMAdini,amashyaka ya politics n'ibindi. Pawulo ati:" Ntimukagire ikintu cyose mukorera kwirema ibice. "
Mu by'ukuri dukwiriye gusesenguza Jambo ry'Imana ikintu cyose duhura nacyo.
Ubundi. Gusa ku kijyanye n'abadayimoni ni ukwitonda kuko ntagira uko asa biriya ni ibiremwa by'umwuka nta mahembe bigira nta mirizo, bigenda byihinduranya uko bishatse nonese Satani ntiyiyeretse Umwami Yesu ari mu ishusho rya Malayika, umudayimoni ntiyiyeretse Sawuli mu ishusho rya Samweli?
Mwuka wera aduhe gukunda no kumenya Jambo ry'Imana.
Aha rwose muba mwabuze icyo mwigisha. Mwigishe ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo kuko ibi ntibikiza abantu iby'icyaha.
Mudufashe gusengera abana bacu bakunda umupira kurwego rwohejuru kandi iyo mbabujije banyita injiji
Murakoz cne muhezagirw, umupira kwer jew ndabirab bikambabaz, ukuntu bitaho mupira birambabaz ugasanga batangaje igikorane ntanabajayo, cank ngo bapostinge ibivuga Imana 😭😭😭😭😭😭
Ntacyo imana izakora itabanje kuburira abantu Bose yego no mumadini birimo murahagarirwa gusohoka muri baburoni
Mana nyagasani kobitoroshe nikibazope yesu natabare
God bless you for advising us so,l wish to never watch football picture of evil!
Mbonye hari abagututse ariko imana ibafashe nkawe ikoranabuhanga imana yemeye kuribaho kugirango isi yose iburirwe
Nabemeraga sriko aha ho ntitwemeranya kuko icyaha ni gatozi kandi icyaha nigitandukanye nurukundo, ubwo rero amadini yananiwe kubiba urukundo mu bantu, birangira abuze abafana amafaranga bayihera umupira, nkuko abapasteur bakoresha amarozi nkuko nabakinnyi bamwe bayakoresha ubwo rero. Mubibe urukundo kuko ruhwanye nimana
Mwagiye mumenya kubaho mutanduranyije koko 😂😂😂 umudayimoni? Tuvire ku makipe Sha ni Imana yayaduhaye ngo adushimishe wijyaho ngo uyaharabike wowe x Imana igutuma guharabika abantu?
Gumana na satani na dayimoni sha 😊
@@abrwanda hhhhhh Chelsea na Madrid Imana yatwihereye Sha ngo ni iza satani😂😂
Baraguha Ibimenyetso nawe uti biriya sibyo
@@abrwanda ni ukugoreka igisobanuro cy'ibintu bitewe nicyo agamije ntaby'abadayimoni 😂😂😂😂 ngaho azashinge ikipe ye ashyiremo malayika maze nidushimisha nayo tuzayifana kuko na APR twihebeye irimo intare kdi inyamaswa ndumva azibasiye😂😂😂😂
Izi nyigisho zirakennye pee, izo philosophy zawe ndumva ntashingiro zifite pee!
Siga Aho kubeshya ,
Ishusho ya Dayimoni Urayizi? Dayimoni Asa ate?
Byanditse he se ko kureba cg gukina umupira ari icyaha? Urabura kwigisha abantu icyabateza imbere cyazamura imibereho myiza yabo ukirirwa uterateranya utuntu tudafite ishingiro nonex ikanya cg igishushanyo k intare n ubuhangange bw'Imana bihurira he?
Murakoze cyane. None ugice kivuga kuri film umuntu yakibona gute?
Ivugire wigendere kuko nahumuntu yazuka bareba ntibakwemera kuko amatwi yabo arimo ibinure
Ntago mbyemeye namba, nonese uravuga ngo icyo kirango ni satani wabikuyehe Isura ya satani wayibonye he? Ikindi kd kuba ikipe yakwiyitirira inyamaswa runaka nukugaragaza ubu kana bwayo ntago aruko ariyabadayimoni, so kd umenyeko mumupira habamo nabakinnyi kd bakijijwe ubwo rero tandukanya amaranga Mutima yawe nokuba nokwangisha abantu ibyudakunda😢😢😢
Niba aribyo nawe icyo gisiga kirihejuru yumusara numudayimoni wumweru
Biragoye ko abantu babyemera,ariko njye ndabaha ubuhamye ndi umugore wakundaga umupira kurwego rwehejuru kuburyo ikipe yanjye yatsindwaga nkarira abo murugo babaga bagowe kd natangiye kuwukunda ndi umwana muto ikibabaje umugabo wanjye ntiyakundaga tugatongana nkanjye kwihisha ngo nkumve nijoro byari bigoye ariko ndashima Imana nawuretse mbanumva umuntu bwImana pee!!!
Kuber ibihe turimo abantu twabaye ibyigenge ntago twabasha kunv,ukuri yes,.aturengere
Umupira ngo washyizweho na satani? Ibyaha birii ku isi birahagije, mwishakisha ibidafite aho bihuriye.
Kwiyita amashitani atukura nuburyo bwo gukanga amakipe ngo atinye iyo kipe urugero hari amakipe yibihugu yitirantwa ninyamanswa zinkazi intare amavubi ingwe recyeraho twakumvise utatuyobwa
Imana iduhangaze pe kuko ndumva twaraboshwe na satani
Musengere base umupira urimo satani wabase abagabo yewe umupira ubakururira kunywa inzoga
Impamvu yogishije binukugira mukanguke mumenye kuri
Nanjye nagize vision kuri cherce mbona ko ari ibyikuzimu
Uziko wagirango ndakangutse
Ibi bintu bitubaho
Wagiye wigisha Ijambo ry'Imana ukanavuga ubutumwa bwiza ukareka Ibyo
Avuze ukuri mugenzi
Ubutatu bwa satani tububona mubyahishuwe igice cya13
1 Ngihagarara ku musenyi wo ku nyanja, ngiye kubona mbona inyamaswa iva mu nyanja ifite amahembe cumi n'imitwe irindwi. Ku mahembe yayo hariho ibisingo cumi, no ku mitwe yayo hariho amazina yo gutuka Imana.
11 Nuko mbona indi nyamaswa izamuka iva mu butaka. Iyo yo yari ifite amahembe abiri nk'ay'umwana w'intama, ivuga nk'ikiyoka.
(Ibyahishuwe 13:1;11)
Wari warabaye addicted ku mupira , Kandi uzarebe ikintu cyose ukunda cyane ubwo ko bugeregeza ku gi storing bigatuma ugikunda, so tuziko ibintu byose mbambona Imana yarabiringanije , kuko bariya bafana batagiyeyo ntago abakinyi babona ibibatunga, isi yubakiye kucyunyoma , ubwo rero uwunva arunva ark gufana ntago byatuma ureka yesu ,byose ugomba kubigiramo ubwenge ,
Noe kombona Team zifis ivyobimenyetso kozitakomeye
Ibyo uvuga nibyo nawe reba betting igiye kumaraho amafaranga
Mana nimba ncumurira mu kureba umupira umbabarire kuko njyewe ndabikunda ariko Mana umbabarire nimba koko ari icyaha nciye bugufi imbere yawe.
Numvise ngo har match yaba ya ba Pasteur muri adpr
Ureba umupira n'utawureba Bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwiza bw'Imana.
Nemera KO Ari ibirangaza abantu naho imihango yashitani yo no muri ayo madini byuzuyemo ubwo rero nayo murayareka ?iyo utwaye ishusho ngo uratambagiza umubyeyi,wagera kugishjshanyo ukacyunamira,ukabeshya uvuga indimi zidasobanutse,ugasenga sunday
😂😂😂😂 Nawe w'umudive ntacyo ubarusha kuko aho kwemera Bibiliya n'ibyo yigisha wizera ibyo mwita "ubuhanuzi" bya Ellen White kandi mubizi neza ko byagiye bigaragara ko byuzuyemo ibinyoma.
Uretse no kuwukunda turanawukina ubyo rero sinzi niba ibyo uvuze niba ari ukuri
Ubanza aribyo nanjye iyondigusenga bihita byivanga nkahita nekereza abakinnyi bagiye gusinya gusenga nkaba mbivuyemo so Imana idufashe
Niko kuri ntamukrisito ukwiye gufana umupira
Izo titles muba mushaka iki? Ngo umufana wa foot byararangiye ntiyakizwa ubwo nuyu byaba byararangiye kuko yahoze afana. Uretse abafana nabakinnyi bazakizwa neza bazajya mu ijuru ni akazi nkuko numuganga abikoze nabi aka jya akuramo amada akajya arangara kubushacye abarwayi bagapfa nawe yazarimbuka azize umwuga we.
Isi yose yabaye Satani,uziko nibiryo birimo abadayimoni
Genda mwigishe ubutumwa bwiza bwayesu. Abantu twihanibyaha byacu naho ibyo ntacyo bifasha
Pole sana
Kwigisha sawa iyo wigisha ubutumwa bwiza ubusenya satani nawe ugutegera kubyo ukunda byomwisi nuwo numutego kuko birebwa nabantu benshi
Ntaninyigisho yubutumwa bwiza buba burimo
Ibi bireba umuntu ukijijwe ariko ukunda gufana
Uzarebe iyo ufana ukuntu uhorana umujinya n'urwango ku bantu mudafana ikipe imwe.
Satani ntaho adakorera, niba adatinya kwinjira aho benshi bita mu nsengero basomera Bibiliya nihe atagera? Mube maso tugeze mu minsi mibi Kandi Uwiteka adukomereze kuri we mu izina rya Kristo.
Urakoze mukozi w'Imana uwo kumva yumvise
Nyagasani aguhe umugisha utagabanyije
Uretse abafana se abakinnyi bo byifashe bite ko hari aho dusanga ari akazi nkutundi twose?
Uko ni ukuri nanga umupira pe sinzi ukobyaje
Ariko kowabuze ubwenge urabura kwigisha Inzirijya mwijuru ugatumwanya kubyagukoroneje bakubwiyeko yesu yaje gushaka abakiranutsi gucirabantu urubanza nibibi Ahubwo wajyayo ukahakura umujyeni wakristo😂😂
Uyu mugabo ahubwo match zaramutwaye ashiduka biri kumusenyera none yarabizinutswe none ari kubisebyaaa!!😃
Murakoze cyane ibyuvuga nukuri nanjye iyo ndebyefrime shika imbaraga cyane nakazi sinkashobore ariko nareba amakuru nibindi biganiro singire icyibazo twirinde duhagarare neza ibitugusha nibyinshi
Kokose😊
Mujye muvuga no ku mihango yo kubandwa no guterekera byo mu miryango dukomokamo kuko nibyo bitugiraho ingaruka cyane kuruta ibyo bibera muri football
Amen 🙏
Izi nyigisho zikwiriye kwigishwa benezo naho abajya mu ijuru buzuye Mwuka Wera bo nta mwanya babona w'ibi.
Impamvu mwigisha abantu bene ibi ni uko namwe mwatesheje agaciro imbaraga za Mwuka Wera!
Ufite Umwuka Wera Muyobozi nta kibazo afite vraiment!
Ahuko se ubu arikuvugiki koko
Mumireke ntaco abwire abo bakibifitiye umwanya sibyo
Njye ndabona aribyo koko
Nubutubwape bwubaka abatse
Mwabuze ibyo mwigisha? Mutandukanye abakora ibyaha n'umupira w'amaguru, inyigisho zipfuye nkizi zibatesha agaciro.😂😂😂😂😂😂😂😂
Si ngombwa ko uhita ubyemera cg ngo ubishyikire nonaha.
Ariko igihe nikigera niba uri umwana W'UBUGINGO uzabibona.
Ubundi c umuntu ni gute afana abantu bitwa amashitani???
Abo abwira barabyumva neza erega kdi birabagirira akamaro.
Niba wumva ko ntacyo bikubwiye ntutekereze ko abantu bose mutekereza kimwe !
Benebyo barabyumva kandi barabisobanukirwa.
Buriya umuntu wese asa n'ibyo akunda.
Ubundi umuntu iyo akunda ikindi by'ukuri aracyiyegurira.
Niba UMUNTU akunda Imana ntagomba kuyibangikanya n'ibindi byose.
Pawulo yaravuze ngo "ibyari indamu yanjye nabibonye nk'amase.
Niba utabasha kubishyikira ntubyibazeho cyane abo kubyumva barabyumva.
Agakiza kanyu gafite ingorane kuko kiziritse ku bintu by'amafuti aho kugirango kizirike kuri Kristo.
@@rwangizamirerarwamuhandang7770
Reka tubihange amaso igihe gihishiye abantu byinshi.
Gusa abo bireba buriya ngira ngo baba babyumvise ahari.
Nawe Uri irindi dayimoni
Ijuru niryaso c??
Wowe ntituri kumwe
Amashetani y'Umutuku ubwo si Equipe bita: " RED DIVILS"?
Urimo uratuyobya
Kuk harimw izo yasimvye?liverpool, arsenal zo ntangorane. Avaroz nab ntibarogvkur match gusa. No muba pasitori bararoga
Nanjye rayon yaransajije😢😢😢
Komera cyane
Birashoka rwose ko ari umukino satani ajya akoresha arikose uwakoresh umupira avuga ubutumwa ntabwo lmana yamwemera? Urugero Kaka ni umwe mubakinnyi wabaye umustar ariko utinyeze yitwara nkumupagani kuko yeruye kenshi ko ari umukristo nubu numva ngo ni pastor. Umunyamakuru Kazungu Clever ni umwe munjyero nziza z'abantu bakurikirana imikino kandi akaba Umukristo. Hari n'abandi benshi. Rero wowe ndumva wari waratwawe n,'umupira nkuko n'ubu hari abatwarwa n'ibindi. Urugero Dawidi yatunze abagore benshi ariko ntiyatwarwa naba nyamara Salomo baramuyoboye. Numva dikwiriye kwirinda ibidutandukanya n'lmana kandi tumenyeko atari umupira ugusha abantu ahubwo abantu bagisha nibyo bimika. Kuko njyewe nshinze ikipe ariko ngamije kubwira abawujemo ubutumw bwiza ndumva bitatuma abaje bitwa abapagani
Mwicara mugambanira abantu, mubeshya, mwiba, muhanura ibinyoma mubizi neza, muvangura amoko y'abantu, musambana, n'andi mabi mukora mwarangiza ngo umupira w'amaguru niwo cyaha? Dore abafarisayo bo mu gihe kigezweho😢
Umupira si icyaha ariko ibisindisha nibyinshi bibuza umwanya wo gusenga rero twagobye kubivaho burundo tugakunda ibyi Imana kuko ibyumupira ntacyo bimarira umugenzi ujya mw'ijuru
😂😂😂😂
Abarokore murasetsa Cyane , none reka tubyemere ibyuvuga, none iyo TH-cam ukoresha, iyo telefone CG iyo bank card ukoresha Cg ikoranabuhanga ukoresha nibande bari control? Naguseka ubaye ubikoresha
IMANA IDUTABARE
IMANA ishimwe cyane kandi iguhe umugisha
Ibyo nukuri kandi nihishurirwa rikomeye.
Ibi byrarindagiye.
Ariko umudayomoni ni iki??
Ni ifoto? Ni umwuka? Ni izina? Mwararushye
Nibyo kbx
Nugusenga
Uzabihungirahe ko Lepresant yabitangije mwitorero ? Ngaho musange umuhugure
Nimwigishe ubutumwa bukangurira Abantu kumenye Yesu Kristo neza naho ibyo ni amagambo ejo muzavuga ko no kurya byazanywe na satani.satani ntarusha imbaraga Yesu Kristo Umwami w ijuru n isi.
Hhhhh urabura kwigisha umutumwa bwihumure ngo umupira ngo ibikii mwabuze ibyo mwigisha kokooo mphaa😅
Umupira ntabwo ari ibintu vya shetani gusa ashobora kuvyinyegezamwo nkuko yinyegeza no mumashengero hama abashaka kuroga nabo bagerageza kuroga vyinshii cane ntakuntu atoba ukora icaha ariko ugakora sport ukaja mumuriro
Wakopeye intigisho za sheikh wo muri kenya urabeshya jyenda
Abantu b'ibikange barakangana koko 🤔 ntabwo muvuga ubutumwa ahubwo muratuka ubutumwa! Yesu ati mwarahabye kuko mutamenye imbaraga z'Imana.
Ese ko Yesu yavuze ati icyo muzahambira mwisi no mwijuru kizaba gihambiriye kuki twatinya ibyo bimenyetso Kandi Kristo arihejuru yabyose
@@mukamaemmanuel3228 cyane rwose! Yaravuze ati ibyo ntibizabura kubaho ariko ntimuhagarike imitima! Aba rero baba bashaka gukura abantu imitima ngo byacitse.
Wagiye wigisha Ijambo ry'Imana ukanavuga ubutumwa bwiza ukareka Ibyo, uwo kubona ubugingo azabubona ntimukadutere ubwoba
Murakoze cyanee Imana irengere Roho zacu👏🙏🙏🙏
Ureba umupira n'utawureba Bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwiza bw'Imana.
cyakoza nibyo kabisa, urugero nk ubu nanga Messi Kandi ntacyo dupfa
Ariko njye ndumva nkurikije Ubuhamya utanze wowe wari addicted ku mupira...
Uretse n'umupira, n'ibindi byose wajyamo cyane, ukabirutisha Imana, byagabanya ubusabane n'Imana.
Vanessa nubwo nasanga barikurya inyama arumupira sinaryayo simbikunda nagato habe
Nonese hari cyibazo umuntu ukina umupira kugiticye nkomurugorwe atagiye mumakipemakuru
Nonese amashusho ya daimoni asa gute wowe urayazi cg Niko ubitekereza woe
Wagiye ureka kubaza ubusa
@@BwirayesuEmeline ubwose unshubije neza Waba iki narabazaga ndumiwe imana ikube hafi
@@MukeshimanaAlice-tj4og mubaza ibintu bitumvikana bitabah
Seigneur Jesus aie pitié de moi!! Delivre moi du football et de tous ces qui sont simulaires
Sinkunda umupira niyongumva urambangamira ngeanga byogupfa imana itabare ubwoko bwayoyo
Nibyo abadayimoni benshi baruhukira mu mupira ubuhamya nibwiza ezekeri ati babwire naho batakumva amaraso yabo ntuzayabazwa
Uziko wagirango ijuru niryaso uvuga bajyayo natazajyayo
😅😅😅
Twizera imana ibindi ubundi
Network irampemukiye mba nteye agatebe nkabyumva neza (nsomye title gusa !!)
Igihe itorerero ririmo kiragoye ariko ntakizabuza abayuda gutabarwa uwo ntaho abahishe ntabwo jye ntunguwe yesu ntacyo atatubwiye ariko nyiribihe ari mumitima yacu kuko araje kandi Azande ingororano
Yewe nukuri ubu ndasobanukiwe IMANA ifashe abagabo bo mu Rwanda bave kumupira kuko turugarijwe
twari kimwe nange narinarabaswe namakipe nawucitseho
umwuka yansanze arandondora awuncaho ikipe ni (1)ni yesu Kristo
Nanje ndiko ntwarwa mwubwo buryo. Abantu nka wewe barakenewe vraiment. Twaratewe ntitwabimenya. Muhezagirwe
Agakiza ntikava mu byo umuntu akora. Ibi yigisha ntibyagukiza.
Namba uri paster uratahura nabi cane vrmt ubuzima bwawe nka bwose wari wabuhaye umupira non bakubwiye ko kugendera munama zababi arikuja mumupira😂😂 inamazabi nibarya mupangana ibintu vyivyaha kanaka mugomba gukora uri murugo ukamenya ishingano ryawe kumugore numwanya wokubana n'Imana uvuzuko hano mwisi ntahantu woronka uba mukazi abo muhura aburaba urumva uba wifatanije ninama zababiii
Imana iguhumugisha Mukoziw'Imana jewe naravyumvise kera umupira nukuri ntabwa umu Kristo akwiyekuwuraba Imana utubabarire murivyose.
Uriko mwabuze ibyomuvuga abayaraye arwana na nyabingi ziwabo
Umupira urimo abadaimoni byo utitonze wazisanga mu rwobo
Uri ijwiji woe ubwoxe urumu praster ubimbwa Yi kirara
Uri umu praster wikirara wijwiji
Yooo nivyo nanj ndawurorereye mbura amahoro no kuryama bikanga kl
Hhhhhh Manu for life ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤,