SIBEZA MUBIRINDE:Uburyo butanu baroga Abagore n' Abakobwa iyo batabaye maso
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 7 ก.ย. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku biganiro n'inyigisho tubagezaho cyangwa ukaba ufite n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788426035
Korera imana muvugabutumwa naho abavuga ndiwababuza kuvuga kuko stani abafite imitego yokugusha abakozibimana urabona uramena amabanga ye none uwomwuka turwana nawo ndugira umubiri ariko ufite imbaraga kdi ukorera mubantu ahubwo ujutwibwirira ufite amatwi yumve ibyumwuka abwira amatorero naho amatorero arangaye muyareke na yesu yaravuzengi mubigishe abazemera mubabatize nukorero ubyumva arinyunguye sawa abandibareke amen amen amen amen amen amen amen amen.
Natwe turagucyeneye ko wadufasha
Nagukunze imana iguhe umugisha wikita kumagambo yabantu jyawita kucyo icyimana yaguhaye urakoze cyane
Ujyugira ikinyabupfura mukubwiriza ntukiyamamaze urita abana biImana injiji! Yesuntiyigeze yivuga ko yakijije abantu
Uwiteka aguhe umugisha aguhozeho amavuta itabaza ryanyu rihore ryaka
Imana iguhezagire
Ikorere umurimo wawe abagusebya ubareke Yesu azaguhemba kdi urakoze cyane ibi bimenyetso nanjye mbyibonaho pe mbega imyuka wee😢😢😢😢 twaragowe
Amen
Amenna yesa ashimwe ❤ ❤❤❤
Yesu nashimwem mwayegahune
Da nkazaza mukansengera
Murakoze kunyigisho nziza mutugezaho
Murakoze mukozi w'Imana kunyigisho ziduhumura amaso Imana ibakomeze
Nakwikundiye umukozi w'IMANA ibyuvuga nibyumwuka rero akantu bikigihe !!ibintu byose bavugango namafaranga nayi nyene arakenewe !!exp:ngo ikigiracumi ngo kurya abapasteur barakakirya ugasnga barikugura indabo nibindi byibirori mbe!!uwobabiguriye ayomafaranga baramenya iyaja ?mbe iyapfuye ibyoyinejereje aha kwisi bizamuvugira?nimureke dukore ibyo ijambo y'IMANA ridusaba Amen.
Imana,ikomeze,iguhe,izindimbaraga,namavuta🙏🙏
Imana ibigufashemo ukorere neza bose urokorebenshi
Imana igwize kwizera n'agakiza kuri twe abadamu n'abakobwa.
Erize urakoze cyane kubwinyigisho uduhaye 🙏🙏
Habwa umugisha n Imana
❤
Murakoze cyane nyagasani aguhe umugisha
Urakoze kutuburira ,amen,amen
Imana iguhe umugisha nukuri haribyo nsobanukiwe ntarinzi
Yesu abahe umugisha
Wowe komeza umurimo wImana abantu ubareke satani arabakoresha.
Imana niyoyokudutabara ikaduha kwizera gushyitse!!
Mwiriwe uriya ndirimbo ifite amagambo yubwenge icuranze neza muyikomeze murakoze cyane.
Yewe abantu barashize pe
Imana iguhe imbaraga
Amen amen amen ❤❤❤
Abo bavuga ayomagambo
Ntibazabura
Wowe ukore uko
Umwuka akuyobora❤❤
Ameeeeeeen mukoz w'lmana
Murakoze twubgutse byinshi
Imana yaguhagurukije igushyigikire
Habwa umugisha❤
Iman iguhezagir cane
Muvandimwe,abantu Bose Yesu yacunguye ntamuntu numwe wabasha kubatangaho ibitambo !!
Kuko Yesu yaratsinze ntawabasha kubatanba kuko nabana b Imana
Iyo ni imyumvire yawe kugiti cyawe. Ahubwo uwasoma ibyo uvuze shobora kumuyobya akirara ngo ntakibazo gihari. Imikorere ya Satani iri muburyo bwinshi n'amagambo nkaya ayuririraho agahuma abantu amaso ngo ntakibazo bafite
Ni ngombwa gusobanukirwa rwose Kandi abantu barabikeneye cyane bakabohoka
Abahakana ukuri ahubwo babitondere Hari igihe Ari mwe mubatamba akaba ariyo mpamvu wivugisha uyobya abantu.Kandi yavuze ko Utazakora icyaha bitazamuhiraho ingaruka mujye mukurikira neza mbere yo kuvuga,abacunguwe ni bene abo badacumura Imana Ikabasha kumurinda.I
Amen❤❤
mutsengere karande zimveho
Inyigusho zawe ntago twazibonye mu madini. YESU yaguhagurukiriije ku gihe. Courage rwose
Uri umukozi w,Imana twemwera. Komeza umurimo w,Imana yagushinze Kandi izabiguhembera.
God bless you
Ndashaka nomero zawe murakoze mukozi wimana
Ndakwinginze usengere nzabone uburyo ngaruka kumateraniro kuko mfite ibibazo shaka kukubaza bijyanye nokwizera ndetse namadini.
Muraho neza Eris nonese njyewe konarose ndikumwe na perezida ngo mbona turi mukabande ahantu haririba ndikumwe numwana wanjye mutoya arimo gukaraba nkabona perezida ampa amafaranga nkamubwira ngo urakoze cyane IMANA iguhe umujyisha gusa nakangutse ntaramenya umubare wayo mafaranga munsobanurire mwokabyaramwe
Iyo warose perezida n'Imana iba yagusuye
Uko nukuri pe❤❤
Ntumwa yImana , inyigisho zanyu ziranyubaka Uwiteka akomeze kubasiga Amavuta kuko vyukuri ibitero nk'ivyo bikwiye ISI yoooose .Umwampi Yesu akomeze kuturinda!!!!
❤❤❤❤❤❤
Turabanurikira cyane kandi dufashwa n'impuguro ,inyigisho zokwakira agakiza Imana ibahe umugisha.Rero impanvu tutaza mu isengesho nuko mudushyira kuri caméra,muge mwihangane ntimugashyire abantu kuri caméra
Yesu ashimwe cyane! uzaze udashaka kunjya kuri camera arabivuga tukamwereka aho yicara
Mbaye uwa kabiri pe
Nivyo Mukozi w'Imana abarozi baraturembeje.Jewe uwundoga aho ngiye arankwirikirana nivyo mvuze akavyumva rero biranyobera ico yankozeko
Yesu Ashimwe cyane! Uzampamagare
Wadufasha ukaduha number yawe
Bon imbaraga n'amavuta ,uzajya ashaka kujya kuri caméra ujye umushyiraho ariko utabishaka ntimukamushyire kuri caméra ,urakoze courage
Isaro tv Yaziye igihe rwose twarahumutse bituma twizera Yesu wanyawe
Imana Ishimwe kubwuwu mukobwa
Natwe uzadusure adeper muhoza imusanze turabakunda.
Courage
Aho ho muramubeshyeye.
Yesu ashimwe muvandi, mfite umuvandimwe bakoreye ho ibyo linkages no guterekera muri 1996 kugeza ubu, ndabinginze mudufashe muduhe akanya ko kumusengera. Ntabwo yaza mur'urusengero kuko ntiyemera kuguma hamwe.
Noneho mubaye uwambere urebye icyicyiganiro
Waravangiwe pe mugihe cy imperuka hazaduka abitwaza izina rye
Ariko se ko muvuga ngo asengera abantu bamwe sinabonaga ahitwa ku nkuru nziza hatabaga abantu benshi , nukuri mujye mwihangana
Ama salons de coiffures nayo nyine baratwara imisatsi yabantu kubarogerako
Nange munsengere ndakomerewe
Munsengere na jye izonzozi ndazigira pe mbohoke narasenze narasengewe byaranze
None se birashoboka ko umuntu yagusura muri stidio?
Nkurikirana ikiganirocanyu
Twibwirire ibyururutsa umutima bareke abavuga fr ntibagitwarire umwanya imbaraga na mavuta ahubwo
Urota,arikumwe,n,umwami,wigihugu,bisobanuraiki?
Elyse, abo bakuvuga bihorere, ukore ibyo watekereje gusa ubona kitica ubutumwa bwiza.
Mukozi w lmana twigishe ukuntu wakwirukana lnzozi mbi za karande ninyatsi mu buzima
Yesu aturinde karande n' imyuka mibi yo mu miryanga
Mbaye uwa 842❤
Nomeroyaweniyihe
Bnjr? Ko hari abifuzako ubasengera waba usengerahehe?
Yesu ashimwe cyane, uze gukurikira ikiganiro Kumugoroba ndasobanura aho dusengera
Ubwo se umugabo wawe ari umuzungu cg umugore wawe ari WE urota ?
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭 Mana wadutabaye koko ukadukura muri ubu buzima bubi bwo gusambanwa nabadayimoni tabara ubwoko bwawe ndakwinginze
Uyu yaranyishotuye ndamwitiye
Aranuishitita Ngo ndamuveko nivya abiwacu
Twifashirize mukozi w'lmana ureke abavuga bavuge birabareba!!
Namwe ntimugakabye, atoranya abantu ate ko asengera abantu Bose?!
Elyse Chorale Abatwaramucyo ADEPR Rubona baragukumbuye
Yesu ashimwe cyane!
Uzabansuhurize cyane
Kandi na f nayo arakenewe. Udashaka kugukurikira age abyihorera, abo ni abanyamashyari.
Twarashize ahubwo nagira ninzozi zisaxwe
None c ntawundi munsi munsenjyeraho ngonzaze kwimfatanya namwe
Rwose utarahura ni miserero ya Dayimoni agirango ntayiriho
Bihorere abonibatobiya
Nabasanibarati
Imana yo mw’ijuru ikongerere imbaraga zo gukomeza gukubita dayimoni abantu b’Imana babohoke bakire agakiza
None umuntu ntivyakunda ko mumusengera atari hafi
Ibyo bibaho rwose
Nyiri cyubahiro MANA DATA wa twese mwizina rya YESU. nsengera Élise wature izina ryange nitwa UWIMANA.
Uzaze Dusengane kuwa 2 twirirwa dusenga
Musengerahe@@isarotv6229
Turagukurikira kandi turagukunda hano zambia
Ikibazo cyawe utoranya abantu
Ibyo ni ukuri atoranya abantu asengera abandi akabihorera
Usengera abantu bamwe abandi ukanga
Gera ku rusengero kuwa kabiri kwizera Yesu n'imbuto yo gukira mu izina rye
Reba Yesu birakunda
Wibeshyera Elysée pe!Gusa ujye wizera Yesu niwe ukiza !Nta kwizera ntagukira!
Imana igihe umugisha
Amen
Ndakwinginze usengere nzabone uburyo ngaruka kumateraniro kuko mfite ibibazo shaka kukubaza bijyanye nokwizera ndetse namadini.
Yebabaweee mukozi w' Imana rwose inyatsi ni byo njyewe binzengereje rwose
Nange munsengere ndakomerewe
Amen
Amen
Amen