UMUGORE UMWE NTAHAZA UMUGABO🤔Mu buriri kwima umugabo BIFUNGA IMIGISHA|Sheikh Ashraf yigishije neza✍️
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 พ.ย. 2023
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
KANDA HANO USURE CHANNEL YA SHEIKH ASHRAF: youtube.com/@sheikhashrafndayisenga?si=nHxLP66FxzsviEhe
@Isimbi Tv akenshi nkunda ibiganiro byanyu ariko uyu munsi nabihiwe. Ndabona hano ari ugukora promotion y'ubusambanyi. Muba mwongeyeho muba Islam kuri iyo titler yanyu.
Mukunda cane kuko avuga ukuri❤🎉
@@hategekimanamariespeciose5701 ubwo umukunda ushingiye kuki , mubyo avuze?
@@hategekimanamariespeciose5701 ubwo wowe uri umugore wa kangahe!? Ntago nari nabonye ko umusatsi utwikiriye. Ofcourse you do.
Imana yaremye Adam imuha umufasha umwe Eve kuki itamuremeye benshi ?
Imana yaremye ADAM imuremera umugore umwe rukumbi EVA ntago yariyobeweko umugore umwe atarihuhaza umugabo ibindi ni défense zamadini ntihagire untuka da ndavuga ibyo nasomye nabamwe muri mwe mwasomye 🙌🏻
Ukonukuri. Nisatini zamadini babamo zabakuriyemo
Kandi mwanga ukuri kuko mwese murabizi ko abagabo batanyurwa indaya zigurwa nanda? Si abagabo bubatse,abasore bazigura iki?mujye mureka twiyakire ariko twihakana ibiriho ngo twireme agatima
Uhamya ushingiye kuki ko Adamu na Eva babayeho???
Nyuma ya Adam c ntabandi bakiranutsi bashatse abagore benci, salom abagore 1000, dawudi, nabandi benci knd bakundwaga n'Imana........gusa nyine njye sinabishobora arko ababikoze sinabaveba.
Niba batarabayeho nawe ntabwo uriho.
Ariko niba muvuga ko umugabo atahazwa n'umugore umwe, kuki Imana itahaye umugore kwakira naturally guharikwa. The fact y'uko biba isoko y'intimba n'ibibazo makes me think a lot
Kwikunda se shaa😢
Aba Islam barasazee
Niba muvugako umugabo atahazwa n'umugore umwe kuki Imana imurema itamuremeye abagore benshi ? Kuki yamuremeye umwe umukwiye ? Mutekerezako Imana itarizi ibimukwiye ???
@@ntirenganyamariegrace1682 iyi Niyo ngingo ibatsinda ibindi nukwikunda nirari ridashira
Cyanee, bari mu mworera.
Ahubwo abagabo batazi kubikora usanga aribo baca inyuma abagore babo cyane agashinja umugore ngo ntabwo aryoshye kandi ariwe utuma bibiha
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😅😅😅😂
😂😂😂😂😂
😆😆😆😆
rata😂
Wouuuuuuuu ❤❤❤❤ sheikh nukuri urakoze cyaneee ndasobanukiwe ❤🙏🙏🙏
Sheik is very professional and humble. Thanks for sharing
Iman irakubona uyivuguruza yavuzeko umugabo agire uwiwe mugore rero kura amarari ngaho puuu
Kdi ubwo wasanga ufite Inshoreke hirya no hino 😊
Gabanya kwikunda monsieur hari n'abagabo benshi cyane badahaza abagore babo mu buriri banza umenye amakuru impande zose ntimukikunde ngo mukabye
Yavuze kubagabo ubwo nibo Azi kuko ni umugabo nawe uzavuhe kubagore
Shiekhe Ashiraf ❤❤❤ arasobanutse sana ntibazatubeshye Nta Mugabo muzima unyurwa n umugore umwe ninayo mpamvu ubusambanyi bwabaye bwinshi kndi bugakorwa nabo bashyiraho amategeko
Uyu mu Sheikh rwose ndikumukundaa❤❤❤
Shukran Sheikh kunsobanuro uduhaye Mansha Allah
Allah abaliki
Narinkumbuye Sheikh Ashraf
Uyu mugabo numuhanga cyane ndamwemera❤
Chapeau a Mr. Sheikh Ashraf ! Uraciye ubwenge pe !
Mashallah
Knowledgeble man
Iyaba aruko byubatse, IMANA yarikuba yararemeye Adam abagore 2, kuba yaramuremeye 1 nicyerekana kumwe ahagije, ibyobindi nirari mwigirira.
Thank you Dear! Ibindi ni uburaya nirari
I really love this sheikh.Blessed is the woman who have you as hubby.
Ashraf urabizi kbsa Imana iguhe umugisha kdi ikongerere ubumenyi miri wowe(ubwenge)
Icyiganiro cyiryoshy ❤❤❤❤sheih turakwemera
Sheikh Merc bcp vraiment
Sheikh ndakemera cyane nkurikirana mubiganiro byawe kuko binyungura byinshi nawe munyamakuru Imana ijye iguha imigisha kutuzanira umuntu nkuwo ndi hano Tumba ya Rulindo ndumva chita ahazi neza cyane nkuwahavukiye
Manshallah imana ibahe umugisha mwese ❤❤❤❤❤
Ahaho murabeshya umugore umwe yahaza umugabo cyane ahubwo umugabo umwe ashobora kudahaza umugore
Naho umugabo yaremanywe irari niyo wamuha abagore icumi irari ntiyarishira
Sicyo gisobanuro Yuko umugore adahaza umugabo
Imana iturinde irari nkabagabo
Mana yanje!!! Sabin mwempi Uhoraho abahe umugisha. Muduhaye ikganiro ciza cane.
abagabo babasiramu barikunda bagakabya p. umugore nimba aribyo nawe muzamuhe uburenganzira bwogushaka abandi noneho bibe kimwe kuri kimwe basi. nahubundi rwose nanjye ndumugore sinabyihanganira ko umugabo anzaniraho abandi gutyo .
I agree with you 100 %
Ndakwemera , ndebye iyi conversation , 2x , so ndemera ibyo umvuga
Mansha allah cheh wetuu allahu akuripe killa llaheri ku nyigisho uduha zaburi musi. Sabiin nawe imana ize ikumpera imigisha
Ufite umugabo??
@@IBIGABIROTV😂😂😂 urumva atamufite?
Sheikh uruwambere uduhaye ubusobanuro bwiza rwose✅👍
Sheikh umugore umwe ahaza umugabo ahubwo abagabo benshi ntibahaza abagore babo wowe umugore wawe nakubwira ngo rekera udaradera aho ushaka kugera azaba ataguza. Icyo nemera cyo abagabo tugira irari ritari ngombwa naho ibindi byo ni kamere yo kutanyurwa Imana yaremanye all males. Si umugabo gusa ahubwo n ibiremwa gabo byose ariko ntago umuntu akwiye kuba nkisake bazaniye inkoko kazi ihita ipanda ije ako kanya kandi iyabanje yayipanze rimwe ubundi igakubita ibaba gusa
Imana yaremeye umugabo umugore umwe Sasa rero ibirenze ibyo ni ubusambanyi imbere y,lmana rwose
Ma sha Allah
Njye rero abagabo baransetsa ,twe natwe abagore tugira irari rya amafaranga ,ubwo umugabo udafite amafaranga anyura umugabo we , ajye amureka amuce inyuma kuyafite
Umugabo wumukene akundwa na Nyina wenyine 😂nibagende !ibyo nurwitwazo
Inka yanjye🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Hhhhhhhh😂
Aslam araikum warhimaturullah wabarakatuh 🤗 komereza aho cheikh 👍
Umugabo utanyurwa n umugore umwe., nigihumbi ntibamunyura
Sheikh urakoze cyane erega Ni bibliay nzima ninyigisho y'Imana n'ubuzima rw'Abakristu bukuri nyabo n'ukuri kuzuye kw'Imana abagaragu Bose b'Imana babibayemo imibiri y'abagabo nti meze n'agato nkiya Abagore . Nyuma yo kugwa mucyaha Isi yinjiye muri Polygami mu nyamaswa no mubantu Ikigabo kimwe (imfizi) ibigore byishi . Iryo n'integeko ry'isi . I sake imwe inkokokazi nyishi. DAUDI UMWE wakudwaga n'Imana na Abagore magana atanu bamubyarira abana ijana umwaka umwe.
Nubwambere mbonye umuntu uvuga ukuri cyane namugabo unyurwa numugore umwenibibaho
Ibyo nukuri nta mugabo unyurwa n'umugore umwe!!! Bateye nabi , bateye asyiii niyo waba umuha gute😢😢
Imana ijye irengera abagore🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Nibyo rata nubwo wamuha umusi wose ntakuruhuka ntanyurwa
Urasekeje kabisa
Eeeeh!!! Ko numva bikaze
Noneho ukuntu ubivuze wanabirakariyemo niko kabi 😂😂😂, ubwo sinzongera kwigora nzajya muha uko mbonye nubundi urumva ko ntamuhaza
Ubwo uwo mugabo Yaba ari indahaga niyo wamuha 100 ntiyanyurwa.
Imana yagennye ko umugore umwe ku mugabo umwe bihagije ntabwo ari injiji.
Murekane ninyigisho z'ubuyobe.
Bazabona ishyano abashaka abashaka abagore barenze umwe.
Aliko abapagane baliho nibagende basambane nababanyura bose,nabogore nuko .
Aliko ntihakagore umva ko afite rezo . Imana izabibaza.
Uyu Mugabo arabeshya Ubwose wakwishinga Irari ngo nibwo uhaga niyo washaka iguhumbi ntiwahaga niyo mpamvu mugomba kwiyubaha mukiha agaciro Mukabahisha abagore Banyu mwabagabo mwe nkuko umugore yihangana kd ataruko wamuhagije byose ariko biterwa nurukundo umwe akunda undi naho ibyo kudahazwa numwe sibyo ayo namarari yababase Muzakizwe puuuuu
Uvuze ukuri
Ratabazakizwe biriyabyose nukubesyha p
Gukizwa ni Kumutima kumunwa wapiiiii !! Namwe mubivuga ntimukijijwe !!! Biblia iravuga ngo '' Bose bakozibyaha ntibashyikira ubwiza bw'Imana , Nonese wowe utugira Inama Zo Gukizwa niba usoma Bibiliya Abantu Bose Imana Yakunze ndetse bayikoreye ninde warufite umugore umwe ? Njye mbona benshi bari bafite abagore akangari Gusa twe tubishyiramo amarangamutima yacu bikanarangira tutanabyubahirije !!! Imana Yo n'ubumana Bwayo kubwanjye mbona Itareba Ibyo Tureba ! Ubatunze arabawe bazwi Kandi ubafata kimwe njye sinbibara nkicyaha
Yewe mfite umudamu umwe, ariko sinibaza Ko wavuga ngo amarari yabarenze kuko hari igihe uwigira umwere ariwe wirirwa mu ndaya kandi akaba yaseka abandi .
Ese iyo wumva Ngo Intumwa Abraham, salomo nizindi zagize umugore urenze umwe nuko atari abatoni ku Mana ,
Ese abakurambere bo mu Rwanda bagiraga abagore barenze umwe hari ubwo bari abaslamu, uzabaze n’amateka yahandi hose uzabona Ko imiterere ku mugabo n’umugore itandukanye
@@murenziabdou6776 wibaza ko gutuga abo bagore ryari itegeko ryimana ?? Ingaruka zo kugira abagore benshi urazizi? Uzi impamvu palestin ihorana intambara na isilael? Ese Imana washakaga ko ibajugunya bariya bakurambere ngo nuko umubiri wabananiye yarababariye kuko arinyembabazi ark ingaruka barazibonye !!!
Sheikh Amakuru twari tugukumbuye 💙💙
Sabin thank you for bringing him back. He has a gift of explaining things Mashallah
Umubare munini wabagabo barifuza kuryamana nabagore barenz umwe....rwose ndemeranywa naw sheilk
Iki kiganiro cyakoze kumitima yabenshi arko nkibisanzwe kwakira ukuri biragorana😂😂 gusa niko kuri nuko nkabakobwa kubyakira bigoranye buri wese aba yishakira akarimake😂😂 Allah abongerere sheikh ashirafu na Sabin ❤❤❤
Urakoze cyanee!uri umuhanga kd ufite ubunarirobonye kubijyanye numuryango rwose,nubundi abagabo nibake,arko nanone nta Kofi kdi nta Kofi nta gutereta😢ni hatal ,mu buriri niho imishinga itegurirwa mwa bagore mwe ni mwirekure😅
Ibirayagusa uzemerekowowe byakunaniye. Abandibarabishoboye wishuka abagabobabandi mwabirayamwe. Umugorewese ntabonumugabowabandi akamwifuza aro
Akihangana. Shanimutihana. Muzarimbuka nuwomuhamadiwanyupuuui
Ntawakurenganya Niko warezwe...uzabanze wige kwandika
Mujye mureka ubujiji gushaka abagore barenze umwe ntabwo byabarimbuza nkuko ibibifuriza ayo ni amaranga mutima yawe ashingiye kubujiji.
Ubwo rero niba ntamugabo uhazwa numugore umwe ndumva kumwima nabyo bitwaye kuko wamuha utamuha nubundi ntanyurwa mugihe wumva utabishaka ntampamvu yokwivuna kuko nawe ntabiha agaciro
Unva sha ukuntu abirabure twanyimoje amadini yabandi 😭😭😭
Amina sheikh
Batahana za lukono bilika' yiteka. Merci haj
Uyu mugabo azubwenge cyane
Ibyo uvuze simbyemera ,umugore umwe arahagije ,gusa biterwa n,ubwumvikane buli mu rugo .Kandi umudamu agomba kuba yaraganilijwe n,ababyeyi cg se ba nyirasenge .Ariko uretse no kubeshya dialogue ni ngombwa .Cyana cyane iyo mu bulili bitagenda .Kandi uretse kumvikana byose birashoboka .
SABIN ajye utunganiriza kubyumuryanga cyane❤
Mashallah
Love from wive tv
ese wowe ubonye umugore wawe arikumwe nundi mugabo kuko utamushimije waseka 😢cg warwana amadini aradushuka gusa habaho kunyurwa
Umugore n,umugabo ninde urongora undi?
Amba sabin ndumva bitoroshye cyokora abagore baba silamu mukenyere mukomeze
Nkunze aho uvuze ngo nk’abadamu batabikunda ngo uwabashyira mu mwanya w’abapfakazi bahindura imvugo bafite ubu
Asanti sheikh
Imana ntabwo itegeka kurongora umugore agira kabiri ico nikinyoma ca wamubi
Thanks Shekhar
Aho urabeshya harabagabo banyurwa nu muhire umwe pe she nibake ark barahari
Sheikh nzuli kwa hiyo kabisa
Njye mbambona ibibintu bibamo amaranga mutima ese ninde ubabwirako umugore ahazwa numugabo umwe?
Islam irasobanutse nukuri🥰🥰🥰
Yesu
Islam iri serious kbsa ndabemera! Byabindi ngo sinkigukunda bajye bishyura rwose!!
nukuri abagore turakabya pe duhorana impamvu knd baduca inyuma tukiriza ubusa indwara zacu ntizijya zishira narumiwe tujye tugerageza gutanga ibintu neza please bamama
Yego rata
Yiiii mujye muduha neza nibyo byishimo byacu
Woe c nkumugore uhora ubisha nkuko abagabo baba bameze?
Abagore benshi ntibaramenya iri banga. Umugabo = ibitsina bitandukanye + ibiryo. Nta bindi. Nicyo gituma twa dukobwa tumeze nk’uturaya dushinga ingo zikomeye kuko tuba twarasobanukiwe umugabo.
Yego harigihe wima umugabo kbx kandi nta mpamvu ukabona ahubwo uri kumwica peeee kuko abagabo uko bateye uko imboro yabo irimbere niko ihora ihagaze
Ubundi Umugore azi ubwenge Aja muburiri atanipinjama yambaaayeeee,,,ubundi ugasanza ibihwagari umugabo agahwikiraaaa
Écouter niba umugabo atahazwa numugore umwe nukuvuga ko nugore umubo umwe ntiyomuhaza. Kandi Sabin nibanawe udashaka kuzorwa murico caha wohagarika ibiganiro nkivyo bipfuye
Cheikh imana ikongerer ubumeny usobanurira nez abantu
Sabin! Ngo umugabo w'umkristo anyuzwe n'umugore umwe!!!
Sabe mbariza sheh kuki iyumugore adahazwa numugabo we yihangana kubera urukundo ariko umugabo ngo nashake undi mugore kubera irari?
WIBWIRAKO SE UMUGORE WIKI GIHE IBYO KUMUHARIKA HARICYO BIMUBWIYE???? UZAJYA MU BANDI NAWE AGUCINYUMA CG MUTANDUKANE KDI UBUZIMA BWE ABUKOMEZE UKO ABYUMVA IYO MYUMVIRE YARARANGIYE.
Ushobora kuba uri indaya mbaya.
@@diagfinamix1861 INDAYA NKA NYOKO
Nonese abadashyigikira ko ufite ubushobozi yashaka, bakajya mu ndaya bakabyara abana hanZe ubwo nibo shyashya ra kandi ko ari benshi arizo gatanya zuzuye
Amina
Nibyo rwose
Sheh nawe urabeshya korowani ivugako gushaka umugore wa2 aruko ugumba kubakunda kimwe ariko ikongera ikavuga ngo kuko bitashoka ibyiza byihorere .
Ibyo nibyidini ryanyu ntabwo arukuri ,umugabo wumusambanyi nubwoyashaka abagore 10 yabaca inyuma
Mwanga ukuri kuva kera no mumuco wwcu guharika byagaragazaga mudahazwa numugore umwe.wabyanga wabyemera ntamugabo muzima warongora umugore umwe
Atubwire icyo Yissa yavuze kubyo gushaka kuko numva bihabanye ni ibya Muhammed
Ndagukunda wa mugabo we
Murubavu havuyemo umugore umwe niyompamvu umugabo yemerewe umugore umwe
Utwigishijee neza
Kucyi se abagore babihanganira igihe mwebwe mutagikora akazi gakwiye umugore akabiganganira mwebwe kucyi iyo byanze muhita mushaka uwa 2,3,4 ?
Abadahazwa numugore umwe ubwo nabafise irari si non umugore umwe arahagije cane.
Njyewe arabivuze numva anteye umujinya,gusa buriya niko ateye njyewe uwanjye ndamuhagije,aranyuzwe nanjye nyuzwe nawe,rero iyo mico y'abasiramu yo kurongora abagore benshi bayigumanire pe simyiza namba
@@Alexolive4043ubwose ubwirwa Niki? Kwanyuzwe. Yewe nabonye umuntu agaye.
Ntabwo ari abaslamu bazanye iyo mico, uzabaze abakurambere benshi bagiraga abagore benshi kandi ntibari abaslamu,
Niba aguhagije ni byiza, ariko ufite umudamu utamuhaza akaba afite ubushobozi ntampamvu yo kuba wamubuza uburenganzira bwe, gusa undi mudamu atabishaka yasaba gatanya biroroshye.
Kuko uzarebe n’Intumwa Abraham salomo nabandi bagize umugore urenze umwe
Erega nubundi kuvuga ngo umugabo umugore 1 ntiyamuhaza nubundi Ari irari na 4 ntibamuhaza,kuko na Salomon yari afite abagore 700 ni nshoreke 300 (ibaze kugira abagore bangana gutyo ukongeraho ninshoreke),ubwo rero ugiye kubyirari kereka umuhaye abagore Bose bo ku isi
Bukunaniye kubyakira wasaba gatanya
Uzabaze amateka, kuvana isi yaremwa abagabo benshi bashakaga abagore benshi, ariko ntaho wabona umugore washakaga umugabo urenze umwe . No mu rwanda rwa kuva cyera niko byari bimeze,
Bizaguha kubona ko mu miterere umugabo atandukanye n’umugore
Buriya rero ikintu nabonye nuko ibintu byose Ari mindset wishyizemo ko wabishobora byashoboka ariko mu gihe wumvako Ari uburenganzira bwawe ni ukwiruka mpaka abagore Bose ubahetuye
Uzaba ze urebe ukuntu banywa inzoga, bahindura utubari kandi bashize inyota ni nako bigenda ku bagore, ngo ni iyo yamara kubikora agasohoka gato agahura nundi uhindukjra yahita are aho da, none se ko inkoni yabo itihishira ijisho rirarabukwa i gahita ihagarara😅😅😅
@@murenziabdou6776ntaho umugore yandikwa kdi ikandamizwa no gushyira hası umugore byarahahoze Ariko ntibisobanuye ko abagore babaga banyuzwe 100%. Uzabaze imibare y abana basangwa ko atari aba nyirurugo. Abagore kuko babibujijwe barabihisha Ariko si uko irari ritangana. Uwashaka kujya mu mico mibi wese ntiyabura impamvu
@@dusabeeden6932murasezerana akaba uwawe abagabo bagaba byinshi harimo amatungo n'amago ayo mago nayo nabo ba dame nyine.
Iki kiganiro ni true 💯
nanjye ndabibona kbs abagore batanga impamvu nyinshi
🙆♀️cyakoze amadini nicyo kiyobya bwenjye cyambere nabonye pe
Cyn p buriwese kwidini rye wagira ngo baba bararimuzirikiyeho we ntiyakwitekerereza! Birababaje!
Merci Sabin ni icyo nalimbajije nali ntarakugeraho.
Sabe yambu❤🇸🇦
Ahubwo ntamugabo umwe ushobora guhaza umugore gusa nuko abagore bihangana muge mugabanya kubeshya namarari
ikindi nuko harabagabo baba bafite daimoni bakibeshyako ari
ingufu zabo wapi umugore numuntu uteye ubwoba cyane
Uzabaze amateka, kuva isi yaremwa abagabo benshi bashakaga abagore benshi, ariko ntaho wabona umugore washakaga umugabo urenze umwe . No mu rwanda rwa kuva cyera niko byari bimeze,
Bizaguha kubona ko mu miterere umugabo atandukanye n’umugore
@@murenziabdou6776umugabo usambana buri uko umutima uteye ntabwo ari irari nuburwayi
Uvuze ukuri ubundi babona abagore banyurwa bakagirango babahagije mu buriri🤣🤣niyo utabishoboye kubikora neza umugore arihangana akanyurwa ntaguce inyuma kuko yakweretse ko anyuzwe Kdi utazi ko 🤣🤣abagabo bafite iyi myumvire baraciriritse cyane🤣
Ibyo sukuri kereka niba uwawe arwaye diabète,
Naho rwose ujye ukurikira ibiganiro bikorwa n’abagore ubwabo , abagore bahorana impamvu banga kubonana n’abagabo kuko abagabo baba babishaka kenshi
Iyo mana niya hehe igutegeka kurongora abagore bane
None se mutekereza ko mwebwe mutunyuze umuntu umwe ntushobora kubamo byose none se numugore utanyunzwe nawe arabyemerewe iryo ni kandamiza pe umugore utanyunzwe yihangane unugabo utanyuzwe ashake undi
Umvugiye ibintu nonese umugabo umwe we anyura umugore we erega byose bikorwa nurukundo ukunda umuntu numutima wawe wowe ntiwabura guhazwa nawe ikindi ibi babyita kwikunda ikindi binakorwa numuhago gushaka abagore benshi
ntabwo ari ikandamizwa. imoamvu umugore atabyemerewe nawe gushaka umugabo urenze umwe nuko muri kamere ya muntu uko twaremwe abagabo nibo bashaka abagore akajya iwabo akamusaba akamukwa.. ntabwo umukobwa ajya iwabo wumusore ngo amukwe.. N'Imana ijya kurema ntiyabanje umugore. Yabanje kurema Adam
Umva mbese
Uramutubarize iyo naho umugambo atavyara
Amen,narimukumbuye cyane
❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Ngahooooo reka mpindukirire umugabo abo bamarayika batarara bashikagura🙈🙊🙆
Gira vuba batagupfura umusatsi🤪🤪
@@kamarizaclaudine8200 ahwiiiii wowe urampuhuye pe🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂
Ubwo c wakunda abantu barenze 1 umwe gute? uba ufite imitima ingahe? sinemeranya namwe
❤❤❤❤
Ahubwo Abagabo ntarukundo bagira bigirira IRARI niba aruko bimeze 🤷♀️🤷♀️🤷♀️babasha gukunda 1,2,.........
Ese mufite ubushobozi bwo kubatunga muriguteza ubukene mugihugu nokubyara maibobo zirirwa mumihanda