Nkurikije ibyo uvuga , wemera imana pe kandi iguhe umugisha. Jyewe numva abagabo ba abanyarwanda bakera uhereye kuri ba Data numva bose bari nka abislam kuko bari bazı ko ingo zabo aribo zireba badasiganije abagore. Rwose abato bakwigireho bazubaka🙏🙏
Woe sinzi ikibazo ufite ninde wakubwiye ko byoroshye gukura umu islam ushikamye mu dini wivugisha ngo ntimujya mwiga corowani it's qor'an first of all ngo ndaguha amasura yibyo mvuze reka nkubwire muzasebya islam uko mubishaka ark trust me ukuri kuzagaragara in the end
Ariko ibyo biganiro byoguharika mwagiye mubyigumanira muri islam ko twe tutabikeneye.cyakoze mwabagabomwe bomuri Islam murikunda we, imana ige yorohereza abagore banyu pe ibahe umutima wibuye
Islam is perfect ❤
Icyampa Imana Sabin akampuza nuyumuntu basi tugasobanura kubyiribuye ababutsi banze disi hari ibintu numvise hari ibintu byinshi twaganira bigafasha benshi pe murakoze
Ntabwo mwahuza habe nagato
Sheikh ibyo avuga ni ukuri rwose.nuko abagore bafuha ariko islamu niyo yatetesheje umugore cyane,kuko umugore ntategetswe gushaka amafunguro,ntatanga inkwano...etc. Ikindi abagore nibenshi bakubye abagabo nkuko mubizi.murumva ko rero iyo umugabo ashatse abagore babiri batatu,aba ahishiriye benshi wenda bari kuzabura abagabo bakandagara.ISLAM NI UKURI KD NIYO GISUBIZO KUBUZIMA BWA MUNTU.
Djazakallah kheir sheikh Ashirafu Inyigisho zawe ziranyubaka❤❤ Islam for life ❤️
Erega uretse ko abantu twanga kwemera niba tubiziko Abagore kwisi turi benshi kuruta Abagabo ni ukubera iki bitugora kumvako umugabo yatunga umugore urenze umwe kdi ari Ibintu byumvikana Igihe abifitiye ubushobozi kdi muburyo bwemewe kumugaragaro❤ kuko twabyanga twabyemera bizahoraho😂😂😂
Ntago ari muri benshi ahubwo biterwa numubare wabantu naho baraje umusaya (Aho baraye)
Cha bro turi benshi pe 😂 kuko buri mugabo afashe umugore umwe hasigara abagore benshi cyane kdi Bose siko bashobora kuba abihaye Imana😂😂
Hhhh oya ntukadutinye ntago turyana😂😂😂
@@esperancemujawiyera7986ntundushya njyewe pe🙈🙈
Nkurikije ibyo uvuga , wemera imana pe kandi iguhe umugisha. Jyewe numva abagabo ba abanyarwanda bakera uhereye kuri ba Data numva bose bari nka abislam kuko bari bazı ko ingo zabo aribo zireba badasiganije abagore. Rwose abato bakwigireho bazubaka🙏🙏
Sabin urakoze cyane kugarura uyu mugabo, nibyagaciro gakomeye🙏🏽
Imana iturinde izonyigisho zubuyeyo umugabo nuwumugore umwe umugore nuwumugabo umwe❤
Bibiriya iravugango numuharika uzakomeze umuhe nkibyo wamuhaga usibye yesu utarashatse intumwa nabahanuzi babayeho bari bafite abagore benshi iyonbiba Ari ubuyobe Imana ntiyari kubyemera
Ngo ni ubuyobe??? None se ABURAHAMU ko yagize abagore, kandi Bibiliya itubwira ko ari Sekuru w'Abemera?
I meant kimwe .sorry there a typo on my text
Imana izandinde umugabo wamparika nibona agiye kunzanira mucyeba izamwice mbumufpakazi ariko nibinkunda sinzigere njyira mucyeba mwizina rya Yesu
@@AHERACYANE urumva yesu atsrsgatoye umuntu apfe mwizinarye murikoreshe mubintu byiza intimwa zose usibye yezu utarashatse zose zabsnye nabagore barenze umwe n"Imana iti numuharikaka uzakomeze umuhe nkibyo watuyumuha iyo ni bibiliya nayo yitocyeshe kwa jina la yesu
SABIN uyumugabo numugwaneza cyane
Cyakoze Sheikh Ashraf ndamukunda pe
Afite ubumenyi kumyizerere ye
Erega ntago gushaka abagore benshi ari icyaha ahubwo izi nyigisho zacuzwe nabahanga muburyo bwo kubuza abantu kubyara cyane ubu babonye bitaragenze nkuko babiteganyije bazanye ubutinganyi kugirango mumyaka izaza imiryango izazime hasigare abatinganyi bakoreshwa ibyo abazanye ubutinganyi bashaka intego yokubuza abagabo gushaka abagore benshi nuburyo bwo kubuza abantu kubyara ariko buhishe mu ibanga
Nimba ibyo uvuga ubikiye ku mutima ufite ababore bangahe? Cyangwa urateganya kuzashaka bangahe?
Abaz*u bashye
Njywe nemeranya nawe 1000%
Shehe nda kwemera cyane komerezaho
UBUYISILAMU BW' UMWIMERERE❤
Wa musilamu we ndagukunda pe
Umva njye sinkunda ibintu byogusangira pe
Haryoha ibisangiwe
Oya pe
Alhamdulillah ,Islam ntacyo itavuze 🥰
Ujye ushima imana ko wavutse mu rda igihugu cyigikunda kurusha iyo islam uvuga utanazi. Iyo uvukira muri biriya bihugu bindi uba warashingiwe ufite imyaka 9 nimba ufite n'akana gakakobwa nawe wari kugashingiza kugisaza cy'imyaka 50. Kandi uko n'ukuri.
Nakugira ninama yo gufata corawani naza hadith ukicara ukabyiga, uzasanga nkawe nk'umugore nta gihembo allah yaguteguriye mw'ijuru, noneho nk'umwirabura nta n'ijuru mufite, uko n'ukundi kuri.
Nimba wibaza ko mbesha byanashoboka kuko mwe ntimujya mwiga corowani mutahira ibyo baba babwiye. Umbwire ndaguha ama sura y'ibyo nkubwiye.
Ndi wowe navamo vuba vuga, ijyo dini bene jyo banga abirabura bakanabasuzugura, n'imana yabo ikabanga. Shaka agakiza hakiri kare. Har'indi Mana itarobanura ubwoko, idatoteza abagore ntinagire violence kubana bato.
Woe sinzi ikibazo ufite ninde wakubwiye ko byoroshye gukura umu islam ushikamye mu dini wivugisha ngo ntimujya mwiga corowani it's qor'an first of all ngo ndaguha amasura yibyo mvuze reka nkubwire muzasebya islam uko mubishaka ark trust me ukuri kuzagaragara in the end
Yesu aguhe Umugisha Abigari uvuze ibintu byiza Imana yo mw'Ijuru ntitoteza Abantu ntirobanura no kubutoni.
Hhhhhhhhhhhhhhhhh
Shekhe siryo ryahuje Adam Na Eva
Uyu mugabo numunyabwenge kweri
Number 1 ❤
Sha gusangira rwose
Sabin ahoho sahajye nkunda ibiganiro vyawe ariko iki nkigitangira mvuyemo.kuko imana yaremye umugore numugabo .ntabwo yaremye umugabo umwe ngo ihite imuha abagore babiri.wapiiiii izinyigisho sinzerewe kuzireba.ariko ababyumva uko muryohegwe nikiganiro buriwese agira imyumvireye
None c nkubaz ubwo ko abagab aribacyeya kubagore abazasigara batabaafite bo ntibqcyeney ibyaishim😢
Islam❤❤❤
Woooow❤
Nonese umugore nawe yafasha abagabo agafata abagabo babiri muburyo bwokubatatesha
Oya kuko umugabo niwe ushaka umugore agashakwa muei bibiriya Imana iravuga ngo nushaka undi.mugore uzakomeze uhe uwambere nkibyo wamuhaga
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂wowe uribaza nkibyo nibaza
@@salumkagame509 wowe ushyize mu gaciro ugakoresha ubwenge bwawe neza ibyo bintu urumva bishoboka????????
Akantu ko gusangira umugabo sikeza pee
KO bajya munshoreke intumwa nabahanuzi babayeho usibye yesu Bose bashatse abagore barenze umwe
Byakarusho iriya nzu ya cube irihagati point (center of world)
Gutetesha nib aruko ndayohoka idini ryukuri ndarimenye
Kalibu sana
Musome kdi mwige makka mu buryo GEOGRAPHIQUE muzasanga ari izingiro ryisi nu ubuhanga kdi ni ibanga ry Imana
Sigaho ayo namahano
@Sheikh Ashraf N,karibu sana. Lakini usirudie tena kujiunga na wale wantu wakuingiza katika vitendo vya maneno mabaya
Naho ntari umu islam ndakunda Sheikh Ashraf ukuntu ivyo yemera abirimwo neza kandi abisobanukiwe cane.
Number 3
❤❤❤
❤
NAMBER 2
Ubutaha uzamumbarize niba yemeranya na Muhammed washatse ayisha afite imyaka itandatu, muhammed we afite 54
Yego burya nuko byagenze🤭
@@igihozosandrine6762 man biteye ubwoba, noneho abantu yishe ntibabarika, igitangaje ni ukuntu Muhammad yasambanye numugore wumwana abereye se wabo. Ntabisobanuro babona rega
@@Olivier399icyo utazi urabaza ibyo byose uvuga ntabwo arukuri ahubwo Imana Allah sw ikuyobore inzira igororotse🙏
Sabin merci kuzana Sheikh duhe number z'iwe
Ariko ibyo biganiro byoguharika mwagiye mubyigumanira muri islam ko twe tutabikeneye.cyakoze mwabagabomwe bomuri Islam murikunda we, imana ige yorohereza abagore banyu pe ibahe umutima wibuye
Namber 4
Link irihex
This man is miss leading the world.
Very true
Muraho sabe,wazaduhaye ikiganiro twabuze abana 2muri genocide udufashije tukazababona mwaba mudukoreye neza cyane.❤
GUSANGIRA 😢😭 🤣🤣🤣
Ubwo umugore nawe reka ashake abandi bagabo abateteshe nawe rero😂😂
Biragoye sinkubeshye ubu nuburaya bweruy
@@Rwanda-ex2wl none x akubikora wihishe bimaze icyiii gusanjyira nibyiza qhubw nuko muba mwabikomej
So Allah lives in the kabbah?
No
Sabin iyo mu ijuru ikunezeze uradukomeza pe
Ntamiteto ahubwo namakimbirane hagati yabagore nabana
Nonese mwigisha gushaka abasore benshi kandi abagore bamwe basigaye birukira abakecuru bagafashe😅ubuse washakana numugabo arumukene mugashakana ubutunzi nuko yakumva ashyushye akajya gushaka abandi bagore bo kukurira umutungo😢
Noneho rero niba ariyo myemerere abagore bose mujye mubasangira nabagore bajye bihera umugabo wese biboneye ubundi mwisangirire ibyishimo byose
Ubwo se icyerekezo cy'imaka buriya cyibaha
Halisengesho hakaba nicyo bita iduwa
Islamu niryo dini ryukuri
Abisilam mwaragowe pe😂😂ngo gusenga ugomba kureba icyerekezo cyImaka😂😂ahwiiii
Ubwose nukugorwa narinziko saenga biloreye Toni kumugongo na bibiriya irabiviga icyibazo ababigisha ntibabibigisha
😢😢😢😢
Kurongora abagore benshi ntabwo aritegeko ahubwo nirari ryabagabo
Hoya ndakwera ariko ntaguharikwa weeeee
Bibiriya ivuga ko numuharika uzakomeze umuhe nkibyo wamuhaga
Guharikwa ntawo baba babikunze nuko ari itegeko ryidini kuko bikurura inzangano harimo no kurogana
Uyu mujaama ibintu by'abayisilamu arabizi pe.
Uwo mugabo uzaza kwiba iryo buye ubwo naza isi abazaba bakiriho bazamenya ko imperuka yaje 😂😂😂
Ese ubu tuvuge KO aba islam bose bafata abagore babo nk indabyo ra?!!! Cg ndebe ibindeba?!!
None se niba aba Islam bose basenga bareba i Makkah, abatuye i Makkah bo basenga bareba he? Ko umugi ari munini?
Nonese kuki batemera ko numugore nawe yashaka abagabo barenze umwe ? We ntabwo yaba agiye gutuma abo bagabo bishima? Njye mbona harimo kwikunda kwigitsina gabo
Nta Mugore ushaka arashakwa niba haraho uzi.umugore Yagiye gufatirembo agasaba akanshyingirwa
Nicyo bakoragusa nukwikunda birenze
@@salumkagame509 hanyuma se nicyo kibatera kumva mwe mufite uburenganzira bwo gufata irembo ku bagore barenze umwe hanyuma mukumva umugore we agomba kugumana. Umugabo umwe nawe umufata uko ashaka. Nyamara ahubwo mubaye mukurikiza ibyo muhamed yavuze byo gufata abagore nkikirahure ntimwabaharika kuko nta mugore wishimira guharikwa
@@madimadi3112Erega Imana yabaye umugabo imbaraga zo kubasha gutunga umugore urenze umwe arko umugore ntiyabona imbaraga nububasha bwo gutunga umugabo urenze umwe!!havuka intambara hagati yabo bagabo basangiye umugore.arko umugabo yakontorora abagore barenze umwe bigashoboka kandi ingero turaziboneka hirya no hino ku isi hari nabashaka umugore urenze umwe kndi Atari numuyislamu.
ISLAM ni idini y'Imana ubyange cg ubyemere Niko kuri cyane ❤
Uno mugabo azi gusobanura peeee
Abayisilamu marinara mbicyane kandi ntimufasha abanamubyara
None se ko mubatetesha bakabajyana mu baphumu kugirango bahorane igikundiro imbere yanyu? Uko bahora muri compétition? Cgwa ubwabo bakarogana? Ibyo urabiyobewe? Ntavuze n'abana barorwa nabo bamukase?? Muvane ibipindi aho. N'uko abo bagore banyu ntacyo babikoraho, n'aho ubundi ndakurahiye ko ijyo tegekobabishobiye barikuraho, nta mugore wakunda guharikwa.
Nushatse umwe aramueoga ngo atajya ahandi uburozi ntiburi mugushaka abagore benshi
Byihorere aziko tutazi abagore babo ko bashavuye kubera guharikwa gusa abapfumu bamazeho udufaranga
@@salumkagame509Birazwi ko abasiramukazi bakunda kwifashisha inzaratsi kubagabo babo, kandi kabo sibo nukubera abagabo babibatera
Islam , please stop treating women as second class citizens, we are equal expept we have given different functions by the Creator
SABIN uyumugabo numugwaneza cyane