MABUKWE YANYICIYE ABANA URUBOZO😭ABAROZI BARAGWIRA ARIKO IBIBYO BITEYE UBWOBA💔NGO SINZAHEKA AKIRIHO
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ม.ค. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - บันเทิง
Uyu mubyeyii nasenge cyanee uwitekaa azahindura amatekaa😪😪
Abagangabize amagufa nimitsi nibyo bamufasha ariko ibi bibaho cyane Banyirabukwe wabantu harigihe amaraso adahuza nayabakazana anambra umugore cyaneeeee niyoyavuza bikanga gukira
Murahoneza uyu mubyeyi yajyana bana kwa muganga kuko wasanga hari vitamine babura cg kuko njye ntago mbona ko imbaraga za barozi zaruta izi mana cyane kwasenga murakoze dukunda biganiro byanyu mubane ni mana
Mukomere nshuti za Yesu! iki kigeragezo nticyoroshye pe! Ariko Imana ishimwe ku bw' imirimo itangaje ikomeje gukora
Ariko aba bakecuru bakwihannye bagakizwa koko ko Imana yacu ibarusha imbaraga
YESU we uwo mu byeyi yihangane ntibyoroshye uwamugaje abo bana azabona ishyano nanjye niko banjyize mfi amaguru ameze nkuwo amaguru afatanjye mu mavi kd byamfashe mfite imyaka 35 muri 2009 ndashima Uwiteka ubana nanjye akamha kubyihanganira no gusenga uburibwe bukagenda bugabanuka bazabona ishyano abo bakora ibyangwa na maso y Uwiteka
Ubundi woe wamudamuwe haribyo duhhuriyeho pe
Mana wigaragaze ur Imana, tuzongere tubone gukora kwawe Amen
Imana yacu iracyakora ndishimye kubwimirimo nibitangaza Imana irigukorera Abantu bayo
Oyarwose inamayo kujya kwa muganga niyo muganga ushozwe kuvura amagufwa .kandi no gisenga kuko icyambete ni mana .imbaraga za batozi ntiziruta izi mana .
Birambabajye nukuri mana ntambara uyumubyeyi
Birarenze pe!
Imana ishimwe kuko ishoboye byose!
Shimwa Mana qmabokoyawe nimareremare🙏🙏🙏🙏
Imana erega ninzima koko
Imana igira amaboko
Iyo basha abobana abahoriki koko
Icobikoze hari abanzi kwisi noe nko kugira abana nkuko aribo kazoza kejo hazoza
Nonese uragirango agire ate
Manawe lmana ibiteho
Utey ubwoba Mana weeeeeee, naba uzabakiza ndakwizeye
Yebabaweee Maman Celine burya bwose niko byagenze?
Arikomana yanjye,,gusa harikizereko ayamaguru yagororoka
Muraho neza? Umwaka mushya muhire. Uyu mubyeyi ya huye n'uruva gusenya pe! Ariko ni akomere.
Mana yanjye
Amen dufite Imana ishoborabyose lmana yacu ishimwe mbere nambere lmana.
Ariko uyu mubyeyi azegere umuganga ,harigihe ubu burwayi buterwa nuko umwana yavutse afite fer nke mumubiri kandi umwana afatwa atangiye kugenda.uwo mwana muto amujyane kwa muganga barebe ko afite fer ihagije
Ariko mwabaye mute? Ubuse ubuhamya ntubwumva?
Mbere yo kwandika muge mwunva inkuru yose abana nyirakuru niwe ubarega
Ese iyo wakurikiye ikiganiro yavuze ko abaganga babura indwara! Bavura ikintu batabonye cga uburozi ubwumva gutyo ntabwo ubuzi? N' inyonjo barayiroga bagucisha mu cyuma bakabona nta kibazo kiri mu mugongo none uravuga gutyo?
Ntabwo ari Fer nkeya ahubwo ni carence en vitamine D na Calcium akenshi.