URUPFU ABA BAHANUZI BANYISHE MPAGAZE😭NGO MAMAN NIWE WANDOGAGA😭BANDOGEYE MU NYONI😭BANYIBYE INYENYERI
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 25 ส.ค. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
❤❤❤Ibi biganiro nabikunze cyane byanyunguye.
Nukuri abantu bakurikira Beulah Bazayombya, nukuri bazaba bizize
Ikiganiro cyanyu cyamfashije Imana ibahe umugisha,n,uwo mugabo Imana imuhe umugisha,ni umuvugabutumwa mwiza mubikorwa no mu ijambo,Gusa yigane umugore we mwiza yiyogosheshe neza nkabavugabutumwa,turarushaho kumusoromaho imbuto nziza.Murakoze.
Ububuhamya burakomeye pe iyaba abakristo bose babwumvaga ubuyobe bwagabanuka kuko amadini amwe abarizwa muri born again iyi myuka iyobya irimo rwose kuko mukintu bigisha cyane nikarande zibuza abantu gutera imbere mubifatika
Uwiteka ni ashimwe Ku bw'iki kiganiro muraduhuguye cyane !Pamfile udufashe bakomeze kutuganiriza kuri iyo myuka kuko imaze benshi n'abo bahanuzi kugira ngo abantu bave muri ako kazitiro.
Ndabasuhuje bavandimwe Amahoro y' Imana abane namwe
Uyu mugore yamfashije yavuze byinshi naciyemo umva aharabakozi basatani babeshya ngo nabakozi b'Imana namasezerano abasengera murusengero rwe barayasinye
Uyu mu dame afite byinshi kandi ni umuhanga Imana ikomeze imufashe kuduhumura amaso
YESU abahe imigisha ❤️❤️❤️😄😄❤️❤️❤️❤️❤️
Numuhanzi w umunyarwanda witwa Bushali afite indirimbo yitwa Nyabingi, unteye gute gutecyereza byagutse kumikorere yanyabingi, ibaze Bob Marley aririmba nyabinghi!!
Yoo ntago nari nyizi rwose ,nzayumva
Mbega umuruho wabantu bari mwisi. Ikariso yibihumbi50, gusongoza izuru.
Murakoze cyane iki kiganiro kiraryoshye
Yoooo mbega ibihe tugezemo disi nibenshi bahuye nabo bahanuzi kuburyo ababyeyi bagiye kuzicwa nagahinda.ibaze kubaho umwana atagusura nuwo abyaye atakugeraho ngo uri umurozi waramubyaye ntabe yanagusuhuza disi ngo barahanuye😢bantu tube maso ibi bihe biteye ubwoba
Uyu mugabo Imana imuhe umugisha
Ibyo uvuga rwose nange iryo torero naribayemo rwose sinumvikanaga na mama pe sinzi esprit ihari ituma utagirira urukundo umuryango wawe kuva
Pampfi muzakorane ikiganiro na maman w,ubwo mudame ariko bari kumwe twumve ibikomere uwo mubyeyi yagize
Imana ibahe umugisha mwaradufashije cyane
Imana ihe Umugisha abatumirwa ❤. Ndetse nawe
*#Jeannette**, Mama wawe uzamusabe imbabazi KARINDWI INSHURO MIRONGO IRINDWI.*
Uko nshoboye kose
@@Jeannette-q3sYesu azoguhe ijuru maman Noah❤
Maman wawe,yaravunitse mumutima.
oooh ariko mbega couple nzizaaaaa weee mbese bambaye ubwiza bw'Imana nukuri
Ababantu uzabagarure pamphile ❤
imana ikurengere birakomeye nukuri
Ndagukunze wamudamu we
Imana ikomeze uyu mubyeyi, kuko afite ibintu byinshi byo kumenyesha itorero
Be blessed
Nibyo ABARASTAS bazi history ya nayabingi, bamwemera nku Mukecuru wabaye muri Uganda🇺🇬, wari ufite imbaraga, baramuterekera.
Abantu benshi ntibazi ko rastafari ubwayo Ari idini
nukuri uyu mu maman afite ibintu byinshi byo kutuganiriza no kutwigisha turamwinginze azagaruke kenshi ahubwo pe
Yesu arakora satani amware yesu azahora atsinnda
Ibi bintu birimwo amasomo menshi p-e!
Umwami yesu christo abahezagire cane
Ntibyoroshye pe!
Uwo mubyeyi arakoze pe azagaruke atubwire kugutwara inyenyeri abo bazitwaye pe tumenye uko twitwara
Muraho muduhe aho ubu buhamya butangirira
Uru rusengero ni uruhe bavandi
Yewe nibyo rwose
Ubutaha uwo muvyeyi azaguha umwanya nawe umwunganire kuko harigihe ushaka kunyuzamwo impuguro ariko akaguma avuga bigatuma naza mpuguro utazicishaho kandi azavuga gahoro kugirango tubitahure neza 🙏
Uburozi buri mumadini sinzi uko buzarogorwa. Benshi turahaboreye kubera ubutamenya. Niyumviye Pastor wa Restoration avuga ngo nikuki ndi so wo mumwuka ukajya gusoma ibitabo ntakwemereye?
Mushoje mbakunze disi
Mbega mweee n'ikariso za 500 K zirahari za mark
Mana yanjye!!!😮
Iryodini nirihe riteranya abavandimwe nababyeyi nirihe?
Iyisi iragoye Irimwo ibigeragezo vyishi Imana iturengere
Ihangane mama
Ariko mwayavuze ayomadini abantu bakayavamo
Jyewe nakomerejwe numupastori atangira kunsambanya nkiri muto ubu aracyari umupasiteri akdi ayoboye amatorero menshi
Yeweeee,ihangane disi usenge Imana wenyine igukureho uwo muvumo
Ooooooooh!!!!sorry! Imanaa ikomore😢😢
Komera ma Imana ikomore
Wasanga yaragushakagaho roho yawe kuko urumva kugira ngo wizere ijambo ry' Imana rivuye ku mupasitoro biragoye,Kandi Sha uziko iyo bagutangaho igitambo.akenshi bica mu gusambanywa😢
Ntakindi kibura nubutumwa bwiza.
Kubwira abantu yesu Kristo numurimo wee
Murakoze vyukuri icampa abantu bose bakumva bino biganiro bova mubuyobe
Akokantu 100 yego nimukiranuke
Isi yuzuye amarorerwa 🤔
Jeanet wange
Ndagusuhuje cyane Jean wee
Imana ishimwe i was waiting
Manawe uyumubyeyi yarakubititse pe
Abantu bafite amasezerano azasohora nyuma y' intambara barahari da😅
Cyongaho ibyo nibwo ndabyumva 😢 nonese hari ubuhanuzi ko hazaba intambara se?
Yesu!!!!!
Imana idukore ku maso pe
uzamutubarize ubutaha ukuntu yarameze igihe yari yaribwe inyenyeri ye, mbese ukuntu yiyumvaga.yashatse kubivugaho gato ariko ahita abica kuruhande
Iryo dini ni irihe nyabuna ngo abantu tugire amakuru ? Mana weee!
Gusa disi lmana yaguhaye umugabo atleast
Imana ikumara umubabaro ,yaje ngo anyomore Ibikomere basi rata urakoze kubona Ako kantu❤❤❤
Nubundi havangirwa uwabaye mu mwuka
❤❤
Nyabingi mubarasta. Noneho ndumiwe. Nubwambere mbyumvise
Ubuhamya bwawe buratwubaka bukaduhumura n,amaso komera umwuka wera akomeze kuba muri wowe
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ese ikiganiro kibanziriza iki ni ikihe ko wagirango gihereye hagati?
Ndabasuhuje bavandimwe Amahoro y' Imana abane namwe
Uyu mugabo Imana imuhe umugisha
Eeeh sinarinzi ko hariho amadini ameze atyo pe. Uhoraho adutabare kandi aduhe ubwenge kuko abadayimoni biyambitse ikanzu yera
Mana we dutabare.
Ndabasuhuje bavandimwe Amahoro y' Imana abane namwe