Byari intambara ikomeye // Umwigisha w'Ubuntu yahuye na Ev wiyemeje kurwanya inyigisho z'ubuntu.

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 18 ก.ย. 2024

ความคิดเห็น • 30

  • @nzizaangel
    @nzizaangel 9 หลายเดือนก่อน +1

    Abanyabuntu barayobye kweri😢 yesu abibuke kbs

  • @muhanephilip930
    @muhanephilip930 6 หลายเดือนก่อน

    Muze Gutandukanya Abakozi b,Imana ,nabana bayo. Ntamwana w,Imana uzarimbuka .Kandi Imana ntibyara Abanya byaha .urubanza Abantu bafite ,Nuko batizeye Imana Icyo yabakoreye mumwana wayo yesu kristo.

  • @UKURI1KUZIMA
    @UKURI1KUZIMA 2 ปีที่แล้ว +2

    Amen Ubuntu Imana yabuhishuriye abayo ,kandi niyo nkurunziza twakira tukabaturwa tukaba amahoro mu mitima yacu

  • @UKURI1KUZIMA
    @UKURI1KUZIMA 2 ปีที่แล้ว +1

    Kristo Yesu niwe kwezwa kwacu,gukiranuka kwacu,gucungurwa kwacu n'ubwenge bwacu(1cor1:30)kugirango hatagira icyo twirata uretse Imana gusa(1cor1:31)

  • @esperancenyinawumuntu80
    @esperancenyinawumuntu80 3 ปีที่แล้ว +2

    Amen uyumuvugabutumwa
    Abisobanuye
    Neza
    Nibamwumviseneza
    Mwisengesho
    Yesu.yigisha.intumwa
    Gusenga
    Haraho
    Yabuzengo.utubabaribyaha
    Byacu
    Birumvikanako dushobora
    Gucumura
    Tugakoserezlmana
    Ndumvarero.arukuri
    Gusenga.twakimbabazi
    Niko
    Bible
    Itubwira.muzatumire
    Nabashumba
    Bamatorero
    Nebo bagiricyo
    Bavuga.kurizinyigisho

    • @momopati262
      @momopati262 ปีที่แล้ว

      Soma cyane ,ubaze,ndetse usabe mwuka wera agufashe aguhe Ubwenge bwo gusobanukirwa nibyanditswe kuko numenya ukuri uzabaturwa

    • @noellauwase3346
      @noellauwase3346 ปีที่แล้ว

      Ibyaha ntibikabategeke kuko mudatwarwa n'amategeko, ahubwo mutwarwa n'ubuntu.
      (Abaroma 6:14 urabonako abatwarwa nubuntu bw'Imana baba batagitwarwa nibyaha
      Ahubwo muvandimwe Ukwiye Kwihana ukiringira Umwami Umwe ariwe Kristo we waje gukuraho ibyaha bya bantu be,kuko niba utizera ko ibyaha byawe byahaniwe Muri we uzarimbuka rwose kuko ntahandi Imana izahanira ibyaha uretse muri Yesu Kristo gusa kuko hatabayeho kumeneka kwa maraso ntihabaho kubabarirwa ibyaha,
      (kuko ukurikije amategeko ibintu hafi ya byose byezwa n'amaraso, kandi amaraso atavuye ntihabaho kubabarirwa ibyaha. )
      (Abaheburayo 9:22)icyo nibaza iyo uri kwihana umena amaraso? Niyo wayamena ukamena nayabisi yose ntiyabasha kugukuraho icyaha nakimwe, amaraso ya Yesu yamenetse kumusaraba niyo yonyine akuraho ibyaha byabari mwisi kuko ntarindi zina abantu bo mwisi bose bahawe gukirizwamo uretse irya Yesu Umukiza gusa. Rero ushaka wamuhungiraho kuko rwose nutizera Yesu Kristo wenyine umujinya w'Imana ntaho uzawucikira, Hunga udapfa ukazarimburanywa nabanze kumvira bose babandi bazaba bavuga ngo Mwami mwami ntitwahanuraga, ntitwasengaga cyane ibyo byose ntamuntu numwe byigeze bikiza.
      *Simpindura ubusa ubuntu bw'Imana, kuko niba gukiranuka kuzanwa n'amategeko Kristo aba yarapfiriye ubusa*
      (Abagalatiya 2:21)

    • @noellauwase3346
      @noellauwase3346 ปีที่แล้ว

      Ibyaha ntibikabategeke kuko mudatwarwa n'amategeko, ahubwo mutwarwa n'ubuntu.
      (Abaroma 6:14 urabonako abatwarwa nubuntu bw'Imana baba batagitwarwa nibyaha
      Ahubwo muvandimwe Ukwiye Kwihana ukiringira Umwami Umwe ariwe Kristo we waje gukuraho ibyaha bya bantu be,kuko niba utizera ko ibyaha byawe byahaniwe Muri we uzarimbuka rwose kuko ntahandi Imana izahanira ibyaha uretse muri Yesu Kristo gusa kuko hatabayeho kumeneka kwa maraso ntihabaho kubabarirwa ibyaha,
      (kuko ukurikije amategeko ibintu hafi ya byose byezwa n'amaraso, kandi amaraso atavuye ntihabaho kubabarirwa ibyaha. )
      (Abaheburayo 9:22)icyo nibaza iyo uri kwihana umena amaraso? Niyo wayamena ukamena nayabisi yose ntiyabasha kugukuraho icyaha nakimwe, amaraso ya Yesu yamenetse kumusaraba niyo yonyine akuraho ibyaha byabari mwisi kuko ntarindi zina abantu bo mwisi bose bahawe gukirizwamo uretse irya Yesu Umukiza gusa. Rero ushaka wamuhungiraho kuko rwose nutizera Yesu Kristo wenyine umujinya w'Imana ntaho uzawucikira, Hunga udapfa ukazarimburanywa nabanze kumvira bose babandi bazaba bavuga ngo Mwami mwami ntitwahanuraga, ntitwasengaga cyane ibyo byose ntamuntu numwe byigeze bikiza.
      *Simpindura ubusa ubuntu bw'Imana, kuko niba gukiranuka kuzanwa n'amategeko Kristo aba yarapfiriye ubusa*
      (Abagalatiya 2:21)

  • @muhanephilip930
    @muhanephilip930 6 หลายเดือนก่อน

    Abakristo ntitujya mwijuru Ahubwo turirimo .Imana ibyara Abera ,nkuko nayo Ari iyera.

  • @muhanephilip930
    @muhanephilip930 6 หลายเดือนก่อน

    Wowe uhakana ko tutari Abera Ijana kwijana .wumva Imana yabyara uwera ikogera ikabyara uwanduye ???

  • @muhanephilip930
    @muhanephilip930 6 หลายเดือนก่อน

    Gukosa kumwana ,ntibikuraho ko Ari umwana w,Imana.kandi guhanwa sukurimbura .

  • @gulgalgospel2025
    @gulgalgospel2025 11 หลายเดือนก่อน

    Ubundi umuntu wiyanduje ntibigombera ko yezwa aba yibambiye umwana w'lmana kumugaragaro ariko uwandujwe agarura ahandujwe mumazi yo akuraho umwanda mumbabazi amaraso ya yesu ahoraho

  • @muhanephilip930
    @muhanephilip930 6 หลายเดือนก่อน

    Twaraba babariwe burundu .turi Ibyaremwe bishya.bidafitanye ikibazo n,Imana.

  • @Chantal-dh2fe
    @Chantal-dh2fe 2 หลายเดือนก่อน +1

    Noneseckwihana kuvuyemo gukora nibyaha utigeze gukora ngo warahindukiye wamufarisayowe ntuzigera unyobya njewe

  • @momopati262
    @momopati262 ปีที่แล้ว

    Muvandimwe bonke Imana yakugize Umunyamugisha mwinshi rwose hano wavuze Ubutumwa bwiza bw,Ubuntu bw,Imana peeee

  • @uwacualine2010
    @uwacualine2010 7 หลายเดือนก่อน

    Rekera kubeshya abantu ubayobya ahubwo iryo jambo urimo uvuga riri mu barima 2:8 rikuganze izo nyigisho z'abadayimoni zivuga Ubuntu uko butari ugahimba ubwawe uzireke 👂👂👂

  • @jeanboscokumirwa3830
    @jeanboscokumirwa3830 2 ปีที่แล้ว +1

    Ushaka gusobanukirwa iby'ubuntu bw' Imana sura channel yitwa " IJURU NTIRIKORERWA"

    • @noellauwase3346
      @noellauwase3346 ปีที่แล้ว +1

      Ibyaha ntibikabategeke kuko mudatwarwa n'amategeko, ahubwo mutwarwa n'ubuntu.
      (Abaroma 6:14 urabonako abatwarwa nubuntu bw'Imana baba batagitwarwa nibyaha
      Ahubwo muvandimwe Ukwiye Kwihana ukiringira Umwami Umwe ariwe Kristo we waje gukuraho ibyaha bya bantu be,kuko niba utizera ko ibyaha byawe byahaniwe Muri we uzarimbuka rwose kuko ntahandi Imana izahanira ibyaha uretse muri Yesu Kristo gusa kuko hatabayeho kumeneka kwa maraso ntihabaho kubabarirwa ibyaha,
      (kuko ukurikije amategeko ibintu hafi ya byose byezwa n'amaraso, kandi amaraso atavuye ntihabaho kubabarirwa ibyaha. )
      (Abaheburayo 9:22)icyo nibaza iyo uri kwihana umena amaraso? Niyo wayamena ukamena nayabisi yose ntiyabasha kugukuraho icyaha nakimwe, amaraso ya Yesu yamenetse kumusaraba niyo yonyine akuraho ibyaha byabari mwisi kuko ntarindi zina abantu bo mwisi bose bahawe gukirizwamo uretse irya Yesu Umukiza gusa. Rero ushaka wamuhungiraho kuko rwose nutizera Yesu Kristo wenyine umujinya w'Imana ntaho uzawucikira, Hunga udapfa ukazarimburanywa nabanze kumvira bose babandi bazaba bavuga ngo Mwami mwami ntitwahanuraga, ntitwasengaga cyane ibyo byose ntamuntu numwe byigeze bikiza.
      *Simpindura ubusa ubuntu bw'Imana, kuko niba gukiranuka kuzanwa n'amategeko Kristo aba yarapfiriye ubusa*
      (Abagalatiya 2:21)

  • @muhanephilip930
    @muhanephilip930 6 หลายเดือนก่อน

    Ibyaha Bihari nibyabantu bakorera na hagati yabo Gusa. Aborero abibikoreranye babyaturiranira .Bagasabana Imbabazi ubwabo.

  • @noelhakizimana-yl3bi
    @noelhakizimana-yl3bi หลายเดือนก่อน

    Abantu batemera Ubuntu niyo basobanura ibintu baba bababaje nukuri

  • @UwinezaCadeau
    @UwinezaCadeau หลายเดือนก่อน

    Abanyabuntu muba mubuyobe

  • @gulgalgospel2025
    @gulgalgospel2025 11 หลายเดือนก่อน

    Mbabarira nubuzima kuko dufite umurengezi niko yohana yavuze

  • @AyingeneyeJBosco
    @AyingeneyeJBosco 9 หลายเดือนก่อน

    Reka nshimire umuntu watumye ndeba iyi chanol bigatuma mbona iki kiganiro.
    Ndebye abagabo cg abasore babiri,
    Umwe ni umuvugabutumwa bwiza, undi ni umuvugabutumwa.
    Nashakaga kuvuga byinshi ark abasomyi bakunda gusoma bike.
    Gusa Elia ni umunyedini ark yakunze gusoma byinshi ark bidahura n'icyaganirwaga ho.
    Muribyo yavuze ngo yasomye arasoma nta subiremo ibyo yasomye
    byandi tsehe ko Yesu yasenze iminsi mirongo ine?
    Kuba umunyedini asoma inyuguti ntaho bitabiye nuko Yesu aje mumubiri ageze murusengero igadoma ibyo yasomye abari aho babanje kumwumva neza ababwiye ko bisohoye mumaso yabo baramuhinda ngo bamutembagaze ku manga.
    Reka mbaze Elia yibwira ko ari umunyedini mwiza kurusha bariya ba farisayo n'abasadukayo...?
    Uko ba muyobewe na bubu baracyamuyoberwa.
    +250783608443 byanshimisha tuvuganye kuri whatsapp na Elia.
    Iyo ni iyanjye nasoma comments azamvugishe.
    Naho undi nakomeze uvuge ubuntu, kuko ubuntu ni Yesu kristo utongeyeho nagato.
    Ni wongera kuganira na elia uzamubaze uti ubundi ko utemera ubuntu ibyo wiyeza ni ubuntu bwa biguteye?

  • @luckytv8590
    @luckytv8590 2 ปีที่แล้ว

    Niba yesu yarababariye icyhakimwe aricyo cyinkomoko nkuko idini ritubwira ikibazo 1 , yesu yabatararangijumurimowe? 2, yesu ntambaraga yarafite zokubabarira ibindi byaha? 3 , imana yohereza yesu yamutumye gukuraho ubucuafu bumwe ngwasigubundi? Urugero bokubwira gukoropinzi wamarukayikoropibicye nvuganye nabafitihishurirwa mutunva nabi

  • @gulgalgospel2025
    @gulgalgospel2025 11 หลายเดือนก่อน

    Yemwe mwe kujya impaka icyo ibyanditswe bimariye itorero ribafasha gukura mumwuka no kwezwa kwa buri munsi

  • @momopati262
    @momopati262 ปีที่แล้ว

    Nukuri nteza amatwi aba bagabo uyu mugabo uri guhakana ubutumwa bw,Iza bwubuntu bw,Imana ntago azi Ibyo avuga peee gusa yafashe Ibyanditswe mumutwe ariko asome yohana 5:39-45 nasanze avuga Ibyo yabwiwe aho kumva ngo asome bibiliya muri context

  • @martineric4653
    @martineric4653 3 ปีที่แล้ว +2

    Ntimukajamutubesha abanyabuntu baretseukuri kuko agakiza twahawe ntikatwemerera kwirata ngo byararangiye kuko ubwami bwlmana buratwranirwa kandiintwaranezibugishamimbaraga araho ntanakimwe tuba dukora yesu yaravuzengo Musenge mutagwa mumoshya amoshya ntakindi kiyazana uretse satani kukwaka icyo wahawe ikindi bibirya ivugako ntakindi kizana satani uretse kwica kwiba no kurimbura ese satani aturiganyiki nagakiza mwibuke abakobwa 10 batanu babaye maso batanu barasinzira benedata dusenge cyane kugirango tutanduzwa nizinyigisho zabanyabuntu ahubwo ntihakagire ubahijambo mumakanisa kuko barikwanduza benshi

    • @momopati262
      @momopati262 ปีที่แล้ว +2

      Muvandimwe ntago nukuri uvuga ukuri kwa bibiliya kuko ubutumwa bukwiye kubwiriza Ni ubutumwa bwiza bw,ubuntu gusa naho Ibyo uvuze ni ukurwanya Imana nubwo utabizi nukuri

    • @momopati262
      @momopati262 ปีที่แล้ว

      Nkibi byanditswe byose uvuze uwampa nkakubona tukaganira tugafashanya

  • @jeanboscokumirwa3830
    @jeanboscokumirwa3830 2 ปีที่แล้ว

    Ushaka gusobanukirwa iby'ubuntu bw' Imana sura channel yitwa " IJURU NTIRIKORERWA"