Amen. Ubugingo buhoraho tubonera mu Kwizera Yesu Kristo ni twabuhawe ubwo tucyizera, kandi nta mbaraga zo kubutwaka zikiriho! Zose zatsinzwe n'Umwana w'Imana twizeye!
Uyumu mupa pastor arikuyobya abantu pe. Yohana 7:49 Yh 7:49 Ariko abo bantu batazi amategeko baravumwe.” But this people who knoweth not the law are cursed. Yh 14:15 “Nimunkunda muzitondera amategeko yanjye. If ye love me, keep my commandments. Yh 14:16 Nanjye nzasaba Data, na we azabaha undi Mufasha wo kubana namwe ibihe byose, And I will pray the Father, and he shall give you another Comforter, that he may abide with you for ever; -Iyo utitondera Amategeko nta mwukawera uhabwa.! Rom 3:31 Mbese none duhinduze ubusa amategeko kwizera? Ntibikabeho! Ahubwo turayakomeza. Do we then make void the law through faith? God forbid: yea, we establish the law. 1 Yh 2:3 Iki ni cyo kitumenyesha yuko tumuzi, ni uko twitondera amategeko ye. And hereby we do know that we know him, if we keep his commandments. 1 Yh 2:4 Uvuga ko amuzi ntiyitondere amategeko ye, ni umubeshyi, ukuri ntikuri muri we. He that saith, I know him, and keepeth not his commandments, is a liar, and the truth is not in him. Azadusobanurire ibyiyo mirongo.
Soma Rom 5:13 Rom 5:20-21 Rom 6:1 Rom 8:1-6 Rom 8:33-34 Eph 1:3-4 1Pierre 1:2-3 nta versets acuramye abaho muri bible. Nous sommes sauvés par la grâce au moyen de la foi. La loi a été accomplie en Christ.
Amen. Ubugingo buhoraho tubonera mu Kwizera Yesu Kristo ni twabuhawe ubwo tucyizera, kandi nta mbaraga zo kubutwaka zikiriho! Zose zatsinzwe n'Umwana w'Imana twizeye!
Mwenedata Muzehe ,ndanezerewe kubwawe Muvandimwe,Imana ishimwe ko yaduhaye Kristo nkubutunzi butagira akagero (Efeso 1:3-12).
Imana ishimwe ko yahaye uyu musaza kwizera Ubutumwa bwiza! Niba nawe warizeye uzatubwire
Dore uwayoba yayoba uku, uwayobeye muri kristo byukuri ahinduka injiji kubayoboke bakamere,,,, ariko ntidutinya kuko uku kuri ntagihe kutazatsinda
Halleluya 👏 Pastor warahezagiwe kandi byiteka muri kristo Yesu 👏 nejejwe nuburyo uhamya ibyubugingo buhoraho ushize amanga!!!!
amen sana pastor ambiyeni wote okovu wa bwana yesu turikomborewa hatuna sababu zozote zaku ongeza tena kwainjiri njema ya yesu.
Uzi Ubutumwa bwiza kuko avuga nkuru nziza nibya byadukorewe Muri yesu kristo tutaranavuka!
Pr arakoze🙏
Very intellectual and wise old man
Nubundi hahamagawe benshi hitaba bake ntabwo bitangaje ko abantu batabyumva! Umwuka wera azajya abasobanurira umurimo Yesu yakoze ku musaraba n'agaciro kawo
A kind and wise old man!
Byose irabitanga ! Kko ni byose ! Habwa Umugisha Papa ( Mukozi w’Imana ! Byose n’ukuri 100/100. Imana izabahe iherezo ryiza mbibasabiye mu izina rya Yezu Christu.
Ndafashijwe🎉🎉ndashima Imana ko navutse ku ngoma y’Imbabazi n’ubuntu buva ku musaraba.🎉
Ngo ntatiro ubona iyo udatanze icyacumi??? Iryo ni itegeko wibohesheje niyo mpamvu uriburaa... ku ngoma ya Yesu ntago dutanga kubera itegeko dutanga bivuye murukundo wanatanga 10/10 ariko atari itegeko uracyari mu mategeko ya Mose muvandimwe ubwo njyukwirikiza nandi yose gusa ntawabishoboye uretse Yesu gusa
@@jeanclaude2874 Urasobanutse bro.Komera ku mwami watubohoye ingoma yigitugu namategeko akakaye.
@@Chrinafor2 Yesu yarakoze ikibabaje nuko benshi bataramenya icyo yaje kudukorera ni wr mucyo ariko benshi baracyari mu mu ijima biteye agahinda.. ndetse niyo ubivuze ngo ni inyigisho zubuyowe nyamara niko Ijambo ryImana rivuga..
Imana ishimwe kubwawe Pasteur,naho abadwanya ubutumwa bwiza bo nabo nubundi nubwo batabizi nabo bakeneye ubuntu
aMEN
Yesu nashimwe ndi umurundi nukuri ubwo nibwo butumwa bwiza Imana imukomeze.
Ibyo umusaza avuga ni ukuri kw’ijambo abandi nugushora abantu muri gehinomu.kuko bagoreka ijambo n’abakurikira nuko baba bafite irari ry’ubutunzi bw’isi.baba shuka ko bazakubirwa.Imana ihe umugisha uwo mubyeyi.❤
Ndemeranya nawe cyane Papa BINTU ni Chikuru i kigali ibyo uvuga nibyo cyane natwe twarayobye Imyaka myinshi twigishwa amategeko akatumerera ntabashe kutugeza kukigero cyiza cya Kristo nyamara tumaze kwakira ubuntu twahawe na Yesu dusigaye tugenda twemye.Ubu dutegereje gusa impanda y'Imana.Ntako bisa gutahura ko wayobye ukagaruka kumurongo nyawo.Barikiwa sana Baba.
Amen uku nukuri kuzuye pe Ubuntu nibwo bwaducyijije
Ukuri kw'ijambo kuruta ukuri kw'inda. Merci papa.
Yes kuko haraho ijambo rivugango ,kuko uhereye kera kose Yesu yarazi abazizera abaribo nabatazizera abaribo ,rwose pe ,uyu numuntu w'Imana cane,Imana ishimwe kwihagurukije umuntu nkuyu ukuze Kandi uvuga ukuri kubohora.Imana imuhe umugisha,ndi Mu Rwanda.
Amen, papa najye mpamya ubuntu bw'Imana
Rev,Ook soo park from south korea
Ndanezerewe kumva umusaza uhamya ukuri akanerekana ibinyoma byabase abantu igihe kirekire.
ariko ndifuza kumenya uko pastor asobanura ubutatu bw'Imana n'umurimo wabwo mu gukiza umunyabyaha (Imana Data, Imana Mwana n'Imana Mwuka wera0. ntabwo ndi gutahura neza uko abisobanura.
uno musaza yitwa nde yemwe?
gusa arakijijwe kwa kweli iyaba abantu bose bayobejwe nuburyarya
bwiy'isi maze bagakizwa n'ubuntu bw'Imana
ufite ikibazo cy'amategeko n'asome ezek36:27 knd amategeko abwirwa abatwagwa nayo ngo
akanwa kose kazibwe knd ngo abari mw'isi bose batsindirwe n'urubanza imbere y'Imana kuko ariyo amenyekanisha icyaha.
GODbless you.
Ubwami bw Imana no gukiranuka kwayo!!
Past Avuze Neza Gutsindishirizwa Nugutsinda Utaburanye Kbs
Imana ishimwe cyane rwose. Ubu se ko bavuga ngo inyigisho z'ubuntu ni iz'urubyiruko, uyu masaza nawe insorasore irangije kaminuza?😂 Bazemereko Ijambo ry'Imana uko ryahoze keraaaaa n'ubu ariko riri.
Amaherezo ukuri kwijambo ryimana kuzamenyekana muzee wacu wamenye ukuri Imana ikomeze iguhe kuvuga ukuri
Muzee pole sana bazakumbarize nimba warihanye icyacumi wigishaga nakivale ndibuka ko watumaga umudiakoni agenda akoza icyacumi. Sinibeshye kuko myibuka ese waba wsragaruriye barya bakristo wibye?
Avuze ukuri rwose !insengero zokurubu ifaranga niryo rya mbere
Uvuze ukuri Musaza!!
Muzehe wanje.ubahehe ibyonukuri.mukandeho
Mpyisi wa 2 pe
Uyumusaza Byaramucanze. Iyo wigishije ukareka kuvuga ibyo bigisha niba arakazi kuki wowe udashaka kobakora. Uzove nomuba pastor. Tuyobeweko yesu ariwe waducunguye ubwo buntu bundi uvuga ngo abantu ntibakore urumugugu kweri.
Amafaranga n’igikoresho gituma abantu bashwana
❤Kabisa mzee wajye uvuze ukuri kwananiye abandi
Nkunze uyu musaza😂kbs avuze ukuri ❤
Good a head Musaza
KOMURUNVA GUTE UBU BUTUMWA?????
Ubu butumwa nibwo kbs. Numugisha gusazana Kwizera gusobanutse nkuko. Uwo yoba yoyoba nkuku kbs. Mudufashe mutubwire amazina yiwe. Muzaba mukoze
@@mitterandblacky
Yitwa Bukuru
Uyu mwene Data muri christo Yesu arakoze cyane muzahore mumutumira kenshi arikuvuga amagambo meza Y Imana Kandi nawe munyamakuru ndagushimiye wakoze cyane 🙏🏽🙏🏽
Umwami ashimwe kubw iyi video n muzehe peuh.... Muzongere mudukorere Indi video yee
Urakoze cane umusaza kubwo guhamya christo
Agakiza Imana yaduhaye binyuze muri yesu kristo ntago arako gupimirwa mumyumvire yamuntu namarangamutima aganisha kuyumubiri ndetse nibyifuzo noguhirwa byo mwiyisi agakiza twahawe nubutabazi bukomeye Imana yatugeneye kubyurukundo yadukunze kuva ya rema umuntu rero Imana yashatse kwigarurira icyubahiro cyayo kugirango satani akorwe nisoni tureke kugundira ikinyoma, dutekereza kwigeza kumana binyuze mumbaraga zacu tureke Imana ikore niba twarizeye amaraso ya yesu twemere abo turibo nibwo tuzahabwa izindi mbaraga zubutabazi kandi yesu ajya kujya mwijuru yazeranyije kohereza umufasha ariwe mwuka wera. nahubundi muzee aravuga ukuri. ahubwo ikibazo abantu bafite banze kwemera ko arabanyantege nke bahangayikishijwe no kwemeza Imana imbaraga zabo zidahari erega ntambaraga nankeya dufite inyuma ya yesu tubyemere.
Uwo uvuga ko inyigisho zubuntu ari izabanebwe numvishe ari Gitwaza
Idini ni ikinyoma A-Z
Musirimu urakora akazi gakomeye
Nkeneye phone number y'umuvandimwe Bukuru. Data wacu akeneye kumva ubutumwa bwiza butari pirate. Imana iguhe umugisha
Bagica barasaze kbs
Pasta rwose njye baranzengereje ntibumva
Bukuru ndagushuhuje ✋️( Twabanye munkambi ya Uganda + Nakivale )
Bishop ivyo wigisha urachanganya abantu, wazimiza abantu, biblia ivugangp ukwizera kutagira ibikorwa kuba gupfuye
Polle Sana uyumuza arimo kuyobya abantu,birababajebko uyumusaza yayobye Kandi yarazi ukuri,none arimo gukoreshwa kuyobya abantu
Amen
Icyo umenya nuko ubuntu wamenye bukwemerera kubaho nubuzima bwicyaha ubwo subuntu bwa kristo.
Wow
Umunyamakuru nawe numunyabuntu kbsa, twizere Yesu twisubirire mubyo twahozemo nta stresses😅😅😅 yewe abashakana umwete bazambona, dusenge ubudasiba kdi kugirango tutagwa mjmoshya, ndetse kwizera kutagira imirimo Kuba gupfuye
Abefeso 2: 8-10
Mumenyeshamakuru nagomba uze umutubarize iki kibazo : namba twararose ubwo buntu hanyuma umuntu agasubira muvyaha, ubwo buntu bugumaho ? Canke busubira kuboneka aruko asavye imbabazi agaca bugufi kandi mu maraso ya Yesu kristo
Ubutaha muzehe muzamumbarize ibi bibazo:
Ese niba abantu baramaze gutoranywa kuki mugomba kuvuga ubutumwa? Kandi niba abantu baramaze kugera mu ijuru kuki Yesu yigishije Matayo 5-7?
2. Ese iyo umuntu ahawe Ubuntu hakurikira iki?
3. Ese niba imigisha Yesu yarayitanze kuki yigishije gusenga bagasaba icyo bashaka?
4. Ese Ubuntu Yesu yavuze butandukanye n'ubwo Pawulo n'izindi ntumwa bavuze kuko bose bagaruka ku kurimbuka . Eg: nk'abo Pawulo avuga ngo mudaherwa Ubuntu bw'Imana gupfa ubusa?
1) Abaroma 10:6-15
Nukuvuga ngo, ibyo Kristu yaduteguriye tutaranaba urusoro munda z'abatwibarutse, yanateguye inzira yo kutwinjiza muribyo !
🛐gusenga bitwegereza Imana yaturemye! Nkuko umwana yegera nyina, se, ngo amubwire iki na kiriya. Umwana utavugisha ababyeyi ndahamya ko byahangayika uwamubyaye!
abaroma:3:23 usome nigice 24
wongere ujye muba heburayo:10:10 utekereze aho wihe igisubizo icyo nzicyo iyo agakiza kimana kaje umuntu asobanukirwa ibyo arimo akamenya ukuri
Mzeee wanjye namukunze ngo umuntu atenzwe yakoze icaha mw’ijuru mugitabo izina ryiwe riba ririyo ntaba aboshwe biblia ivuga ngo ikiboshwe mw’isi no mw’ijuru kiba kiboshwe! Abantu beshi bagomba ubutumwa bworoheje! Biravana nico Imana yamubariye muzee ariko jewe ndabitahura ukundi kandi bimwe uvuga Nivyo ibindi ntibishobanutse .
Sorry ntabwo nguhangaye ariko uvuze amategeko = ubuntu= ukwizera
Ati ubu ntamategeko akenewe? Gusa isezerano rishasha ntabwo ryaje gukuraho iryakera Ahubwo ryaje kurishimangira
Ubwo Uwiteka yavuze ati"Isezerano rishya", ibyo bigaragaza yuko yashajishije irya mbere, kandi igishaje kikaba gikuru kiba cyenda gushira.
(Abaheburayo 8:13)
Umusaza nimukowa😅😅😅😅
Imana iri gutotaratora
Ariko ndanezerewe bacu Imana ihimbazwe ko dufite abasaza nkaba mubwoko bazi ubutumwa bwiza kbs aranejeje bikomey Imana ihishurire abantu ubutumwa bwiza
bIRANTANGAJE NAJYE KABISA
Agakiza uragatakaza iyo ubaye umugarariji.
Twakijijwe kubwubuntu bwImana gusa twababariwe kubuntu Kuko igihano kituronkesha mahoro Cabaye kuriwe Tirabana bImana dukora dutanga dukoropa nkabakora murico kwadata ntitugura ubugingo mugukora dukora Kuko dufise ubugingo ntitubabarigwa Kuko twatanze twakoze twababariwe Kuko twakuweho urubanza niyo ducumuye tuja imbere ya Data nkabana bakosheje ariko Ubuntu twagiriwe ntibudutera gukorivyaha budushoboza kwikunkumura icaha nigisanaco
Amen amen
kabisa ukunukuri kuzuye cne
Ubuntu buzanwa no kwizera yesu! Kandi ukwizera kujana n’urukundo wasomye yohana 3:16 burya urukundo bishop kujana nogutanga havugango kukurukundo yakunze abari mw’isi catumye itanga umwana wayo!
Imana isezeranira Aburahama yamubariye abira ibi nibi kugira ndaguhezagire!! None bishop nawe ngo ntagutanga kubera arigihe c’ubuntu Wapi jewe ndi pastor ariko iyo ntatanze ica cumi ntatiro ndonka ndumva abandi mwagiriwe ubuntu
Numutima wawe ureza ko udatanga icacumi tuyishimisha duterera mungiro kwa Data nayicocumi n'a basokuru vyarabananiye somaMalachie3
Dutanga kuko Imana yatugiriye ubuntu ntabwo dutanga kugira ngo duhabwe ubuntu
Usobanukirweko ikinyoma uvuga wacyigishije kenshi. Ikindi ubwo ubuntu wamenye kera ariko ugatangira kubwigishiriza muri amerika !! Bivugeko wakoze umurimo igihe uziko ubeshya?
Gusa nyine tugumye tubabwirize
Nyuma yakristo ntawundi twabwira abantu
Uwo Musaza Bukuru ni umunyabwenge cane kandi afite inararibonye mubya Bible
Ndafashijwe peee
Ahubwo uyu munyamakuru nawe uri mugenzi wabo Aho kubabaza ibibazo kurabashigikira
Mbwira uko nzababaza
Uyumu mupa pastor arikuyobya abantu pe.
Yohana 7:49
Yh 7:49 Ariko abo bantu batazi amategeko baravumwe.” But this people who knoweth not the law are cursed.
Yh 14:15 “Nimunkunda muzitondera amategeko yanjye. If ye love me, keep my commandments.
Yh 14:16 Nanjye nzasaba Data, na we azabaha undi Mufasha wo kubana namwe ibihe byose, And I will pray the Father, and he shall give you another Comforter, that he may abide with you for ever;
-Iyo utitondera Amategeko nta mwukawera uhabwa.!
Rom 3:31 Mbese none duhinduze ubusa amategeko kwizera? Ntibikabeho! Ahubwo turayakomeza. Do we then make void the law through faith? God forbid: yea, we establish the law.
1 Yh 2:3 Iki ni cyo kitumenyesha yuko tumuzi, ni uko twitondera amategeko ye. And hereby we do know that we know him, if we keep his commandments.
1 Yh 2:4 Uvuga ko amuzi ntiyitondere amategeko ye, ni umubeshyi, ukuri ntikuri muri we. He that saith, I know him, and keepeth not his commandments, is a liar, and the truth is not in him.
Azadusobanurire ibyiyo mirongo.
Umwuka agusobanurire...
Soma Rom 5:13 Rom 5:20-21 Rom 6:1 Rom 8:1-6 Rom 8:33-34 Eph 1:3-4 1Pierre 1:2-3 nta versets acuramye abaho muri bible. Nous sommes sauvés par la grâce au moyen de la foi. La loi a été accomplie en Christ.
Amategeko ya Yezu se n'ayahe? Jean 15:12-13-17 soma n'a Galates 2:17-21
Ese brother urugero wowe ukomeza ayo mategeko aryakubuza kuyica??
Wansubiza thanks.
Igisobanuro kigufi Soma (yakobo 2:10,, Galatians 3:10, Romans 3:19-20, Romans 3:21-25
Mzee hari aho uvuga ukuri naho bitunvikana. Ubuntu+amategeko=gukiranuka. Ariko ndavuga amategeko 10
Mpereza inumber yamuzehe bukuru mugurire akantu kabsa ukuri gucamuziko ntigushe
Turimubuyobe kabsa
Benshi bavuga amategekogusa ariko Ubuntu ntibabuvugaho
Gukiranuka nukuba ufite kristo
😅😅😅😅😅😅😅