Umurozi tumufatanye igihanga kumugaragaro | Yari yararoze umugore kutabyara | Bibaye Tuhibereye
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 8 ก.ย. 2024
- Wamugore waroze mukeba we afatanywe ibyo yakenyereragaho kumugaragaro izuba riva, Ahise avuga icyo bapfaga umugabo we arumirwa.
#Umuganga_0781514613
Hamagara 0781514613 ushaka kuvugana numuganga.
Komuri kwamamaza abaronzi
@@ngabiresharlor6367 ntago ari ukwamamaza abarozi ahubwo bagirango niba hari ufite ikibazo yamugana sibyo
Mwihangane
Didjfif
Dieieo euhfndlskdjrbx
Hejuru yimbaraga zose harimbaraga za YESU
Amen Fofo, Uwiteka aguhe Umugisha
Amen
Yesu wenyeni niwe afite imbaraga gusa
Yesu Niwe gisubizo wenyine abirukira kubapfumu murayoba cne kuko ibyo birabagaruka imyuka mibi ntivurwa nindi birajijisha ejo bikaza birimbura Umuryango wose
BIBILIYA Ivuga ko ntamahoro yabanyabyaha Uwizeye Yesu amuzanira ubutsinzi
Yesu jyenderera abapfumu bakizwe
Umwana utanzwe n'amagini ubwo
A zahita aba uwa rusuferi. Kandi n'a famille yose izahora mu bapfumu ubuzima bwabo bwose. Yesu tabara
Hejuru ya bami ndetse nabatware hejuru yabakomeye Hari Mana
Babiziranyeho mbega mwizina rya Yesu
Mugane yesu arashoboye mureke kuyoba
Yewe mbega ubugome, ese kuzinga burya bibaho, gusa Yesu Christo nawe abasha kuzingura abamwizera mujye mumwisunga ntakiguzi asaba Kandi Imbaragaze ziri hejuru ya byose
None babazinga Yesu adahari ? Uwo baroze ntiyivuze arapfa .urwaye indwara ntiyivuze arapfa niyo mpamvu mutagomba guheranwa gusa nibyo kwizera gusa ahubwo no kumenya ubwenge nibyo bizababatura .umudogiteri umwe turi kwiga yaratubajije ngo ese mubyukuri umuntu apfa yageze kumunsi? twaramusubije ngo yego umuntu apfa yageze kumunsi aratubwira ati iyo nimyumvire ihabanye niyo abaganga .ati kuki mwje kwiga ikiganga ?
Yarakomeje aratubwira ati none se nimutekereza mutyo kandi muri abaganga muzafasha bangahe ? Ati accidents ziba abantu bayikomerekeyemo Bose utabajyanye kwa muganga ntabaramukamo abeshyi bahita bapfa ati mituelle mu Rwanda yatumye imfu zigabanyuka ati abantu babaye aho bakivuka ntibahabwe inkingo zimbasa nizindi abantu barwara imbasa kubwishyi abagize umwaku wo kurwara SIDA badahawe imiti abeshyi bahita bapfa .....malaria zitavuwe hapfa abantu beshyi ...speed gouvernor yatumye accident zigabanyuka.....ati ibyo nibimwe mubigaragaza ko imfu zishobora kugabanyuka bitewe nibintu byishyi ubwo rero buri wese akwiye guhindura imyumvire
Ipuuuuuuu iyo nimitwe gusa mwizina Rya Yesu christo
Ibaze rero uwo mwana uzabyara wakuye mubaphumu????? sha njye ninzu yanjye tuzakoreruwiteka waduhayamazi tunyoteweeeee.
Numugangakwei
Muve ku ngegera za film z'amafuti
Uwiteka gusa niwe mana
Murwanda muracari kure y'Imana bigatuma mwemera ibintazi
Ndumiwe 🤔🤔 🤔,twebweho twiringiye Imana yo mwijuru
Umugabo niwe murozi yabaroze bose kuroga gusumba guta umure wambere Kandi azi ibyoyiramo akora
Imana niyo ishobora byose mwe murabeshya
Ndabona mwariyemeje kubamamaza
Umwijima uracyababundikiye yesu adutabare!
Umuti wambere namasenge show izere Imana nimwana wayo yezu gusa niba udashaka kwikururira unyago. utazavamo.
Nimitwe barababeshya
Kbs
Ibyabapfu biribwa nabapfumu kdkutizera Imana niko bigenda
Tunanije imbara z abapfumu mu izina Yesu
Nukuri Imana yacu igirimpuhwe pe Imana yaremye umuntu satani ajyishyari nokogukoresha ababapfumu abasenga mubemaso
Afrimax twabakundaga none mugeze no mubapfumu? Mwatakaje ikizere
Ese iyi AFRIMAX TV niyabapfumu ?
Mwizina rya Yesu christo umwami wacu
Imana yonyine niyo ishoboye byose niyo yonyine ifite imbara isumba byose
Yesunumugaboukomeye👍👍👍👍💪💪💪💪💪
Njyewe nahana uyu mugabo nubwo ntashyigikiye ko uyuugore yaroze umugabo we ndetse akazinga mukeba we.
Ariko uyu mugabo ninkozi yibibi.
Yahemukiye umugore we wambere rwose.
Niwe nyirabayazana rero.
Yesu niwe ubaruta
Hhhhhhhhhhhhh
Yoooooo. Disi mbega ibibazo
Komeza. Ugurishe. Izindi sambu
Burya bwo Innocent Valentin Muhirwa wa Mulinga aba umusizi wa hatari pe. Ndemeye
akazi gakome mujyamuvuga harimo nokwamaza abapfumu
Aha nidanjeda.😊😊
Hari imbaraga zimira izo zose ntazindi nizimana yo mwijuru
Ariko se Izi film zanyu z'abapfumu zizabahira ko mutuma rubanda ruribwa amfng💔💔😭😭Ubuse ko mperuka muvuga ngo NYIRABISABO ni umupfumu ,none nkaba mbona yaje kwivuza hano ku wundi mupfumu😂😂😂😂Cyakoze ntago mukwiye gukora ibi pe
Ilinikosoro
Umunsi w,amakuba urabarindiriye
Mwizina rya YESU KRISTO !!
Toka shitani
Namaradiyo afatanya nabapfumu
Gukenesha rubanda babiba ibyabo
Akwiye gufungwa leta nibahagurukire
Mwizina rya yesu ntambaraga sirène uza yesu yapfuye akazuka
Uno murage ni hatari!!Yesu akugenderere rwose.
😂😂😂😂😂😂😂😂😂 afite ibikabyo birenze kbs muratubeshye pee nibyo mwahimbye
Uyu munyamakuru naramukunda arko afite amakosa akomeye cyane yo kwamamaza imyuka mibi muri rubanda Yesu ateye ubwoba knd akiza ibyo byose mwirirwa mushakira mubapfumu
Numiwe gusa
Mu izina rya yesu 🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Mbaye uwambere kwamamaza abapfumu bimaze ngufata inera kweri
Ntamukuru utagira mukuru hhh sha urarenze
Wamupfumuwe nyumva neza urupfu rurabasatiriye imbaragazanyu ziribasiwe ibyiringiro byanyu bigiye kujya mumukungugu ibyishimo byanyu birarangiye
Kwa jina la yesu , hinduka wa murozi, wa mupfumu, namwe mwishimiye umupfumu, muhe vyose Yezu azobikemura , kuko niwe muganga asumba bose bo kw'isi
Uyu Muganga aherereye he?
Imana niyo nkuru ibyanyu byo birabareba
Ni I've uyumupfumu arakaze
Iyi kinamico aba Pasters bo mu minsi yanyuma nabo barayikina
Iy'Isi Kombona Arihatari
Quel cinéma !!! Quelle mise en scène !@
Nzakizwanimana innoncent
Baratuburira kweri uyo muntu amusubizo ngo nabazimu arikubaz usanga urumuntu yihishe ahantu
Yesu ni byose kumufite
Muzigukina kweri
Numugabo nawe araroga yishe umugore
Mwizina rya yesu
Innocent ndagufana from buja
Mwaretse kwamamaza imbaraga zabakonikoni mukareka Yesu akamamara
Ewn nanjy nzaza umvure
Mujyemureka gutuburira abantu abatekamutwe mwabaye benshi toka.
Toka sitani 🔥 fire
Mwizina rya yesu murikwamamaza satani yewe ngo nabuzukuru baje kristo niwe ufite imbaraga wenyine ibindi nukumbeshya ndavuga lmana yandengeye byankomeranye ndijyenyine nkayisenga ikanyumva mwe ntacyo mwambwira
Arasubiza umunyamakuru mu ijwi ryababandi abaza
Ibinibicyi is it true ijyicuma ubanza cyihishemo umunu
Mbega comedian wee !!! Gusa mwese mumenyeko yezu arimuzima igihe cyose
Muganga nkubaze?mwatuvura turi hanze yigihugu?je ndi mu burundi
Nyagasani arashoboye
Afrimax, Oyeeee
Hhhhh niwe uri kuvugiramo
Hello my friends ndabiinginze mumfasha mukande Ku vdeo mukore subcrebe ndagusabye cuti yajye.
Hahirwa Umuntu ufite Imana ya Yakobo,nk'umtabazi uzamurengera mu makuba,amen🙏🙏
@@PAMBAZUKATVONLINE
à
Valante amakuruyawe jewendagukeneye ndafitikibazo
Birakaze
Innocent warukumbuwe kbs
Arikomwa gabanyije nkamamazasataniko
Bitubaka muzashyamwunve
Nuwinda yahirimye nayo arayegura
Nsengey umunt wanur ibi bicuma Iyo invura iguye kbsa🤣🤣🤣🤣🤣
Ariko mwabanyamakurumwe mwirirwa mwamamaza abajura basekibi barabishura ibyabapfu biribwa nabapfumu muzashya mwankozi zibibi
Namwe muhura nabenshi usanzaho basenga usengana nabo usanzaho baraguza nukwo akokazi karagoye pe
Ibi ni ibyo bategura kugirango tubashe kureba ibyo banyiri channel kugirango barusheho kunguka naho ubundi ibi ni inkinamico
Yesu weeee 🤭🤭🤭🤭
Love you from Brasil
Abatekamukwe
Uganda barogo narubare nyanja yamizimu oyomurogo banange🇺🇬🇺🇬🇺🇬
Valentin jyawitondera abapfumu kera naciye munsi ya mille coline hari kumwisho wukwezi nahembwe urumva mpura n umuntu w ikibungo avugisha inyoni isa nigishwi noneho inyoni niyo yavugaga ngo zana ayo mafaranga .damuhereza arambwira ngo numvuga nzakwica nanubu nibwo mbivuze naramutinye ubuzima bwanjye bwose mbampfusha rukara
Ariko afrimax n umufatanyabikorwa mubi n abapfumu n abarozi babanje kwamamaza salongo none babonye n undi Immana ibabarire ibatabare mutazashyana nabo!!!!!
Imitwe gusa abondabazi ntibababeshye
Ndabona batubeshya?nabahe?
Muteye isoni afrimax murabakozi bashetani ,mwicungere Abo Yesu yasize amaraso ye ntimusamare ntimwajajwe .
Mwizina rya yesu 🔥🔥🔥🔥🔥🔥
❤❤❤❤❤❤❤❤
Niwewamuhay ibyoyishumika
Nnc yabanje akiha uwo mugisha koko
Muzi gukina gusa
Uyu muntu niwe uhinduranya amajwi. Umugabo niwe wakoze amarorerwa shaka undi mugore. Uyu muvuzi ni imitwe
No red
Nagakino barikutubesha
Yesu weee
Uyu munyamakuru ntagira ubwoba kwinjira muru iyi nzira
mwitubeshya mn iyo ni imitwe mn
Ibi bizatuma iyi chanel isubira inyuma
Cyane
ABANYAMITWE
Mwiriwe neza mwadusobanurira aho uwomuganga atuye muranoze
Izere Yesu Ibyo kubaza aho abapfumu baherereyeubyihorere niwanga ukajyayo ihererezo ryawe ni gihenomu
Hhhhhh mwarasaze iyo ni film murigukina cg?
Nje muranarwaza imengo mwarabuze amakuru
Ndi mugapfukamire abapfumu
Nicyinamico
Bite
Yesu ababarire non nimba afite imbarag guk urind kubaz amazin yab