Umupfumu akuye igikeri munda yumuntu tubyibonera | yahamagaye inzoka ziraza | Biteye ubwoba
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 25 มิ.ย. 2020
- Twasuye undi mupfumu witwa Salongo akura igikeri mumuntu tureba, sibyo gusa kuko burya uyu mupfumu afite abagore benshi kandi bamukunda nabo bagakundana.
#AfrimaxTV #Umupfumu0787231521
Yesu christo natabare abantu abantu be Rwose
Yemwe abarushye nabaremerewe nimuze kwa Yesu Arabatabara
Amen
Ahubwo ni bajye kwa Salongo
@@gikeritheoneste2370 urigicucu🤔🤣🤣
Amen
Uyu mugabo arabeshya cyane . Yafashye igikeri agishyira murindi gi arishyira mugaseke.
Erega ninayo mpanvu afite nabagire benshi arabaroga ngo babane nawe ariko bo bakibaza ngo n'urukundo bamukunda Kandi ari imiti abashiramwo . Ico nobahanura n'ugusenga cyane nimba navyo nyene bazanabishobora ko mbona uyu muntu ar'umurozi cyane hama akiyita ngo Ni Docteur atanisoni agira. Kizwa wa mugabowe ubone Yesu
Mwizina rya yesu abazimu bashe
Uyu mugabo icyo mwemereye nuko atishyuza kandi uwo yavuye atarakize akishyuza nyuma wacyize bravoooo
Nonese ibihumbi 7 ntabwo aramafaranga!!?? hahahaha
Salongo shindwa katika jina la Yesu
Mw’Izina rya Yesu Christo abo badayimoni bashye .Basubire ikuzimu.
0784406304
Mugan sarong
Abarushe n'abaremerewe nibaza kwa Yesu abaruhure. Abapfumu babakwegera kwa satani ni muhungire Ku musozi w'Imana mutarimbuka kuber'ubutamenya.amaraso ya Yesu ntacayananiye akuraho vyose. Nimwemere mwemange Kuko na Yesu yaremanze, emera mu babazwe ariko Yesu azobahoza,mwemere babaroge igihe canyu kizore, emera mucokorwe ariko izina ry'imana yacu rishirwe hejuru.
Ewe Jeanette nawe uzisengere Imana ibihe bibi bitazakugerako gusa!ivyo uvuga wosunga bibaye ururimbo atari Yesu agutabaye!
Nico gituma nisabira kuzogira iherezo ryiza, Kuko ndi mw'isi.
Tap on a clip to paste it in the text box.Welcome to Gboard clipboard, any text you copy will be saved here.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Welcome to Gboard clipboard, any text you copy will be saved here.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Welcome to Gboard clipboard, any text you copy will be saved here.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Welcome to Gboard clipboard, any text you copy will be saved here.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Welcome to Gboard clipboard, any text you copy will be saved here.Welcome to Gboard clipboard, any text you copy will be saved here.
Umukuno barugukina utasesenguye wagirango ni ukuri ariko nibinyoma gusagusa.
Ibi mubona bakora nibintu bitoza aba bose mubona babiziranyeho.
Ibi bibaho nanjye bakinkuye hagati y,amabere nkirimuto ngo nari nararozwe kuzaba uruzingo😭😭
Kuriya bamuroze kubera gutwara umugabo wabandi
😷😷Wowe bakuzizagicyi
Erega ntabwo Yesu vyari kumunanira kugukiza.
Disi nawe uri umurwayi womumutwe ubwo warabyemeye
Jean pasteur umwana windero nyinshi
Biragaragara
Mr. Journaliste. Jean. Pasteur. Ariko. Ivyo nukuri. Kabisa. Ndagusavye. Umpenumero. Zawe za. Wahstapp. Tuzovugane. Nzoguhamagara. Nanje. Numéro. Zanje. Nizi ,+250 784486749
o
Uyu we arayobya benshi afite na bibiliya yisobanurira nkuko umwuka umurimo umubwira abo tubyunva kimwe like here
.'
'
Afrmax nzabanga Burundu kuki mutamamaza Yesu mukamamaza abapfumu😭😭 ubwo ntabwo murabona Aho Yesu Akora Koko🤔
Urasekeje wamupfumuwe 🤣🤣
Mwizina rya Yesu uragakizwa
Abazimu bashye mwizina rya Yesu umwami mana agutabare nukuri
Ese ayamazi avuze ngo yahindutse amaraso sinabonye ari ryataka yashyize mwibase. Ibyabapfu buribwa nabapfumu
Ndababwiza ukuri mugendere Kure ubutubuzi nkubu ibi akora byokwandika noguhindura amazi umutuku ndabizi uburyo bikirwa uziba injiji.
Mbega Salongo! Aravura kbs
Mwizina rya yesu christo Ntamupfumu numwe ahari avura bose bakoreshwa nabadayimoni ubu c ninde uzaba wajanye ririya cupa muraza gushikayo abadayimoni babatanzeyo
Iyo bibiriya niyo ituma bamukurikira ngwavura ivyukuri yesu azimurure abantu biwe 🙏🙏🙏
🙆🏿♀️🙆🏿♀️🙆🏿♀️ Yesu Kristo Mwami
Ark wamunyamakuru we ufite uburere weee, umuntu abona uri numunyamahoro
C'est vrai il est doux.
Sha nanje balanyimbye unshobola kupfansha
Mu izina rya Yesu Kristu satani azarimbukana nabamukorera.
Wamunyamakuru we yesu azakugenderere akumenyeshe akazi ukwiye gukora
Ububasha bwa sekibi bukorera mu bapfumu ndabirimbuye mu izina rya Kristu Mwami mburoshye mu nyenga y.irimbukiro
Nihatari kwa salongo
Umva munyamakuru uzasure nabo barwayi tumenye uko byagenze nyumayaho🤷🏼♂️🤷🤷🤷🏼♂️🤷
Ingopee
Nibyo kbs azatubwire nyuma uko byagenze
Babikore vuba turabicyeneye
In Jesus name shindwa
Asanti sana baba
ESCRO.
YANDIKISHA BOUJI THEN AGASHYIRAMI IVU.
Vyiza cane imana ibashe kubaha ubukomezi numutima wurukundo wogutabara abababaye
Ariko Bibiliya yarengana weeeee! Yewe Mana uri umunyampuhwe muri iki gihe, kera wahaniragaho bikagaragara. Uyu muntu agize gufata Ijambo ryawe arinywereyeho inzoga, ayivanze na za dagon, ayibeshyeyeho ngo abagore be kandi ngo harimo abo yakodesheje bakabeshya isi yose, gusa Mana uzamuhe kumenya ukuri kwawe kuko ibyo avanga ntazi ibyo ari byo.
Nukuri pe
ArikoManaya isiraer,tebuka ugaragaze Imanayukuri wamugabowekoko uratinyuka ugafata Bibiriyakokontabwoba gusa Imana igutabare nawesiwowe numwanzi satani
Imana itabare Abantubeshi barayobye
Uyu munyamakuru rwose lmana izamuhe umugore uturutse mubiganza bya nyagasani kuko ubona arumunyamahoro pe
Nonec. Nkabarikure cyane..wavura gute? Bahuye.nibyo bibazo ?sarongo
Uyu mugabo numutekamutwe mubi abantu mumwirinde arambura abantu mumugana mwitegure guhomba
Yesu wanjye Mana tabara
Singaye wowe ahubwo ngaye abanyamakuru batinyuka kutubeshyeshya
Arko wamugabo we nawe ufite umutima ukomeye nukuri. kwicarana numugabo nkuyu wumupfumu???? Imana ikomeze kubarindira Mukazi mukora pe
Jean Pasteur ugaragara nku umuntu ufite ikinyabupfura nu ubumuntu Uwiteka age akugenda imbere mu kazi kd uge ugenda wiragije Imana muri abo bakozi ba Satani.
Jule ndagukunda urubaha
Imana niyo ikora ibyo
Hariho icyo nkwaka Mwami,,,,,,,,,ngabo wanze kuzana umugore ndagas...,.,...,.
L
😂😂😂😂😂😂😂 nsetse mbabaye ariko ndashima yesu namenye naramusobanukiwe ntabifite kutuyobya abamenye yesu mwese tuhaharare tudacitse intege santani atanyuye guhagurukana nabibiroya ariko mana we😭😭😭😭😭😭🤐
Ngaho da hariho icyo nkwaka mwami
Ninde wumvise abantu barimo kubyina🙈
Cakora abarozi ntakigorwebabura rabakuntu bamuzingamitse ikidi bifise isomo abibabagabo babandi mubihebe urumvanababesha koyabaziye
Mukanguke umupfumu na bibiriya nakayabo kamafaranga birakaze
Murabasha mumeze aho
Komerezaho
Sha ntabwo umuntu ibi yabyizera kbsa
Ntimukaze kutubeshya ntamuvuzi uvurira ahagaragara ukora ibintu bizima ntiyiyamamaza rwose jyana ayo mashitani yawe hirya kd utsindwe uzanakizwe ibyo sibintu
Jule😂😂 naw wumiw kbs yamar uyu salongo mbona arenze
Burya muri Bibre habamo byose koko!!!!!
Uwu mugabo arakaze kabisa.Afrimax murakunda kutuzanira abantu badasanzwe turabemera pe!!
😂😂😂😂😂 Imana ntireba nkabantu 😳
Bakomeze ark igihe cyabo kizagera
Nukuri uyu mugabo namukunze
Ohh my God please help your people, not Satan people to play with our Life Amen 🙏🙏🙏🙏
Amina🎉❤ 0:00 0:00
Eeeeee,babagore bangana bazangana numubare wamahembe sha.
Ni nde waduha contacts ze ngo natwe twigenzurire biteye ubwoba
Bagore mwese mukunda kuraguza Ubwo ushaka kuzaba uwa 8 azajyeyo ahite amwiyongeza
Nange icyokintu nagitekereje ushobora kujyayo ukaba uwakenda da
Ahubwo ni uwa cumi na babiri!
Allah Akbar
The frog was inside the basket then the two eggs was wrapped with tissues the eggs he wrapped on the table is not the eggs he used obubbi
thts true
Djadja ko numva agusenyera boss inzu yayijegeje hhhh salongo wa feke
Ariko se musigaye mitwaza Bibiriya mugatuburira abantu
Mana nyagasani nuyuse agiye kwigira umuhanuzi konumva akoresha bibiriya
Avuye kuzana igikeri agishira muri cerviete hahahha
ariko afrimax TV mukunda abapfumu nabadayimoni babo
Erega mayanja ntimuvuga ahatuye byukuri na fone yiwe abohanze baramukeneye atuye i kigari cyangwa i Butare?
Erega ivy'uvuga ntivyodutangaza Kuko satani azi Bible yose, ibi rero bitwibutsa igihe c'iherezo.amahembe, Bible ivyo ntibijanye ntibadushuke ngo duhave tuva Ku mana yacu.ya mana ya aburahamu iyo niyo twiringira, imwe yatuma umwana wayo y'ikinege aza mw'isi kudupfira kugira ngo tuzukane nawe.
Amen
Uko ni ukuri
Satani ngo azakora ibitangaza anarekure umuriro.Ariko inzoka ya Mose yamize inzoka n’abakonikoni ba Pharaoh.
Imana ya Abraham na Isaac na Yakobo niyo Mana y’u kuri.Ibindi ni abakonikoni.🤮🤮🤮
Ko wemera imana ya Daniel ,Isaac ,Jacob se kuki utavuga Imana yawe?
Amen. Yesu arabaruta jewe nzomurambabaraho nashaka mpfe ariko mpfe ndamwemanga
Mbega impumyi ivyo ntaco bimaze nukubabesha
Ufite nomero ya Afrimax TV call center ayimpe pe ngire icyo mbibariza.
Courage
Ahaaa birakazepe
Kuki arya magi ya yashiz mugisek 😀😀😀 baraba Besha yari yashizemwo ayandi yafingiyemwo ako gakpko
Uvuze ukuri hariyo ayandi Magi mugiseke yashizemwo karya gasimba numubeshi Kandi yaronhoye abahore beshi kugira bamufashe ububeshi
Mbega kwabeshe imbere yanyu ngo uwo muhungu aheruka kurongora vuba kandi arumusore none muhava mwemera ivyo arimo kubabwura koko? Icomukozemurinjiji
egoko🤭ntibyoroshye pee!
najye kwipimisha sida atangire ibinini vuba niiyo nama muhaye ubundi abapfumu bazamumaraho amafranga yamwondoye niyo nama muhaye nyjewe
Mumutubarizengu kuberiiki avugamo sarongo
Uyumugabo ndamwemeye
Abo bagoreee wee ,baratinya ntanuwohava ,
Mbabajwe numwanya mwantesheje ibyo nububeshyi kd nabo banyamakuru bibonekako mubiziranyeho ikibyerekana nuko ibyo wakoze atanumwe byashituye mubo mwarikumwe
Duhe nime zawastapu
alk afrimax mutatubeshye ibi birashoboka
Amambe ukoresha ahuriye hehe n’uko Yesu Christo yakizaga abarwayi ?
Sarongo numu tubuzi asaba Inka yansabye Inka ntanimbeba mpfite
Ibi ndabize cyane
but guys can't use English
Nyamara njyewe uyumugabo numuhatari nubwo murikumuvuganabi
Rwose bino bintu ndabikunze mujye mutwereka umuco wacu gakondo ubukoroni bwaratuzonze na Yesu batuzaniye bituma twibagirwa
Icyo gikeri cyari kiri muri papier hygienique muratubeshye ,, nibyo birimo gusakuza biri muri plafo. Ibyo ni nka movie mukeneye amasengesho yo kubaturwa
Sha wowe wabimenye
Abo basajya bamaze ubukungu bwabantu hose bababeshya.
Uwo yishakiraga advertising gusa kugirango akomeze abeshye abanyarwanda.
Sha wowe wabimenye
Abo basajya bamaze ubukungu bwabantu hose bababeshya.
Uwo yishakiraga advertising gusa kugirango akomeze abeshye abanyarwanda.
Umuntu uri kure wamufasha ute
Nonese ko ubona akunda abagore ubwo wajya kwivurizayo ute rekada yazaguherana kandi mfite cher nashakaga kuzajyayo ngo chry azajye ampa cash azangurire nimodoka
Haaaaaaa
Ngo asigaje kurongora bane rero uzajya yo yarabazanye atazakwifunga.
Uzaze tujyaneyo chr ndumva woe uvuga neza nmbr yanjye ni 0783831423
Hhhhhh arko c birakora koko🤣🤣🤔
Munyoherere. Nimero zuwo muganga
Yesu wizuye ikaruvatiro ,ibiniki mbebanyarwanda? Bibiriya ,amahembe,inzoka,nibindi....,tuzacyirizwahe?🙅🙅
Uri Sst wa sumsung?
Ndebera uburyo afite abagore beza😢😢
😂😂😂😂😂😂😂😂ntanubwoba ufite 😂😂😂😂
@@valentineishimwe2795 ngewe nshobora kubabwira umupfu nukubeshya bose bagende satani baramubeshyera ariko umuntu wese yavura amaco yinda gusa nukubeshya
Muratubeshya gusa twizere imana gusa ibindi nubuss
Ngobo wee aba yumiwe