Bitunguranye Padiri avuze igituma ingofero ya Papa iriho 666 | Maraya ukomeeye| Itotezwa rigiye kuza

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 19 ธ.ค. 2020
  • #KILIZIYA_GATULIKA #ZABURI_NSHYA
    / @zaburinshya
    Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
    Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
    -ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
    -Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
    Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
  • บันเทิง

ความคิดเห็น • 519

  • @pascalgirukwayo3576
    @pascalgirukwayo3576 3 ปีที่แล้ว +5

    Abapadiri barize cyane. Ni abahanga rwose kuko bize philosophie biga na theologie, ibyo bavuga kandi bigisha barabizi cyane, ntabwo wabagereranya n'abantu batazi aho itorero ritandukanira na Kiliziya. Imana irinde abapadiri bacu. Ndifuza ko amatorero yajya yigisha abashumba bayo nk'uko kiliziya gatolika itegura kandi ikigisha abapadiri bayo.

    • @nteziryayoprisca8376
      @nteziryayoprisca8376 3 ปีที่แล้ว

      Yego kwiga nibyiza kd ukamenya ariko mubyagakiza ndakurahiye abize menshi sibo basisobanukiwe.muzabibona Imana niba ikidutije ubuzima

  • @mukagisagaraalphonsine156
    @mukagisagaraalphonsine156 3 ปีที่แล้ว +44

    Ikiganiro cyiza cyane cyuzuyemo ubwenge n'ikinyabupfura ku mpande zose. Imana ibahe umugisha.

  • @ntaganiratheokwitonda3716
    @ntaganiratheokwitonda3716 3 ปีที่แล้ว +7

    Padiri Imana imuhe umugisha cyane kubwo gusobanura mu ituze iby'ubu bwiru.

  • @francinenyiransabimana6933
    @francinenyiransabimana6933 3 ปีที่แล้ว +6

    Padiri arakoze cyane Imana imuhe umugisha. Kandi nawe Pasteur Yezu aguhe umugisha kuko wararezwe pe

  • @callixtengiruwonsanga8147
    @callixtengiruwonsanga8147 3 ปีที่แล้ว +10

    Wateguye neza ikiganiro. Kandi uri polite rwose, mukoze ikiganiro cyiza. Imana ibahe umugisha

  • @jafabanda6382
    @jafabanda6382 3 ปีที่แล้ว +5

    Munyamakuru ndabona padiri akwemeje cyane. Nanjye nuko ikiganiro cyari cyiza cyane. Abapadiri ntiwabatsinda kuko barize cyane. Bitandukanye na babatekamutwe bava mubusinzi, uburaya, ubujura bagahita bigira ababishop.

    • @jeanpacha6302
      @jeanpacha6302 3 ปีที่แล้ว

      Wakoze kutuzanira Padiri kuba abakatolike ntapfunwe bidutera kandi tuzi Ko nta satani dukorera buri wese Abe uwejejejwe mû itorero arimo

  • @josephinenyirabbakobbbwa2596
    @josephinenyirabbakobbbwa2596 3 ปีที่แล้ว +4

    Mugize ikiganiro cyiza.
    Gusa buri dini rizi ibanga rya Kristo,uretse ko hari ba Maraya bazanamo ibisenya ukuri kwa Yezu Kristo.Ariko bitabuza abazi ukuri ko batazaboneka muri rya Koraniro Yezu azaza gutwara.
    Kandi mujye mwibuka ko turwana n,indi myuka itagaragara ,ishaka ko tutamenya ukuri.
    Abigisha iby,Imana mujye mwibuka ko bambaye umubiri.Padiri Imana yamuhumekeyemo yashubije neza cyane.
    Imana ikomeze ibane nawe

  • @pizzalover1057
    @pizzalover1057 3 ปีที่แล้ว +1

    Pamfir
    ugize neza cyane ko wazanye Padri rwose abantu nibareke gutoteza Gatolika bayicira imanza kuko Yesu areba mu mutima wa buri wese si eglise cg itorero buri wese niyihane kugiti cye be gucirana imanza

  • @mariemuhire9285
    @mariemuhire9285 3 ปีที่แล้ว +9

    Igihe kandi kiregereje cyane ngo Yesu agaruke. Abafite amatwi bumve ibyo Umwuka abwira amatorero nk’uko biri mu Ibyahishuwe igice cya 13

  • @twizerimanam.goretti5080
    @twizerimanam.goretti5080 3 ปีที่แล้ว +13

    Muhabwe umugisha. muminsi yanyuma benshi bazavuga ibyo bishakiye.Padiri waratowe rwose Imana iguhe umugisha

  • @kwihanganaregine5571
    @kwihanganaregine5571 3 ปีที่แล้ว +3

    Padiri abisobanuye neza cyane atuvanye mu rujijo abirirwa bavuga ibyo batazi batarize n'amateka rero babyitondere

  • @Mukambayire-Tharcilla
    @Mukambayire-Tharcilla 9 หลายเดือนก่อน

    Zaburi shya ndabashimiye cyane kuba mwahaye umwanya ngo basonure kuri uwo mubare abanyamatorero bari kwitwaza ngo basebye kiliziya gatolika . Turabashimiye

  • @musafirijosue3573
    @musafirijosue3573 3 ปีที่แล้ว +4

    Padiri yakabaye yaragaragaje isomo nibura rimwe aho yezu yadusabye kureka isabato ngo turuhuke ku cyumweru , ibyo avuga ngo yesu yarivuguruje ku jambo yavuze ngo ndi kumwe na mwe kugeza ku mperuka y'isi. Njye mbona ibyo avuga ari ukudusiga mu rungabangabo pe yari kwivuguruza ate atarigeze ategeka kuruhuka icyumweru, burya amategeko y'Imana ntabwo azavaho inyuguti cyangwa agace kayo gato. Murakoze

  • @emmanuelkundimana466
    @emmanuelkundimana466 3 ปีที่แล้ว

    Abavuga ko ari ugusebanya ni ukwitsindishiriza ibyanditswe byera birisobanura nukomeza gusoma haba yohana na Daniel Marayika yahitaga amusobanurira rero tureke kwibeshya cyane ijambo ry'Imana n'umuyobozi

  • @rukundogivens453
    @rukundogivens453 3 ปีที่แล้ว

    namwe banyamakuru ba zaburi nshya turabashimiye cyane yezu ababe hafi muri byose murakoze cyane

  • @nkeshacrispin7910
    @nkeshacrispin7910 3 ปีที่แล้ว +2

    Nshimiye umunyamakuru wa Zaburi Nshya uburyo abaza n'ikinyabupfura, nshimiye na Padiri wasubije nubuhanga bwinshi. God bless you.

  • @ikazetv2192
    @ikazetv2192 3 ปีที่แล้ว +9

    Uyu mu Padiri rwose Imana imuhe umugisha. Urasobanura neza ibintu nanjye ndushijeho kubyumva neza. Urasobanutse Padi be blessed🙏🙏🙏🙏🙏

  • @elysenshimiyimana6486
    @elysenshimiyimana6486 3 ปีที่แล้ว +3

    Nishimiye cyane iki kiganiro zaburi shya imana ikomeze kubashyigikira Hari byinshi Nungukiyemo Gusaa wateguye ikiganiro Utarasomye pe Padili Akurusha Cyaneee Ubumenyi mumateka Yibyiyoboka Mana Soma Ikikiganiro muzongere mugicukumbure birushijeho Yagiye Akuburizamwo pe kugeraho wasaga nushatse kubura ibyusubiza cg ubaza Gusa Padili Numuganga

    • @elysenshimiyimana6486
      @elysenshimiyimana6486 3 ปีที่แล้ว

      Imana ibahe umugisha

    • @elysenshimiyimana6486
      @elysenshimiyimana6486 3 ปีที่แล้ว

      Imana ibahe umugisha

    • @ftrfrt8154
      @ftrfrt8154 3 ปีที่แล้ว

      😃😃😃😃Oya yarasomye niho ubumenyi bwiwe bugarukira
      .abapadiri bafata umwanya uhagije wokwiga bible.abo nabo bakizwa kumus umwe bagahita buguruza amasengero.wumva bomenya ivyimbitse gute ? ??abapadiri bekleziya bubahweee😍😍😍😍

  • @ancillaniyonizeye6758
    @ancillaniyonizeye6758 3 ปีที่แล้ว +14

    Iyaba vyakunda nari kugira j'aime nk'ijana. ..

  • @evaristntahompagaze6192
    @evaristntahompagaze6192 3 ปีที่แล้ว

    Imana ishimwe cane Padiri kudusesengurira ibintu vyinshi tutari tuzi. Ariko mfise akabazo: None ubwo Bwami busanzwe bwo mwisi butoteza Eclesia;kutadusesenguriye intambara ukoyashize abachristo barimwo batotezwa. Kobitobaarinaho iyo Empire yoba yagize coup d'Etat iyabachristo(eclesia) igahita iyiyitirira amazina yayo. Ariko abeneyo bwite barishwe. Mbivuze muriyo mvugo ngira murantahura iconshaka kuvuga. Kuko ngo iyo utsinzwe batsindaho. Amen

  • @uwizeyimanainnocent7622
    @uwizeyimanainnocent7622 3 ปีที่แล้ว +2

    Murakoze,muzatubarize kukijyanye numubatizo wo kugahanga utandukanye nuko byakorwaga mugihe cya yohani umubatiza

  • @niyitegekapaul7994
    @niyitegekapaul7994 3 ปีที่แล้ว +3

    Mugire amahoro y'Imana. Murakoze ku bw'iki kiganiro cyanyu. Gusa hari Icyo nshaka kuvuga kuko mwakoresheje ibimenyetso bya gihanuzi biri muri Daniyeli n'ibyahishuwe mu buryo butari bwo. Ibyo byatumye mutanga umwanzuro upfuye udahuje n'ibysnditswe byera. None se koko anti Kristo ni nde? Ntibishoboka ko yaba umwami w'abami Neuro. Reka dusuzume ibyo bimenyetso bimuranga.

  • @dusengeolive6589
    @dusengeolive6589 3 ปีที่แล้ว +4

    Ikiganiro kiza cyabayobowe mubyukuri n Umwuka Wera,urangwa n umutuzo. Vraiment padiri,n umugabo wakubazaga bravooo. Kd ibisobanuroo uduhaye birumvikana. Ikiganiro cyabayobowe nUmwuka kd bize, bitandukanye kure niby abakozi b Imana bacishahooo ,iyo uri umukizi ntukore neza ishinganoumukoresha araguhagarik cg see akagukata,ariko kuba uwatoranijwe nImana ikakuragiz ubushyo Ntiyagutererana.

    • @carolinenakirutimana1559
      @carolinenakirutimana1559 3 ปีที่แล้ว

      Uwo mugabo yariko arabaza patiri afise diciplin kandi avuga make kandi yitonze .Imana yamuhaye guca bugufi No gukurikirana inyishu bamuhaye. 🙋

  • @speciosemukamwiza695
    @speciosemukamwiza695 2 ปีที่แล้ว

    murakoze cyane Padiri ndanyuzwe! muzadusobanurire kubiryanye nabantu bagera imbere yamashusho bagasenga. cyane cyane nko muri Eglise aho ari kdi tuziko Nyagasani YEZU aba ahari

  • @nyiresthertv8572
    @nyiresthertv8572 3 ปีที่แล้ว +1

    Wakoze cyane Padiri gusobanura ku byo bagoreka aha hanze

  • @henriettesebera3173
    @henriettesebera3173 3 ปีที่แล้ว

    Zaburi Nshya mwakoze cyane kuzana ibi biganiro!! Gusa mwibanze mugosobanura amagambo niyo mibare ya 666 ntimwinjira mu buhanuzi icyo bwahanuraga mubihe bizaza aribyo dushobora kuba aribyo twagezemo ubu nkurikije imyaka ishize ubwo buhanuzi bubayeho!!! Abafite impano yo gusobanura ubuhanuzi ch ibyahanuwe nabo baze bashyireho akabo. Buri wese rero nasabe Umwuka Wera kumusobanurira kuko hari byinshi byahanuwe bitangiye kugaragara!!

  • @gigitv425
    @gigitv425 3 ปีที่แล้ว +2

    Padiri Imana igihe umugisha,ishyaka ry'ingoro y'uhoraho uzarihorane

  • @nduwayezujeanclaudejeancla4164
    @nduwayezujeanclaudejeancla4164 3 ปีที่แล้ว +3

    Murakoze cyane.Tuve mu ntambara y'amadini dukurikire Christ

    • @GodIsKing1090
      @GodIsKing1090 3 ปีที่แล้ว

      Hari itandukaniro rikomeye riri hagati y'intambara y'amadini no kubwira abantu ukuri ncuti yanjye! Guhana amakuru ku ngingo runaka ni byiza cyane rwose kandi umuntu ahitamo ariko agereranyije. Reka dushake ukuri!

  • @mukampogazijosephine7155
    @mukampogazijosephine7155 ปีที่แล้ว

    Imana ishimweeeeeee,Padiri adukuye mu rujijo.bajyaga basebya umuyobozi wa Kiriziya bikatubabaza tukayoberwa iyo babikura,Dusanze babiterwa no kutumvira umutimanama wabo igihe basoma ijambo ry'Imana.kdi byaragaragaye ko abenshi bagoreka ijambo ry'Imana, baba bagamije inyungu zabo bwite.
    Pamfire wakoze kutuzanira Padiri.

  • @jasminemusabyeyesu8064
    @jasminemusabyeyesu8064 3 ปีที่แล้ว

    Murakoze cyane Padiri n'umunyamakuru ariko njye nifitiye ikibazo kubyo Padiri yabuze ati Kiliziya ntiyigeze irenganya cg itoteza abakirisitu.

  • @musafirijosue3573
    @musafirijosue3573 3 ปีที่แล้ว

    Ikindi ndamushimiye cyane kuko uko asobanura bituma uzubwenge ushaka kumenya ukuri utiziritse ku madini ya kavukire waheraho ukora ubushakashatsi. Murakoze

  • @ireneniyongira5495
    @ireneniyongira5495 ปีที่แล้ว

    Murakoze cyane mbashije gukuramo inyigisho ikomeye , Nyagasani abahe umugisha utagabanije mwese.

  • @epiphaniebatalingaya9232
    @epiphaniebatalingaya9232 3 ปีที่แล้ว +6

    Ndanyuzwe rwose Padiri arakoze kandi Imana ibahe umugisha.

  • @louisrwandekwe4963
    @louisrwandekwe4963 3 ปีที่แล้ว +17

    Murakoze ku kiganiro. uzashake n'umu pasitori w'umudive akubwire iby'Isabato kandi asobanure niby'ubwo buhanuzi bwa Roma kugira ngo tuzumve impande zose.

  • @jeanboscontawukuriryayo627
    @jeanboscontawukuriryayo627 3 ปีที่แล้ว +4

    Iki kiganiro nagikurikiranye cyose nsobanukirwa kurushaho ndafashwa pe nsanze amadini dupfa ubusa dukwiye gushyira hamwe tugasenyera umugozi umwe turushaho kubaha Imana nkabagenzi bajya mu ijuru murakoze kubusesenguzi mwadukoreye muyobowe numwuka wera Imana ibahe umugisha.

    • @ishimwedavid3626
      @ishimwedavid3626 3 ปีที่แล้ว

      Ntacyo wasobanucyiwe ubujiji ni bwose

  • @andrenahimana2067
    @andrenahimana2067 3 ปีที่แล้ว +2

    Mwiriwe neza bantu bimana murakoze cane rwose ikuntu muduhishuriye byinshi kandi bitwubaka mukwakira ijambo ry,imana mwatubgiye byinshi tutar tumenyereye ariko byaratushimishije cyana rwose,ariko padiri watusobanurira ibatisimu yemeweko twumva hirya no hino bavuga ko mubatiza namazi yo mukikombe kandi Yesu yabatijwe mumazi menhi ngo ababatijwe nagakombe ngo ntibazabona unwami bwimana wabidusobanurira nkuko wasobanuye ibisebanyo kuri Papa kuko twashimye ibisobanuro watanze. Komera padiri.

  • @HabimanaErize-hc9lw
    @HabimanaErize-hc9lw 9 หลายเดือนก่อน

    Urabenshya yesu yampaye umwuka wera amenyesha ko mumwaka wa 2027 amadini yose azahurira muri gaturika atikiristo itangire ikore kumugaragaro

  • @rugabaprimo7225
    @rugabaprimo7225 3 ปีที่แล้ว +5

    Iki kiganiro kiranshimisheje cyane kuko kirimo ubwenge. Imana ibahe umugisha n'ubwenge kumpande zombi zateguye iki kiganiro.
    Nanjye ndabasabako mwakomeza kugirana ibiganiro byinshi birambuye kugirango turusheho gusobanukirwa ko twese turi abavandimwe muri Christo Yesu

  • @twizerimanajeanclaude1049
    @twizerimanajeanclaude1049 3 ปีที่แล้ว +4

    Mwakoze cyane Pamphile kutuzanira Padiri kugira ngo turusheho kunguka ibyo tutari tuzi. kandi mukuri reka abantu tuve mu makimbirane y'amadini. nyamara akenshi turema ayo makimbirane kandi natwe ubwacu tutejejwe mu mitima yacu! Imana niyo izaducira urubanza buri wese nacunge izamu rye ariryo gukiranuka.Amen

    • @irakozesolange3908
      @irakozesolange3908 3 ปีที่แล้ว

      Sha ivy'amadini ntitwari dukwiye kubitindaho, kuk nitwataha iwacu mw'ijuru kwa Yezu ntazotubaza Aho twasengera ahubwo azotubaza ibikogwa vyiza twakoze.mureke guta umwanya muvyamadini

  • @primebagarure2705
    @primebagarure2705 3 ปีที่แล้ว

    Ikiganiro kiraryoshe.
    Abakristu bose bari muri Ecclesia ishingiye ku nyigisho z'abatumwa.
    Abigisha amadini hari aho barengerwa bakagira umutima w'idini (w'amacakubiri) kurusha kugira umutima wa Kristu ubwiwe.
    Dukwiye kugendera itegeko/icagezwe c'Imana kurusha kwishimira idini iy'ariyo yose.
    Mwakoze cane Padiri na Pamphile.
    Imana ibahe umugisha
    From Burundi

  • @niyitegekapaul7994
    @niyitegekapaul7994 3 ปีที่แล้ว +5

    Bite n'isabato. Mbese koko Yesu yayivayeho? ISABATO MU ISEZERANO RYA KERA.
    Bibiliya ihishura neza ko isabato yambere yizihijwe n’umuryango mushya nyuma
    y’irema,ubwo Imana yaruhukanaga n’abantu yari imaze kurema.“Ijuru n’isi n’ibirimo
    byinshi byose birangira kuremwa,ku munsi wa karindwi Imana irangiza imirimo
    yakoze,iruhuka ku munsi wa karindwi imirimo yayo yose yakoze.Imana iha umugisha
    umunsi wa karindwi iraweza,kuko ariwo Imana yaruhukiyemo imirimo yakoze
    yose.”(Itangiriro2:1-3).Isabato igaragazwa nk’umunsi udasanzwe, kuko Imana yawurobanuye mu yindi, ikawugira umwihariko.Kugira ngo igaragaze agaciro k’ibyo
    yari imaze kurema,Imana yatoranije umunsi wa karindwi iraweza, kugira ngo ihe
    umuntu ikitegererezo, kandi yifuzaga ko umuntu azajya aruhuka kuri uwo
    munsi,azirikana ko ari ikiremwa cy’Imana.Bityo rero iyo twizihiza isabato, tuba
    duhamya ko Imana ari yo Muremyi w’ibiriho byose natwe turimo. Kuva kuri Adamu,
    Isabato yakomeje kuziririzwa kugeza mu gihe cy’Abisirayeli.
    Nyuma y’igihe kirekire babaye mu buretwa bwo mu Misiri, Abisirayeli bibagiwe
    Imana yabo,bifatanya n’abanyamisiri gusenga ibigirwamana. Nyamara n’ubwo byari
    bimeze gutwo, Imana yakomeje isezerano yari yaragiranye n’Aburahamu,maze nyuma
    y’imyaka Magana ane na mirongo itatu, Mose ahamagarirwa kujya kwa Farawo, kugira
    ngo akureyo Ubwoko bw’Uwiteka.Imana yashimye kubanyuza mu rugendo rurerure
    rw’ubutayu, kugira ngo ibamaremo imico y’abanyegiputa bari baranduye.Abisirayeli
    bageze mu butayu bwa Sinayi, Imana yahamagariye Mose kuzamuka umusozi
    kugirango imushyikirize amategeko. Byari bikwiriye kongera kwibutswa amategeko
    y’Imana, kuko hari hashize igihe kirekire bari mu buretwa bw’ abanyegiputa.Murutonde
    rw’amategeko cumi bahawe,irya kane ryabibutsaga kweza umunsi w’isabato muri
    ayamagambo:
    “Wibuke kweza umunsi w’isabato,mu minsi itandatu ujye ukora, abe ariyo
    ukoreramo imirimo yawe yose.Ariko uwa karindwi ni wo sabato y’Uwiteka Imana
    yawe.Nukagire umurimo wose uwukoramo, wowe ubwawe, cyangwa umuhungu wawe,
    cyangwa umukobwa wawe, cyangwa umugaragu wawe, cyangwa umuja
    wawe,cyangwa itungo ryawe, cyangwa umunyamahanga wawe uri iwanyu.Kuko iminsi
    itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’isi n’inyanja n’ibirimo byose akaruhuka ku
    wa karindwi.Nicyo cyatumye aha umugisha umunsi w’isabato akaweza.” (Kuva20:8-
    11). Nkuko iri somo ribigaragaza,isabato ntivuga ikiruhuko gusa,ahubwo inadutegeka
    gukora. Muri iritegeko, niho honyine hagaragaza ubutware bw’Imana nk’Umurenyi,
    kandi rikanagaragaza ubuturo bwayo, izina ryayo, n’ububasha ifite bwo guhindura
    ibintu byari bisanzwe ikabigira bishya.Rero mugihe turuhuka isabato tuba duhamya ko
    Imana ariyo ibasha kurema bushya imitima yacu, kubwa Kristo waducunguje amaraso
    ye.

    • @terezanikuzwe747
      @terezanikuzwe747 9 หลายเดือนก่อน

      Nonese nshuti wemera ko Imana yohereje Umwana wayo ngo aze kuvugurura ibyariho

  • @mrugwizalaur2315
    @mrugwizalaur2315 3 ปีที่แล้ว +17

    Imana iguhe umugisha Pamphile ugize neza kutuzanira padiri kandi nawe nahabwe umugisha mwinshi

    • @abimanasolange595
      @abimanasolange595 3 ปีที่แล้ว

      Mutubarize bavuga ko kuri aritari harimo amagufa ya mutagatifu baba baritiriye kiriziya ibyo nukuri?ni solange

    • @sabreenasabreen10
      @sabreenasabreen10 3 ปีที่แล้ว

      Amen murakoze

    • @sabreenasabreen10
      @sabreenasabreen10 3 ปีที่แล้ว

      Amen

  • @anthonychikumbi469
    @anthonychikumbi469 3 ปีที่แล้ว +1

    Murikuganira nabwo muriguhungurana mubyanditse byera lmana ibabafashe kugira musobanucyirwe na bibiliya ngusa ibyemere cyangwa ureke ijombo ryimana niribeshya bibiliya nukuri imyinvire niyo itandukanye isi iri kwiherezo ndasaba imana NGO ifashe kugira twige bibiliya uko bikwiriye yesu nabwo yajeguraho ibyanditse ahubwo yaje kubikomeza nkuko tubisaga matayo 5:17

  • @yobokadavid3503
    @yobokadavid3503 3 ปีที่แล้ว +4

    Ntabwo iby'Imana bisobanurwa na Philosophy ahubwo risobanurwa n'Umwuka Wera.
    Hanyuma guhuza Papa na Petero ntaho bihuriye.
    Hanyuma dusome Matayo 23:9-11.
    Imana ibahe umugisha!

  • @timekuli2614
    @timekuli2614 3 ปีที่แล้ว +5

    Murakoze cyane Padiri

  • @charlesdushimirimana16
    @charlesdushimirimana16 3 ปีที่แล้ว

    Urakoze cyane Padi. Sobanurira abo bafite ubumenyi bucye buvanze n'ubuyobe bafata ibintu macuri!

  • @angelinagikundiro8268
    @angelinagikundiro8268 2 ปีที่แล้ว

    Urakoze Padiri wacu ku magambo meza uvuze cywangwa ubasobanuriye abantu , nukuri aya madini arakabije cyane kuvuga ibyo batazi , ubwo nu bujiji gusa , rero ni ngombwa gusobanukirwa tuyobowe na Roho , Nutagatifu., ataribyo nukuri benshi baAviranwaho , bwira advantitse bo Mana batwaye agahinda nukuri .

  • @mukankubanaperpetue4840
    @mukankubanaperpetue4840 3 ปีที่แล้ว +2

    Ahubwo Roma yabonye igiye gitakaza abayoboke ihitamo guhindura ubutegetsi bwayo ibuhuza n'ibyidini kugirango okomeze kugira POWER. Ariko kubabibona neza ni yo ni yayindi ntacyahindutse.niyo mpanvu yakomeje kizana iminsi mikuru ya gipagani iyizana mu itorero, ibya indulgencia bagurishaga bahise bahinduramo ko ushobora kuvuga ndakuramutsamariya na dawe uri mu ijuru nyinshi ngo ukire ibyaha. Bazana za Noheri na za pasika mbese mbyinshi cyane bitarimo le christianisme

  • @dativamukakabanda3150
    @dativamukakabanda3150 2 ปีที่แล้ว

    Wakoze Panfile , na padiri Imana imuhe umugisha mushyize urumuri muri icyo kigisho .

  • @fabricesemahoro2360
    @fabricesemahoro2360 3 ปีที่แล้ว +14

    Merci bcp père d'avoir donné la lumière

  • @trophainamagogwa9991
    @trophainamagogwa9991 3 ปีที่แล้ว +3

    Usitumie Tablet tena kusoma neno la Mungu si vizuri

  • @donasbaributsa604
    @donasbaributsa604 3 ปีที่แล้ว +5

    PADIRI Murakoze cyane,nuwo Munyamakuru afite uburere

  • @charlottefuraha7108
    @charlottefuraha7108 3 ปีที่แล้ว

    Ndishimye cyane padiri asobanuye neza cyane.

  • @venerandariziki22
    @venerandariziki22 3 ปีที่แล้ว +5

    Merci beaucoup Père, Ugizeneza gusobanura ibyo ababantu barwanya kiriziya KATOLIKE. Kuvuga ibyo batazi si byiza rwose. IMANA YONYINE NIYO IZADUCIRA URUBANZA KUMUNSI WANYUMA BAMWE BAZAKORWA NISONI. QUE DIEU VOUS PROTÈGE ET VOUS GARDE amen amen 🛐🛐🛐🙏🙏🙏✝️✝️✝️

    • @simbavimberesalvator9442
      @simbavimberesalvator9442 3 ปีที่แล้ว

      Ariko se abantu mutahura gt??

    • @twagirimanapatrice4518
      @twagirimanapatrice4518 3 ปีที่แล้ว +1

      Uyu mupadiri yemeza abantu ko PETERO yabaye PAPA koko ? Petero ntiyigeze aba umunyagaturika rwose, ntiyigeze avuga amashapure .

  • @raggadee77
    @raggadee77 3 ปีที่แล้ว

    Padri abisobanuye neza ati Kiliziya nikoraniro ridatoranya!bivugango ni ikoraniro ryaba Kristo n'abapagani!
    Ngaho munyumvire iryo koraniro iryo ariryo!
    Bavandimwe mujye murondora mu byanditswe nibwo muzamenya ukuri kandi ukuru niko kuzababatura.
    Ibyo wemera ujye ubipimisha Bibiliya!
    Muri Yesaya hati" musange amateko nibiyahamya nibatavuga ibihwanye nayo nta museke uzabatambikira"

  • @brigittengendankazi861
    @brigittengendankazi861 3 ปีที่แล้ว +3

    Padiri imana iguhe umugisha,uri umuhanga,numumenyesha makuru uritonda ubaza mukinyabufura,mwese hamwe muhezagirwe.

  • @kayoberajackson4970
    @kayoberajackson4970 3 ปีที่แล้ว +2

    Urakoze cane munya makuru kubaza patiri kubijanye ninyamaswa koko abantu tura shushanya🙏kuko na satani tura mushushanya twavyemeye duhebe vyogu shushanya patiri akwiye kutubwira iyo papa yakuye ingingo yumugabo kurongora uyundi mugabo nimba atari cagi koko🤷

  • @berwajane6513
    @berwajane6513 3 ปีที่แล้ว

    Padiri, urakoze cyane kuko ubisobanuye neza rwose.

  • @pizzalover1057
    @pizzalover1057 3 ปีที่แล้ว +5

    Pamfir rwose Imana izaguhe ijuru kuko ntukunda amacakubili niyumvira ko wagomeje kumva ibivugwa kuli gatolika ugashaka kumenya ukuli kandi rwose ibisobanuro Padri atanze birumvikana kandi byuzuye ubwenge

    • @kasasilasebyuma3807
      @kasasilasebyuma3807 3 ปีที่แล้ว

      Nimba najambo ry'Imana riri muri wowe bazakuyobya nshuti,,,arimo kubabeshya naho wowe uramushima?isomere bibilia reka gusomerwa

    • @assielkaruranga6330
      @assielkaruranga6330 3 ปีที่แล้ว

      Iya abakristo bahuraga muri ubu buryo bakaganira bagamije kubaka UBUMWE, bakaganira bagamije kuvugana mu rukundo ibyo batumvikanaho, bakaganira bagamije gushaka gushyira hamwe.

  • @ceciliakabayire3972
    @ceciliakabayire3972 3 ปีที่แล้ว +2

    IMANA ishimwe Padiri ikiganiro ugize ndizera ko cyadyoheye benshi cyane.
    Ufite ubusobanuro bw'umvikana ku muntu wese ufungutse umutima.
    Ntibihagaralire aha

  • @thicientubingenzi
    @thicientubingenzi 3 ปีที่แล้ว +5

    Murakoze cyane ku kiganiro cyiza. Muzashake ukuntu mumuhuza na Pastor Peter Musisi ujya utugezaho inyigisho za stigmatized knowledge batuganirize.

  • @niyoraph189
    @niyoraph189 3 ปีที่แล้ว +5

    Padiri afite byinshi atwunguye mu bwenge bwinshi, gusa byasaba umuntu wabicukumbuye cyane (bajya kunganya ubumenyi) ariko utabibona kimwe nawe. Ariko wazamubaza niba iriya title ya nyiri ubutungane ihabwa papa atabonako igenewe Imana yonyine gusa rikaba naryo ryashyirwa mu mazina atuka Imana.

    • @aristidetapirgapira9829
      @aristidetapirgapira9829 3 ปีที่แล้ว +1

      Hariya ni question ya Leadership kuko niwe Muyobozi w Ikirenga wa Kiliziya Gatolika kugira ngo igire umurongo abakristu bose bagenderaho kuko iyo abantu bariho badafite umuyobozi havuka ubuyobe !

  • @nteziryayoprisca8376
    @nteziryayoprisca8376 3 ปีที่แล้ว +5

    Bible iti umuntu wese izina rye ritanditswe mugitabo cyubugingo azaramya inyamaswa nigishushyanyo cyayo.kd kuramya inyamaswa nigishushanyo cyayo bisobanuye kumvira abantu kuruta Imana kd bigana kukurimbuka.mwukawera adushoboze kwandikisha amazina yacu mugitabo cyubugingo niho ubuhungiro buri gusa.idini ryose umuntu asengeramo ntirizamukiza ikizamukiza nukuba izina rye ryanditse mugitabo cyubugingo

  • @mariemuhire9285
    @mariemuhire9285 3 ปีที่แล้ว +45

    Mumenye neza ko Satani ari gukora uko ashoboye kwose ngo ayobye n’intore! Uzi ubwenge yisengere Imana imusobanurire. Niba ukunda Imana by’ukuri uzasobanukirwa.

    • @fah2939
      @fah2939 3 ปีที่แล้ว

      No

    • @twagirimanapatrice4518
      @twagirimanapatrice4518 3 ปีที่แล้ว +2

      Uyu mupadiri yemeza abantu ko PETERO yabaye PAPA koko ? Petero ntiyigeze aba umunyagaturika rwose, ntiyigeze avuga amashapure .

  • @godmercy9664
    @godmercy9664 3 ปีที่แล้ว +1

    HALELUJAH HALELUJA, urakoze ZABULI SHYA, UTUZANIYE PADILI UMUNTU W,IMANA, PADILI,TURAGUSHIMIYE CYANE USUBIJE NEZA, NGEWE IBYO USUBIJE BYOSE, NALIMBIZI NSOMA BIBILUYA NTAGATIFU, IYO MAZE GUSOMA, NSUBIRA GUSOMA IBYANDITSE HASI BISOBANURA NEZA IBYO UMAZE GUSOMA, NKUNVA NYUZWE pe, Mbabazwa nuko abiyita abarokore bita Abagatolika Abapagane, icyo nacyo mukiganiro gitaha muzakitubwireha. RERO barokore nkuko mubyiyita muge. MUnasoma BIBILIYA NTAGATIFU igusobanulira neza ibyo umAze gusoma ukanyurwa pe..IMANA IHE IMIGISHA ITAGABANYIJE KILIZIYA GATOLIKA, NA ZABULI SHYA N,ABAKOZI BAYO. MWESE NOHELI NZINZA N UMWAKA MUSHYA MUHIRE 2021.NDI MULI HOLANDE

  • @mukayirangaregine7831
    @mukayirangaregine7831 3 ปีที่แล้ว +3

    Murakoze pe, iki kiganiro kizace no kuri Pacis T V dukomeze twungurane ibitekerezo maze aho gusenyana twubakane tureke gusebanya pe.

  • @gahungujeanpaul4688
    @gahungujeanpaul4688 3 ปีที่แล้ว +5

    Imana ibahe imigisha y' iburyo bwose

  • @esperancendayikunda5313
    @esperancendayikunda5313 3 ปีที่แล้ว +2

    Pamphile , Imana iguhe umugisha kurico kiganiro ciza uduhaye kandi très intéressante. Ubutaha uzobicarike hamwe na Pasteur Antoine Rutayisire kugira twumve itandukaniro ry'Ivyahishuwe muri Eklésia n'itorero. Muhezagirwe.

  • @kivumukibuye361
    @kivumukibuye361 3 ปีที่แล้ว +13

    ABIRIRWA BACIRA ANDI MADINI IMANZA, NIBYO BIZATUMA BARIMBUKA.

  • @mukankubanaperpetue4840
    @mukankubanaperpetue4840 3 ปีที่แล้ว +19

    Uruguma rwayishe ni igihe papa Piyo wa VI( 6) afatwa akajyanwa i Valence muri France agafungirwayo agapfa mugihe ubufaransa bwari bubonye ubwigenge mu 1789

    • @rutinkuba3799
      @rutinkuba3799 3 ปีที่แล้ว

      Uku ni ukuri nuko batabisoma

    • @kagabaalex4700
      @kagabaalex4700 3 ปีที่แล้ว

      Uku Niko kuri wavuze

    • @pascaltuyishime4858
      @pascaltuyishime4858 3 ปีที่แล้ว

      Bizakomeza bibacange tu, hama abavugaga ko ari Jean Paul II. abahirika muratuvanga

  • @justineuwamariya6644
    @justineuwamariya6644 3 ปีที่แล้ว +2

    Ikiganiro cyiza cyane rwose

  • @munezeroaurore4340
    @munezeroaurore4340 3 ปีที่แล้ว +2

    Murakoze kukiganiro cyiza muduhaye ubu nibwo butumwa dukeneye muri iki gihe.

  • @vedastemurayirekaber5403
    @vedastemurayirekaber5403 3 ปีที่แล้ว

    naho ibyo kuvuga ngo Roma ntiyari kwisebya uti twemera ko bibiliya ari ijambo ry'Imana kandi irwanya ijambo ry'Imana kandi ntawuzagira icyo ahinduraho cyangwa ngo yongereho kuko uzabikora azagubwaho n'Ishyano!ndagirango nkubwireko n'udahumuka ishyano rizakugwaho!Soma muri bibiliya mugitabo cy'iyimukamisiri 20:3-17 umbwire icyo mwashingiyeho muhindura Amategeko y'Imana yanditse muri bibiliya ntagatifu!

  • @niyitegekapaul7994
    @niyitegekapaul7994 3 ปีที่แล้ว

    Muri Daniyeli igice cya 2 tuhasoma ibyerekeye
    iherezo ry’amateka y’isi.Binyuze mu nzozi umwami wa Babuloni witwa
    Nebukadinezali yarose, Imana yahishuye urukurikirane rw’ubwami bw’isi n’uko
    bwagombaga guhanguka bugasimburwa n’ubundi.Icyo gishushanyo Nebukadinezali yarose, cyari kigizwe n’umutwe w’izahabu, amaboko n’igituza byari ifeza , inda
    n’ibibero byari umuringa, amaguru yari ibyuma naho ibirenge byari igice cy’ibumba
    n’igice cy’ibyuma (Daniel 2:32,33).Igihe Daniyeli yasobanuriraga umwami izo nzozi
    yamubwiye ko uwo mutwe ari Nebukadinezali kandi amubwira ko azakurikirwa
    n’ubundi bwami(Daniel 2:38,39).Ibyo bigaragaza ko umutwe w’icyo gishushanyo wari
    ubwami bwa Babuloni.
    Igice cya 2 cya Daniyeli giyuye neza na Daniyeli igice cya 7.Mu gice cya 2 umwami
    wa Babuloni ni we wahawe iyerekwa, ariko ubusobanuro bwaryo Imana yabuhishuriye
    umuhanuzi wayo Daniyeli.Mu gice cya 7 ho ni Daniyeli ubwe uhabwa iyerekwa kandi
    agahabwa n’ubusobanuro bwaryo.Igihe Daniyeli yahabwaga iryo yerekwa, Imana
    yamusubiriyemo ibyo yari yahishuriye umwami wa Babuloni. Ibimenyetso bikoreshwa
    muri Daniyeli 7 Bibiliya itanga ubusobanuro bwabyo. 1.Umuyaga =intambara
    (Yesaya21:1,2 ; Yeremiya 25:32;49:36,37). 2.Inyamaswa= umwami cyangwa ubwami
    (Daniyeli 7:17). 3. Ihembe= umwami cyangwa umutegetsi (Daniyeli8:21). 4.Amazi=
    amahanga/abantu benshi(Ibyahishuwe 17:15).
    Mu iyerekwa Daniyeli yabonye imiyaga ine yo mu ijuru ihubukira mu nyanja
    nini,maze havamo inyamaswa nini enye (4) zidasangiye ubwoko.Iya mbere yasaga
    n’Intare, iya kabiri yasaga n’Idubu, iya gatatu yasaga n’Ingwe naho iya kane yari iteye
    ubwoba kandi ntiyigeze abona inyamaswa yo mu ishyamba yayigereranya nayo
    (Daniyeli7:4-8).Iyo miyaga ishushanya intambara zabaye hagati y’amahanga
    atandukanye maze hakomokamo ubwami bune butandukanye.
    Nk’uko Nebukadinezali yeretswe igishushanyo kigizwe n’ibice bine, niko na
    Daniyeli yeretswe inyamaswa enye.Ibi bice byombi bifitanye isano ikomeye.Intare
    yashushanyaga umwami bwa Babuloni.Bwaje guhangurwa n’umwami w’Abamedi
    n’Abaperesi witwa Kuro wari warahanuwe mu gihe kirekire mbere y’uko avuka
    (Yesaya 45:1).Ubwo bwami nibwo bwashushanywaga n’Idubu yegutse uruhande
    rumwe.Kweguka uruhande rumwe byerekana ko ubwami bw’Abaperesi bwari
    bukomeye kurusha ubw’Abamedi.Ingwe yashushanyaga ubwami bw’Ubugiriki.Imitwe
    ine y’iyo nyamaswa ishushanya abami bane bigabanyije ubwami bw’Ubugiriki nyuma
    y’urupfu rw’umwami wabwo wa mbere witwa Alexandre Mukuru. Naho inyamaswa ya
    kane yashushanyaga ubwami bwa Roma mpagani.
    Igihe Daniyeli yahabwaga ubusobanuro bw’ibyo yeretswe yatinze ku nyamaswa ya
    kane.Yari inyamaboko, iteye ubwoba, kandi yaconshomeraga ibintu byose
    ikabimenagura ibisigaye ikabisiribangisha amajanja yayo.Yari ifite amahembe 10, ariko
    atatu yaje kurandurwa hameramo agahembe gato karakura kaba rinini.Ako gahembe
    kari gatangaje kuko kari gafite amaso nk’ay’umuntu, n’akanwa kavuga ibikomeye.Ayo
    mahembe10 ashushanya ubwami10 bwigabanyije ubwami bwa Roma imaze
    kugwa.Ubwo bwami 10 bukomoka mu Bulayi kuko ariho hari hatuwe cyane igihe
    Daniyeli yahabwaga iri yerekwa.Kurandurwa kw’amahembe 3, bigaragaza ko muri
    ubwo bwami 10, butatu buzakurwamo bugasimburwa n’agahembe gato.Ubwo bwami10
    ni ubu bukurikira: Abafaransa , Abongereza , Abasuwise, Abaporutigare, Abagage,
    Ababiligi, Abesipanyoli, Abaheruri, Abavandari n’Abositorogoti.Ubwami bwakuweho
    ni Abaheruri, Abavandari, n’Abositorogoti.Ubu bwami uko ari butatu ntibukiboneka ku
    ikarita y’isi kuko bwakuweho n’agahembe gato. Mu gice cya 8 cya Daniyeli yongera kwerekwa Imfizi y’intama n’Isekurume
    y’ihene.Imfizi y’intama yari ifite amahembe abiri mu ruhanga rwayo ashushanya
    ubwami bw’Abamedi n’Abaperesi.Isekurume y’ihene yo yari ifite ihembe rirerire mu
    ruhanga rwayo rishushanya umwami w’Ubugiriki wa mbere.Iryo hembe riravunika,
    rigasimburwa n’andi 4, ari bo bami bane bigabanyije ubwami bw’ubugiriki.Abo bami
    ni aba bakurikira: Lisimakusi, Selewukusi, Kasanderi na Pitoremi.Kuri rimwe muri ayo
    mahembe 4 hashamitseho agahembe gato karakura cyane, ndetse karikuza kagera mu
    ngabo z’ijuru, kandi kagaragara gasiribanga ubuturo bwera.Ku bwami bwa Selewukusi
    niho hashamika agahembe gato.Daniyeli yabwiwe ko igihe ubwo bwami buzaba
    bwenda gushira, hazima umwami umenya ibitamenyekana, kandi azaba afite imbaraga
    zitarize.Uwo mwami yagombaga kuba atandukanye n’abandi bamubanjirije bose, kuko
    agaragara arimbura ubwoko bw’abera, kandi akigaragaza nk’Imana (Daniyeli 8:8-25).

  • @ancillaniyonizeye6758
    @ancillaniyonizeye6758 3 ปีที่แล้ว +20

    Shimwa Yezu waduhereye abasaserdoti ubwenge n'ubushishozi.Shimwa kandi ko wahaye uwo munyamakuru urupfasoni (ikinyamakuru)

  • @animeedits-vy4kd
    @animeedits-vy4kd 3 ปีที่แล้ว +6

    Padiri rwose urumuntu wumugabo ubisobanuye neza knd birumvinkana knd birumvikanako wize kndufite nijambo nyimana uwiteka akomeze akwagure.

  • @berwajane6513
    @berwajane6513 3 ปีที่แล้ว

    Tuje dutega amatwi y'umutima, Yezu Kristu adusobanurire kandi arabikora.

  • @mariemuhire9285
    @mariemuhire9285 3 ปีที่แล้ว +4

    Mwibuke ko Satani ari gukora cyane muri iyi minsi yanyuma kugirango ayobye n’intore. Imana itabare! Dukwiriye gusenga cyane, Imana igasobanurira abayo.

    • @nkurunzizapontien4070
      @nkurunzizapontien4070 3 ปีที่แล้ว

      Padiri muzamuhuze numwe mubagorozi bakore Debat niho bizasobanuka neza. Niba ushaka kumenya iby inyamaswa yavuye munyanja ndetse no mugitaka sura urubuga www.ivugurura n ubugorozi.org. urahamenyera byinci.

  • @honoreoresteizere942
    @honoreoresteizere942 3 ปีที่แล้ว +1

    Mwarahabye kuko mutamenye,ibyanditswe byera (mbega uburyo mubeshyera ibyanditsebyera:Yesaya:8:20 ntamucyo uzabatambikira, nibamwirenga amagambo akomeye,yukuri kw'Imana umuremyi.

    • @gastondiuedonne8977
      @gastondiuedonne8977 3 ปีที่แล้ว

      Niki kikubwira ko wowe utayobye iyobokere twe utureke

  • @charlottefuraha7108
    @charlottefuraha7108 3 ปีที่แล้ว

    Mufite ubwenge cyane Imana ibahe umugisha

  • @nitangacamaradevenuste1128
    @nitangacamaradevenuste1128 3 ปีที่แล้ว +3

    Padiri we! Babwire wenda natumva! Gusa uwo munyamakuru wa zaburi nshya bravo kbx

  • @SartiifirimeBurundi
    @SartiifirimeBurundi 3 ปีที่แล้ว +1

    Patinukuri. Warizepe. Imana. Iguhumugisha

  • @sisysylve9674
    @sisysylve9674 ปีที่แล้ว

    Mrc bcp Pamphile,n'abandi ujye ubabwira basobanuze ibyo badasobanukiwe

  • @rajabuashumani5800
    @rajabuashumani5800 3 ปีที่แล้ว

    Tubanje kubasuhuza kandi tubashimira kubisobanuro mwaduhaye. Muzadusobanurire
    1. Impamvu twibuka ivuka rya Yesu Krito le 25/12
    2. Umubatizo wo kwibiza cyangwa kugahanga aho bitandukaniye.
    3. Kugira umuntu umutagatifu
    4. Kubabarira umukristu ibyaha bye ndetse nabitabye Imana.
    Murakoze nahubutaha

  • @kasasilasebyuma3807
    @kasasilasebyuma3807 3 ปีที่แล้ว +1

    Murakoze,ndagirango nyakubhw padiri adakomeza kuyobya abantu,Petero ntabwo yari papa,kuko imyizerere ,imigenzo ,intego ,ubutumwa,umwuka etc ntabwo bihuye nibyabanyagaturika! reka kutubeshya.Ijambo yabwiwe ngo kururwo rutare niho nzubaka inzu yanjye(itorero)(kanisa)yarashatse kuvuga '''"'kuguhishurirwa kwigisubizo yariyashubije""""itorero ryubakiye kwijambo ariwe Yesu noguhishurirwa Numwuka Wera.Ragira intama zanjye """"" mugihe intumwa zatangiraga gutotezwa uhereye kumunsi wa Pentecote byaringombwa ko havamo umwe ubahagarariye bataratatanira kwisi yose.Uribuka igihe petero byamugoye kumva agakiza ku banyamahanga?agasubizwa mubayahudi ngo ariho akorera?Ese izindi ntumwa zabwirizaga ziri hasi yubuyobozi bwa petero?reka kutubeshya ?muzayobya impumyi ariko abisomera bibilia bayobowe numwuka wera bazakomeza guhishurirwa kuvuye mwijuru.Nimba kiliziya ariryotorero ryasizwe nintumwa ese gusenga ibishushanyo,umusaraba,umubatizo wo kugahanga ,gusengera abapfu,kutemera ko umuntu yakizwa akyambaye umubili ,kubatiza abana bato etc mwabikuyehe?ko mbona byinshi mukora bitandukanye na Bibilia! ese dukoresha bibilia imwe?

  • @jeanclaudenshimirimana5790
    @jeanclaudenshimirimana5790 3 ปีที่แล้ว

    Murakoz cn bakozi b'Imana, musiguye vyinshi knd mubwitonzi no mubigenga ntangere. Abari muntambara zamadini nibakumbure bikebuke

  • @harerimanajeanpierre5410
    @harerimanajeanpierre5410 3 ปีที่แล้ว

    Murakoze cyane Imana ishimwe

  • @vedastemurayirekaber5403
    @vedastemurayirekaber5403 3 ปีที่แล้ว +7

    urakoze cyane iyo title(VICARIUS FIL D"EI) uvuzeko atari we ubwe wayihaye birahura neza ko ububasha bwe yagombaga kubuhabwa na cya kiyoka.Urongeye uti ni intungane ntiyagombaga gutoteza abe!niba yari ahagarariye abemera sobanura icyo yahoraga rutheli,abavoduwa,willy clif n'abandi benshi uzasanga mu gitabo cyitwa intambara ikomeye

    • @kasasilasebyuma3807
      @kasasilasebyuma3807 3 ปีที่แล้ว

      Yes brother,Imana iguhe umugisha! Komeza umubeshyuze nikyo Imana yakwigishirije kugirango muruyu mwanya utabare abo agiye kuyobya batajya basoma bibilia,,,komeza umukurikirane ahari waramila bake ,b blssed

  • @jeannemukandengo5926
    @jeannemukandengo5926 3 ปีที่แล้ว

    Murakoze cyane kuko hari beshi bayobye

  • @hakizimanajean9349
    @hakizimanajean9349 3 ปีที่แล้ว +1

    Murakoze kukiganiro muduhaye

  • @eustachengendahayo6527
    @eustachengendahayo6527 3 ปีที่แล้ว +1

    Padiri aba afite skills! bitandukanye no muri ya madini yadutse ho bihagije kuba uzi kuvuza ingoma no kuririmba ama koras maze ugahita ugirwa pastori

  • @HabimanaErize-hc9lw
    @HabimanaErize-hc9lw 9 หลายเดือนก่อน

    Muve murujijo musenge yesu yavuze ko azatwoherereza umwuka wera azaduhishurira byonse nibyenda kubaho 666 bivuga icyutuzuye umuntu wese utari muri,7 ntabwo aricyuzuye ku uwiteka niwe 666 soma neza ibyahishuwe igice13-18

  • @pizzalover1057
    @pizzalover1057 3 ปีที่แล้ว

    Zaburi nshya number 1

  • @amidaberta6844
    @amidaberta6844 3 ปีที่แล้ว +1

    Imanishimwe kubamenyukuri

  • @ancillaniyonizeye6758
    @ancillaniyonizeye6758 3 ปีที่แล้ว +10

    Shimwa Yezu! Uzi impamvu ngushimiye.

  • @purcheriemukankima9663
    @purcheriemukankima9663 3 ปีที่แล้ว

    Muzatubarize biba Papa ari uwasigariyeho Krìsto Yesu ni gute yashyigikira ko abagore nabagore babana abagabo nabagabo babana. Ese YESU yanyuranya nukuri kandi ariwe waremye umuntu agashyingira ADAMU nä.EVA

  • @b-monde
    @b-monde 2 ปีที่แล้ว

    Murakoze rwose iki kiganiro nigiyemo byinshi pe

  • @mariemuhire9285
    @mariemuhire9285 3 ปีที่แล้ว

    Ntabwo Imana yitaye ku idini, Imana icyo ishyize imbere ni ijambo ryayo, n’amategeko yayo.

    • @kasasilasebyuma3807
      @kasasilasebyuma3807 3 ปีที่แล้ว

      Ese uzi idini icyo ari cyo? Idini ninzira ishyitsa abantu kuMana ,iyo iyo nzira iyobya abantu Imana birayibabaza ,niyo mpamvu Yesu yayasanzeho akabereka iyukuri iyo ariyo(kumwizera ,bagakiranuka,bagakurikiza amabwiriza yandi avuga kururwo rugendo yatangije)soma bibilia neza uzasanga ibyo gaturika ikora byose bitandukanye nijambo ry'Imana,,

  • @topnews4179
    @topnews4179 2 ปีที่แล้ว

    Padiri Claudien rwose ndagushimye usobanuye ibintu neza cyane. Utabyumva ni akazi ke

  • @yumvuhorefelix3694
    @yumvuhorefelix3694 3 ปีที่แล้ว +5

    Nshimiye umunyamakuru uganira poliment!