Nasambanye n'Umukecuru w'Imyaka 85 kugira ngo bampe IMBARAGA😳 ATWERETSE ISANDUKU n'IMPETA BAMUHAYE😳🔥
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 3 ต.ค. 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - บันเทิง
Iyi témoignage ni authentique najye nza guhamagara nguhe témoignage satan un grand menteur njye n'a hanganye na maimuna yesu ni mwiza Ubu nda tekanye kubwa yesu j❤ Jesus %
Ububasha bwa illuminate ndaburimbuye mu Izina rya Yezu Christu mburoshye mu nyenga y'irimbukiro,imitongero n'ibihango byose bya sekibi yakoreye ku bana b'Imana ndabirimbuye byose mbiroshye mu nyenga y'irimbukiro.
Abana b'Imana sekibi yaboheye ikuzimu ndababohoye mu Izina rya Yezu Christu
Ububasha bwa Christu Umwami mburimbuje ububasha bwose bwa sekibi aho buherereye hose ubwaribwo bwose.mbitegetse mu Izina rya Yezu Christu wapfuye akazuka
Biteye ubwoba yesu nakomeze akore 🙏🙏🙏
Plaisir ubuse bwo nago agyayo koko mwizina rya yesu imana imukoreho
Uyu musore aracyakeneye kubohoka neza! Akeneye umuntu Mukuru mu mwuka,UMUFASHA urugendo rwo gukizwa neza! Agire Itorero,ashake umushumba ufite imbaraga,Kandi ahumure Yesu aracyabohora imbohr
Ntagobirakuvamo , njye numvise ubu buhamya ndasinzira ntagira kurota nabi mwizina rya yesu nturabivamo yesu agutabare usenge cyane, uhamamagare amaraso ya yesu, uzavayo
Imana Ishimwe cyane yuko uri mu twe(abakristo b'ukuri) aruta uri mu b'isi bose,Kandi naho amarembo y'i kuzimu yazukuka ntacyo yatwara itorero(umubiri wa KRISTO=umwizera nyakuri),kuba satani akora haba ibi twumvise cyangwa n'ibindi tutarumva,ntabwoba tugomba kugira kuko turikumwe na KRISTO Yesu wamunesheje i Gologota,ahubwo dukomerere mu Mwami Yesu no mu mbaraga z'ubushobozi bwe bwinshi,kuko abo dukirana nabo atari abafite inyama n'amaraso ahubwo ari abategeka iy'isi y'umwijima(Abef 6.10-18) Kandi twibuke gusabira abera bose,no gusabira abakiri muri ubwo bubata bwa satani,ngo baveyo,basange Umwami Yesu abaruhure,murakoze.
Plaisire, amakuru y'Aline
Nsomye mu maso ye ko mbonamo ibinyoma! Yaba abeshya inkuru cg se yaba ataravamo adashaka kwimena inda😢
😂😂😂😂😂😂
Ahubwo njye nabonye ashobora Kuba ari muri mission yo kwamamaza kuko gukizwa byo ndabona wapi.
Njye ndabona akirimo
Nange niba atabeshya inkuru
Aracyarimo😂😂
Imana ikomeze iturengere kandi urakoze kuduha ikiganiro kiduhugura tugomba kuba maso kandi tugasenga tudakurikira ibyisi bizashira tugaharanira kuzagira ubugingo buhoraho
Egoko Mana biteye ubwoba, Imana irokore ubugingo bwabamaze kubohwa. Ikomeze ishyire hanze gukora kumwanzi .
Uwiteka tabara ubwoko bwawe,😢😢😢that thing is really.murakoze cyaneee kuki kiganiro..
Ndahombye kuba mbonye ikiganiro nta Comment nimwe irajyaho
First comments first like kukiganiro!
Abahagera mwese nyuma mumpe like ❤❤
Harya iyo tubahaye like bigenda gute? Nayishyizeho munsobanurire tu!
😊
Yesu nashimwe cyane uyu musore nizere ko yatandukanye na satani burundu kuko ndumva ubuhamya bwe buteye ubwoba
Wamusore we niba waravuyeyo egera abakozi nimana basizwe amavuta bagufashe gusenga kuko ndabona ufite intege nkeya cyane byazarangira usubiyeyope
Yesu christo ni umwami wa amahoro iteka ryose 🙌
Satani afite imbaraga nyishiiiii cyaneeeeee arko hejuru yimbaraga za satani hari imbaraga Z'Imana arzo zimira izindi
Imana iturinde abazimu mwizina rya YESU
Imana niyikomeye kwisi naho satani yaraneshejwe
Imana igutabare gusa nubu ndabona utarakizwa naza
nawe ndabona udakijijwe
The marriage was a transfer of powers. This is crazy at 3 yrs? Insane!!!
Mwisi yumwuka harimwo ibintu vyishiii kbs Imana idufashe caaneee.
Yesu kristo mwami turengere udukore ku maso naho ubundi twarinjiriwe
Imana itubabarire nukuri
Kdi Umwana w'Intama w'Imana atubature
Ubuzima tubuhabwa na Yesu Christo we wemeye kubutanga Ngo tuburonke. Hashimwe Yesu we wakebutse intama ye yazimiye Akayitahura.
Ikibazo nibaza, Ese Nyuma yabobagore mwaryamanye, ko wuzuzaga amasezerano, Nyuma iyo ubonanye cg uryamanye numukwobwa, bigenda bite?
Yesu akunda abantu. nawe uvuemera gira like
ihangane Imana igukuyeyo ninyembaraga izaguhindurira ibuzima
Hallellua Imana ishimwe kubwurukundo idukunda Kandi muvandimwe uzakorere Imana nkuko wakoreye Satani
Iman ishimwe kowabivuyemwo🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦👏👏
Uwo mwnaa akeneye oo tumereka urukundo kdi urkundo tuzamwereka nirwo ruzamubera intangiriro yo kuraraukundo rwawe yambuwe kuko yavuzeko atakigiraurukundo Imana izabidushoboze Murakoze
Ntukavuge kwari your Lord kuko Uwiteka niwe Mana yawe
Uwo musore abamwegereye bamufashe bamusengere cyane. Bitange Imana izabaha umugisha
Uyu mwana kugira ngo azabohoke bizagorana PE hazaba ho amasengesho menshi cyane kuko ubuzima bwe bwose ni nkaho yari muri iyo si y'umwijima.gusa niyizere Imana kandi asenge cyane amaraso ya Yesu Kristo azamubohora 49:48
Imana ishimwe ko wavuyeyo
Bantu mwumva iki kiganiro mucyumve mumaze gusenga njye nacyumvise ngeze hagati agatotsi karamfata ntangira kubona ibigabo binsambanya malaika anjabuye mubitotsi nahahamutse, ngarutse mvuye mubitotsi nibagiwe ibyo narindimo ariko narindi gutokesha, mubanze musenge nyabuna.
Uracyakeneye amasengesho menshi cyaneeeee
Yesu ni muzima Imana ishimwe
Imana izakurengere kugeza kwiherezo kandi usenge cyane
Imana ihwambike imbaraga
Amen amen
Mana we!
Mbega inkuru ndende kdi iteye ubwoba! Cyakora Imana ni nziza kdi ishobora byose.
Muzaduhe part 2, twumve umuntu Yesu agira neza.
Iratabarape& 4:33
Mwiriwe. Yesu nashimwe cyane. None se afite imyaka 3 Ninde wabimujyanyemo
Yego ra
Mugire muduhe part 2 tunejejwe no kumva imbaraga za Yesu ukuntu zisumba iza satani, uburyo Imana yamurokoye urupfu rw'iteka
Birakaze peee nugusenga cyane bakazi b Imana
Iryo Zina ntibaryemera (ririmo yesu) none ngo wari we 😂😂 biratangaje kbs
Mwakire comment yanje gusa 😅😅😅😂😂
Amaraso ya Yesu akwinjire mo,a neutralise ayo yakwivanze mo yanduye,uhinduke umunyago we.
Mu izina rya Yesu waducunguye.
Amen 🙏
yesu dutabare kandu uturengere kubwimbaraga zawe niwowe ntwari muntambara
Imana yo mwijuru ishimwe kubwawe gusa uzatwereke izo mpeta batanga
Ariko Koko blez ibibintubibaho? kompora nkubona ukora ibiganiro bitandukanye haribyo wabonye imbona nkubona?
Imana ikongere imbaraga
Niyo dukesha byose
Yesu weee
Igice 2 pelizil. Afite byinshi byokuvuga abantu bave mubibi.
Ndikwibaza. Abantu benshi. Babigiyemo
Inkuru yuzuyibinyoma: Bakugiruwa 1 uwaruwambere abuwa nyuma hanyumase birangiriraho, toka vanubujijaho
Imana lgufashe lgukurahohantu lkuzuze lmbarga
Sha Yesu aguhe agakiza pe
Uyumwana bivuzeko bamutanze arumwana 😭😭😭
Imana lfite ibushobozi nububasha tuyinambeho ntaho itakura umuntupe!
Nyakubahwa Munyamakuru mwajya mwishimira kuvuga. KRISTO YASU KUKO BYOSE KURIWE NIBYIZA RWOSE KUKO IMANA MWIZINA RYA. KRISTO YESU MURKOZE
Nibyiza kubivuga kugirango nabandi bamenye ububi bwa satani
Nkabizera tuziko kuvuga izina rya YESU KRISTO bibohora.Musore rushaho kwatuza akanwa kawe izina YESU bitari ibyumuhango ujye urivuga bivuye kumutima ugambiriye gukizwa no kubaturwa naryo satani azaguhunga byihuse kdi burundu.
Imyandikire yawe irimo amakosa.
Plasair weee iki kigaro n' ukubeshya pe!!illuminate ntijyamo ba gafifi nkabo pe!!!
Ubuhamya nkubu tubatubukeneye ngo dusobanukirwe
urabeshya
Yesu arashoboye kd arakomeye arahambaye kd natwaza igitugu
Urabesha Koko,,,murabura ibyo mukinishaaa ubona bokujyanaaa Wowe?? Hmmm ntabatindi bakorana rwose
Yesu n'umwami wabami arashoboye
Imana irakomeye💪💪
Gusa najye ndatangaye gusa abantu bajye bamenya ko isi yimyuka ya dayimoni ibaho gusa Imana ishimwe ko itwitaho
Yesu ni ashimwe! Plaisir Yesu aguhe imigisha ku bwo kudukangura utuburira ,no kumenya ibyo tutari dusobanukiwe byo mu isi y'umwijima benshi bahakana ku bwo kudasobanukirwa ibibera yo.
Mana we sindumviriza inkuru ariko ndumiwe pe reka nkurikire numvirize ubu buhamya
Imana yo mwijuru ishimwe kubwawe gusa uzatwereke izo mpeta batanga
Genda. Wadagewe ibyo nibibesho ngufashe uwo satani namugusosoramo mwiZina rya YESU USUMBA Byose
Yesu weeee 😢
Uwiteka agukomereze mumbaragaze✊✊
Mbaye uwambere
Yesu amufate amukomeze arko ndabona atinyitse,gusa yesu arashoboye
Mana we iyi si iberaho byinshi bibi umbe hafi ndakwinginze ntujye kure
Ndabona urikubeshya pe
Arikubeshya nubundi
Yaba yibeshya ariko ntitwibagirwe ko satani akora mu mbaraga zumwijima
Ugume usenge cyne wihishe muri yesu knd uku wamennye amabanga yabo baraguhiga cyn usabwa gusenga cyneeee
Yooo Yesu arakuzi bizagushiramo
Ikindi gice kirakenewe
Ahaaa
Hageze kwavugako yakiriye YESU NKUMWAMI NUMUKIZA kuberiki yaravye inyuma ..ntiyarivuze neza yarikwefye naho wosubiz inyuma ukaraba il est pas clair le ga!!
Yesu aracyakora pe kdi imbagaze ziracyahari
Yesu agutabare nukuri pe!!!!
Akeneye abamufasha gusenga akajya no mubyumba by'amasengensho, kugirango izombaraga z'imyukamibi zihagarare.
Ndategereje chapitre ya2 , murakoze cane yemwe ndabakunze.
Ariko se ibi bibaho cyangwa muba mushaka hit?
Ariko abanyarwanda mwadufashe nkinjiji koko!
Ni hatari tu❤Isi irashaje igihe guhirima
Ntago byoroshye, Imana iturengere.
Eriya bamaso usenge cyane batazakugyana. Sha
Plaisir noneho umutumirwa ufite ateye ubwoba ndakurahiye😢
Oh my God Imana nitabare abari mwisi😢😢😢😢
Wamusorewe
Amaraso
Yayesu
Kristo agutwikire
Ntabwo bandika ngo Yayesu Kristo, bandika, ya Yesu Kristo.
yesu dutabare kandu uturengere kubwimbaraga zawe niwowe ntwari muntambara
Sinzi impamvu numva abeshya
Aha nibyoroshye
Yesu atugenderere adutabare
Murabeshye
Nicyoshye pe
Nkurebye ndabona ubeshye nonese wakuyemo iki? Byagufashi iki?