Novene ya Therese w'umwana Yezu:Mutagatifu Therese w'umwana Yezu,ndakwinginze,nsoronera ururabo rw'iroza mu busitani bwo mu Ijuru,nsabira Nyagasani Imana kumpa icyo nifuza Kandi umbwira uko nzamukunda kurushaho.Dawe uri mu Ijuru 3,Ndakuramutsa Maria 3,Hubahwe Imana Data3
Kristu Yezu akuzwe Mu gihe padiri ataragusubiza nakugira inama yo gukora iindamutso ya Malayika sa sita no kwiyambaza Malayika Gabriel Umubyeyi Bikira Mariya adusabire
Karanshimiagije,kuko ukwizera k'umuntu niko kumukiza. Sindi umugarurika ariko ibi ndemera ko ubyizeye bikora,gusa ni ubuyobe! Muzamenya ukuri kubabature. Mutarakumenya nta kosa ariko ngo akabikora kabizi.....🤣🤣🤣🤣
Tereza w'umwana Yezu udusabire, dore amadeni atumereye nabi🙏🙏
Nasavye Tereza wumwa Yesu adusabire jewenumuryango wanje amadeni atugezahantuhabi cyane
@@NosentiNiyi-vj6sh
MATAYO 11
27.
Byose nabyeguriwe na Data, kandi nta we uzi Mwana keretse Data, nta n’uzi Data, keretse Mwana n’uwo Mwana ashatse kumuhishurira.
28.
Nimungane mwese, abarushye n’abaremerewe, jye nzabaruhura.
KRISTO NIWE USHINZWE UWO MURIMO KUKO BYOSE YABYEGURIWE N'IMANA.
Bavandimwe nange munsabire mufite ikibazo cyamadeni merewe nabi cyane Imana ibahe umugisha
Ste Therese de l'enfant JESUS prie pour nous. AMEN 🙏
Tereza wUmwana Yezu udusabire AMEN
Padi rwose nanjye amadeni amereye Nabi mugatifu Teresa w'umwana yezu ansabire nkizwe amadeni .amen 🙏
Urakoze cyaneee pagiri nawe kudusabira kuko amadeni azatuma tutabona ijuru pe umuntu akabamo ideni rya 500 000 atagira na 10 000 padiri kubera gusabwa ibirenze ibyo winjiza bituma twisanga mu madeni Tereza wumwana yezu udusabire pe nanjye atantabaye uyu mwaka sinawurangiza pe nkomye induru ansabire pe ndahindura amasengesho mfate ayo kumwiyambaza umutima utaramvamo antabare pe nabagenzi nanjye muze tumwiyambaze pe birakomeye urakoze padi😊😊
Siwowe wenyine
Turategereje naze hafi yacu
Bavandi St Therese adusabire pe nge nicumbi bashobora kurinsohoramo numuryango wange
Novene ya Therese w'umwana Yezu:Mutagatifu Therese w'umwana Yezu,ndakwinginze,nsoronera ururabo rw'iroza mu busitani bwo mu Ijuru,nsabira Nyagasani Imana kumpa icyo nifuza Kandi umbwira uko nzamukunda kurushaho.Dawe uri mu Ijuru 3,Ndakuramutsa Maria 3,Hubahwe Imana Data3
Tereza w'umwana Yezu udusabire twishyure amadeni.❤
Hhhhhh ariko mwaretse ubuyobe Koko.ijuru ribahe amavuta yo gusiga ku maso
Amen!Ste Thérèse de l’enfant de Jésus prie pour nous 🙏
Urakoze cyane Padiri uzadusangize iyo noveni dutakambe kandi Imana irumva pe
Murakoze cyane Padiri kunyigisho nziza uduha .
Imana iguhe umugisha , Therese w' umwana Yezu Mutagatifu udusabire .
Amen! Padi urakoze cyane,
Nanjye vuba aha nzatanga ubuhamya
Nukuri Tereza wumwana yezu adusabire uwitwka atwishyurire amadeni aratumaze pe ndamwisunze🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🤲🤲🤲
Merci beaucoup Padiri wacu
Amen 🙏🏿🙏🏿
Imana ikoresha Abatagatifu bayo rwose mugihe tubiyambaza nanjye ndumuhamya .Padiri twagusabqga kutwigisha iyo neuvaine y'iroza uko bayivuga tujye tuyiyambaza turusheho guhura n'Imana mubatagatifu bayo ndabikwisabiye
Tereza w'umwana yezu udusabire muribyose nziko Imana yacu ibizi kdi udutabare muntambara duhura nazo.
Padiri nanje amadeni amereyenabi cyane mudusabire umwana yezu
Murakoze kutubwira ibyo tutari tuzi Mutagatifu Therese udusabire
Murakoze Cyane kubw’inyigisho zanyu zidufasha🙏
Murakoze cyane Padiri wacu. Mutagatifu Theresa w' Umwana Yezu adusabire twese ❤
Murakoze cyane Padiri. Muzadusangize iyo novainel
Urakoze cyane Padi, nonese amasengesho yo kwiyambaza Tereza w'umwana YEZU.
Thérèse w'umwana Yezu Mutagatifu udusabire atari kubw'amadeni aturembeje, no Ku bindi bibazo byinshi bitwigarije Amen.
Amen, urakoze kudusangiza ,kuri ubwo buhamya birafasha cyane , Nyagasani agukomereze ubwo butwari🙏
Amen amen
Urakoze Padiri kuri iyi nyigisho. Yangeze ku mutima kubera amadeni. Nari mfite kandi ikibazo cya minerval y'umwana wari ugiye kwirukanwa mu ishuri ndetse na nyiri inzu yari yaduhaye iminsi 2 yo kudusohora mu nzu. Nkimara kumva inyigisho yawe twahise twiyambaza bikomeye Uyu Mutagatifu. Kuri uwo mugoroba inshuti yahise yemera kuba idutije idutije amafranga yo kwishyura rua shuri ntayo tumugujije. Ndeste mu nyir'inzu atwihangara indi minsi kugeza tubonye ayo kwishyura. Nyuma y'umunsi umwe gusa, aho dukorera, twagiye kubona tubona umudamu arinjiye afite indabo z'amaroza araza Theresa rumwe umufasha wanjye. Bwari ubwa mbere uwo Madame yinjira muri iyo nzu. Yego twamuhaye udufaranga ariko kuri twe cyabaye ikimenyetso Mutagatifu Thérèse yari atwoherereje. Ndagusabye udufashe gusenga muri Neuvaine aux Roses turimo. Twizeye neza ko Ste Thérèse de l'Enfant Jésus azadufasha kuva mu madeni menshi turimo muri iki gihe. Imana iguhe umugisha
Urakoze cyane Padiri, uku ni ukuri cyane kuko nanjye ndi umuhamya wabonye ibitangaza bya Ste Thérèse w Umwana Yezu!
Nonese padi wazatubwiye umutagatifu wiyambazwa n'abantu babuze urubyaro!! Urakoze.
Kristu Yezu akuzwe
Mu gihe padiri ataragusubiza nakugira inama yo gukora iindamutso ya Malayika sa sita no kwiyambaza Malayika Gabriel
Umubyeyi Bikira Mariya adusabire
@@DianeMariza
Ababuze urubyaro biyambaza Kristo WENYINE.
@@DianeMariza
Ejo muzabaza n'abiyambazwa hatangwa imvura, izuba, uburumbuke, guhirwa, kurindwa n'ibindi.
Kristo ko yihagije ikindi ni ikihe????
Matayo 11:28 (BIBILIYA NTAGATIFU)
Nimungane mwese, abarushye n’abaremerewe, jye nzabaruhura.
Mutagatifu Sarah na Hannah kuko nibo Bible itwerekako batinze kubyara nyuma yimyaka myinshi bategereje Uhoraho arabibuka usome igitabo cya Samuel ibice byose (2) usengeremo cyane usengere mwisengesho Hannah umugore wa Elukana yasengeyemo ubwo Uhoraho yamuhaga kubyara Samuel igihe mukebawe Penina yaramuzonze. Uhoraho akwishimire akwibuke aguhe urubyaro .
Murakoze cyane !
Rwose mu fashe nanjye
mw'isengesho mfite amadeni menshi andemereye,nyuma yo guyakaza akazi nari mfite.
Murakoze.
Nange namutangira ubuhanya uyu mutagatifu.Ni umutagatifu ukora direct.Yampereye abana 2 Bourses ebyiri icyarimwe mu gihugu kimwe.Mumwisunge
Tubwire uko bigenda ye!
@@fulgenciemukamusoni1753 ni ugusenga cyane ukamutabaza ngo agusabire nta bindi birenze. Nge nabisabye cyane hariho covid ubona urubyiruko rwigunze
ese nabapfu basigaye biyambazwa mumwanya w'Imana bagatanga bourses,ntabwo twari tubizi,arikose ko Imana yavuzeko atari Imana yabapfuye ahubwo ari Imana yabazima ibibintu muvuga mubikurahe?mwaba musoma bibiliya ntagatifu cg ninyigisho zubuyobe zidini catholic yazanye namwe murayoboka nkibimasa bajyanye mwibagiro bitazi iyobijya,iyo uvagako abana bawe bahawe bourses nuko wiyambaje abatagatifu uba usobanuyeko Imana yaremye isi nijuru ko itagikora ahubwo hasigaye hakora ibigirwamana, sinziniba ubyumva neza,niba koko urumutanga buhamya mwiza waza kunyereka ahanditse muri bibiliya ntagatifu ko tugomba kujya dusenga abatagatifu tukanabiyambaza, mbere yo kunsubiza ubanze ubinyereke
uzegusoma matayo 11:28 haranditswe ngo yemwe abarushye nabaremerewe munsange ndabaruhura, none mwe musigaye muruhurwa nabapfuye?kandi mujye mwibukako na Satan yiyoberanya akigira marayika wumucyo agasubiza ibyomwasabye mwizina ry'Imana kandi atariyo, urugero nkabo batagatifu wavuze, rero mube maso mutazavugango ntimwaburiwe murakoze uwiteka abagirire neza
Nyihera numéro yawe
Nitwa Assoumpta Padiri nshimishwa n inyigisho muduha Imana ibahe umugisha
Murakoze cyane Padiri. Mutagatifu Thérèse w'Umwana Yezu, utugenderere udufashe
Namukundaga ntaramenya ibi byose. Icyo nabisabiraga iryo sengesho ry'iroza umuntu yaribona ate
Bjr nanjye Mutagatifu Thereza amaze kunkorera ibitangaza bigera kuri bine4.
Wampa ubuhamya ndakwinginze🙏
@@user-qt7ty4qs3c
Siwe wabikoze
Aminaaa
Mutagatifu ❤Therese w'umwana Yezu unsabire ❤❤❤❤❤
Ariko bite byanyu Umuhanuzi erisha akiriho yafashije umupfakazi kwishyura ideni amusabye kwizera ijambo atira ibibindi acubanuriramo utuvuta yarafite ...aragurisha arishyura ,Imana itwumvisha ityo kwizera jambo umukiza numuhanuzi akadushoborera ibidashoboka ....2tsl1,11-12 twambaze kristu tumusabe ibyodukeneye ahokujya gusaba abantu nkaho yezu arigito ubutumwa yezu yasigiye abe subwokwamamaza abamuyobotse ,oya nukwamamaza yezu ubwe ningoma ye urupfu nizuka ,nimugenze nka petero cg paul cg yohani Batista cg yeremiya 7,1-24 muvuge yezu utuburimigati munagerekeho yezu wirukana abacururiza mungooro ,munagerekeho yezu womurigetsimani na yezu womurukiko kwa pirato ,Imana ikiza n Imana ihorinzigo Hebrey 12,29
Banza usobanure niba wemera abatagatifu niba utabemera wicecekere kuko ntiwatanga inama mu byo utemera utanizera.
Niba ariko wemera abatagatifu uranabizi ko biyambazwa , bakisungwa n'abakiri mu rugendo muri iyi si. Full stop.
Buriwese nukwemera kwe. Abatagatifu nintore z'Imana kubiyambaza ngo badusabire sicyaha,kdi birakora pe
Ariko sibyiza guhinyura no gupinga iby'andi.
Biroroshye ndumva uvuga Yezu,wakabaye utanashidikanya ku Batagatifu,bariyambazwa ntibasengwa,yewe n'umwamikazi w'Abaragatifu Bose Bikiramaliya ntitumusenga turamwiyambaza,twelera na Malayika Barinzi,none wowe urinde uhakana, utuyobya,... oyaaaaaaa,Yezu Kristu turamuzi n'ububasha bwe busesuyr,ariko niba utiyambaza Abatagatifu ngo bagusabire,ugire n'igihe cyo kubatuma ngo bagushimirire,urwaye indwara zandura ntugire uwo wanduza.
Ahubwo by'umwihariko,iyo neuvaine ikorwa ite
Ntabwo azi ukuntu badusabira. niyigumanire inama ze.@@umunyanaclaireyvonne9632
Muraho padri . Ibiganiiro byawe biranyubaka cyane
Amen. Murakoze
Mutagatifu Tereza adusabire
Mutagatifu Tereze wu mwana yezu nanjye ndakwisuze unsabire. mfite amadeni mbaye ngushimiye cyane
Amen
Bravo Padiri Apollinaire. Ubu buhamya uduhaye buramfashije buzafasha n'abandi bazakurikira.
Zedel
Warakoze kutugezaho iyi nkuru. Imana itanga amafranga cash nibwo nari nyumvise. Narayikoze ku munsi wa 9 impa ikirenze amafranga🙏
Murakoze cyaneeee padiri kuduhugura,saint Theresa w,umwana Yezu udusabire tuve mu madeni
urakoze cyane padiri kuri iyo nyigisho muduhaye ,niba wabona umwanya mpa iyo noveni y'iroza
Tereza wu mwana yezu udusabire dore amadeni amereye nabi cyane ndakwizeye 🙏
Padi amadene yo baradufunga pe. Tereza w'umwana yezu adusabire ywishyure
Novevi yokwiyambaza mutagatifu Tereza wu mwana yezu bayikora bate
Mutagatifu Terese w'umwana Yezu adusabire
Nanjye arandembeje ankorere ubuvugizi
Urakoze cyanee
Amahoro neza Padi. Murakoze cane kuri izo témoignages zikomeye. Umukama abahezagire.
Therese w, umwana Yezu Mutagatifu udusabire
Amen!
Therese w'umwana Yezu udusabire
Dushimire Imana ikoresha abatagatifu Tereza w, umwana Yezu udusabireeee
Therese w'umwana Yezu udusabire iteka
Sainte Thérèse de l'enfant Jésus, aradusabira ninjye namwisunze kenshi nkabona ibyo nasabaga.
Amen,Amen,Amen
Muri Yezu byose biremera.
Mutagatifu Tereza w,Umwana Yezu udusabire🙏
IMANA Nzima ishimwe iteka ryose Amen 🙏
tereza w'umwana YEZU udusabire❤
Urakoze cyaneeee Thereuza wumwana Yezu ndamukunda cyaneee nashatse ishusho ye nkimumenya nari mbyumvise kuri TH-cam nza kuzaterefona umubikira witwa Uwamariya arambwira ati nabishaka azakwiyereka Kandi Koko naje kuzabona umuntu anzaniye agashusho ke mu ibahasha mu uryo buntunguye rwose .
Nibyose
Mutagatifu Tereza w,Umwana Yezu. ndagukunda. Ukomeze. Udusabire kandi. Undoromere Akarose nanjye njye nkagendana. Muri. Uru. Rugendo
Treza wumwanayezu ndakwiyanbaje kugirango unsabire mbashe kwishyura amadeni aranyishe cyanepe
Amen Amen 👏👏👏❤️❤️❤️💒💒💒💒
Mutagatifu theresse amadeni amaye nabi mfasha !!!? Amen
Murakoze Padiri kutugezaho ayo masengesho.
Tereza 'umwana yezu dusabire
Ameen
Tereza mutagatifu udusabire iduhe amafaranga twishyure amadeni
Tereza wumwana yezu unsavire amadeni Iman iyishyure
Yooo kumbi waradusabiye twe tukumva ngo tugire Assomption nziza warakoze nubwo ntagiye I Kibeho ariko numvise Misa mpabwa Yezu❤
Mutagatifu Tereza wumwana yezu udusabire
Mutagatifu Therese w'umwana Yezu turakwisunze mu bituremereye udusabire ukomeze kutuvuna tuzasohoze urugendo turimo hano ku isi, dukereye Nyagasani.
Gusa mbona abakurikira Ari bake ntibaramenya ubukungu bwihishemo
Petero, iya 1 5:7
Mujye muyitura imiruho yanyu kuko ibitaho.
Timote, iya 1 2:5
Koko rero, Imana ni imwe rukumbi, n’umuhuza w’abantu n’Imana akaba umwe: ni Kristu Yezu, umuntu nyirizina
Murakoze
Thereza w'umwana Yezu udusabire amadeni dufite tuyishyure
ST THERESE DE LISIEUX PRIE POUR NOUS! DUSOROMERE URURABO RWA ROZA !
UNSAbiré
Tereza w' Umwana Yezu udusabire.
Imana iguhezagire Padiri wacu.uwogira numéro ziwe yozompa
Therese enfant de jesus uduaabire
Mutagatifu Tereza w'umwana yezu udusabire dukinzwe amadeni atumereye nabi
Urakozepatirkuududangiza ubwo butumwa
Dusangize iyo Noveni dutakambe
Adusabire
Teresa w'umwana Yezu mutagatifu udusabire.
Ntimukabeshye abantu amadeni asabwa kwishyurwa uwo mudayimoni ntacyo yagufasha niba ubuze ubwishyu sanga uwo ufitiye umwenda ubimubwire niwe uzafata umwanzuro
Ahubwo amadeni atumereye nabi padiri we
Urakoze cane kurubwo buhamya. Iyo neuvaine yatubwiye yakoze umuntu ashobora kuyikurahe ?
Mutagatifu tereza unyibuke mfite ideni munkomoko ry,,ijana na mirongo itanu🤔🤲🤲🤲
Tereza w'umwana yezu ...udasabire ku mana...amadeni ni menshi
Mutagatifu Tereza w'umwana Yezu udusabire
Therese w,umwana Yezu adusabire
Nange nansabire nkire amadeni mfite impande zose
Padiri ndakwisabire wompa iryo sengesho ry'iroza
Karanshimiagije,kuko ukwizera k'umuntu niko kumukiza. Sindi umugarurika ariko ibi ndemera ko ubyizeye bikora,gusa ni ubuyobe! Muzamenya ukuri kubabature. Mutarakumenya nta kosa ariko ngo akabikora kabizi.....🤣🤣🤣🤣
Mutagatifu Thérèse w', umwana Yezu,udusabire
😂