Impfu ziyongereye mu Rwanda cyane cancer n'imitima/ Increased deaths in Rwanda
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 5 ต.ค. 2024
- Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurisha Mibare mu Rwanda (National Institute of Statistics of Rwanda) kigaragaza ko kuva 2022-2023 hapfuye abantu benshi mu gihugu kurenza indi myaka.
Iki kiganiro gisesengura iyo mibare, no kugaragaza igitera impfu nyinshi mu Rwanda.
#faith_reporters #agahato #umutimanama
..........................
Faith Reporters
Tel: 0788240436 (Kelly Rwamapera)
Email: FaithReporters@gmail.com
...........................
Get more from Faith Reporters:
Blogger:
faithreporters...
Twitter/ X:
/ faithreporters
WhatsApp (English only):
chat.whatsapp....
WhatsApp (Kinyarwanda):
chat.whatsapp....
Telegram:
t.me/FaithRepo...
Faith Reporters
The Great Controversy News
Thank you
Thank you brother
Bagiye kujya babatwika kuko abantu bazapfa nk'isazi
Ntawutabibona rwose impfu zariyongereye cyane,Ni ukwezwa bigishoboka
Imana Ibababarire kuko batazibyobakora Kuko Itwihanganira kugirango hatagira Urimbuka
Thank you for sharing!
Iyi report narinyitegereje!!!!
Urakoze cyane Rwamapera!
Biteye ubwoba ubuhungiro nikumana
Abantu ntibashaka kurya ubiryo bizoma nkumuti mwiza ahubwo bararya imiti nkibiryo kdi nubugome burikwiyongera mumigi myishi yokwisi abantu bapfa kurya beshi takataka zose.
*“Neretswe imiterere yo gucika intege kw’imibiri y’ikiremwamuntu. Buri gisekuru cyagendaga kirushaho gucika intege, kandi indwara z’uburyo bwose zibasira umuryango w’ikiremwamuntu. Ibihumbi n'ibihumbi by'abantu bafite imibiri yahindaguwe, irwaragurika, ifite ingingo zangijwe cyane, n'ubwenge bwijimishijwe bari bari muri ubwo buzima bubi kandi bigaragaza ahantu hose. Imbaraga za satani ku muryango w’ikiremwamuntu iri kwiyongera cyane. Uwiteka nataza byihuse ngo arimbure imbaraga ya Satani, Vuba aha cyane iyi si iragabanywamo abaturage.”*
INAMA KU BUZIMA p. 18
Ikigitabo nicyande tell me please
Ahubwo muravuga ugirango abantu bari bapfa kwahubwo buri wese akwiye gusenga akezwa , kuberako ngewe IMANA yambwiyeko 2030 abantu bazapfa muburyo buteye ubwoba kuburyo IMANA ibimbwira numvaga bizaba bikomeye kurenzuko tubitekereza nkabantu, gusa IMANA yaratuburiye ntitwumva , cyakora ngewe ntekerezako abantu babikoze nkuko i Neneve babikoze haricyo IMANA yakora ikadukiza ako kaga , ariko hakwiye no kuzakurikiranwa abantu babigizemo uruhari babizi kid babishaka kubwinyungu zinda zabo ,